Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)
Ababyeyi bahitamo guhishira abateye inda abana babo aho kubimenyekanisha ngo bakurikiranwe kuko babizeza kuzabafasha kurera bo babyaye barangiza bakabatererana . Ingaruka zikaza ku mwana, ubuzima bubi ku bana batewe inda imburagihe n’abo babyaye. Ubuyobozi buranenga ababyeyi bahitamo kubiceceka. Muri Kayonza habarurwa abana basaga 300 batewe inda.
Ubutabera mu Rwanda bwashyize imbere kumvikanisha no kunga abafitanye ibibazo, ariko ababukuriye batangaje ko hari ibyaha bitagomba kubamo (…)
Mu ijambo Perezida Kagame yagejeje ku bitabiriye Umushyikirano ku nshuro ya 16 yavuze ko bidakwiriye ko abaharanira ko Umuryango w’Africa y’uburasirazuba wihuza, usanga aribo bagirira nabi bamwe mu baturanyi babo babagendereye. Uyu munsi n’ejo Abanyarwanda b’imbere mu gihugu na bamwe baturutse hanze bateraniye mu nama y’igihugu y’Umushyikirano muri Kigali Convention Center.
Umukuru w’igihugu yavuze ko ubusanzwe iyo ujya kubana n’amahanga uhera ku baturanyi, nyuma ukagenda ubana n’abandi (…)
By Geneviève Gencianos
His name is George. Every morning, this employee of the North Lebanon Water Authority wakes up with an obsession: to provide drinking water to all the families in Wadi Khaled village. A huge challenge, as its population has doubled in size since 2011 due to the arrival of tens of thousands of Syrians fleeing the bombardments. Even before the war, few households had access to running water. Since then, the number of refugees has surpassed that of Lebanese citizens, (…)
Umwana utarageza igihe cyo kujya kwiga usanga ari kumwe na nyina cyane umwana wonka, agumana na nyina kuko ntaba afite wo amusigira. Bamwe mu bagore bo mu murenge wa kigabiro mu karere ka Rwamagana bavuga ko batemerewe kujyana abana mu mirima y’imiceri kandi ubusanzwe gukora mu muceri n’ibyo bibaha amafaranga.
Ingabire Mariya n’umwe mu bagore baturiye igishanga bavuga ko kuba bafite abana bato bituma badashobora kubona amahirwe yo kujya gukorera amafaranga, yagize. Ati “ Nkajye fite (…)
Umuryango nyarwanda w’Abagore bafite ubumuga(UNABU), urasaba ko buri muryango wose uhagururkira kurwanya ihohoterwa rikorerwa abagore n’abakobwa byumwihariko abafite ubumuga .
Mu minsi 16 yahariwe kurwanya ihohoterwa rikorerwa abagore na bakobwaa , hibazwo kubibazo abafite ubumuga bakunze guhura na byo banarebera hamwe umwanzuro. Wafatwa.
Mubyo basabye kandi harimo n’uko muri burinyubako bazashyiraho uburyo bwo gushyiraho inzira y’abafite ubumuga.
Byavugiwe munama yabaye none kuwa 5 (…)
Mukarere ka Bugesera mu murenge wa Ngeruka hara umwana w’umukobwa wasambanyijwe twise, Uwimana mu rwego rwo kurinda uburenganzira bwe nk’umwana ndetse nk’uwahohotewe. Afite imyaka 15 muri uko gusambanywa yatewe inda afite amezi 6 :umubyeyi wuwo wasambanyijwe avuga ko umunsi asambanywa yamubwiraga ibyabaye ntabyunve kugeza ubwo yamweretse ku gitsina, nyina abona koko yasambanyijwe ariko yamubaza uwariwe agaca amarenga amwereka ko uwabikoze yari ku Igare akajyenda .
Mukamana ni izina (…)
HABUMUREMYI Viateur
Bamwe mu babyeyi bo mu karere ka Bugesera mu murenge wa Gashora bahangayikishijwe n’imyitwarire y’abana b’abakobwa babyara bakiri bato aho basanga iyi myitwarire ishingiye ku cyo abana bise uburenganzira byutuma batumvira ababyeyi babo.
Nyinawabasinga Immaculee ni umubyeyi uvuga ko kirazira na baranyica iwacu ryari ijambo umwana yagenderagaho akirinda byishi, nyamara ngo ntibikibaho kuko utinyutse no kumukoza akanyafu ahamagara police bityo bigatuma igitsure cy’ababyeyi kitakibaho (…)
Minisitiri w’Umuco na Siporo, Nyirasafari Espérance yatangaje ko ubushobozi buke budakwiye kuba impamvu ibuza abantu gushyingirwa ngo ntibafite inkwano cyangwa amafaranga yo gukoresha ubukwe buhenze, ibi byose ngo kutabigira si igisebo ababyeyi bakwiye korohereza abana babo ku kijyanye n’ inkwano.
Ubu butumwa yabutangiye mu Karere ka Ngororero, ubwo yifatanyaga na ko mu imurikabikorwa kukwimakaza ihame ry’uburinganire. Ubuyobozi bw’Akarere ka Ngororero bwasezeranyije imiryango isaga 140 (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















