Hon. Masozera wo mu ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu (Rwanda Green party of Rwanda) yasabye Abarwanashyaka ko bakwiye guhangana n’ibiyobyabwenge nk’abantu baturiye umupaka. Ibi yabigarutseho kuri iki Cyumweru ubwo yari yaje mu nama ikomatanyije n’amahugurwa y’Abarwanashyaka yabereye mu karere ka Gicumbi.
Dusengima Domithila n’umurwanashyaka wa Green Party avuga ko bagiye gukomeza kwigisha ndetse bagatangira amakuru ku gihe .
Ati”Guhangana n’ibiyobyabwenge (…)
Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Nyuma yuko abakuru b’ibihugu bitanu byo mu Muryango w’Afurika y’Iburasirazuba bafatiye icyemezo ko imitwe yitwaje intwaro iri mu mashyamba yo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo ishyira intwaro hasi igataha iwabo, yakanga bakayicanaho umuriro. Perezida w’u Burundi Gen. Ndayishimiye Evariste yahise asaba umutwe wa RED-Tabara gushyira intwaro hasi ibintu bitaraba nabi, ndetse ababwira amagambo akomeye arimo ibitutsi n’ibindi.
RED (…)
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 20 Mata 2022, nibwo hasakaye amakuru aturutse mu bitangazamakuru byo ku mugabane w’Ubuurayi ko igihugu cya Danmark nacyo kiri mu biganiro na Leta y’u Rwanda ngo babakirire abimukira n’abashaka ubuhunzi bari muri icyo gihugu mu buryo butemewe n’amategeko mu gihe bagishakisha ibyangombwa byo kwakirarwa.
Ikinyamakuru Reuters cyanditse ko Minisitiri muri Danmark ushinzwe abinjira no kubashyira mu buzima busanzwe, Mattias Tesfaye Tesfaye, yavuze ko (…)
Intambara Uburusiya bwashoje kuri Ukraine buyiziza gushaka kujya mu Muryango w’Ubutabazi wa NATO, ufatwa nk’umwanzi ukomeye w’iki gihugu, imaze kugwamo abatari bake ndetse amamiliyoni y’abaturage ba Ukraine yahunze igihugu cyabo abandi bari kugwa mu mirwano kuko babuze aho banyura bahunga ibitero bikomeye by’Uburusiya biri kwisuka ku migi itandukanye.
Kuri uyu wa Mbere byatangajwe ko abantu 7 baguye mu bitero bikomeye abandi 11 barakomereka bikomeye ubwo Uburusiya bwarasaga ibisasu ku (…)
Harabarurwa abantu barindwi basize ubuzima mu gitero ingabo z’Uburusiya zagabye ku nyubako ya Guverinoma iri mu mujyi wa Mykolaiv uherereye mu Majyepfo ya Ukraine.
Perezida wa Ukraine, Volodmyr Zelensky, yahise avuga ko usibye abo bahasize ubuzima hari n’abandi barenga 20 bakomeretse.
Ni igisasu cyo mu bwoko bwa Rocket cyaje gisekura inyubako ya Guverinoma ku isaha ya saa 6h00 ku isaha ngengamasaha GMT, hari ku isaha ya saa 9h00 aho muri Ukraine.
BBC yanditse ko abayobozi n’abatabazi (…)
Mu minsi igeze kuri 31 Uburusiya bugabye ibitero kuri Ukraine buyiziza gushaka kwinjira mu Muryango w’Ubutabazi wa NATO, abaturage ba Ukraine batari bake bamaze kuhasiga ubuzima, abagera muri miliyoni 3 bo bahunze igihugu, my bamaze kuhasiga ubuzima harimo n’abana batorohewe n’iyi ntambara.
Mu mujyi wa Chernihiv ho abana bari mu bageramiwe n’ibisasu Uburusiya buri gusuka ku nyubako zitandukanye za Ukraine muri gahunda yo guca intege igisirikare gishaka kurwana ku busugire bw’igihugu. (…)
Indege yo mu bwoko bwa Boing 737 yari irimo abagenzi 133 yahanutse mu butumburuke bw’ibilometero birenge 30 isandara hasi iraturika. Amakuru ababaje avuga ko kugeza ubu nta kizere ko hari uwayirokotse.
Ni insanganya yabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 21 Werurwe 2022, amafoto yamaze kujya ahagaragara arerekana indege yaguye ahantu hasa n’ahari urutoki mu Misozi ituriye Umujyi wa Wuzhou.
Perezida w’u Bushinwa Xi Jinping yategetse abatabazi kuhagera vuba na bwangu bakareba (…)
Leta y’Uburusiya ikomeje gusenya ibikorwa remezo ku butaka bwa Ukraine, kugeza aho irimo gukoresha ibitwaro biremereye, byo mu bwoko ba Misile zambukiranya umugabane, "Misile hypersonic, zifite umuvuduko ukubye inshuro 10 uw’ijwi.
Ni ibisasu byitwa Kinzihal bigenda kuri km 2000 birimo guturuka mu birindiro bya Crimea, agace k’Uburusiya yashimuse Ukraine mu myaka 5 ishize amahanga n’Umuryango w’Abibumbye barebera ntibagire icyo babikoraho.
Minisitiri w’Ingabo z’Uburusiya, Major General (…)
Umuvigizi akaba na Perezida w’Inteko Ishinga amategeko ya Uganda, Jacob Oulanyah yitabye Imana.
Yari Perezida wa 11 wa Uganda wasimbuye umugore Rebecca Kadaga.
Ni inkuru mbi kandi yashegeshe na Perezida Yoweli Kaguta Museveni uherutse kumushyira kuri uwo mwanya.
Oulanyah yatangiye kuyobora Inteko ishinga amategeko ya Uganda mu mwaka wa 2021.
Yaguye mu bitaro by’i Seatle muri Leta zunze ubumwe z’Amerika mu ijoro ryacyeye aho yarimo kwivuza.
Uwari umwungirije witwa Anita Annet Among (…)
Kuri uyu wa Kane Perezida w’u Burundi, Gen. Ndayishimiye Evariste yakiriye mu biro bye Antoine Cardinal Kambanda, Umushumba wa Arkidiyosezi ya Kigali, uri mu ruzinduko mu Burundi.
Ni mu ruzinduko Cardinal Kambanda arimo mu Gitega yitabiriye inama y’Ishyirahamwe ry’Inama z’Abepiskopi bo mu Rwanda no mu Burundi (ACOREB).
Cardinal Kambanda yari kumwe na Musenyeri Philippe Rukamba, Perezida w’Inama y’Abepiskopi Gatolika mu Rwanda hamwe na bagenzi be babiri bo mu Burundi. Perezida (…)
Umugaba w’Ingabo za Uganda zirwanira ku Butaka akaba n’umuhungu wa Perezida Museveni, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba uri mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda, yasuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali yunamira inzirakarengane zihashyinguye
Lt Gen Muhoozi yasuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruri ku Gisozi mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, tariki 15 Werurwe 2022.
Uyu muhungu w’imfura wa Perezida Museveni, yageze mu Rwanda ku wa 14 Werurwe 2022. Ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kigali (…)
Gasabo na Nyarugenge babonye ababahagariye bashya muri Green Party
14 December 2025, by Valens NzabonimanaMushikiwabo nk’umukandida uzahagarira u Rwanda ku buyobozi bwa OIF
13 January 2026, by Valens Nzabonimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.























