Monday . 25 May 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)

Abadepite batowe bamaze kurahirira inshingano
Abadepite batowe bamaze kurahirira inshingano

Abadepite 80 bagize inteko ishinga amategeko mu mutwe w’abadepite bamaze kurahirira inshingano zo gutangira imirimo yo gutora amsteheko no kugenzura ibikorwa bya guverinoma mu myaka 5 iri imbere.
Ni indahiro bakoreye imbere ya Perezida wa Repubulika Paul Kagame mu Ngoro y’Inteko Ishinga amategeko, kuKimihurura.
Mbere yo kurahira kw’abadepite, Perezida wa Repubulika yabanje kwakira Indahiro ya Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente nawe warahiriye inshingano nyuma yo kongera kugirirwa (…)

424 Shares 4 Comments
Perezida Kagame yongeye kugira Dr. Ngirente Minisitiri w'Intebe
Perezida Kagame yongeye kugira Dr. Ngirente Minisitiri w’Intebe

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yagize Dr Edouard Ngirente Minisitiri w’Intebe,. umwanya asubiyeho nyuma yo gusoza Manda ishize y’imyaka 7 ariwe uyoboye Guverinoma.
Itegeko nshinga rya 2003 nk’uko ryavuguruwe mu 2015 kugeza ubu riteganya ko Perezida wa Repubulika watowe akimara kurahirira inshingano Ako kanya Guverinoma iba isheshwe, ni ukuvuga ko Minisitiri w’Intebe n’abandi baminisitiri n’abanyamahanga ba Leta baba bavuyeho.
Rivuga kandi ko Perezida ashyiraho Minisitiri (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Gakenke: Bakomeje kuba mu icuraburindi no kumurikisha ibishishimuzo
Gakenke: Bakomeje kuba mu icuraburindi no kumurikisha ibishishimuzo

Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Rusasa ho mu karere ka Gakenke baravuga ko babangamiwe no kuba mu icuraburindi ryo kutagira umuriro w’amashanyarazi, ngo baracyamurikisha inkwi batekesha, ibyo bita ’ibishishimuzo’.
Ababwiye umunyamakuru wa mamaurwagasabo ko bafite icyo kibazo ni abo mu gice kimwe cy’aKagari ka Gataba, bakifuza ko bahabwa amashanyarazi nk’abandi bakava muri ubu bwigunge. Umuriro w’amashanyarazi mu Kagari ka Gataba muri Rusasa wagarukiye mu gace kamwe
Umwe muri aba (…)

424 Shares 4 Comments
Rubavu: Baremerewe n'igiciro ku bukerarugendo bwo ku musozi wabo
Rubavu: Baremerewe n’igiciro ku bukerarugendo bwo ku musozi wabo

Bamwe mu baturage bo mu karere ka Rubavu bifuza gukorera ubukerarugendo ku musozi wa Nengo uri mu murenge wa Gisenyi bagaragaza ko bafite imbogamizi z’igiciro cy’amafaranga ibihumbi 10 basabwa nyarama bifuzaga kugira uruhare mu bukerarugendo rw’ibiri ku musozi wabo.
Ubusanzwe kuri uyu musozi wa Nengo nta bukerarugendo bwahakorerwaga ariiko nyuma yaho hashyizwe ibikorwa by’ubukerarugendo, hahise hashyirwaho igiciro cy’amafaranga ibihumbi 10 y’u Rwanda ku banyarwanda.
Abahasura ubu usanga (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Rusizi: Uwigeze kuvugwaho ubujura batoraguye umurambo we ahadatuwe
Rusizi: Uwigeze kuvugwaho ubujura batoraguye umurambo we ahadatuwe

Mu mudugudu wa Rubumba ho mu kagari ka Nyange mu Murenge wa Bugarama mu karere ka Rusizi hatoraguwe umurambo wa Hakizimana Obed wajyaga avugwaho ubujura, ndetse yigeze kuvugwaho kwambura telephone Gitifu w’uwo murenge.
Ni amakuru yamenyekanye kuri uyu wambere tariki ya 12 kanama 2024 mu murenge wa bugarama w’akarere ka Rusizi, aho umurambo w’uwitwa Hakizimana Obed warusanzwe uzwi ku izina rya HAKIZA wataraguwe mu mududu wa Rubumba hafi y’umuhanda ahitaruye ingo.
Bamwe mu baturage babonye (…)

424 Shares 4 Comments
Abanyarwanda twagaragaje ubumwe n'intego duhuriyeho yo kwigenera ahazaza hacu-Kagame
Abanyarwanda twagaragaje ubumwe n’intego duhuriyeho yo kwigenera ahazaza hacu-Kagame

Perezida Paul Kagame yatangaje ko umusaruro w’amatora Abanyarwanda bavuyemo ugaragaza ubumwe n’intego baharaniraga.
Mu ijambo rye, Perezida Kagame utangiye Manda y’imyaka 5 iri imbere, yashimiye Abanyarwanda bose bamugiriye icyizere.
Yakomeje agira ati: Nishimiye kongera kubabera umuyobozi ari we Perezida muri iyi Manda nshya dutangiye.
Ibihe byo kwamamaza n’amatora tuvuyemo byatubereye twese Abanyarwanda igihe cy’ibyishimo ndetse bigaragaza ko twanyuzwe.
Miliyoni z’Abanyarwanda (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Tujyane na Perezida Kagame mu mwanya w'Indahiro wari utegerejwe na bose
Tujyane na Perezida Kagame mu mwanya w’Indahiro wari utegerejwe na bose

Perezida Paul Kagame amaze kurahirira u Rwanda n’Abanyarwanda ko azaharanira icyateza u Rwanda n’Abanyarwanda imbere, ko atazakoresha ububasha ahawe mu nyungu ze bwite, yiyemeza ko natatira Indahiro akoze azabihanirwa n’amategeko, Imana ibimufashemo.
Ibi ni bimwe duhisemo mu bigize Indahiro Umukuru w’igihugu watowe akoze imbere y’imbaga y’abanyarwanda n’abanyamahanga bitabiriye kumva Indahiro ya Perezida Paul Kagame yakoze kuri iki cyumweru tariki ya 11 Kanama 2024.
Ku isaha ya Saa (…)

424 Shares 4 Comments
Rubavu: Barinubira kwimwa serivisi kuko bataratanga Ejo Heza na Mituweli
Rubavu: Barinubira kwimwa serivisi kuko bataratanga Ejo Heza na Mituweli

Bamwe mu baturage bo mu kagari ka Gisa, mu murenge wa Rugerero mu karere ka Rubavu bagaragaza ko babangamiwe no kwimwa serivisi baba bagiye gusaba ku kagari impamvu ikaba ari uko bataratanga imisanzu muri Ejo Heza na Mituweli.
Aba baturage bavuga ko iyo bagiye ku kagari ka Gisa gushaka serivisi zitandukanye, Gitifu agasanga batararanze amafaranga yo kwiziganira mu kigega Ejo Heza cyangwa batararanze ubwisungane mu kwivuza bwa Mituweli, badahabwa serivisi yabazinduye.
Umwe muri bano (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Nyabihu: Robine zarapfuye bayoboka umugezi bameseramo
Nyabihu: Robine zarapfuye bayoboka umugezi bameseramo

Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Rugera mu karere ka Nyabihu baravuga ko robine z’amazi bubakiwe zapfuye ntizasanwe none basigaye bavoma mu mugezi wa Mukungwa.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu murenge wa Rugera, aho yasanze abaturage binubira kuvoma aya mazi mabi, bavuga ko kuyavoma ari amaburakindi.
Uwamahoro solange yagize ati: "Turi kuvoma mu ruzi, kubera ko igihombo cyaduhaga amazi cyacitse nticyasanwa, aya mazi aduteye impungenge kubera (…)

424 Shares 4 Comments
Perezida Kagame yashyikirije inka yagabiye abahanzi barimo Knowless na Clement
Perezida Kagame yashyikirije inka yagabiye abahanzi barimo Knowless na Clement

Umuryango wa Ishime Clément na Butera Jean d’Arc uzwi nka "Knowless" baraye batangaje ko bakiriye inyambo Perezida Kagame aherutse kubagabira.
Tariki ya 14 Nyakanga 2024 nibwo Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bakiriye abahanzi batuye mu karere ka Bugesera ahitwa mu Karumuna arabagabira.
Mubo yakiriye barimo umuryango wa Knowless n’abandi bahanzi nka Tom Close, Platini P, Nel Ngabo n’abandi.
Kugabirwa inka kw’umuryango wa Ishimwe na Burera byahuriranye n’isabukuru a (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru