Hon. Masozera wo mu ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu (Rwanda Green party of Rwanda) yasabye Abarwanashyaka ko bakwiye guhangana n’ibiyobyabwenge nk’abantu baturiye umupaka. Ibi yabigarutseho kuri iki Cyumweru ubwo yari yaje mu nama ikomatanyije n’amahugurwa y’Abarwanashyaka yabereye mu karere ka Gicumbi.
Dusengima Domithila n’umurwanashyaka wa Green Party avuga ko bagiye gukomeza kwigisha ndetse bagatangira amakuru ku gihe .
Ati”Guhangana n’ibiyobyabwenge (…)
Byashobokaga ko magingo aya u Burundi buba buramutswa undi mukuru w’igihugu, mu buryo bwari gutungura benshi.
Amahirwe yo gutahura umugambi wo guhirika ubutegetsi bwa Perezida Gen. Ndayishimiye Evariste watahuwe ubwo umugore wa Gen Bunyoni wari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, yajyaga mu rusengero ashima Imana.
Uyu mutambukanyi [mu mvugo y’Abarundi] yageze imbere kuri aritari ashima Imana, ndetse atanga n’ituro riremereye rya Miliyoni imwe y’Amarundi, avuga ko ari ishimwe ryuko umugabo (…)
Umukinnyi w’icyamamare muri Shampiyona ya Basketball muri Amerika (NBA), LeBron James n’umuraperi Drake bajyanywe mu nkiko baregwa uburiganya ubushingiye kuri filime mbarankuru "Black Ice" bakoze mu 2014 ivuga ku mukino wa Hockey.
Ikirego cyatanzwe na Billy Hunter wahoze ari umuyobozi mukuru muri NBA, arega LeBron James na Drake gukora filime mbarankuru "Black Ice" avuga ko ayifiteho uburenganzira.
Ni filime yakozwe ku bikorwa byabayeho kuva 1895 kugeza 1925 muri shampiyona y’umukino wa (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Perezida wa Turukiya, Recep Tayyip Erdogan, yashinje ibihugu by’Uburengerazuba bw’Isi byibumbiye mu muryango w’Ubutabazi wa (NATO), kwendereza no gushotora Uburusiya.
Mu rugendo yagiriye i Belgrade muri Serbia tariki ya 7 Nzeri 2022, agiye guhura na Perezida wa Serbia, yavuze ko ibihugu by’Uburengerazuba, ubu nta kindi bihugiyemo usibye gushotora Uburusiya.
Yongeyeho ko mbere hose yabwiye bino bihugu ko ibihano by’ubukungu byafatiye Uburusiya (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Imyitozo ya gisirikare ikomeje guhabwa urubyiruko rw’Imbonerakure ihangayikishije abaturage.
Baravuga ko iyi myitozo ariyo ituma akenshi aba basore bica abaturage ndetse bakanabasahura ibyabo. Ni mugihe abatuye hafi y’ahari kubera iyi myitozo bavuga ko urusaku rw’imbunda zimaze iminsi ziturika narwo rubateye ubwoba.
Amakuru dukesha Rwandatribune avuga ko bibangamiye cyane abaturage bo ku musozi wa Murambi Muri komini Buganda na Busororo, agace kegereye (…)
Gervais Ndirakobuca yagizwe Minisitiri w’Intebe w’u Burundi asimbuye General Alain Guillaume Bunyoni uvugwa mu mugambi wo guhirika ubutegetsi bwa Gen. Evariste Ndayishimiye.
Ndirakobuca yari asanzwe ari Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu afite mu nshingano abinjira n’abasohoka n’umutekano mu gihugu. Mbere yaho yanabaye kandi Umuyobozi w’igipolisi cy’u Burundi.
Perezida w’u Burundi aherutse gutangaza ko mu gihugu cye hari abo yise “Ibihangage” bigamije kumuhirika ku butegetsi, arahirira (…)
Ubuyobozi bukuru bw’Ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kurinda umutekano mu Burasirazuba bwa Congo (MONUSCO) bwasezeranyije Abanyekongo bamaze iminsi bifuza ko ingabo ziri muri uyu butumwa zitaha.
Bwababwiye badakwiye kubarambirwa kuko nubundi bazataha kuko batazahaguma ubuziraherezo.
Byatangajwe na Madamu Bintou Keita MONUSCO, ubwo yatangaga ikiganiro muri kaminuza imwe iherereye i Kinshasa.
Ni ikiganiro kibaye nyuma y’iminsi muri Congo hakozwe imyigaragambyo ikomeye yo kwamagana (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Ingabo z’u Burundi zatangiye kugaba ibitero simusiga ku birindiro by’umutwe wa RED Tabara.
Zimaze ibyumweru birenga 2 ku butaka bwa Congo, mu butumwa bwo guhashya umwanzi ubigarije bamusanze mu birindiro.
Umuvugizi w’Ingazo z’u Burundi, Col Floribert Biyereke yavuze ko ku munsi w’ejo ingabo z’igihugu cye zagabye igitero ku birindiro bya RED Tabara, abarwanyi bayo bagakizwa n’amaguru.
Yagize atiu:”Twarashe ku birindiro by’umwanzi, abarwanyi barokotse (…)
Indege yo mu bwoko bwa Kajugujugu y’ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe Ibiribwa, (PAM) yakoreye impanuka muri Teritwari ya Nyiragongo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Iyi ndege yarimo abakozi b’uyu muryango, yakoreye impanuka muri Gurupoma ya Rusayu muri Teritwari ya Nyiragongo mu gice giherereye mu Majyaruguru ashyira Uburengerazuba bw’Umujyi wa Goma.
Yakoze impanuka kuri uyu wa Gatanu nyuma yo kugenda ibirometero 15.
Oyebi.net dukesha aya makuru, ivuga ko (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Hashize umwaka abasirikare 273 ba Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) mu myitozo ya gikomando mu Bwongereza, batangiye gutakira igihugu cyabo ko inzara yenda kubanogonora.
Ni nyuma y’uko umwaka wihiritse igisirikare cya Congo FARDC kitabaha umushahara wunganira intica ntikize bahabwa n’igisirikare cy’u Bwongereza.
Ubucukumbuzi bwakozwe n’Ikinyamakuru MediaCongo.net buvuga ko aba basirikare ba FARDC bageze mu Bwongereza muri Nzeri 2021, aho bari (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Umutwe wa M23 ukorera mu mashyamba yo mu Burasirazuba bwa Congo watangaje ko urimo kugenda wigarurira uduce tumwe na tumwe twari twarigaruriwe n’undi mutwe wa FDLR urwanya u Rwanda, mu mirwano yo kwirukana imitwe yitwaje intwaro.
Umutwe wa FDLR wakuye abasirikare bawo ku rugamba, aho bari baragiye gufasha igisirikare cya Congo (FARDC) kurwana na M23 bitewe nuko abasirikare bayo bari bagiye kwicwa n’inzara.
Ni icyemezo cyafatiwe mu nama nkuru ya FDLR/FOCA, (…)
Mushikiwabo nk’umukandida uzahagarira u Rwanda ku buyobozi bwa OIF
13 January 2026, by Valens NzabonimanaGasabo na Nyarugenge babonye ababahagariye bashya muri Green Party
14 December 2025, by Valens Nzabonimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.























