Friday . 20 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

M23 yemeje ko FARDC yarashe muri Goma

Ihuriro rya AFC/M23 ryatangaje ko mu rukerera rwo kuri uyu wa gatatu ubutegetsi bwa Kinshasa bwagabye igitero cya Drones mu mujyi wa Goma nyuma y’iminsi hagabwa ibitero ku mirongo y’urugamba muri Kivu zombi.
Umuvugizi w’iryo huriro mu bya politiki, Lawrence Kanyuka yemeje ko izi drones za leta ya Kongo zikomeje kugaba ibitero mu bice bituwe cyane birimo Goma na Minembwe.
Amakuru avuga ko iki gitero cya Drone cyahitanye ubuzima bw’umukozi w’umuryango w’abibumbye ishami rishinzwe kwita ku (…)

Hon. Dushimimana wagizwe Guverineri asimbuye Habitegeko
Hon. Dushimimana wagizwe Guverineri asimbuye Habitegeko

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Hon. Lambert Dushimimana wagizwe Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba afite ibigwi n’amateka kuko yagiye akora mu nzego zitandukanye.
Mu itangazo ryishyizwe ahagaragara n’ibiro bya Minisitiri w’Intebe kuri uyu wa Mbere tariki ya 4 Nzeri 2023 ryatangaje ko Hon.Lambert Dushimimana wasimbuye Habitegeko Francis uherutse gukurwa kuri uwo mwanya.
Hon.Lambert Dushimimana yavutse tariki ya 29 Kanama 1971, avukira mu karere ka Rubavu, mu ntara (…)

424 Shares 4 Comments
Abaturiye Ibirunga basabwe gukomeza kubungabunga ibidukikije n'urusobe rw'ibinyabuzima
Abaturiye Ibirunga basabwe gukomeza kubungabunga ibidukikije n’urusobe rw’ibinyabuzima

ku nshuro ya 19 Abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda bahuriye mu Kinigi mu karere ka Musanze mu muhango wo Kwita Izina abana b’ingagi 23 bavutse muri uyu mwaka, abazituriye basabwa gukomeza kurinda ibidukikije n’urusobe rw’ibinyabuzima by’umwihariko Ingagi.
Mu ijambo rye nk’umushyitsi mukuru wari witabiriye uyu muhango Madamu Jeanette Kagame yasabye abaturiye pariki y’Ibirunga gukomeza kubungabunga ibidukikije babana neza n’Ingagi ndetse n’urundi rusobe rw’ibinyabuzima.
Yagize ati: (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Gen. Kabarebe na Ibingira mu bashyizwe mu kiruhuko cy'izabukuru
Gen. Kabarebe na Ibingira mu bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame akaba n’Umugaba Mukuru w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yashyize mu kiruhuko cy’izabukuru ba Jenerali 11 barimo Gen James Kabarebe, Gen Fred Ibingira.
Nkuko bigaragara mu itangazo rishyizwe hanze na (RDF ) ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 30 Kanama 2023, hatangajwe ko abasirikari bafite ipeti rya General 12 barimo na Gen James Kabarebe wari Umujyanama wihariye wa Perezida wa Repubulika mu by’Umutekano bagiye mu kiruhuko cy’izabukuru.
Iri (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze: Abana babiri barohamye mu mugezi wa Mukungwa barapfa
Musanze: Abana babiri barohamye mu mugezi wa Mukungwa barapfa

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu karere ka Musanze,Umurenge wa Rwaza , abana babiri barohamye mu mugezi wa Mukungwa barapfa.
Ni abana bavukana, aho umwe yari mu kigero cy’imyaka 8 mu gihe undi yari afite 12, barohamye boga mu mugezi wa Mukungwa.
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rwaza, Dushimire Jean yabihamirije Kigalitoday.
Yagize Ati :"Abo bana bari kumwe n’ababyeyi babo barimo guhinga hafi ya Mukungwa, abana bajya mu mazi koga bagwamo, kugeza aya masaha umwe (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Abana 23 b'Ingagi bagiye guhabwa amazina bavuka mu miryango itandukanye
Abana 23 b’Ingagi bagiye guhabwa amazina bavuka mu miryango itandukanye

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ku nshuro ya 19 abana 23 b’Ingagi bavutse ku babyeyi batandukanye mu miryango itandukanye bagiye kwitwa amazina aho abaturutse imihanda yose y’Isi bazitabira uyu muhango aho usanzwe ubera mu kinigi mu karere ka Musanze.
Kwita Izina’ ni umuhango umaze imyaka 19 ukorwa hagamijwe kubungabunga urusobe rw’ibinyabuzima by’umwihariko ingagi zo mu misozi miremire na Pariki y’Igihugu y’Ibirunga icumbikiye imiryango irenga 22
Ingagi ifitanye isano n’abantu (…)

424 Shares 4 Comments
Burera: Imboni z'umutekano zinjiza magendu zirwanaho, Meya ntashaka kugira icyo avuga
Burera: Imboni z’umutekano zinjiza magendu zirwanaho, Meya ntashaka kugira icyo avuga

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu bazwi nk’Imboni z’Umutekano zifasha akarere ka Burera gucunga umutekano ku bashobora kwambutsa magendu ku mipaka baratangaza ko gukora badahembwa birimo gutuma bemera kwinjiza magendu mu gihugu banga gukomeza kwicwa n’inzara.
Babwiye umunyamakuru wa Mamaurwagasabo ko bemera kubikora bitewe nuko bamaze amezi arenga atatu badahembwa umushahara bagenewe, ni mu gihe umuyobozi w’ako karere w’agateganyo adashaka kugira icyo abivugaho.
Aba baturage (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Rubavu: Ubuyobozi burigurutsa mu gukemura ikibazo cya kompanyi ebyiri zihanganiye muri Sebeya
Rubavu: Ubuyobozi burigurutsa mu gukemura ikibazo cya kompanyi ebyiri zihanganiye muri Sebeya

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu karere ka Rubavu umurenge wa Kanama hari kompanyi ebyiri zinura umucanga zikomeje kurebana ay’ingwe ndetse n’ubuyobozi bukomeje kurebera, ibintu bishobora kuzabyara ikindi kintu kirenze urwego bigezeho.
Imwe muri izo kompanyi yitwa (Mugabo J company LTD) ihagarariwe na Ndolimana Jean D’amour indi yitwa (UStone LTD) ihagarariye na Uwonkunda Carine.
Mu kiganiro umunyamakuru wa mamaurwagasabo yagiranye n’impande zombi bagaragaje ko nta kibazo (…)

424 Shares 4 Comments
Gen Romeo Dallaire yasuye Rwanda Peace Academy
Gen Romeo Dallaire yasuye Rwanda Peace Academy

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
(Rtd)Lt Gen Romeo Dallaire, washinze ikigo cya Dallaire gishinzwe abana, amahoro n’umutekano, yasuye Ikigo cy’Igihugu cy’amahoro cya Rwanda Peace Academy (RPA) giherereye i Nyakinama mu karere ka Musanze.
Yatanze ikiganiro ku basirikare bakuru bo muri Afurika y’iburasirazuba barimo bahugura bagezi babo ku bijyanye no kubungabunga amahoro hirya no hino ku Isi.
Undi wasuye Ikigo cya Rwanda Peace Academy ni (rtd) Lt Gen Balla Keïta, wahoze ari (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Iburengerazuba: Hari umugezi uraza abaturage ku gasozi
Iburengerazuba: Hari umugezi uraza abaturage ku gasozi

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu baturage bo mu ntara y’Iburengerazuba baravuga ko bahangayikishijwe n’umugezi wa Bihongore ubaraza mu gasozi bitewe n’ikiraro cyasenyutse.
Ni umugezi uhuza imirenge ibiri, uwa Nyabirasi na Kanama ihuza uturere twa Rutsiro na Rubavu.
Abaganiriye n’umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu mirenge ya Nyabirasi na Kanama bavuga ko bakiri mu bwigunge kubera kutagira ikiraro kibafasha kwambuka umugezi wa Bihongore.
Umwe muri aba (…)

424 Shares 4 Comments
Perezida Kagame yagarutse ku bayobora amashyirahamwe ya siporo
Perezida Kagame yagarutse ku bayobora amashyirahamwe ya siporo

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Perezida Paul Kagame yatunze agatoki abayobozi ba za Federasiyo z’imikino mu Rwanda aho yavuze ko akenshi aribo batuma intego z’itsinzi zitagerwaho bitewe n’amanyanga bakora.
Ni bimwe mu byo Umukuru w’Igihugu yavuze ko bikomeje kumunga siporo yo mu Rwanda birimo indagu (amarozi), ruswa, aho yashishikarije urubyiruko kubirwanya no kubigendera kure.
Yabigarutseho kuri uyu wa Gatatu tariki ya 23 Kanama 2023, yitabiraga Isabukuru imyaka 10 ihuriro Youth (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru