Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)
Ku wa Kabiri tariki 30 nibwo abari bateraniye mu Nama y’Abaminisitiri b’Ububanyi n’amahanga ba Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) n’u Rwanda bicaye i Luanda muri Angola mu nama, baraganira baranzura bashyira umukono ku masezerano ko hagomba guhagarikwa imirwano hagati y’impande zirwana mu Burasirazuba bwa Congo.
Ni icyemezo bafashe ndetse bavuga ko gitangira kubahirizwa saa sitra z’ijoro tariki ya 04 Kanama 2024.
Itangazo ry’ibyavuye mu nama rikimara gusohoka, Ibiro by’Ubutumwa bwa (…)
Ukigera i Gikondo mu mbuga y’urugaga rw’Abikorera PSF ahari kubera imurikagurisha mpuzamahanga, EXPO 2024, usanganirwa n’ibigo bishya byaje kwifatanya n’abandi kumurika ibyo bifitiye abaguzi, ariko hakaba na ba rwiyemezamirimo barimo Es SINA GERARD basanzwe bitabira badasiba kuzana udushya umwaka ku wundi mu byo bakora.
Ni imurikagurisha mpuzamahanga ryitabiriwe n’abamurika 448 barimo ab’imbere mu gihugu 329 n’abanyamahanga 119.
Umuhangamirimo Dr. Sina Gerard, ufite Es Urwibutso yeretse (…)
Repubulika ya Demukarasi ya Kongo n’u Rwanda byemeranyije guhagarika imirwano, "Cessez-le-feu" mu burasirazuba bwa Congo hagati y’abarwana.
Ni icyemezo cyavuye mu musaruro w’ibiganiro bimaze iminsi bibera i Luanda muri Angola, byatumijwe n’umuhiza hagati y’igihugu byombi, Perezida Lorenzo.
Itangazo ryaturutse i Luanda muri Angola ahabereye iyo nama tariki ya 30/07/2024 rivuga ko guhagarika imirwano bizatangira guhera tariki ya 04 Kanama 2024 ariko nta tariki bizarangirira.
Ayo makuru (…)
Urufaya rw’amasasu rwumvikanye mu masaha ya mbere ya saa sita z’ijoro, ku rugo rwo Joseph Kabila wabaye Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ruherereye muri Komini ya Gombe.
Ni amasasu yumvikanye kuri uyu wa Gatatu tariki 31 Nyakanga 2024, mu gace ka Uvira muri Komini ya Gombo.
Umujyanama w’Umugore w Joseph Kabila, Adam Shemishi ushinzwe itumanaho yavuze ko abarasaga bashakaga kwinjira aho Kabila ari.
Yagize ati: “Agatsiko ka La force du progress kashakaga kwinjira ku (…)
Abaturage bagera kuri 80 bo mu murenge wa Gakenke muri ako karere bafitwe mu nzu yigeze kujya yororerwamo inkoko (kibuti) barimo gusenga mu buryo bunyuranyijwe n’amabwiriza agena ahakorerwa amateraniro y’insengero.
Abafashwe biganjemo ab’igitsina gore n’abana, bafashwe kuri uyu wa Gatatu ahagana saa 10h30’, barasohorwa bajayanwa ku murenge bashorewe na Polisi y’u Rwanda ndetse n’urwego rwa DASSO.
Bamwe mu baturanyi baba baturage babwiye mamaurwagasabo.rw ko aba bafashwe bari basanzwe (…)
Hari abakozi b’ikigo cy’amashuri cya G.S Kivugiza, giherereye mu murenge wa Nyabirasi mu karere ka Rutsiro bataka ki bamaze amezi agera kuri atandatu badahembwa umushahara wabo.
Mu mezi agera ku munani aba bakozi ngo bari batarahembwa, nibura mu cyumweru gishize babashije kubahemba amezi abiri, bityo hakaba hasigaye andi amezi 6 y’ibirarane.
Abafite kino kibazo ni abakorera kino kigo imirimo itandukanye barimo abateka, abakora isuku ndetse n’abashinzwe umutekano.
Abo twaganiriye muri (…)
Hari abaturage bo mu karere ka Rusizi bamaze iminsi bafite icyoba n’icyikango ku Ibarura ririmo gukorwa, bamwe bakarihuza n’icyorezo cy’ubushita cyemejwe ko cyageze mu Rwanda.
Ni ubugenzuzi (ibarura) bwatangiye kuri uyu wa mbere tariki ya 29 Nyakanga 2024, ahari gusurwa insengero harebwa niba zuzuje ibisabwa bizemerera gukorera mu karere ka Rusizi.
Umwe mu bayobozi b’insengero waganiriye n’ikinyamakuru mamaurwagasabo, utifuje ko amazina ye atangazwa yavuze ko ubu bugenzuzi buri (…)
Abaturage bo mu karere ka Gakenke baravuga ko batazi amaherezo y’inyubako iri mu murenge wa Cyabingo, mu kagari ka Muhororo (mu cyahoze ari Bugarura), yagombaga kuba ibiro by’Akarere ka Gakenke ariko ikaba igiye kumara imyaka irenga 20 ubuyobozi butagira ikindi bwayibyazamo umusaruro.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri uyu murenge wa Cyabingo, ahari iyo nyubako, aho yasanze imirimo yo kubaka iyo nyubako yaragarukiye ku kumenya sima hejuru none (…)
Mu butumwa bw’akababaro yahuye nako, Louise Mushikiwabo, yashenguwe n’akababaro ko kubura umuvandimwe we, musaza we Kayiranga Wellars, wari uzwi nka Karateka.
Ubutumwa yashyize ku rubuga rwe rwa X, yavuze ko Nyakwigendera yitabye Imana mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 29 Nyakanga 2024.
Yagize ati: “Muri iki gitondo twabuze musaza wacu dukunda cyane, Wellars Kayiranga “karatéka”.
Mushikiwabo yatangaje ko Nyakwigendera yarwaye igihe gito ariko aza koroherwa amera neza.
Nyuma yo (…)
Umugabo watereraga abandi amakorasi bari guhimbariza Imana ahitwa mu Kinyamerika mu Murenge wa Kinyinya yamanutse aryama hasi, bamuhaye Fanta basanga ntagihumeka!
Bivugwa ko yari yazanye n’abandi bavuye mu Murenge wa Byumba mu Karere ka Gicumbi baje gusengera mu Murenge wa Kinyinya muri Gasabo.
Iby’urupfu rwe byavuzwe kuri uyu wa Mbere ubwo abantu bahururira baje kureba icyari cyabereye ahantu hari hashungerewe na benshi.
Ku rubuga rwa X rwa Flash FM hariho amashusho y’abaturage (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















