Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 3 March » ISRAEL YEMEJE IBITERO MURI LIBAN NA IRAN ICYARIMWE – read more
  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more

Congo: ADF yishe Abaturage 40 muri Mukondi

Friday 10 March 2023
    Yasomwe na

Abasivile 40 bishwe barashwe n’abarwanyi b’umutwe w’iterabwoba wa ADF abandi barakomereka.

Ni ubwicanyi bwabaye mu ijoro ryo ku itariki ya 8 Werurwe ahitwa Mukondi muri teritwari ya Beni, muri Kivu y’Amajyaruguru.

Amakuru aravuga ko habaye no gutwika inzu nyinshi muri icyo gitero ku baturage.

Sosiyete sivile yavuze ko habaruwe 44 bishwe hahunga benshi bagana ahitwa Kalunguta na Maboya hafatwa nk’ahari umutekano.

Umuyobozi ushiznnzwe urubyiruko muri sheferi ya Bashu, Saddam Patanguli yavuze ko abo baterabwoba ba ADF baje baturutse mu mujyi wa Mwalika muri segiteri ya Rwenzori.

Ubu bwicanyi bwamaganywe n’uhagarariye MONUSCO muri Congo, Madam Bintou Keita, wasinye itangaza rya MONUSCO rivuga ko hishwe abarenga 38 abandi bagakomereka.

Yasabye abayobozi ba Congo gukora iperereza no gutanga ubutabera ku bakorewe ubwo bwicanyi.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru