Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)
Icyegeranyo cy’ubutasi cyasohowe na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, kivuga ko Koreya ya ruguru bisa nkaho itazareka gahunda yayo yo gucura ibitwaro kirimbuzi bya nikleyeri, nubwo bwose ubutegetsi bwa Perezida Donald Trump w’Amerika bugifite icyizere.
Iki cyegeranyo kigaragaza ibishobora kuba byashyira mu kaga umutekano w’Amerika ku isi, kinavuga ko Iran itarimo gucura ibitwaro kirimbuzi bya nikleyeri, ariko ko impungenge z’ibitero byo kuri mudasobwa zitewe n’Ubushinwa n’Uburusiya ari ikibazo (…)
Nkuko bitangazwa n’ibiro ntaramakuru AFP, abakuru batatu b’umutwe w’inyeshyamba ukorera mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo bishyikirije ubutegetsi bw’iki gihugu.
AFP bisubiramo amagambo y’abategetsi ba Kongo bavuga ko umwe muri aba batatu ari Mubiayi Dewayi.
Bwana Dewayi ashinjwa kuba yariciye ku karubanda umugore w’uwahoze ari umutegetsi wa teritwari (territoire) ya Luebo mu ntara ya Kasaï, akamwica amuciye umutwe.
Joseph Mutshipayi, umukuru wa teritwari ya Luebo, (…)
Ubushakashatsi bugari bwakorewe muri Canada buvuga ko kureka umwana w’igitambambuga akamara igihe kinini akoresha ibyuma by’ikoranabuhanga, bishobora gutinza gukura kwe mu bintu bitandukanye birimo nk’ubushobozi bwo kumenya kuvuga ururimi no gushyikirana n’abandi.
Ubu bushakashatsi bwakorewe ku bana bagera hafi ku 2500 bafite imyaka ibiri y’amavuko, ni yo gihamya ya vuba iherutse ku mpaka zigibwa ku ngano y’igihe itagira icyo itwara umwana ukoresha ibikoresho by’ikoranabuhanga.
Muri (…)
Uruganda rukora imodoka rwo mu Budage rwa Volkswagen, rwatangaje ko ruteganya kujya ruteranyiriza imodoka muri Ethiopia.
Ubuyobozi bw’uru ruganda bwabitangarije imbere ya Perezida Frank-Walter Steinmeier w’Ubudage, uri mu ruzinduko rw’iminsi ine muri iki gihugu.
Itangazo ry’uru ruganda rivuga ko ruzubaka aho guteranyiriza imodoka muri Ethiopia ndetse rukubaka n’ikigo cy’amahugurwa.
Nkuko icyegeranyo cy’ikigo Deloitte cyo mu mwaka wa 2014 kibigaragaza, Ethiopia ni cyo gihugu kirimo (…)
Abagore babiri bageze mu gihe cy’izabukuru bo muri Malaysia, bapfiriye mu muvundano wabaye ubwo ikivunge cy’abantu bagundaniraga amatike y’ubuntu abemerera guhabwa ibiryo byagabanyirijwe igiciro.
Ku wa mbere hari amatike 200 yonyine, ariko abantu barenga 1000 ni bo bagaragaye ku isoko riremera imbere mu nzu, riri mu karere ka Pudu mu murwa mukuru Kuala Lumpur.
Ushinzwe gucunga umutekano yabwiye ibitangazamakuru byo muri Malaysia ko yumvise "gutaka" nuko akabona abantu "basunikana". Law (…)
Miss Nimwiza Meghan ni umukobwa uherutse kwegukana ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda mu mwaka wa 2019. Yatunguye benshi kubera ko atigeze avugwa cyane mu irushanwa.
Nimwiza Meghan ubwo yari abajijwe n’umunyamakuru niba akunda umuziki yagize ati" Yego ndawukunda" Umunyamakuru yongeye kumubaza abahanzi bo mu Rwanda yaba akunda maze uyu mukobwa w’imyaka 19 utaruzuza neza imyaka 20 abwira umunyamakuru ko atajya akunda umuhanzi runaka ahubwo akenshi akunda indirimbo z’abahanzi kurusha gukunda (…)
Nyampinga w’u Rwanda w’umwaka wa 2019, Nimwiza Meghan, mu kiganiro kirambuye yagiranye na kimwe mu bitangazamakuru, yahishuye byinshi ku buzima bwe. Kimwe mu byo yabajijweho ni ibijyanye n’urukundo aho yatangaje ko nta musore afite bakundana.
Miss Nimwiza Meghan yakomeje avuga ko adashishikajwe na gato n’ibyo gukundana ariko nanone avuga umusore w’inzozi ze kabone n’ubwo kuri ubu avuga ko nta musore afite bakundana. Miss Nimwiza Meghan avuga ko akunze umusore, yaba ari umusore bubahana, (…)
Ubushinjacyaha bwasabye Urukiko rw’Ikirenga guhanisha Charles Bandora igifungo cya burundu, mu bujurire ku gifungo cy’imyaka 30 aheruka gukatirwa n’Urikiko Rukuru rwamuhamije ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi.
Mu mwaka wa 2015 nibwo Urugereko rw’Urukiko rukuru ruburanisha ibyaha mpuzamahanga rwakatiye Charles Bandora gufungwa imyaka 30, nyuma yo guhamwa n’ibyaha birimo ubwumvikane bugamije gukora Jenoside no kuba icyitso mu kurimbura imbaga, yahamijwe ko yakoreye mu yahoze ari Komini (…)
Umunyarwanda ukekwaho uruhare muri jenoside yoherejwe n’igihugu cya Malawi ngo aze gukurikiranwa n’inkiko zo mu Rwanda.
Bwana Vincent Murekezi w’imyaka 45 yoherejwe mu Rwanda hakurikijwe amasezerano hagati y’ibihugu byombi yo guhererekanya abanyabyaha.
Murekezi wari usanzwe afungiye icyaha cya ruswa aje kurangiriza mu Rwanda ariko yanashakishwaga kubera uruhare akekwaho muri jenoside ya 1994.
Urwego rushinzwe amagereza mu Rwanda rwatangaje ko Vincent Murekezi yagejejwe mu Rwanda mu (…)
Mu ijambo ryanyuze kuri televiziyo yavugiye mu murwa mukuru Kampala, Perezida Yoweri Museveni wa Uganda yavuze ko ashidikanya ku kamaro k’umuryango w’abibumbye, ndetse avuga ko leta ya Somalia nta "buyobozi buhamye" ifite.
Yavuze ko Somalia ari urugero rumwe yatanga, ariko yirinda gutanga izindi ngero z’ibindi bihugu "ku mpamvu za diplomasi [imibanire y’ibihugu]". Perezida Museveni wa Uganda ari ku butegetsi guhera mu mwaka wa 1986 Bwana Museveni yavuze ayo magambo ku wa mbere, mu nama (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.























