Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)
Bamwe mu barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, bo mu karere ka Musanze bashengurwa n’imibiri y’abiciwe mu bitaro bya Ruhengeri kugeza ubu itaraboneka ngo ishyingurwe mu cyubahiro.
Babivuze ubwo Abakozi b’ibitaro bya Ruhengeri bari mu gikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 , hibhkwa abahoze ari abakozi b’ibi bitaro, abarwayi n’abarwaza bishwe ariko kugeza uyu munsi ababishe bakaba baratsimbaraye mu gutanga amakuru y’ahantu hari imibiri yabo.
Umwe mu (…)
Bamwe mu bahoze mu mashyamba ya DRCongo mu mitwe yitwaje intwaro ahanini ifite umugambi wo guhungabanya umutekano w’u Rwanda bavuga ko babeshywaga ko ugeze mu Rwanda bamwica bityo bamwe akaba ariyo mpamvu banga gutaha mu rwababyaye.
Babibwiye itangazamakuru kuri uyu wa Mbere tariki ya 29 Mata 2024 ubwo hasozwaga icyiciro cya 71 cy’abasezerewe i Mutobo, mu karere ka Musanze, bahoze mu mitwe yitwaje intwaro mu mashyamba ya DRCongo, aho benshi biberaga mu mutwe wa FDLR urimo abakoze Jenoside (…)
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Karongi bavuga ko babangamiwe n’ubujura bw’imyaka bukorerwa mu mirima y’abo, aho bamwe bahisemo kujya bayisarura iteze bayitanguranwa n’abajura.
Aba baturage bo mu mirenge ya Rubengera, Bwishyura na Mubuga bavuga ko babangamiwe naba bajura, biba imyaka ihinze mu mirima aho byabateye kujya bayisarura itarera kugira ngo bayitanguranwe n’abajura.
Umuturage wo mu murenge wa Bwishyura yagize ati "Abajura baraturembeje, ku buryo tugeze ubwo dusarura imyaka (…)
Nyirabarara Tereziya wari ufite imyaka 65, wo mu kagari ka Murambi mu murenge wa Musasa mu karere ka Rutsiro yishwe akubiswe ifuni na Bosenibamwe Evariste bivugwa ko ufite uburwayi bwo mutwe.
Abaturage bavuga ko Bosenibamwe asanzwe afite uburwayi bwo mu mutwe, ndetse akaba afata n’imiti ingendanye n’ubu burwayi. yakubise uyu mukecuru ifuni mu mutwe Kuri uyu wa Kane ku itariki 25 Mata 2025, nyuma yo kumusanga ari gukura imyumbati iteze, nkuko Ntirivamunda Alphonse utuye muri kano kagari ibi (…)
Abakozi b’ibitaro bya Gatonde biherereye mu murenge wa Mugunga, mu karere ka Gakenke, bibutse ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, banenga abaganga bariho muri icyo gihe batabashije komora ibikomere by’Abatutsi babaga batemaguwe ahubwo nabo bagafatanya n’abicanyi.
Ni igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, cyabereye mu bitaro bya Gatonde cyabanjirijwe no gushyira indabo ahahoze Urwibutso rwa Janja ahazwi nko kuri "Janja Memorial Community Library" (…)
Abacururiza mu isoko ryo mu murenge wa Kisaro mu karere ka Rulindo barataka igihombo baterwa no kuba isoko bacururizamo ridasakaye bityo ibicuruzwa byabo bikaba binyagirwa bikangirika kandi batanga imisoro neza.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga aharemera iryo soko mu murenge Kisaro, bakifuza ko ubuyobozi bwabubakira isoko.
Umwe muri aba baturage witwa Kabuga Flecien yagize ati: "Duhura n’igihombo gikomeye iyo ibicuruzwa byacu byanyagiwe; icyo (…)
Bamwe mu baturage bakora mu mushinga wa VUP, mu murenge wa Nyamyumba, bavuga ko bamaze amadizeni 3, ahwanye n’iminsi 30 badahembwa, banahembwa bagahembwa nabi ku buryo bituma ayo mafaranga atabasha kubafasha gukora ibyo baba bayateganyirije.
Mu bikorwa bakora, muri uyu mushinga byiganjemo kubakira abatishoboye muri uyu murenge, nyuma yaho bari bamaze amadizeni 4, ahwanye n’iminsi 40 badahembwa, bamwe baje guhembwa, ubu nanone ngo amadizene abaye 3, ahwanye n’iminsi 30 nanone badahembwa. (…)
Abanyeshuri biga ku kigo cy’amashuri cya GS REGA giherereye mu Murenge wa Kabatwa, Akarere ka Nyabihu baravuga ko baterwa ipfunywe no kwiherera mu bwiherero bwashaje, buri ku muhanda, aho n’abaturage babukoresha, bakabona ari nko Kukarubanda.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga kuri iki kigo giherereye mu Kagari ka Rega, aho yasanze abana basaba ko bakubakirwa ubwiherero buzima, bufunze neza ngo kuko ubuhari kukoresha ari ukubura uko bagira.
Umwe muri abo bana (…)
Icyaburaga cya nyuma kugira ngo gahunda Guverinoma y’Ubwongereza n’u Rwanda itangire gushyirwa mu bikorwa cyaraye kibonetse, binyuze mu nteko ishinga amategeko yemeje umushinga w’itegeko wa leta wo kohereza abimukira mu Rwanda.
Ni umgambi ugezweho nyuma y’imyaka ibiri y’urugamba rw’amategeko na politike byabaye gishegesha ku mugambi wa Guverinoma y’Ubwongereza, aho byasabye inkiko, inteko ndetse no kubyumvisha abo bigenewe.
Ni umugambi umaze kweguza abakuru ba Guverinoma n’abaminisitiri (…)
Bamwe mu baturage bagana umujyi wa Karongi, by’umwihariko mu murenge wa Bwishyura, bagaragaza ko babangamiwe n’abana bambura ibyabo.
Umurenge wa Bwishyura, ubarizwamo igice kitari gito cy’uyu mujyi wa Karongi, unubatsemo ibiro by’Intara y’Iburengerazuba, nawo ni umwe ugaragaramo kino kibazo cy’abana bafite ingeso yo gushikuza abantu ibya bafite.
Bizumuremyi Patrick, ni umwe mu babangamiwe n’iki Kibazo, yagize ati: “Ni insoresore zitagitinya kuko no ku manywa y’ihangu zambura abaturage, (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.





















