Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n'ibiyobyabwenge

Hon. Masozera wo mu ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu (Rwanda Green party of Rwanda) yasabye Abarwanashyaka ko bakwiye guhangana n’ibiyobyabwenge nk’abantu baturiye umupaka. Ibi yabigarutseho kuri iki Cyumweru ubwo yari yaje mu nama ikomatanyije n’amahugurwa y’Abarwanashyaka yabereye mu karere ka Gicumbi.
Dusengima Domithila n’umurwanashyaka wa Green Party avuga ko bagiye gukomeza kwigisha ndetse bagatangira amakuru ku gihe .
Ati”Guhangana n’ibiyobyabwenge (…)

Ivuzivuzi ry'umugore wa Gen. Bunyoni niryo ryamukozeho
Ivuzivuzi ry’umugore wa Gen. Bunyoni niryo ryamukozeho

Byashobokaga ko magingo aya u Burundi buba buramutswa undi mukuru w’igihugu, mu buryo bwari gutungura benshi.
Amahirwe yo gutahura umugambi wo guhirika ubutegetsi bwa Perezida Gen. Ndayishimiye Evariste watahuwe ubwo umugore wa Gen Bunyoni wari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, yajyaga mu rusengero ashima Imana.
Uyu mutambukanyi [mu mvugo y’Abarundi] yageze imbere kuri aritari ashima Imana, ndetse atanga n’ituro riremereye rya Miliyoni imwe y’Amarundi, avuga ko ari ishimwe ryuko umugabo (…)

424 Shares 4 Comments
Drake na LeBron James imbere y'ubutabera
Drake na LeBron James imbere y’ubutabera

Umukinnyi w’icyamamare muri Shampiyona ya Basketball muri Amerika (NBA), LeBron James n’umuraperi Drake bajyanywe mu nkiko baregwa uburiganya ubushingiye kuri filime mbarankuru "Black Ice" bakoze mu 2014 ivuga ku mukino wa Hockey.
Ikirego cyatanzwe na Billy Hunter wahoze ari umuyobozi mukuru muri NBA, arega LeBron James na Drake gukora filime mbarankuru "Black Ice" avuga ko ayifiteho uburenganzira.
Ni filime yakozwe ku bikorwa byabayeho kuva 1895 kugeza 1925 muri shampiyona y’umukino wa (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Turukiya yashinje NATO ubushotoranyi
Turukiya yashinje NATO ubushotoranyi

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Perezida wa Turukiya, Recep Tayyip Erdogan, yashinje ibihugu by’Uburengerazuba bw’Isi byibumbiye mu muryango w’Ubutabazi wa (NATO), kwendereza no gushotora Uburusiya.
Mu rugendo yagiriye i Belgrade muri Serbia tariki ya 7 Nzeri 2022, agiye guhura na Perezida wa Serbia, yavuze ko ibihugu by’Uburengerazuba, ubu nta kindi bihugiyemo usibye gushotora Uburusiya.
Yongeyeho ko mbere hose yabwiye bino bihugu ko ibihano by’ubukungu byafatiye Uburusiya (…)

424 Shares 4 Comments
Imyitozo irimo guhabwa Imbonerakure yateje impagarara
Imyitozo irimo guhabwa Imbonerakure yateje impagarara

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Imyitozo ya gisirikare ikomeje guhabwa urubyiruko rw’Imbonerakure ihangayikishije abaturage.
Baravuga ko iyi myitozo ariyo ituma akenshi aba basore bica abaturage ndetse bakanabasahura ibyabo. Ni mugihe abatuye hafi y’ahari kubera iyi myitozo bavuga ko urusaku rw’imbunda zimaze iminsi ziturika narwo rubateye ubwoba.
Amakuru dukesha Rwandatribune avuga ko bibangamiye cyane abaturage bo ku musozi wa Murambi Muri komini Buganda na Busororo, agace kegereye (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Perezida Ndayishimiye yasimbuje Gen. Bunyoni yakekagaho kumuhirika ku butegetsi
Perezida Ndayishimiye yasimbuje Gen. Bunyoni yakekagaho kumuhirika ku butegetsi

Gervais Ndirakobuca yagizwe Minisitiri w’Intebe w’u Burundi asimbuye General Alain Guillaume Bunyoni uvugwa mu mugambi wo guhirika ubutegetsi bwa Gen. Evariste Ndayishimiye.
Ndirakobuca yari asanzwe ari Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu afite mu nshingano abinjira n’abasohoka n’umutekano mu gihugu. Mbere yaho yanabaye kandi Umuyobozi w’igipolisi cy’u Burundi.
Perezida w’u Burundi aherutse gutangaza ko mu gihugu cye hari abo yise “Ibihangage” bigamije kumuhirika ku butegetsi, arahirira (…)

424 Shares 4 Comments
MONUSCO yavuze ku cyaba iramutse ivuye
MONUSCO yavuze ku cyaba iramutse ivuye

Ubuyobozi bukuru bw’Ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kurinda umutekano mu Burasirazuba bwa Congo (MONUSCO) bwasezeranyije Abanyekongo bamaze iminsi bifuza ko ingabo ziri muri uyu butumwa zitaha.
Bwababwiye badakwiye kubarambirwa kuko nubundi bazataha kuko batazahaguma ubuziraherezo.
Byatangajwe na Madamu Bintou Keita MONUSCO, ubwo yatangaga ikiganiro muri kaminuza imwe iherereye i Kinshasa.
Ni ikiganiro kibaye nyuma y’iminsi muri Congo hakozwe imyigaragambyo ikomeye yo kwamagana (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ingabo z'Uburundi zarashe kuri Red Tabara
Ingabo z’Uburundi zarashe kuri Red Tabara

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Ingabo z’u Burundi zatangiye kugaba ibitero simusiga ku birindiro by’umutwe wa RED Tabara.
Zimaze ibyumweru birenga 2 ku butaka bwa Congo, mu butumwa bwo guhashya umwanzi ubigarije bamusanze mu birindiro.
Umuvugizi w’Ingazo z’u Burundi, Col Floribert Biyereke yavuze ko ku munsi w’ejo ingabo z’igihugu cye zagabye igitero ku birindiro bya RED Tabara, abarwanyi bayo bagakizwa n’amaguru.
Yagize atiu:”Twarashe ku birindiro by’umwanzi, abarwanyi barokotse (…)

424 Shares 4 Comments
Kajugujugu ya UN yahanutse igwa ku butaka bwa Congo
Kajugujugu ya UN yahanutse igwa ku butaka bwa Congo

Indege yo mu bwoko bwa Kajugujugu y’ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe Ibiribwa, (PAM) yakoreye impanuka muri Teritwari ya Nyiragongo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Iyi ndege yarimo abakozi b’uyu muryango, yakoreye impanuka muri Gurupoma ya Rusayu muri Teritwari ya Nyiragongo mu gice giherereye mu Majyaruguru ashyira Uburengerazuba bw’Umujyi wa Goma.
Yakoze impanuka kuri uyu wa Gatanu nyuma yo kugenda ibirometero 15.
Oyebi.net dukesha aya makuru, ivuga ko (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Abasirikare ba FARDC bari mu Bwongereza barataka inzara
Abasirikare ba FARDC bari mu Bwongereza barataka inzara

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Hashize umwaka abasirikare 273 ba Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) mu myitozo ya gikomando mu Bwongereza, batangiye gutakira igihugu cyabo ko inzara yenda kubanogonora.
Ni nyuma y’uko umwaka wihiritse igisirikare cya Congo FARDC kitabaha umushahara wunganira intica ntikize bahabwa n’igisirikare cy’u Bwongereza.
Ubucukumbuzi bwakozwe n’Ikinyamakuru MediaCongo.net buvuga ko aba basirikare ba FARDC bageze mu Bwongereza muri Nzeri 2021, aho bari (…)

424 Shares 4 Comments
M23 ikomeje kwigarurira uduce twa FDLR
M23 ikomeje kwigarurira uduce twa FDLR

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Umutwe wa M23 ukorera mu mashyamba yo mu Burasirazuba bwa Congo watangaje ko urimo kugenda wigarurira uduce tumwe na tumwe twari twarigaruriwe n’undi mutwe wa FDLR urwanya u Rwanda, mu mirwano yo kwirukana imitwe yitwaje intwaro.
Umutwe wa FDLR wakuye abasirikare bawo ku rugamba, aho bari baragiye gufasha igisirikare cya Congo (FARDC) kurwana na M23 bitewe nuko abasirikare bayo bari bagiye kwicwa n’inzara.
Ni icyemezo cyafatiwe mu nama nkuru ya FDLR/FOCA, (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru