Monday . 25 May 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)

Rutsiro: Bamaze umwaka umurenge nta muyobozi ugira
Rutsiro: Bamaze umwaka umurenge nta muyobozi ugira

Nyuma yaho mu mwaka ushize, mu kwezi kwa Werurwe, uwari Gitifu w’umurenge wa Musasa Uwamariya Clemence arwaye bikomeye, ntashobore gukomeza ishingano ze nk’umuyobozi, kuva icyo gihe uyu murenge nta Gitifu utari uwagateganyo ufite.
Kuba uyu murenge udafite Gitifu utari uwagateganyo cyangwa se w’umusigire, hari serivisi zimwe atabasha guha abaturage nko gushyingira, aho uyu muhango hajya hitabazwa Gitifu w’umurenge wa Mushonji.
Kuba amaze igihe kirenga umwaka, atabasha gukomeza ishingano, (…)

424 Shares 4 Comments
Paul Kagame yatanze ibyangombwa ku mwanya wa Perezida wa Repubulika
Paul Kagame yatanze ibyangombwa ku mwanya wa Perezida wa Repubulika

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 17 Gicurasi 2024, Perezida Kagame yashyikirije Komisiyo y’igihugu y’Amatora, NEC, Kandidatire ye ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu ahagarariye Umuryango wa FPR Inkotanyi.
Akihera ku cyicaro gikuru cya NEC i Kigali mu Kiyovu, Kandi da Perezida PAUL KAGAME yakiriwe na Perezida wa Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, Hon. Oda Gasinzigwa.
Perezida Kagame yari aherekejwe na Madamu Jeannette Kagame hamwe n’Umunyamabanga Mukuru wa FPR Inkotanyi, Gasamagera (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Abantu 8 bashobora guhatanira intebe y'Umukuru w'igihugu mu Rwanda
Abantu 8 bashobora guhatanira intebe y’Umukuru w’igihugu mu Rwanda

Komisiyo y’igihugu y’amatora NEC, yatangaje ko kuva aho bafunguriye abanyarwanda batari abo mu mitwe ya politiki yemewe ikorera mu Rwanda bujuje ibusabwa kujya gufata impapuro zo kujya gushaka imikono y’ababashyigikira kuzaba abakandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika, abantu 8 bamaze gufata impapuro.
Byatangajwe kuri uyu wa Kane, tariki ya 16 Gicurasi 2024, mu kiganiro iyi Komisiyo yagiranye n’itangazamakuru ku myiteguro y’amatora ya Perezida wa Repubulika n’ay’Abadepite ateganyije (…)

424 Shares 4 Comments
Rubavu: Ubuyobozi bwaboneye igisubizo Sebeya
Rubavu: Ubuyobozi bwaboneye igisubizo Sebeya

Ubuyobozi bw’akarere ka Rubavu, buremeza ko damu yubatswe mu murenge wa Kanama muri kano karere izahangana n’amazi, cyane cyane aturuka ku mugezi wa Sebeye kuba yakongera gusenyera abaturage.
Akarere ka Rubavu ni kamwe mu tujya twibasirwa n’ibiza cyane cyane mu gihe cy’imvura nyinshi, bigatizwa umurindi n’umugezi wa Sebeya uturuka ku icukurwa ry’amabuye y’agaciro mu misozi igakikije. Ibi biza bigira ingaruka kuri bamwe butuye muri kano karere cyangwa se bahakorera ibikorwa bitandukanye. (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze: Sacola yaruhuye abaturage bajyaga kuvoma ibizenga mu birunga
Musanze: Sacola yaruhuye abaturage bajyaga kuvoma ibizenga mu birunga

Bamwe mu baturage bo mu mirenge ya Kinigi na Nyange mu karere ka Musanze bagorwaga no kubona amazi meza, barashimira umuryango Sacola ubungabunga Pariki y’Igihugu y’Ibirunga wabaremeye umuyoboro wa KM 6.5 uzabafasha kudasubira kuvoma ibirohwa mu birunga.
Abegerejwe aya mazi babwiye mamaurwagasabo.rw ko aje kubakemurira ibibazo bahuraga nabyo birimo indwara zikomoka ku mwanda, bitewe no gukoresha amazi adasukuye bityo bakaba bashimiye Sacola ndetse n’ubuyobozi bwiza bw’Igihugu budahwema (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze: Abazwi nk'Ibihazi bine bafashwe abandi bari guhigishwa uruhindu
Musanze: Abazwi nk’Ibihazi bine bafashwe abandi bari guhigishwa uruhindu

Nyuma yaho insoresore z’iyise ’Ibiihazi’ bo mu murenge wa Shingiro, mu karere ka Musanze zikomerekeje abaturage batandatu zishaka kubambura utwabo no kubakorera urugomo, kuri ubu bane bamaze gutabwa muri yombi abandi baracyashakishwa.
Uru rugomo rwabaye mu ijoro ryo ku itariki ya 11 Gicurasi 2024, ahagana saa 9:30 mu mudugudu wa Cyimbazi, mu kagari ka Gakingo, Umurenge wa Shingiro.
Abavuze iby’izo nsoresore icyo gihe bavuga ko zaje ziturutse muri santere izwi nko kwa "Kanani", (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Depite Barikana Eugene yafungiwe gutunga imbunda zitaramenyekana ubwoko n'umubare
Depite Barikana Eugene yafungiwe gutunga imbunda zitaramenyekana ubwoko n’umubare

Hon. Depite Barikana Eugene, wari umudepite mu Nteko Ishinga amategeko y’u Rwanda, yatawe muri yombi n’Urwego rushinzwe iperereza RIB nyuma yuko rusanze atunze imbunda mu buryo atazemerewe n’amategeko.
Iyi ntumwa ya rubanda yatawe muri yombi kuri uyu wa mbere, tariki ya 13 Gicurasi 2024, nk’uko byemejwe n’umuvugizi wa RIB, Dr. Murangiza Thierry.
RIB yavuze ko ubwo Hon. Barikana yabazwaga uko yatunze izo ntwaro, yavuze ko yazitunze akibana n’abasirikare ariko akibagirwa kuzisubiza. (…)

424 Shares 4 Comments
Rutsiro: Bari gukora umuhanda umwe bakangiza undi
Rutsiro: Bari gukora umuhanda umwe bakangiza undi

Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Musasa mu karere ka Rutsiro ntibiyumvisha ukuntu hari gukorwa umuhanda umwe igitaka kiwuvuyemo kikajya gusenya undi uri hepfo yawo Ubuyobozi bubireba ntibugire icyo bubikoraho.
Umuhanda urimo gukorwa ni uva mu isantere ya Nkomero ujya mu murenge wa Boneza, hakaba hari undi nawe utegerejwe gukorwa uturuka muri iyo santeri werekeza ku biro by’umurenge wa Musasa ariko imirimo yo kuwukora ikiba itaratangira.
Mu gukora uwo muhanda uva mu isantere ya Nkomero (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze: Baranenga bagenzi babo bakoresha nabi inkunga bahabwa na Leta
Musanze: Baranenga bagenzi babo bakoresha nabi inkunga bahabwa na Leta

Mu gihe leta y’u Rwanda ikomeje gushakira abanyarwanda batishoboye icyatuma bakomeza kubaho mu mibereho myiza binyuze muri gahunda ya VUP no gutanga ingoboka ku babyeyi babyara badafite ubushobozi bwo gutunga abana, hari bamwe badakoresha neza iyi nkunga bayijyana mu bindi bikorwa bitari ibyo yagenewe.
Aba baturage babibwiye itangazamakuru ubwo abayobozi bari babasuye umurenge wa Kinigi, mu karere ka Musanze, mu biganiro n’abayobozi baturutse muri LODA na Minisiteri y’Ubutegetsi (…)

424 Shares 4 Comments
Nyabihu: Bamwe mu banyamuryango ba Koperative COAIPO bateye utwatsi imyanzuro ya RCA
Nyabihu: Bamwe mu banyamuryango ba Koperative COAIPO bateye utwatsi imyanzuro ya RCA

Nyuma y’inkuru twabagejejeho aho abanyamuryango ba koperative COAIPO ihinga ibirayi ikorera mu murenge wa Jenda mu karere ka Nyabihu bavugaga ko bagiye kuri konte bagasangaho 1000 rwf gusa, kuri ubu ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere amakoperative mu Rwanda RCA cyagaragaje impamvu nyamukuru yahombeje iyi koperative ariko bamwe mu batabaje ntibanyuzwe n’ibyavuye mu bugenzuzi.
Abanyamuryango ba COAIPO batabazaga bavuga ko umutungo wabo wanyerejwe na bamwe mu bayobozi arinabwo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru