Monday . 25 May 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)

Burera: Abacururiza mu isoko rya Rusumo babangamiwe no kunyagirwa
Burera: Abacururiza mu isoko rya Rusumo babangamiwe no kunyagirwa

Abacururiza mu isoko rya Rusumo riherereye mu murenge wa Butaro, Akarere ka Burera baravuga ko babangamiwe no kubyagirwa kubera ko riva cyane.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu murenge wa Butaro aho basaba ko iri soko ryasanwa kuko ribateza igihombo iyo ibicuruzwa byabo binyagiwe.
Umwe muri aba bacurizi witwa Nzirorera Cyprien yagize ati: "Iyo imvura iguye ibyagira ibicuruzwa byacu, cyokoze dushaka nk’amabati yo gukingiruzaho ariko nkatwe ducuruza imyenda (…)

424 Shares 4 Comments
Rubavu: Ubujura bw'imyaka buravuza ubuhuha
Rubavu: Ubujura bw’imyaka buravuza ubuhuha

Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Nyamyumba, mu karere ka Rubavu, bavuga ko, bagezwe ahabi n’abajuru babi imyaka.
Umwe mu bo twaganiriye witwa Mutabazi Innocent, utuye mu mudugudu wa Mukonda, mu kagari ka Kiraga, mu murenge wa Nyamyumba mu karere ka Rubavu, yatangarije Mamaurwagasabo ko iki kibazo gihari.
Ati" Urabona abasore bajyaga muri Congo gutera ibiraka, bitewe nibi byo gufunga saa cyenda nutwo bakoreye bakavayo batumiriye yo, bakigumira ino, baguma ino bwakwira bakagenda, (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Burera: Ubuziranenge bw'inyama burageramiwe, babagira hasi
Burera: Ubuziranenge bw’inyama burageramiwe, babagira hasi

Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Butaro, mu karere ka Burera baravuga ko bahangayikishijwe n’ibagiro ribagira inyama hasi, mu mwanda ukabije ndetse ngo bishobora no kuzabateza indwara zitandukanye.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu murenge wa Butaro aho yasanze muri iri bagiro riri muri santere ya Rusumo rifite umwanda ukabije ndetse haba hari umunuko ukabije.
Umwe muri bo witwa H. Patrick ati: "Urabona ibi bizi biretse hano, amasazi, umunuko (…)

424 Shares 4 Comments
"Sinzahura na Tshisekedi kugeza ahinduye ibyo avuga"-KAGAME
"Sinzahura na Tshisekedi kugeza ahinduye ibyo avuga"-KAGAME

Perezida Paul Kagame yeruye ko imvugo za mugenzi we wa Congo, Perezida Felix Antoine Tshisekedi Tchilombo zo gutera u Rwanda atazazirebera ngo yumve ko ntacyo zivuze, kuko nta mukuru w’igihugu uvuga ikintu gikomeye nk’icyo adafite impamvu akivuze.
Yabitangaje mu kiganiro cyihariye yahaye umunyamakuru wa Jeune Afrique, akaba n’Umwanditsi Mukuru wacyo, Francois Soudan, bagaruka ku ngingo zitandukanye zerekeye umubano w’u rwanda na Congo, u Burundi ndetse n’umuryango w’Afurika (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Abarwaye igituntu basabwe gufata imiti neza kitaraba igikatu
Abarwaye igituntu basabwe gufata imiti neza kitaraba igikatu

Kuru uyu wa Gatanu, ku itari 22 Werurwe 2024, u Rwanda rwifatanyije n’Isi mu kwizihiza umunsi mpuzamahanga wo kurwanya indwara y’igituntu, ku rwego rw’igihugu uyu munsi wizihirijwe mu karere ka Rubavu.
Mu kwizihiza uyu munsi kandi hashimiwe abajyanama b’ubuzima babaye indashyikirwa mu kugira uruhare mu kurwanya iyi ndwara, aho bahembwe amagare.
Indwara y’igituntu n’imwe mu ndwara zihitana abantu benshi, bityo uyirwaye akagirwa inama yo kujya kuyivuza hakiri kare, itaraba igikatu, (…)

424 Shares 4 Comments
Burera: Barashinja Ngali kubishyuza imisoro ntanyemezabwishyu
Burera: Barashinja Ngali kubishyuza imisoro ntanyemezabwishyu

Abacuruzi b’inka bo mu karere karere ka Burera, by’umwihariko abarema isoko ry’amatungo ryo mu murenge wa Butaro barashinja kompanyi ya Ngali kubishyuza imisoro itagira inyemezabwishyu, icyo bakeka nk’amanyanga.
Aba bacuruzi babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga aho igiterane cy’inka kiri, asanga bishyura amafaranga mu ntoki badahabwa gitanse igaragaza ko bishyuye n’icyo bishyuriye.
Bavuga ko ndetse hari igihe bagera mu nzira babura inyemezabwishyu bakishyuzwa andi (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ngororero: Bari mu bwigunge bwo kutagira umuhanda ubageza ku biro by'Akarere
Ngororero: Bari mu bwigunge bwo kutagira umuhanda ubageza ku biro by’Akarere

Bamwe mu baturage bo mu karere ka Ngororero, mu Mirenge ya Matyazo na Ngororero baravuga ko baheze mu bwigunge bwo kutagira umuhanda ubahuza n’akarere ka Muhanga bityo kugira ngo bajye gushaka serivisi ku biro by’Akarere babanza kuzenguruka.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri iyi mirenge isa nikiri inyuma mu bikorwa remezo, aho basaba ko bakubakirwa umuhanda ubahuza na Muhanga ndetse n’undi bajya bakoresha ubageza ku biro by’Akarere ka Ngororero. (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze: Serivisi zo kubaga abarwayi mu bitaro bya Ruhengeri zaguwe
Musanze: Serivisi zo kubaga abarwayi mu bitaro bya Ruhengeri zaguwe

Nyuma yo kubura serivisi zinogeye abaturage zijyanye no kubaga abarwayi bikaba ngombwa ko boherezwa i Kigali n’ahandi, kuri ubu ibitaro bya Ruhengeri biherera mu karere ka Musanze byungutse inyubako nshya n’ibikoresho bishya byose byatwaye asaga miliyoni 400 y’u Rwanda.
Iyi serivisi yo kubaga abarwayi benshi mu gihe gito ije kuziba icyuho cyari kiri muri ibi bitaro bya Ruhengeri, bitewe nuko babagaga abarwayi batandatu ku munsi ariko kuri ubu ngo bagiye kujya bahereza serivisi zo kubaga (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
MINUBUMWE yahawe amezi 6 yo gukemura ibibazo abarokotse Jenoside bagifite
MINUBUMWE yahawe amezi 6 yo gukemura ibibazo abarokotse Jenoside bagifite

Ibibazo birimo ibyo kutabona serivisi z’ubuvuzi zinoze, iz’uburezi, kubona aho kuba ndetse n’ibibazo by’ubukene ni byo byatumye abadepite mu nteko ishinga amategeko bafata umwanzuro wo gusaba Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, MINUBUMWE, Dr. Bizimana Jean Damascene, kubishakira umuti mu mezi 6 ari imbere.
Ni ibyavuye mu biganiro Minisitiri yagiranye n’abagize inteko ishinga amategeko kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 20 Werurwe 2024, ubwo yatangaga ibisobanuro kuri (…)

424 Shares 4 Comments
Rubavu: Inyubako y'amashuri imaze imyaka 13 ituzura, yabaye indiri y'amabandi
Rubavu: Inyubako y’amashuri imaze imyaka 13 ituzura, yabaye indiri y’amabandi

Inyubako yagenewe amashuri yo kwigiramo, amashuri agendanye n’ubumenyi ngiro, iherereye mu mu mudugu wa Rambo, akagari ka Kiraga, mu murenge wa Nyamyumba, imaze imyaka igera kuri 13 ituzura.
Nkuko bamwe mu baturage baturiye hafi yayo babivuga, ngo uyu mushinga wo kubaka aya mushuri watangijwe n’uruganda rwa BRALIRWA, nyuma ruza guhagarika imirimo utarangiye.
Iyo wegeeye izi nyubako, bigaragara ko zadidindiye kandi n’imirimo yo kuzubaka nayo bigaragara ko yahagaze, dore ko zatangiye (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru