Nyuma yo gushyiraho inzego zihagarariye abandi ku rwego rw’imirenge ya Rugarama na Cyanika muri Burera, Abarwanashyaka ba (Green Party of Rwanda) ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikikije mu Rwanda, ryakomereje ibikorwa byaryo mu mirenge ya Kagogo na kinyababa mu karere Burera aho bibukijwe amahame y’ishyaka n’ibigomba kubaranga.
Perezida w’iri Shyaka Hon. Dr Frank Habineza yongeye kwibutsa abarwanashyaka amavu n’amavuko y’ishyaka riharanira demokarasi no kurengera (…)
Yanditswe NIMUGIRE Fidelia
Ababeyi bo mu gihugu cya Uganda baratabariza abana babo barimo gukingirwa covid-19 ku gahato bikabasigira uburwayi bukomeye, bamwe mu banyeshuri biga bacumbikirwa mu bigo byo muri icyo gihugu bakingiwe ababyeyi babo batabimenyeshejwe none barimo guhura n’ibibazo bukomeye, babavuza bibagoye cyane bikaba bishinjwa abayobozi b’ikigo n’inzego z’ubuzima kutamenyesha ababyeyi.
Umwe mu babyeyi barerera kuri kimwe mu bigo byigisha bicumbikira abanyeshuri witwa Nuwagaba (…)
Umubare w’abimukira ba mbere bazoherezwa n’Ubwongereza mu Rwanda wagabanutse, aho bitangiyekuvugwa ko babarirwa munsi ya 10.
Ibi ngo byatewe n’ibibazo bitandukanye byavuzwe muri aya masezerano y’u Rwanda n’Ubwongereza, yakomeje kunengwa n’ibihugu n’imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu kimwe n’abando bakomeye ku Isi, bavuga ko bitajyanye n’amahitamo y’abimukira cyangwa ikiremwamuntu ndetse byakuruye ibirego mu nkiko.
Impirimbanyi hamwe n’abimukira mu cyumweru gishize mu rukiko (…)
Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yavuze ko imirwano mu mujyi wa Severodonetsk ishobora kugena uzatsinda intambara mu burasirazuba bw’iki gihugu hagati y’ingabo ze n’iz’Uburusiya bwabateye kuva mu kwezi kwa kabiri uyu mwaka.
Mu gihe imirwano ikaze ikomeje muri ako karere k’inganda aho abasirikare ba Ukraine bahanganye n’abasirikare b’Uburusiya n’abarwanyi baharanira ubwigenge babashyigikiye, yagize ati:
"Mu nzego nyinshi, ikizaba kuri Donbas ni ho kiri gufatirwaho icyemezo". (…)
Igisirikare cya leta ya DR Congo, FARDC, cyatangaje ko abasirikare batatu ba Tanzania babarizwa mu ngabo z’Umuryango w’Abibumbye ziri mu butumwa bw’amahoro muri icyo gihugu, MONUSCO bakomeretse mu gihe umutwe wa M23 yateraga ibirindiro byabo muri Rutshuru.
MONUSCO nayo yemeje ayo makuru, ivuga ko abasirikare bayo batatu bakomeretse bakajya kuvurirwa i Goma, mu itangazo FARDC ivuga ko umwe muri bo yakomeretse bikomeye.
MONUSCO ivuga ko abo basirikare bakomeretse mu gitero umutwe wa M23 (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Amakuru yizewe agera kuri Mamaurwagasabo aravuga ko abakinnyi ba Rutsiro fc banze gukora imyitozo bitewe n’ikibazo cy’inzara ivuza ubuhuha kuko batarabona imishahara yabo.
Ikipe yo mu karere ka Rutsiro igiye kumara imyaka ibiri ivugwamo ikibazo cy’inzara, ngo ruri gukinga abarenze babiri mu gihe basigaje imikino ibiri gusa kugira ngo Shampiyona y’umwaka wa 2021-2022 irangire.
Amakipe y’uturere ni kenshi yagiye avugwamo ikibazo cy’amikoro make nyamara (…)
Yanditswe na Kagaju Julienne
M23 iravuga ko bimwe mu birindiro byazo mu gace ka Jomba muri Teritwari ya Rutshuru birimo kuraswaho n’ingabo za Leta FARDC kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere.
Igihe kigera ku cyumweru imirwano yasaga niyahagaze nyuma y’uko izi nyeshamba zitangaje ko zivuye mu duce zari zarafashe muri Teritwari za Rutshuru na Nyiragongo muri Kivu ya Ruguru.
Willy Ngoma, umuvugizi wa M23 yatangarije BBC ati "Barimo kuturasaho kuva 5h30". Kugeza ubu ingabo za Leta ya (…)
Perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, (RD Congo), yavuze ashize amanga ko afite ibimenyetso ko u Rwanda rufasha umutwe yise uw’Iterabwoba wa M23 urwanya ubutegetsi bwe.
Yabitangaje kuri Microns z’Umunyamakuru wa Radio Mpuzamahanga y’Ubufaransa, RFI, ubwo yagiriraga uruzinduko mu gihugu gituranyi cya Congo Brazzaville, yagendereye mugenzi we Denis Sassou Nguesso mu mpera z’icyumweru gisoje.
Tshisekedi yavuze ko nta gushidikanya ko u Rwanda rufasha M23, (…)
Ibya ba basirikare babiri b’u rwanda bashimuswe n’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ifatanyije n’umutwe urwanya u Rwanda FARDC byahinduye isura, ntibakirekuwe nkuko byari bitegerejwe na benshi, ahubwo bagiye koherezwa i Louanda muri Angola.
Abo basirikare ni Cpl Nkundabagenzi Elysée na Pte Ntwari Gad. Bafashwe na FDLR bari ku burinzi ku mupaka uhana imbibi n’ibihugu byombi. Bageze i Kinshasa mu Murwa Mukuru wa Congo DRC.
FARDC yabashinje ko bari barenze imbibi bambutse (…)
Uburusia buravuga ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zirimo gusuka lisansi ku muriro usanzwe waka, yoherereza Ukraine rokete zirasa kure kurushaho.
Uburusiya bwashinje Amerika gushaka kongera igihe cy’intambara muri Ukraine nyuma yuko Perezida Joe Biden avuze ko azaha Ukraine misile nshya zirasa mu ntera ndende kurushaho.
Umuvugizi wa Kremlin - ibiro bya Perezida w’Uburusiya - Dmitry Peskov yavuze ko Amerika "ku bushake irimo kongera lisansi ku muriro" kubera izo ntwaro igiye guha Ukraine. (…)
Ku busabe bw’umuhuza wa Afurika yunze Ubumwe, Perezida wa Angola Joao Lourenco, igihugu cya Congo cyemeye kurekure mu mahoro abasilikare babiri b’u Rwanda cyashimise.
Ni nyuma yuko u Rwanda rutangaje ku mugaragaro ko Congo nikomeza ubushotoranyi ikanga no kurekura mu mahoro abasilikare barwo bashimuswe u Rwanda narwo ruzirwanaho nkuko n’ibindi bihugu byabikora.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 1 Kamena, radio RFI yatangaje ko Perezida wa Congo , Felix Tshisekedi yemeye (…)
57 bishwe n’imitwe yitwaje intwaro mu ntara ya Ituri
19 August 2022Minisitiri muri Congo yasabiye FDLR ibiganiro n’u Rwanda
13 January 2023
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

























