Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)
Mu murenge wa Bugarama, umwe muri 18 igize akarere ka Rusizi haracyari ikigo cy’ishuri ugeramo ugasanga icyumba kimwe cyigamo abana bagera muri 80 cyangwa 90.
Ni ibyagarutsweho kuri uyu wa kabiria tariki ya 6 Kanama 2024 ubwo muri uyu murenge hatahwaga ibyumba 10 by’amashuri bihuzuye bitanzweho arenga miliyoni 280 y’amafaranga y’u Rwanda. Umwe mu bayobora ikigo cy’amachuri cya Bugarama-cite, Mbarushimana Hamimu, yavuze ko aha muri uyu murenge hari abana benshi bakeneye kwiga ariko (…)
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Musasa mu karere ka Rutsiro bavuga ko bamaze igihe batabasha kubona umuriro w’amashanyarazi, kuko babuze mubazi zisimbura izitagikora harimo izakubiswe n’inkuba.
Akarere ka Rutsiro kazwe nk’akarere kari ahantu hakunze kwibasirwa n’ibiza by’inkuba kurusha ahandi mu gihugu, bityo bigateza ingaruka zirimo no kwangiza ibikorwa remezo birimo n’imiyoboro y’amashanyarazi igeza umuriro ku baturage, udasibye n’ikubita insinga zijyana aumuriro mu ngo.
Umwe muri (…)
Abagenda n’abakoresha umuhanda uturuka ku kiraro cy’ahazwi nka ’Younde’ werekeza ahitwa mu Gisenyi mu kagari ka Cyabagarura, umurenge wa Musanze mu karere ka Musanze, baravuga ko hari igice kimwe cy’umuhanda cyangiritse cyane ndetse bamwe bakunze kuhavunikira.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga kuri iki gice cy’umuhanda cyegeranye n’ibiro by’Akagari ka Cyabagarura, aho basaba ko cyasanwa vuba ndetse ngo moto n’imodoka kuhazamuka zihetse abantu ari (…)
Ibitaro bya ADPR Nyamata byatangaje ko byasuzumye nisanga abantu babiri barwaye icyorezo cy’Ubushita bw’Inkende (MonkeyPox) kimaze iminsi kigeze mu Rwanda.
Umuyobozi mukuru w’ibi bitaro biri ku rwego rwa Kabiri mubya kaminuza, Dr Jean Marie Sebijuri yavuze ko byasuzumye abantu 13 bafite ibimenyetso bisa n’iby’urwaye monkey pox basanga abantu babiri nibo bafite iki cyorezo.
Yakomeje avuga ko umuntu umwe bamusuzumiye ku kigo nderabuzima cya Nyamata undi bamusanga ku kigo nderabuzima cya (…)
Abakorera ubucuruzi mu isoko rya kijyambere ryo mu karere ka Nyamagabe baravuga ko hari bagenzi babo batangiye kurisohokamo kubera umusoro uhanitse, benshi bisubiriye mu buzunguzayi.
Aba bacuruzi babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri aka karere aho basaba ko bagabanyirizwa umusoro ngo bitewe nuko ayo bakwa batayabona bityo bamwe bagahitano gukurano akabo karenge bakajya kongera kuzunguza hanze y’isoko.
Clementine ni umucuruzi aragira ati: "Turasaba ko (…)
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Chief of Defence Forces (UPDF) and SPA/SO. Gen Muhoozi Kainerugaba yatangaje ko azitabira ibirori byo kirahirwa kwa Perezida Paul Kagame w’u Rwanda.
Uyu muhungu wa Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, asanzwe yiyemerera ko akunda u Rwanda n’Abanyarwanda, nk’uko nawe yongeye kubitangaza ubwo yateguzaga abamukurikira ku rukuta rwa X ko vuba agaruka ku butaka bw’imisozi 1000.
Mu magambo ye yagize ati: "Urukundo nkunda u Rwanda ni ukubera ko ari (…)
Bamwe mu baturage mu isanteri ya Congo Nil, mu karere ka Rutsiro, barinubira ko batagira ubwiherero rusange bakoresha aha hantu.
Bamwe muri bano baturage batangaje ko ubuyobozi busa nk’aho bwabirengagije, kuko imyaka iciyemo ari myinshi baremeye kububakira ubwiherero rusange ariko uko imyaka ishira indi igataha, babirenza ingohe.
Umwe muri bo ucururiza mu isantere y’ubucuruzi ya Congo Nil, utifuje ko amazina ye akoreshwa, ntiyumva ukuntu ibyo bemerewe n’akarere bidakorwa.
Ati:"Imyaka (…)
Abanyamuryango ba RPF Inkotanyi bo mu karere ka Burera baravuga ko ibyo chairman wabo yabasabye gufatanya nawe muri iyi manda nshya bazabishyira mu bikorwa, batazigera bamutenguha ngo bamutererane mu gukomeza urugamba rw’iterambere.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo bishimiraga umusaruro wavuye mu matora yabaye tariki ya 15 Nyakanga 2024 aho umukandida PAUL KAGAME akaba na Chairman w’umuryango wa RPF Inkotanyi yatsinze n’amajwi 99.18%.
Umulisa Gisele ni (…)
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Gakenke baravuga ko batewe impungenge n’ikiraro gihuza abatuye imirenge ya Rushashi, Ruli na Gakenke cyahoze cyubakishije ibyuma kubwa Ababiligi none ariko kikaba cyararangiye kugwamo, ubuyobozi bugashyiraho imbaho mu buryo bwo kwiyerenja.
Iki kiraro giherereye ahazwi nko muri santere ya Kagoma, gikunze kugwamo abantu Imana igakinga ukuboko ndetse iyo imodoka igiye kuhatambuka itwaye abantu babanza kuvamo kugira ngo ibiro bigabanuke.
Aha niho abaturage (…)
Mu karere ka Rusizi kari mu Majyepfo y’Intara y’Iburengerazuba haravugwa amakuru y’umuyobozi w’Urwunge rw’amashuri rwa Nyakagoma mu Murenge wa Nzahaha washyikirije Ikigo cy’Ubugenzuzi n’ibizamini NESA urutonde rw’abarimu bazakosora ibizamini bya Leta ruriho murumuna we, utari na mwarimu.
Uwari usanzwe ku rutonde rwa NESA rw’abemerewe gukosora ibizamini bya Leta bo kuri iki kigo yaje gutungurwa no kutibona ku rutonde, atangira kwikangamo icyemewabo.
Intandaro yo kutisanga kuri urwo (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















