Monday . 25 May 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)

Gakenke: Basinyiye ingurane amaso yaheze mu kirere
Gakenke: Basinyiye ingurane amaso yaheze mu kirere

Mu karere ka Gakenke mu murenge wa Mugunga hari abaturage bavuga ko bangirijwe imitungo yabo ubwo hakorwa imiyoboro y’amazi ntibishyurwa none barimo gutabaza.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri uwo mu murenge wa Mugunga, yasanze aba barimo kurira ayo kwariko basaba kwishyurwa amafaranga y’ibyabo byangirijwe cyane ko ngo bamaze no gusinya ariko barategereje baraheba.
Umwe muri aba baturage witwa Kamali Phocus yagize ati: "Baraje baturandurira (…)

424 Shares 4 Comments
Rubavu: Nyirakuru wa Noah ukinira Amavubi avuga ko bashaka ku musiga iheruheru
Rubavu: Nyirakuru wa Noah ukinira Amavubi avuga ko bashaka ku musiga iheruheru

Umukecuru witwa Mukabaziga Foromina utuye mu mudugudu wa Buvano, mu kagari ka Busoro, mu murenge wa Nyamyumba arasaba ubufasha nyuma yaho avuga ko hari abashaka kumunyaga ibye agasigara iheruheru.
Mukabaziga yavuze ko uwari umugabo we Kwitonda Thomas bari bashakanye, hanyuma hakaba hari abana babiri yari yaramusanganye yarabereye mukase, none avuga ko ubu bashaka kumutwara imirima ye hamwe n’inzu atuyemo, ngo kandi aho bagiye bamurega yarabatsinze ariko bakaba badashaka kuva kwizima ngo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Burera: Amazi agera gusa ku baturiye Global Health Equity, abandi bavoma ibiroha
Burera: Amazi agera gusa ku baturiye Global Health Equity, abandi bavoma ibiroha

Mu murenge wa Butaro, Akarere ka Burera hari abaturage bo mu tugari twa Nyamicucu na Mubuga bavuga bakomeje guhera mu bwigunge kubera kuvoma ibirohwa ndetse bamwe ngo bibateza ibibazo by’indwara zituruka ku mwanda.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu karere ka Burera, asanga basaba ko bahabwa amazi meza nabo bakagera ku iterambere nk’abandi .
Byimariye Emmanuel yagize ati: "Twaheze mu icuraburindi hano muri Nyamicucu, tuvoma ibirohwa nta terambere (…)

424 Shares 4 Comments
Rubavu: Harashwe uwarwanyije inzego z'umutekano yinjiza magendu
Rubavu: Harashwe uwarwanyije inzego z’umutekano yinjiza magendu

Mu gitondo cyo uri uyu wa Kane mu kagari ka Busigari, mu murenge wa Rubavu, mu karere ka Rubavu, harasiwe umuturage witwa Maniragaba Emmanuel, bivugwa ko yageragezaga kwinjiza magendu ahangana n’inzego z’umutekano z’u Rwanda ahita ahasiga ubuzima.
Ubuyobozi bwavuze ko yarashwe ubwo yari ari mu bikorwa by’ubucoracora, (kwinjiza magendu) aturutse mu gihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo nkuko byatangajwe n’ubuyobozi muri kano karere.
Bamwe mu baturage baganiriye (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Gakenke: Bahangayikishijwe n'ikiraro gishobora gushyira mu kaga ubuzima bw'abaturage
Gakenke: Bahangayikishijwe n’ikiraro gishobora gushyira mu kaga ubuzima bw’abaturage

Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Mugunga mu karere ka Gakenke baravuga ko bahangayikishijwe n’ikiraro gihuza utugari twa Nkomane na Rutenderi gishobora gushyira ubuzima bwabo mu kaga mu gihe ntagikozwe.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga aho iki kiraro kiri, mu murenge wa Mugunga, basaba ko iki kiraro cyakorwa kuko ibiti byari byarashyizweho n’abaturage byamaze gusaza.
Mukarwego Mariya Claudine yagize ati: "Nkubu abana bacu ni bato, bakunze (…)

424 Shares 4 Comments
Kwikoreza u Rwanda umuzigo wa Congo ninko kurwikoreza umurambo w'impyisi
Kwikoreza u Rwanda umuzigo wa Congo ninko kurwikoreza umurambo w’impyisi

Perezida waRepubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yagereranyije uburemere bwo guhora Isi ibaza u Rwanda ibibazo bya DRCongo, avuga ko bisa no kurwikoreza umurambo w’Impyisi.
Yabitangaje mu Kiganiro yagiranye na Radio 10 na Royal FM, kuri uyu wa Mbere, tariki ya 01/04/2024, muri studio za Radio10.
Iki ni ikiganiro cya Kabiri Perezida Kagame agiranye n’igitangazamakuru cyigenga cyo mu Rwanda, mu myaka 15 ishize, igiheruka yakigiriye muri studio za Contact FM muri iyo myaka.
Umunyamakuru (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Perezida Tshisekedi yasubije abakibaza niba gahunda yo gutera u Rwanda igihari
Perezida Tshisekedi yasubije abakibaza niba gahunda yo gutera u Rwanda igihari

Mu kiganiro Perezida wa DRC, Felix Anthoie Tshisekedi yagiranye n’ibinyamakuru birimo Le Monde, yabajijwe niba gahunda yo gutera u Rwanda igihari, asubiza ko hagitegerejwe ko inzira z’ibiganiro zirangira.
Ubwo yiyamamarizaga Manda ya Kabiri, Perezida Tshisekedi yavuze ko afite ubushobozi bwo kurasa i Kigali ahagaze i Goma, anavuga ko natorwa azasaba inteko kumwemerera gutera u Rwanda ashinja kuba inyuma ya M23 bahanganye.
Tshisekedi amaze gutsindira kuyobora iki gihugu muri manda ya (…)

424 Shares 4 Comments
Gakenke: Bazindukira mu tubari bakirengagiza inshingano z'urugo
Gakenke: Bazindukira mu tubari bakirengagiza inshingano z’urugo

Mu murenge wa Mugunga, Akarere ka Gakenke hari abaturage bazindukira mu tubari banywa inzoga bakirengagiza inshingano z’urugo, ndetse bamwe ngo bararayo bigakurura amakimbirane hagati y’abashakanye.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri uyu murenge aho basaba ko hafatwa ingamba zikomeye cyane ko ngo uku kuzindukira mu tubari bishobora gukomeza gutiza umurindi amakimbirane mu miryango.
Umwe muri aba baturage witwa Devotha, yagize ati"Hano (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Amb. MUKARULIZA yitabye Imana
Amb. MUKARULIZA yitabye Imana

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 30 Werurwe 2024 Abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda bakiriye inkuru y’akababaro ibika urupfu rw’Ambasaderi Mukaruriza Monique.
Yari umunyapolitiki w’u Rwanda wabaye mu nzego zitandukanye nkuru z’igihugu, yitabye Imana azize uburwayi. Yaguye i Bruxelles mu Bubiligi aho yari amaze iminsi arwariye.
Umugabo we, Ntirushwamaboko John, yabwiye IGIHE ko umugore we atari amaze iminsi myinshi arwaye. Ati “Byabaye uyu munsi nko mu masaha abiri ashize. Yari arwariye i (…)

424 Shares 4 Comments
AFC/M23 yiyemeje gufata Kinshasa vuba
AFC/M23 yiyemeje gufata Kinshasa vuba

Corneille Nangaa uyobora Ihuriro Alliance Fleuve Congo, (AFC) ririmo Umutwe wa M23, yatangaje ko we na bagenzi be biteguye gukuraho ubutegetsi bwa Tshisekedi mu gihe cya vuba cyane.
Kuri uyu wa Kane, ubwo abagize AFC/M23 bari mu gasantere ka Kiwanja muri teritwari ya Rutshuru kuri uyu wa 28 Werurwe 2024, Nangaa ari kumwe na Perezida w’Umutwe wa M23, Bertrand Bisimwa, yagaragaje ko ihuriro ryabo ribabajwe n’umutekano muke uri mu gihugu cyabo, by’umwihariko mu ntara ziri mu burasirazuba, (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru