Tuesday . 26 May 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)

Abamugariye ku rugamba baravuga imyato aho Leta ibakuye
Abamugariye ku rugamba baravuga imyato aho Leta ibakuye

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu bahoze ari abasirikare bamugariye ku rugamba batishoboye barashimira Leta y’Ubumwe bw’Abanyarwanda yabubakiye inzu nyuma y’igihe batagira aho gukinga umusaya.
Babitangaje kuri uyu wa Gatatu tariki ya 25 Ukwakira 2023 ubwo bashyikirizwaga inzu bubakiwe na Komisiyo y’Igihugu yo gusezerera no gusubiza mu buzima busanzwe abahoze ari abasirikari (RDRC), ku rwego rw’igihugu umuhango ukaba wabereye mu karere ka Nyabihu.
Abahawe izi nzu ni imiryango (…)

424 Shares 4 Comments
Nyabihu: Batewe impungenge n'amazi aturuka ku musozi wa Kanyampereri
Nyabihu: Batewe impungenge n’amazi aturuka ku musozi wa Kanyampereri

Abatuye mu Murenge wa Mukamira mu karere ma Nyabihu baravuga ko batewe impungenge n’amazi y’imvura aturuka ku musozi wa Kanyampereri abasanga mu rugo andi agasendera imirima yabo.
Barasaba ubuyibozi ko kuri uyu musozi hakorwa amaterasi y’indinganire mu rwego rwo gukumira aya mazi.
Umwe muri aba baturage witwa Kamanzi Evariste yagize ati: " Ikibazo cy’aya mazi ikibitera ni amasuri amanuka ku musozi wa Kanyampereri, kugira ngo gishoboke nuko uriya musozi bawucamo imirwanyasuri bagashaka (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Burera: Bahangayikishijwe n'umuturanyi wabo urara mu gisa n'ikibuti
Burera: Bahangayikishijwe n’umuturanyi wabo urara mu gisa n’ikibuti

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu karere ka Burera, Umurenge wa Cyanika mu kagari ka Gisovu, umudugudu wa Hanika hari muturage witwa Ntawiha Vestine ufite imyaka 38, uvuga ko abayeho mu buzima bubi ngo bitewe no kurara mu gisa n’ikibuti mu gihe abaturanyi be nabo bamusabira icumbi.
Ubwo umunyamakuru wa mamaurwagasabo yageraga mu murenge wa cyanika yasanze uyu muturage ari kubogoza arira yibaza impamvu ubuyobozi bureberera abaturage butufasha kubona aho ahengeka umusaya (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze: Ba Parasocial workers baravugwaho ruswa ku nkunga ya Perezida Kagame
Musanze: Ba Parasocial workers baravugwaho ruswa ku nkunga ya Perezida Kagame

Bamwe mu babyeyi bo mu karere ka Musanze, umurenge wa Gacaca barashyira mu majwi abazwi nka Parasocial workers (Abajyanama b’iterambere ry’imibereho myiza) kubasiba ku rutonde rw’abagomba guhabwa inkunga bemererewe na Perezida Kagame.
Abaganiriye n’umunyamakuru wa Mamaurwagasabo.rw ni abo mu kagari ka Karwasa, umudugudu wa Kabukende bavuze ko bari basanzwe bafata inkunga ifasha abagore batwite n’ababyeyi babyaye mu rwego rwo kubafasha kurera neza abo bana ariko ngo bari gutungurwa no (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
MINUBUMWE yaganiriye n'amadini n'amatorero uko bagira abemeramana buzuye
MINUBUMWE yaganiriye n’amadini n’amatorero uko bagira abemeramana buzuye

Yanditswe na Samuel Mutungirehe
Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu isanga abayobozi b’amadini n’amatorero bari kwiye kwibuka ko hari abayoboke babo bakeneye gufashwa kuva mu bikomere by’amateka ya Jenoside igihugu cyanyuzemo bakayoboka inzira y’ubudaheranwa.
Byagarutsweho na Minisitiri w’iyi minisiteri, Dr. Bizimana Jean Damascene kuri uyu wa kabiri, ubwo yafunguraga ibiganiro nyunguranabitekerezo, barebera hamwe intambwe imaze guterwa mu kwimakaza ubumwe (…)

424 Shares 4 Comments
Gakenke: Ararira ayo kwarika nyuma yo kwamburwa na rwiyemezamirimo asaga miliyoni eshanu
Gakenke: Ararira ayo kwarika nyuma yo kwamburwa na rwiyemezamirimo asaga miliyoni eshanu

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Gatete Fidel ukora umwuga w’ubutekinisiye akomeje kurira ayo kwarika nyuma yo kwamburwa na rwiyemezamirimo yakoreye akazi mu kubaka ibagiro ry’Akarere ka Gakenke.
Ushyirwa mu majwi ni rwiyemezamirimo ufite kompanyi ya "Sosefik Ltd "ikorera mu ibagiro ry’Akarere ka Gakenke.
Uyu muturage avuga ko ku itariki ya 07 Gashyantare 2023 yagiranye amasezerano na rwiyemezamirimo Semavenge Cyprien yo gukora "Installation z’amamashini arimo gukoreshwa mu (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Nyabihu: Gitifu yatawe muri yombi azira ibigenewe abari mu kaga
Nyabihu: Gitifu yatawe muri yombi azira ibigenewe abari mu kaga

Yandutswe na Ndayambaje Jean Claude
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rambura mu karere ka Nyabihu, Kabalisa Salom yatawe muri yombi akekwaho kunyereza asaga miliyoni 6 Frw yari agenewe kubakira abasenyewe n’ibiza.
Uyu muyobozi yatawe muri yombi tariki 11 Nzeri 2023 aho bivugwa ko akekwaho kunyereza amafaranga yari agenewe gusana inzu z’abaturage bagizweho ingaruka n’ibiza n’aho undi ngo akayishyirira mu mufuka mu nyungu ze bwite zitari izabaturage.
Mu kiganiro umuvugizi (…)

424 Shares 4 Comments
Nyabihu: Baracyagorwa no kugeza umusaruro wabo ku isoko
Nyabihu: Baracyagorwa no kugeza umusaruro wabo ku isoko

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abaturage bo mu karere ka Nyabihu bakoresha umuhanda Mukamira-Kinyengagi by’umwihariko abahinzi n’aborozi, baravuga ko bakigorwa no kugeza umusaruro wabo ku isoko bitewe nuko umuhanda udakoze neza.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yaganiraga na bo, bavuga ko bakomeje kuba mu bwigunge bwo kutagira umuhanda ukoze neza ubafasha kugeza umusaruro ku isoko bakifuza ko leta yawukora ukaba nyabagendwa.
Umwe muri aba baturage witwa Habimana (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Imiryango yita ku bagore yahagurukiye kurandura inzitizi zatuma bakobwa badashishikarira kujya mu nzego zibungabunga amahoro
Imiryango yita ku bagore yahagurukiye kurandura inzitizi zatuma bakobwa badashishikarira kujya mu nzego zibungabunga amahoro

Yanditswe na Samuel Mutungirehe
Imiryango itari iya Leta yita ku kurengera no guteza imbere uburenganzira bw’abagore n’abakobwa yahagurukiye gukuraho inzitizi yose igituma abakobwa bakitinya mu kujya mu nzego z’umutekano zifasha mu kubungabunga amahoro ku Isi.
Byagarutsweho kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 10 Ukwakira 2023 ubwo hizihizwaga umunsi Mpuzamahanga wahariwe Umukobwa, aho imiryango imwe mu yigize Impuzamiryango Profemme-Twese Hamwe yasuzumaga ibikubiye mu masezerano ya UN1325 u (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze: Umwana w'imyaka 2.5 yasanzwe mu rugo rw'umuturage yapfuye
Musanze: Umwana w’imyaka 2.5 yasanzwe mu rugo rw’umuturage yapfuye

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu karere ka Musanze, umurenge wa Shingiro mu kagari ka Gakingo, umudugudu wa Mutuzo umwana ufite imyaka ibiri n’igice yasanzwe mu rugo rw’umuturage witwa Nyiraruvugo olive yapfuye aho bikekwa ko ariwe wamwishe afatanyije n’umuhunguwe we.
Ni amakuru yamenyekanye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu ahagana saa 18h00’ aho uyu mwana witwa Iradukunda Aliane wimyaka 2.5ans mwene Irankunda Eliazari na Musabeyezu Aline bari bamubuze kuva ejo hashyize nimugoroba (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru