Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)
Amerika: Umugore amaze imyaka icu muri "coma" ameze nk’uwapfuye yabyaye Nkuko tubucyesha BBC,Igipolisi cyo muri leta ya Phoenix cya tangiye iperereza kuko hacyekwa ko hakozwe ihohotera rishingiye ku gitsina, inyuma yaho umugore amaze imyaka myinshi muri kom"coma" ameze nk’uwapfuye basanze yarasamye none akaba yabyaye umwana w’umuhungu.
Uwo murwayi ari mu bitaro Hacienda HealthCare i Phoenix muri leta ya Arizona, muri Amerika amaze imyaka hafi cumi ari muri "coma" nyuma yo gukora (…)
Mu rwego rwo kubungabunga ubuzima, harimo no gukingiza umwana kuva akivuka kugeza ashoje inkingo zose yagenewe nk’imwe mu ngamba zo kumurinda zimwe mu ndwara z’ibyorezo zishobora kumwibasira nk’igihe yaba atarakingiwe.
Indwara z’ibyorezo mu Rwanda, si kenshi zivungwagukingiza abana inkingo zose bateganyirijwe bigabanya indwara z’ibyorezo nk’indwara y’Iseru, Mugiga indwara z’ubuhumekero n’izindi zibasira cyane cyane abana. Ababyeyi batandukanye twasanze ku Kigo Nderabuzima cya Remera (…)
Nkuko tubiyesha BBC Karidinal Philippe Barbarin arashinjwa ko atashoboye gushyira ku mugaragaro ibyaha bijyanye no guhohotera abana bishingiye ku gitsina biregwa umupadiri wo muri diyoseze ye . Cardinal Barbarin akaba musenyeri wa diyoseze ya Lyon mu majyepfo y’Ubufaransa, yemeye ko yari kuba yarirukanye vuba na bwangu uwo mupadiri - Bernard Preynat - ariko arahakana ko yamukingiye ikibaba.
Abandi bantu batanu barimo abapadiri babiri nabo bararegwa muri urwo rubanza ruzamara iminsi itatu. (…)
Itegeko rishya ryasohotse mu gihugu cya Arabie Saoudite rivuga ko umugore wese wipfuza kwahukana azategereza ubutumwa bugufi bwohezwa n’urukiko kuri terefone ngendanwa bumwemerera kwahukana .
Nkuko tubicyesha bbc Abagore babahanga mu by’amategeko bavuze ko iryo tegeko rigiye gutuma kwahukana kwakoregwa mu mwibanga kurangira, mu gihe abagabo bo bashoboraga guta abagore babo batabibabwiye. Iryo tegeko rizatuma abagore bamenya uburyo bubatse,babone uburenganzira bwabo mugihe batandukanye (…)
Kiliziya gatulika nk’idini rikomeye muri Repubulika iharanira demukarasi ya Congo rivuga ko hari uwegukanye intsinzi mu matora yabaye kucyumweru gishize hakurikijwe amajwi yagaragaye nubwo bitari kujya ahagaragara.
Nkuko tubikesha ikinyamakuru BBC, Abasenyeri ba kiliziya gaulika muri Congo bakaba barashishikariza ubutegetsi bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo kuvugisha ukuri no gutangazavuba ibyavuye mu matora.
Iri dini rikaba rifite abayoboke benshi bagiye gukurikirana ayo (…)
Yanditswe na: Imfurayabo Pierre Romeo U Rwanda ruri ku mwanya wa gatandatu ku Isi, rukaba ku mwanya wa mbere mu rwego rw’Afurika mu kubahiriza ihame ry’uburingaire, n’ubwuzuzanye nk’uko byagaragajwe na raporo y’Ihuriro Mpuzamahanga ry’Ubukungu WEF ya 2018.
Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko umutwe w’Abadepite, Mukabalisa Donatile yabitangarije mu Nteko Ishinga Amategeko kuwa 3 Mutarama 2019, mu butumwa yahaye abayigize bose, ubwo yatangizaga ku mugaragaro amahugurwa y’Abadepite.
Avuga (…)
Louise Mushikiwabo yatangiye imirimo mishya nk’Umunyamabanga Mukuru wa OIF
Nyuma yo gutorerwa kuba Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugubivuga Igifaransa, OIF, Louise Mushikiwabo yatangiye imirimo yatorewe.Kuri uyu wa Kane Michaëlle Jean yahererekanyije ububasha na Louise Mushikiwabo wamusimbuye.
Ku wa 12 Ukwakira 2018, nibwo Mushikiwabo wari usanzwe ari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, yatorewe kuba Umunyabanga Mukuru wa OIF.
Louise Mushikiwabo akaba agiye kuyobora (…)
Ikinyamakuru MamaUrwagasabo ubwo cyumvaga inkuru y’indwara y’iseru mu magereza twashatse kumenya uko iyo ndwara yandura.
Mu nkuru yasohohotse mu kinyamakuru Igihe yavugaga ku kibazo cy’indwara y’iseru mu magereza, atandukanye yo mu Rwanda cyagize giti” “ Kuwa gatatu tariki ya 18 Ukuboza, nibwo muri Gereza ya Mageragere mu Karere ka Nyarugenge, imfungwa n’abagororwa 50 bafashwe n’indwara y’iseru.Nibwo urwego rushinzwe imfungwa n’abagororwa rwahagaritse ibikorwa byo gusura muri Gereza ya (…)
Mu rwego rwo kwizihiza isabukuru y’imyaka 15 Urugaga rw’ababana na Virusi itera SIDA mu Rwanda (RRP+)ruvuga ko Kuva abafite ubwandu bwa Vírusi itera SIDA batangira gufata imiti igabanya ubukana, byagize impinduka nziza mu buzima bwabo. kuko ubwandu bwagabanutseho 82%.
ku bufatanye n’umuryango RRP+ (Réseaux Rwandais des Personnes vivants avec le VIH/SIDA), abaturage baturutse mu turere dutandukanye bahuriya i Kigali none tariki ya 17 ukuboza 2018 mu munsi mukuru, wo kwishimira ko uyu (…)
Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Kabiri yitabiriye Ihuriro rya Afurika n’u Burayi ryabereye mu mujyi wa Vienne muri Autriche.
Ni inama yitabiriwe n’abasaga igihumbi barimo abayobozi, abikorera ku giti cyabo haba muri Afurika n’i Burayi ndetse n’abahanga udushya.
Haganiriwe ku bintu bitandukanye birimo ishoramari n’ubufatanye bushobora gukomeza guhuza Afurika n’u Burayi, kugira ngo iyi migabane ikomeze kugana ku iterambere ntawe usigaye inyuma.
Amagambo Perezida Kagame yavuze ubwo (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















