Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)
Bwa mbere mu mateka yayo, Ethiopia yashyizeho Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga w’umugore, Meaza Ashenafi.
Ashenafi w’imyaka 54 y’amavuko, yemejwe kuri uyu wa 1 Ugushyingo 2018 n’Umutwe w’Abadepite, nyuma yo gutangwaho umukandida na Minisitiri w’Intebe, Ahmed Abiy.
Meaza Ashenafi ni umunyamategeko washinze Ishyirahamwe ry’Abavoka b’Abagore (EWLA) muri Ethiopia, nk’uko tubikesha African News. Minisitiri Ahmed Abiy amaze gukora impinduka zidasanzwe mu gihe gito amaze ku buyobozi muri iki (…)
Kuri uyu wa Mbere, abayoboke ba ADEPR 12 bari mu buyobozi bwayo bitabye urukiko kugira ngo bisobanure ku byaha bakurikiranyweho birimo kunyereza umutungo no gukoresha impapuro mpimbano.
Mbere y’uko iburanisha ritangira, umucamanza yatanze ijambo ku mpande zombi, aho Ubushinjacyaha bwavuze ko abandi bantu 32 baregwa muri iyi dosiye nabo bazanwa mu Rukiko.
Muri abo bose harezwe 20 ariko abakurikiranwe ni 12, ari nabo bari mu cyumba cy’iburanisha.
Abunganira abaregwa bo bavuze ko urubanza (…)
Kuri iki Cyumweru ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwiye akavidewo kagufi humvikanamo Umuyobozi wa Zion Temple avuga ko abasengera mu idini aribo gusa bazajya mu ijuru ko abandi ishyano ribaguyeyo.
Nyuma byaje kumenyekana ko ubwo butumwa buri muri iyo videwo yakwirakwije atari ubutumwa bw’ umwimerere kuko abakwirakwije iyo videwo yakwirakwiye kuri Facebook, Whatsapp na Twitter bahinduye ubutumwa Apotre Gitwaza yatanze.
Muri itangazo ryasinyweho na Ngabo Fabien David ushinzwe itangazamakuru (…)
Nyuma y’iminsi 12 atorewe kuyobora Umuryango w’Ibihugu bikoresha Ururimi rw’Igifaransa (OIF), Mushikiwabo Louise yahererekanyije ububasha na Dr Sezibera Richard wamusimbuye muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga.
Uyu muhango wabaye kuri uyu wa 24 Ukwakira 2018. Witabiriwe n’abiganjemo abakozi ba minisiteri n’ibigo biyishamikiyeho.
Umunyamabanga Mukuru wa OIF, Mushikiwabo Louise, yasezeye ku bo bakoranye mu myaka icyenda ishize avuga ko yishimiye ko Minisiteri isigaye ahantu heza. Abakozi (…)
David Imbago Jácome The Youth Coalition for Sexual and Reproductive Rights (YCSRR) applaud the Commission’s focus on the social protection systems, access to public services and sustainable infrastructure for gender equality and the empowerment of women and girls in its upcoming session. YCSRR acknowledges that social protection is a human rights as stipulated under Article 22 of the Universal Declaration of Human Rights.
With the priority theme of CSW63, we urge the Commission to (…)
Ku italiki ya 18 Ukwakira, nibwo habaye umuhango rusange wari wateguwe na Huawei, Minisiteri y’Ikoranabuhanga n’iy’Uburezi, bakorewe umuhango wo gusezera ku banyeshuri umunani, biga muri kaminuza y’u Rwanda bagiye mu rugendo shuri mu by’ikoranabuhanga ahitwa Huawei mu gihugu cy’Ubushinwa.
Abo banyeshuri bazerekeza mu gihugu cy’Ubushinwa ku kicaro cy’ishuri ry’ikoranabuhanga kiri Huawei- Shenzhen, mu Bushinwa, bazahamara ibyumweru bibiri, bihugura ubumenyi ngiro bwimbitse buheruka ubundi mu (…)
Perezida Kagame yatangaje Guverinoma nshya igizwe n’abaminisitiri 19 batagaragaramo amazina yari akomeye nka Gen. Kabarebe James, Uwacu Julienne na Kaboneka Francis.
Muri Guverinoma nshya, hagaragayemo abaminisitiri batandatu bashya, naho Minisiteri yari ishinzwe Ibiza n’Impunzi ihindurirwa izina yitwa ishinzwe ibikorwa by’ubutabazi. Minisiteri yari ishinzwe Ubutaka n’Amashyamba nayo ntigaragara mu ziri muri iyi guverinoma.
Mu mpinduka zakozwe muri Guverinoma, Minisitiri w’Ububanyi (…)
Itangazo rivuye mu biro bya Minisitiri w’Intebe ryatangajwe na Guverinoma y’u Rwanda ni iry’impunduka zikomeye zabaye muri za Minisiteri zinyuranye. Minisitiri w’Ingabo, Minisitiri w’Ubutegetsi bw’igihugu, Minisitiri w’Umuco na Siporo, Umuyobozi mukuru wa Police ni bamwe mu basimbuwe mu buryo butari bwitezwe cyane.
Prof Shyaka Anastase wari umuyobozi w’Urwego Rw’igihugu rushinzwe imiyoborere yasimbuye Hon Francis Kaboneka wari umaze imyaka ibiri ari Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, uyu (…)
Ubushinjacyaha bw’u Bufaransa bwasabye ihagarikwa ry’iperereza ku ihanurwa ry’indege yari itwaye Perezida Juvénal Habyarimana, ryo ku wa 6 Mata 1994, ryakorwaga guhera mu 1998.
Inyandiko yo ku wa 10 Ukwakira yashyizweho umukono n’umushinjacyaha Nicolas Renucci, ivuga ko Ubushinjacyaha busanga ibikubiye mu kirego bidahagije ku ikurikiranwa ry’abayobozi icyenda b’u Rwanda bashinjwa uruhare mu ihanurwa ry’iyo ndege, kugira ngo dosiye ishyikirizwe urukiko.
Umubiligi Me Bernard Maingain (…)
Kimwe n’ abandi Banyarwanda benshi n’ abanyamahanga, Jeannette Kagame, Umufasha wa Perezida w’ u Rwanda nawe yifashishije urubuga rwa Twitter agaragaza ibyishimo yatewe n’ intsinzi ya Louise Mushikiwabo watorewe kuba Umunyamabanga Mukuru w’ Umuryango w’ ibihugu bikoresha Igifaransa.
Ubu butumwa Jeannette Kagame yabwanditse mu gifaransa , umanza bifitanye isano no kuba Louise Mushikiwabo yatorewe kuba Umunyamabanga Mukuru wa OIF.
Tugenekereje mu Kinyarwanda yagize ati “Jya mbere (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.























