Friday . 17 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Ishyaka ryacu rishyize imbere imibereho myiza y'Abaturage, Senateri Dr Frank Habineza

Nyuma yo gushyiraho inzego zihagarariye abandi ku rwego rw’imirenge ya Rugarama na Cyanika muri Burera, Abarwanashyaka ba (Green Party of Rwanda) ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikikije mu Rwanda, ryakomereje ibikorwa byaryo mu mirenge ya Kagogo na kinyababa mu karere Burera aho bibukijwe amahame y’ishyaka n’ibigomba kubaranga.
Perezida w’iri Shyaka Hon. Dr Frank Habineza yongeye kwibutsa abarwanashyaka amavu n’amavuko y’ishyaka riharanira demokarasi no kurengera (…)

Abagize ikipe ya Mitsubishi Rwanda bunamiye uwahoze ari Minisitiri w'intebe w'Ubuyapani Shinzo Abe
Abagize ikipe ya Mitsubishi Rwanda bunamiye uwahoze ari Minisitiri w’intebe w’Ubuyapani Shinzo Abe

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Itsinda ry’abagize inama y’abayobozi b’Ubuyapani bakwirakwiza Greenleaf Motors Limited mu Rwanda no mu Uburundi ku wa kane, tariki ya 14 Nyakanga basuye Ambasaderi w’Ubuyapani mu Rwanda, Masahiro IMAI, kugira ngo bamuhumurize nk’ikimenyetso cy’ubuvandimwe bw’Ubuyapani n’ u Rwanda nyuma y’urupfu rw’uwahoze ari Minisitiri w’intebe w’Ubuyapani Shinzo Abe.
Ku wa gatanu ushize, tariki ya 8 Nyakanga, uyu musaza wari ugeze ku myaka 67 nibwo yarasiwe mu ruhame ari (…)

424 Shares 4 Comments
Uganda hari ibitaro bikorera munsi y'igiti
Uganda hari ibitaro bikorera munsi y’igiti

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Ibitaro bya Atutur mu Karere ka Kumi bikorera munsi y’igiti kubera ibikoresho bike ndetse n’abarwayi bakirirwa munsi y’igiti.
Dr. Sarah Asio akaba ari umuganga muri iki kigo, yabwiye The Monitor ko ivuriro bayobora ryakira abantu 700 bafite indwara yo mu maraso n’abandi 400 barwaye diyabete.
Aho yivugiye uko byatangijwe kubera agahinda yatewe n’abarwayi yabonaga bababaye agira, ati “Nubwo ibintu bitameze neza, nakozwe ku mutima n’imibabaro y’abarwayi. (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ukraine: US iravuga ko Iran igiye guha Russia indege za drones
Ukraine: US iravuga ko Iran igiye guha Russia indege za drones

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Iran iteganya guha Uburusiya indege zitagira abapilote, zizwi nka drones, zishobora kuba zibarirwa mu magana, zo kwifashisha mu ntambara yise ibikorwa bya Gisirikare muri Ukraine, zimwe muri zo zifite ubushobozi bwo gukoreshwa mu ntambara nk’uko umuyobozi mukuru mu biro bya Perezida wa Amerika abivuga.
Jake Sullivan, Umuyobozi wo mu biro bya Perezida, White House mu by’umutekano w’igihugu avuga ko amakuru Leta Zunze Ubumwe za Amerika yerekanye ko Irani (…)

424 Shares 4 Comments
Perezida wa Sri Lanka yahungiye ku kibuga cy'indege
Perezida wa Sri Lanka yahungiye ku kibuga cy’indege

Ku wa gatandatu, Perezida wa Sri Lanka, Gotabaya Rajapaksa yahunze ingoro ya Perezida i Colombo arinzwe n’amato mbere gato yuko ibihumbi by’abigaragambyaga barenga ikigo bagambiriye kumusanga mu biro ngo bibonanire imbonankubone bamwibarize aho yerekeza ubukungu bw’igihugu.
Amakuru yabyutse kuri uyu wa mbere aravuga ko Perezida wari Gotabaya yari yajyanywe hafi y’ikibuga cy’indege mpuzamahanga, abayobozi avuga ko azahungira mu mahanga.
Nyuma y’amasaha make, umuvugizi w’inteko ishinga (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Shinzo Abe byarangiye ahitanywe n'amasasu yarashwe
Shinzo Abe byarangiye ahitanywe n’amasasu yarashwe

Uwabaye Minisitiri w’Intebe w’u Buyapani, Shinzo Abe, warashwe ari gutambutsa imbwirwaruhame yapfuye azize ibikomere byo kuraswa tariki ya 8 Nyakanga 2022.
Shinzo Abe wabaye Minisitiri w’Intebe w’u Buyapani, warashwe ari gutambutsa imbwirwaruhame muri iki gitondo agahita ajyanwa mu Bitaro igitaraganya, ari naho yaguye.
Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru mu Buyapani, cyatangaje Shinzo Abe w’imyaka 67 y’amavuko, yapfuye nyuma yo kuraswa.
Iki kigo cyatangaje urupfu rwa Shinzo Abe nyuma (…)

424 Shares 4 Comments
Ubuzima bw'uwahoze ari Minisitiri w'Intebe mu Buyapani buri hagati y'urupfu n'umupfumu
Ubuzima bw’uwahoze ari Minisitiri w’Intebe mu Buyapani buri hagati y’urupfu n’umupfumu

Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’Ubuyapani Shinzo Abe yarasiwe mu birori yari arimo mu mujyi wa Nara. Umuyobozi wa Tokyo niwe wavuze ko ubu ubuzima bwe buri hagati y’urupfu n’umupfumu kuko amerewe nabi cyane.
Uyu wahoze ari minisiri w’intebe kuri ubu yari afite imyaka 67. Gusa yarasiwe mubirori muruhame aho kuko yahise yikubita hasi nyuma yo kuraswa amasasu 2 nk’uko BBC ibivuga.
Umunyamabanga mukuru wa guverinoma yavuze igihe yarasiwe anamaganira kure icyo gikorwa cyabayeho akita icya (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
M23 yahakanye ko itazava mu birindiro byayo nk'abenegihugu
M23 yahakanye ko itazava mu birindiro byayo nk’abenegihugu

Ynditswe na Nimugire Fidelia
Umuvugizi w’Umutwe wa M23 , Maj. Willy Ngoma yatangaje ko batiteguye gukurikiza ibyanzuriwe i Luanda muri Angola n’abakuru b’igihugu by’u Rwanda na Congo mu myanzuro yabo, ivuga ko umutwe wa M23 ugomba gushyira intwaro hasi ndetse ukava mu birindiro wihaye ku butaka bwa Congo.
M23 yahise ivuga ko ntahandi bajya hatuma bava mu birindiro barimo kuko nabo ari abenegihugu bakwiye kumvwa icyo bashaka kandi basezeranyijwe.
Ibiro bya perezida wa Congo byavuze ko u (…)

424 Shares 4 Comments
M23 yirukanye ingabo za Congo mu duce 15 dukikije ibirindira byayo
M23 yirukanye ingabo za Congo mu duce 15 dukikije ibirindira byayo

Umutwe wa M23 ukomeje gutera ubwoba ingabo za Congo (FARDC) kuva batangira imirwano mu minsi ishize, M23 mu itangazo yatangaje yavuze ko imaze kuvana ingabo za FARDC hamwe n’abazifasha mu duce 15 twegereye ibirindiro byayo.
Aya makuru y’ifatwa rya turiya duce yashimangiwe na Bertrand Bisimwa, Perezida wa M23 mu butumwa buherekeje itangazo yashyize kuri Twitter.
Yanditse ati “Abarwanyi bacu bafashe uduce twinshi nyuma y’uko ingabo za Congo, FARDC n’abazifasha zimaze igihe zirasa ibirindo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Imodoka za Perezida Buhari zagabweho igitero
Imodoka za Perezida Buhari zagabweho igitero

Urukurikirane rw’imodoka rw’itsinda rya Perezida wa Nigeria Muhammadu Buhari zagabweho igitero n’abagabo bitwaje intwaro. Ibyo byabaye igihe bari bagiye mu ruzinduka ku ivuko rya Perezida w’iki gihugu mu gutegura umunsi mukuru Eid-ul-Adha.
Abakomeretse ni abantu babiri bagize itsinda ry’abashinzwe umutekano we n’abashinzwe gutangaza amakuru ni bo bakomeretse, nkuko bikubiye mu itangazo rya Garba Shehu, umuvugizi wa Perezida Buhari.
Urwo rukurikirane rw’imodoka ni urw’izari zagiye imbere (…)

424 Shares 4 Comments
Umusirikare wa Uganda yishe abasirikare babiri muri Congo
Umusirikare wa Uganda yishe abasirikare babiri muri Congo

Yanditswe na Nimugire Fidelia
Umusirikare w’ingabo za Uganda woherejwe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yivuganye abasirikare bagenzi be babiri ku butaka bwa Congo mu Burasirazuba bw’umujyi wa Beni.
Ni umusirikare woherejwe muri Congo mu Gushyingo 2021 ku butumwa bwo guhangana n’umutwe witwara gisirikare wa Allied Democratic Forces (ADF) uhora uzengereza ubutegetsi bwa Museveni.
Uyu musirikare yarashe bagenzi be babiri, bakorana mu ngabo z’umutwe uhuriweho w’ibikorwa bya (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru