Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 3 March » ISRAEL YEMEJE IBITERO MURI LIBAN NA IRAN ICYARIMWE – read more
  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more

Intumwa Z’u Burundi Zaje Gusaba benewabo Gutahuka

Monday 19 December 2022
    Yasomwe na

Muri iki gitondo ku Mupaka wa Nemba mu karere ka Bugesera u Rwanda rwakiriye ba Guverineri b’Intara za Kirundo, Kayanza na Bururi baje gusaba Abarundi benewabo bahungiye mu Rwanda gutahura.

Bakiriwe na bagenzi babo bayobora Intara y’Amajyepfo n’iy’Uburasirazuba kuri uyu wa Mbere tariki ya 19 Ukuboza 2022.

Ubutegetsi bwa Perezida Evariste Ndayishimiye buri gukora uko bushoboye ngo umubano uri hagati y’u Rwanda n’Uburundi wongere ube mwiza nk’uko byahoze mbere y’umwaka wa 2015 ubwo Nyakwigendera Pierre Nkurunziza yagumaga ku butegetsi kuri Manda ya Kabiri itarumvikanyweho bigatera bamwe guhunga.

U Rwanda n’u Burundi ni ibihugu bituranye kandi bifite abaturage bafite byinshi bahuriyeho birimo umuco n’ururimi ‘bijya gusa.’

Ibibazo bya Politiki byabaye mu Burundi mu mwaka wa 2015 byatumye Abarundi benshi bahungira mu Rwanda.

Abenshi baba mu nkambi iri mu Murenge wa Mahama mu Karere ka Kirehe mu Burasirazuba bw’u Rwanda.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru