Nyuma yo gushyiraho inzego zihagarariye abandi ku rwego rw’imirenge ya Rugarama na Cyanika muri Burera, Abarwanashyaka ba (Green Party of Rwanda) ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikikije mu Rwanda, ryakomereje ibikorwa byaryo mu mirenge ya Kagogo na kinyababa mu karere Burera aho bibukijwe amahame y’ishyaka n’ibigomba kubaranga.
Perezida w’iri Shyaka Hon. Dr Frank Habineza yongeye kwibutsa abarwanashyaka amavu n’amavuko y’ishyaka riharanira demokarasi no kurengera (…)
Inyeshyamba z’Umutwe w’Ishyaka ry’Intara ya Tigray (TPLF) ryigumuye ku butegetsi bwa Guverinoma ya Dr. Abiy Ahammed, Minisitiri w’Intebe wa Thiopia, zanze kwitabira ibiganiro byari kuzihuza na Guverinoma ya Ethiopia, zivuga ko iyo ntara yabanza gukurwa mu kato yashyizwemo.
Izi nyeshyamba zavuze ko zitazitabira ibyo biganiro igihe cyose iyo ntara zigaruriye ikiri mu kato yashyizwemo na Guverinoma ya Ethiopia.
Mu kwezi gushize iyo nyeshyamba zari zavuze ko ziteguye kujya muri ibyo (…)
Hashize iminsi ku mbuga nkoranyambaga hagaragara amafoto y’ibisari n’ibikomere by’umukobwa w’umunyarwandakazi uzwi nka Teta Sandra, washakanye n’umuhanzi wo muri Uganda uzwi nka Weasel, ari nawe bivugwa ko amukubita akanamuhoza ku nkeke.
Ni inkuru yahagurukije bamwe mu banyarwanda batari bake, ndetse na bamwe mu banya-Uganda barimo n’Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka akaba n’umuhungu wa Museveni Gen. Muhoozi Kainerugaba, wagaragaje ko kera nta mugabo wakubitaga umugore. (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye (UN) ryita ku mpunzi UNHCR riri muri Congo, ryatangaje ko kubera ubushobozi bucye ritagishoboye kwita bikwiriye ku bibazo by’impunzi bikomeza kwiyongera nk’uko impunzi nazo zikirimo kwiyongera.
Iri shami rivuga ko kugeza tariki 30 Kamena 2022, kuri miliyoni 225$ yari akenewe gukoreshwa mu mwaka wose 19% gusa ari yo yari amaze kuboneka.
Itangazo rya UNHCR ishami rikorera muri Congo rivuga ko ibi bigira ingaruka zikomeye ku (…)
Ubuyobozi bw’igisirikare cyafashe ubutegetsi muri Mali bwarakajwe cyane n’amagambo Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yavugiye muri Guinée Bissau ku wa 28 Nyakanga, bituma bugarura iby’uruhare igihugu cye cyagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Iri tsinda rya gisikare muri Mali ryasabye Macron kureka imyitwarire y’u Bufaransa ya gikoloni no guhagarika kunenga ingabo za Mali rimushinja kwenyegeza urwango rushingiye ku moko.
Umuvugizi wa Guverinoma ya Mali, Colonel Abdoulaye (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Ubutumwa bw’umuryango w’abibumbye bari kubungabunga amahoro muri Congo, MONUSCO, bwemeje ko abantu bane bapfuye bishwe n’amashanyarazi mu mujyi wa Uvira mu ntara ya Kivu y’Epfo.
Ni mu myigaragambyo ikomeje yo kwamagana ubutumwa bwa UN muri Congo, MONUSCO, byatangiye nyuma gato yah umuyobozi mukuru wabwo avuze ko inyeshyamba za M23 zikomeye kurusha igisirikare gisanzwe bigoye kuzitsinda.
Twitter ya MONUSCO yavuze ko ibyo byabaye ku wa gatatu hafi y’ikigo (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Abasivile 12, abapolisi babiri n’umusirikare umwe wa MONUSCO ni bo bamaze gupfira mu mvururu zirimo imyigaragambyo n’ubusahuzi byo kwamagana izi ngabo za UN muri Congo, nk’uko abayobozi babivuga, gusa ngo nubwo bimeze gutyo MONESCO irahakana kwica abo bigaragambya.
Ubutumwa bw’umuryango w’abibumbye buri kubungabunga amahoro muri Congo, MONUSCO, buvuga ko umusirikare umwe n’abapolisi babiri babo biciwe mu gitero bagabweho n’abitwaje intwaro, naho undi (…)
Yanditswe na Nimugire Fidelia
I Goma muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa kabiri haramutse ibikorwa byo gusahura inyubako za MONUSCO, nyuma y’imyigaragambyo yo kuwa mbere nayo yabayemo ubusahuzi no gutwika.
MONUSCO yamaganye ibitero ku nyubako zayo i Goma ivuga ko amahoro atazabonekera “mu mvururu”.
Imyigaragambyo ikomeye yabaye mu ijoro ryo kuwa mbere aho yabayemo gusahura no gutwika zimwe mu nyubako za MONUSCO ziherereye i Goma.
Mu gitondo kuri uyu wa kabiri (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Umuyobozi mukuru w’Irwego rw’Ubutasi bw’Ubwongereza mu mahanga, Richard Moore avuga ko Uburusiya buzarushywa no gukomeza igikorwa cya gisirikare cyabwo kuko Ukraine ishobora kuba yabuhindukirana ikabutsinda iriya ntambara bwatangije.
Umukuru wa MI6, yavuze ko Uburusiya bwananiwe bikomeye kugera ku ntego zabwo za mbere, ari zo gukuraho Perezida wa Ukraine, gufata Umurwa Mukuru Kyiv no kubiba umwuka mubi wo kutumvikana muri biriya bihugu byo mu Hurengerazuba (…)
Umugaba Mukuru w’ingabo za M23, Gen Sultan Makenga yavuze ko Leta ya Congo yubahirije amasezerano basinyanye yahita yishyikiriza ubutabera Mpuzamahanga ahora akangishwa amanywa n’ijoro.
Uyu mugabo ufite ubuhanga bwihariye mu bya gisirikare mu gutegura intambara, mu mpera z’ukwezi gushize ingabo za leta ya Congo zatangaje ko zamurashe bikomeye hamwe n’abandi basirikare bakuru ba M23 ngo “biciwe mu mirwano muri Teritwari ya Rutchuru.”
Gusa ntibyateye kabiri Gen. Sultan Makenga yahise (…)
Abacuruzi bakorera mu tuzu tuzwi nka kiosk mu karere ka Kabale ku mupaka wa Uganda n’u Rwanda, Uganda bahawe igihe gito nyuma yuko inzego z’ubuyobozi zibabwiye ko zigiye kufunga ubucuruzi bwabo ndetse zisenye n’ibikorwa byabo kubera ko bakorera ku mihanda.
Bwana Josephat Mukamaniwe w’imyaka 44 utuye muri Mayengo-kinyogo ward Katuna town council mu karere Kabale numwe mu bahuye n’iryo fungirwa ry’ibikorwa.
Yavuze ati: "Maze imyaka 18 nkorera muri aka kazu hano ku mupaka, nkora (…)
57 bishwe n’imitwe yitwaje intwaro mu ntara ya Ituri
19 August 2022Minisitiri muri Congo yasabiye FDLR ibiganiro n’u Rwanda
13 January 2023
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

























