Tuesday . 26 May 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)

Abahoze mu mitwe yitwaje intwaro basabwe kwimakaza ubumwe bw'Abanyarwanda
Abahoze mu mitwe yitwaje intwaro basabwe kwimakaza ubumwe bw’Abanyarwanda

Icyiciro cya 70 cya bamwe mu bahoze mu mitwe yitwaje intwaro mu mashyamba ya Congo bagera kuri 84 bahuguriwe i Mutobo mu karere ka Musanze basabwe kwimakaza ubumwe n’ubudaheranwa bw’Abanyarwanda ndetse bakamaganira kure amacakubiri
Ibi babisabwe kuri uyu wa kane tariki ya 23 Ugushyingo 2023 ubwo bahabwaga impamyabushobozi (Certificate) zibyo bigiye mu kigo cya Mutobo gishinzwe gusezerera no gusubiza mu buzima busanzwe abahoze mu mitwe yitwaje intwaro, aho basabwe kuzabana neza (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze: Impuruza ku banyeshuri barya babanje kubitamo amarira
Musanze: Impuruza ku banyeshuri barya babanje kubitamo amarira

Ntawutazi ko arya ibyo yavunikiye ariko ntibimenyerewe kuvunika urya ibyo wishyuye ayawe wavunikiye, mu karere ka Musanze, mu murenge wa Kimonyi hari abanyeshuri biga ku Rwunge rw’amashuri ya Bilira bavuga ko babangamiwe no gukora urugendo rurerure bikoreye ibiryo, ibintu bafata nko kubirya babitayemo amarira bitewe n’urugendo bakora bajya kuzana ibyo kurya.
Aba banyeshuri babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu murenge wa Kimonyi kuri GS Bilira aho yasanze aba bana (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze: Bari mu rungabangabo kubera isoko ryanze kuzura
Musanze: Bari mu rungabangabo kubera isoko ryanze kuzura

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abacuruzi bo mu karere ka Musanze bari mu rungabangabo bibaza impamvu isoko ry’ibiribwa rizwi ku izina rya Kariyeri, ryari ryatangiye kubakwa mu buryo bwa kijyambere rituzura.
Imirimo yo kubaka iri soko yahagaze igeze kuri 20% nyuma yaho uwahawe iryo soko ahagaritse imirimo ntihatangwe ibisobanuro.
Abahoze baricururizamo ibiribwa, basaga 1200 kuri ubu bajyanywe kuba bifashishije gare ya Musanze.
Bavuga ko nta bwinyagamburiro bafite kubera ko (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze: Inkongi y'umuriro yibasiye inyubako ya gare
Musanze: Inkongi y’umuriro yibasiye inyubako ya gare

Inkongi y’umuriro yibasiwe igice kimwe cya gare ya Musanze, bigakekwa ko yatewe na gaz itekeshwa muri resitora.
Iyi nkongi yabaye kuri uyu wa mbere ahagana saa 8h00’ za mu gitondo, aho igorofa ryo muri gare ya Musanze ryibasiwe n’inkongi mu gihe hagitegerejwe kumenya icyayiteye.
Iyi nyubako yahiye niyo ikoreramo ama-office y’Ubuyobozi bwa Gare ya Musanze nandi makompanyi atandukanye, kugeza ubwo twakoraga iyi nkuru ishami rya police y’u Rwanda rishinzwe gukumira inkongi y’umuriro ryari (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Rulindo: Abakunzi b'akaboga barimo kubogoza
Rulindo: Abakunzi b’akaboga barimo kubogoza

Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Base mu karere ka Rulindo bari kuririra mu myotsi nyuma yaho ibagiro rimwe ryari rwemerewe kubaga ryo mu murenge wa Base rifunze imiryango mu gihe ubuyobozi bubashishikariza kujya bajya kuzigurira mu kandi karere, kubera ko iri ryubatswe mu gishanga.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo bavuga ko bakomeje kugorwa no kubona inyama kubera ko bakora urugendo bagiye kuzishakisha ku ibagiro rya Gakenke.
Umwe mu bazirangura nabo (…)

424 Shares 4 Comments
Rutsiro: Hari abaturage barembejwe n'inda zo mu myenda akarere kabizi
Rutsiro: Hari abaturage barembejwe n’inda zo mu myenda akarere kabizi

Bamwe mu basigajwe inyuma n’amateka bo mu murenge wa Ruhango mu karere ka Rutsiro baratangaza ko bugarijwe n’inda zo mu myenda, izi zikomoka ku mwanda.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu murenge wa Ruhango aho bavuga ko inda zibarembeje ndetse ngo zibabuza amahwemo.
Umwe muri aba baturage yagize ati: "Inda ziraturembeje, iyo ikuriye ugira gutya ukayimena, zaratumaze zitumaramo n’amaraso ariko biterwa n’ubundi n’aho turara; ntabwo waba urara hasi (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Amajyaruguru: Banki Lamberi, intandaro y'amakimbirane mu miryango
Amajyaruguru: Banki Lamberi, intandaro y’amakimbirane mu miryango

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Maurice Mugabowagahunde yongeye gusaba abaturage kwirinda kwishora muri Banki Lamberi, nyuma yo kubina ko ariyo ntandaro y’amakimbirane mu miryango ndetse ngo zimwe zatangiye gusembera.
Ibi yabigarutseho mu kiganiro Intara y’Amajyaruguru yagiranye n’abanyamakuru aho yasabye ko abishora mu matsinda y’urunguze (gufata amadeni) bakwiye kubireka ahubwo bagakorana n’ibigo by’imari bizwi.
Guverineri w’Intara (…)

424 Shares 4 Comments
Rusizi: Yiyahuye nyuma yo kumenya ko atwite
Rusizi: Yiyahuye nyuma yo kumenya ko atwite

Mu murenge wa Mururu mu akarere ka Rusizi haravugwa urupfu rw’uumukobwa wapfuye bigakekwa ko yiyahuye nyuma yo kumenya ko atwite kandi inda yatewe n’umugabo ufite urundi rugo.
Amakuru ikinyamakuru mamaurwagasabo cyamenye ni uko uyu mukobwa yari atwitwe, gusa ubuyobozi bw’uyu murenge bwo butangaza ko butahita buhamya niba koko yari atwite,
Gitifu w’uyu murenge yagize ati: "Nta gihamya ko atwite".
Hari andi makuru avuga ko uyu nyakwigendera witwaga Kwubwimana Helene wi’imyaka 20 yari (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Rutsiro: Abiga kuri GS Rugaragara bagiye kurangiza ayisumbuye batarakora kuri mudasobwa
Rutsiro: Abiga kuri GS Rugaragara bagiye kurangiza ayisumbuye batarakora kuri mudasobwa

Abanyeshuri biga ku Rwunge rw’amashuri rwa Rugaragara mu karere ka Rutsiro, mu murenge wa Mushonnyi, baravuga ko basigaye inyuma mu masomo y’ikoranabuhanga ngo bitewe nuko nta muriro w’amashanyarazi ikigo cyabo gifite
Aba banyeshuri babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga kuri iri shuri riherereye mu kagari ka Rurara, bavuga ko biteye isoni kirangiza amshuli yisumbuye (High school S6) batazi gufungura mudasobwa.
Umwe muri aba banyeshuri yagize ati: "Birababaje kubona (…)

424 Shares 4 Comments
Leta ihangayikishijwe na 35% by'abana badakandagira mu ishuri
Leta ihangayikishijwe na 35% by’abana badakandagira mu ishuri

Guverinoma y’u Rwanda ikomeje guhangana n’ikibazo cy’abana bava mu ishuri ariko hari n’abatabasha kurikandagiramo by’umwihariko abafite ubumuga nk’uko Ibarura Rusange ryakozwe mu 2022 ryabigaragaje ko bangana na 35%.
Hashingiwe ku byavuye muri iryo barura, byerekana ko abantu bafite ubumuga mu Rwanda bagera ku 391.775 ku baturage bose bangana na miliyoni 13 zisaga, ni ukuvuga ko ari 3,4%. Abagore ni 216.826 mu gihe abagabo bagera kuri 174.949.
Intara y’Iburasirazuba ni yo ifite umubare (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru