Monday . 25 May 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)

Perezida Kagame yashyizeho abajyanama 6 muri Njyanama ya Kigali
Perezida Kagame yashyizeho abajyanama 6 muri Njyanama ya Kigali

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yashyizeho abajyanama batandatu mu bazaba bagize Inama.Njyanama y’Umujyi wa Kigali.
Ni umubare w’Abajyanama ashyiraho, yemererwa n’itegeko no 22/07/2019 rigenga umujyi wa Kigali, cyane cyane mu ngingo yaryo ya 11.
Gusa mu itangazo rishishikariza abashaka gutanga kandidature mu kujya muri njyanama y’umujyi wa Kigali hasobanuwe kenshi ko abajyanama 6 ari bo baturuka mu turere 3 tugize umujyi wa Kigali, ni ukuvuga umugabo n’umugore muri buri karere ndetse (…)

424 Shares 4 Comments
Gakenke: Abahinzi b'urutoki bahangayikishijwe na kirabiranya ikomeje kwibasira urutoki
Gakenke: Abahinzi b’urutoki bahangayikishijwe na kirabiranya ikomeje kwibasira urutoki

Bamwe mu bahinzi b’urutoki bo mu karere ka Gakenke mu mirenge itandukanye baravuga ko bahangayikishijwe n’indwara ya kirabiranya ikomeje kwibasira urutoki rwabo.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu murenge wa Rusasa aho bavuga iyi ndwara ibateye inkeke ndetse ngo byatumye bamwe batakinywa umutobe.
Umwe muri aba baturage witwa Munyaneza yagize ati:"Indwara ya kirabiranya iraduhangayikishije cyane, hano twezaga Poyo, inyamunyu ariko ubu rwose (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Rubavu: Bakuwe mu isoko rizima boherezwa mu manegeka
Rubavu: Bakuwe mu isoko rizima boherezwa mu manegeka

Bamwe mu baturage bacururizaga mu isoko ryari ahitwaga ’Mpuzamahanga’ rikaza kwimurirwa i Kanembwe, mu murenge wa Rubavu, barinubira koherezwa kujya gucururiza mu muhanda naho h’amanekega.
Isoko bimuriwemo n’akarere ka Rubavu ni iricururizwamo ibicuruzwa bitandukanye birimo n’ibyo kurya ndetse n’imyenda yo kwambara, riganwa n’abaturage b’ingeri zitandukanye kandi batari bake.
Umwe muri bano bacuruzi akaba n’imwe mu batuye muri uno murenge wa Rubavu, avuga ko iri soko kuba riganwa (…)

424 Shares 4 Comments
Perezida Kagame yagiriye inama abayobozi bakuru mu gihugu batangiye inshingano
Perezida Kagame yagiriye inama abayobozi bakuru mu gihugu batangiye inshingano

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yagiriye inama zitandukanye abayobozi bakuru barahiriye inshingano ku mwanya w’abaminisitiri zatuma barushaho gukorera igihugu batanga umusaruro, agaruka no ku bandi bayobozi muri rusange.
Ni inama zitandukanye yagiriye abayobozi kuri uyu wa Mbere, tariki ya 19 Kanama 2024, ubwo yakiraga indahiro za ba minisitiri 21 n’abanyamabanga ba leta 9 bagiye muri guverinoma ndetse n’Umukuru w’Urwego rw’imiyoborere RGB, baherutse gushyirwaho bagiye (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Burera: Barifuza kaburimbo igana ku kigo cy'ubutore cya Nkumba
Burera: Barifuza kaburimbo igana ku kigo cy’ubutore cya Nkumba

Abaturage bo mu karere ka Burera by’umwihariko abakoresha umuhanda uturuka mu Gahunga werekeza mu kigo cy’Ubutore i Nkumba barifuza ko hashyirwamo kaburimbo ngo kubera ko ukoreshwa cyane n’abantu b’ingeri zitandukanye.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri aka karere mu murenge wa Kinoni aho bavuga ko ugenda usanwa mu buryo butarambye ukongera kugenda ucukuka ndetse ngo mu bihe by’izuba ivumbi riba ari ryinshi cyane.
Nzabonimpa Felicien (…)

424 Shares 4 Comments
Perezida Kagame na Dr Ngirente bashyizeho Guverinoma
Perezida Kagame na Dr Ngirente bashyizeho Guverinoma

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame na Minisitiri w’Intebe, Dr. Edouard Ngirente bashyizeho Guverinoma igizwe n’abaminisitiri 21 n’abanyamahanga ba Leta 9, barimo impinduka nke kuri Guverinoma yari icyuye Igihe.
Ni urutonde ryasohotse rutangajwe n’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe, byatangaje Guverinoma nshya igizwe n’Abaminisitiri n’Abanyamabanga ba Leta, Umubare munini w’abari basanzwe muri Guverinoma iheruka, bongeye kugaragara mu nshya, usibye abaminisitiri batatu barimo uwa (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Rutsiro: Bari mu rujijo nyuma yo kutibona mu bazahabwa ingurane kuhari kubakwa umuhanda
Rutsiro: Bari mu rujijo nyuma yo kutibona mu bazahabwa ingurane kuhari kubakwa umuhanda

Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Musasa mu karere ka Rutsiro bari mu rujijo nyuma yo kutibona muri sisiteme y’abazahabwa ingurane ku mitungo yabo yakuweho aho bari kubaka umuhanda, mu gihe hari bagenzi babo bo bamaze kubarirwa ndetse no kwishyurwa.
Muri uyu muhanda uri ku bakwa ukanyura mu murenge wa Musasa, uturutse mu isanteri ya Nkomero, hari abaturage bavugako babariwe ngo bazahabwe ingurane aho uyu muhanda uzaca mu mitungo yabo ariko bakaba bataribonye muri sisiteme kugirango (…)

424 Shares 4 Comments
Perezida Kagame yavuze ku bayobozi barangaranye umuceri wa Bugarama wabuze isoko
Perezida Kagame yavuze ku bayobozi barangaranye umuceri wa Bugarama wabuze isoko

Perezida Kagame yavuze ku kibazo cy’abahinzi b’umuceri bo mu kibaya cya Bugarama mu karere ka Rusizi bageze aho gutakira mu bitangazamakuru kubera kubura isoko ry’umuceri bejeje mu gihe ba minisitiri babishinzwe bicecekeye.
Aba bahinzi bavuga ko bakomeje guhezwa mu cyeragati n’ibura ry’ isoko ry’umusaruro w’igihembwe cy’ihinga gishize kugeza ubwo nibaza uko bazahinga undi n’uwo bejeje warabuze isoko.
Aba bahinzi babwiye ikinyamakuru mamaurwagasabo cyari kibasanze aho basanzwe banikira (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Perezida Kagame yahwituye abayobozi badakemura ibibazo by'abaturage
Perezida Kagame yahwituye abayobozi badakemura ibibazo by’abaturage

Umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda Paul Kagame yagarutse ku mikorere ikwiriye kuranga abayobozi, avuga ko bidakwiriye kuba bamenya ibibazo ntihagire igikorwa.
Umukuru w’Igihugu yabigarutseho kuri uyu wa Gatatu tariki ya 14 kanama 2024 ubwo yakiraga indahiro ya Minisiteri w’intebe w’u Rwanda Dr Edouard Ngirente n’abadepite mu nteko Ishinga amategeko.
Yagize ati :"Hari ukutabimenya, wari ukwiriye kuba ubimenya kuko ni cyo ushinzwe, hari ukubimenya ntugire icyo ukora kandi aribyo (…)

424 Shares 4 Comments
Depite Kazarwa Gertrude atorewe kuyobora Inteko Ishinga amategeko
Depite Kazarwa Gertrude atorewe kuyobora Inteko Ishinga amategeko

Nyuma yo kurahirira inshingano zo kuba intumwa za rubanda mu nteko ishinga amategeko umutwe w’abadepite, abadepite batoye ku bwiganze mugenzi wabo Hon. Kazarwa Gertrude kuyobora inteko.
Hon. Kazarwa atsinze mugenzi we bahataniraga uwo mwanya ikomeye mu myanya 5 y’abayobozi bakomeye mu gihugu, aho atsinze Nizeyimana Pie.
Uyu Gertrude Kazarwa utowe aturuka mu mutwe WA politiki wa PL uherutse gutsindira imyanya ikurikira iya FPR Inkotanyi ifite ubwiganze mu Nteko ishinga amategeko ikaba ari (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru