Friday . 17 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Ishyaka ryacu rishyize imbere imibereho myiza y'Abaturage, Senateri Dr Frank Habineza

Nyuma yo gushyiraho inzego zihagarariye abandi ku rwego rw’imirenge ya Rugarama na Cyanika muri Burera, Abarwanashyaka ba (Green Party of Rwanda) ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikikije mu Rwanda, ryakomereje ibikorwa byaryo mu mirenge ya Kagogo na kinyababa mu karere Burera aho bibukijwe amahame y’ishyaka n’ibigomba kubaranga.
Perezida w’iri Shyaka Hon. Dr Frank Habineza yongeye kwibutsa abarwanashyaka amavu n’amavuko y’ishyaka riharanira demokarasi no kurengera (…)

Uburusiya bwatangiye kurasa ku Murwa Mukuru wa Ukraine Antonio Guterres ahibereye
Uburusiya bwatangiye kurasa ku Murwa Mukuru wa Ukraine Antonio Guterres ahibereye

Intambara Uburusiya bwise ibikorwa bya Gisirikare kuri Ukraine, ikomeje gusenya ibitagira ingano muri iki gihugu ndetse ibisasu bikomeye byatangiye guterwa mu Murwa Mukuru wa Kyiv.
Ibisasu bya rokete byakubise ku murwa mukuru Kyiv wa Ukraine mu ruzinduko rw’umunyamabanga mukuru w’umuryango w’abibumbye (ONU/UN) muri uwo mujyi, kuri uyu wa Gatatu, aho yanenze akanama k’umutekano k’uyu muryango aboyoboye.
António Guterres yavuze ko ako kanama kananiwe gukumira cyangwa gusoza intambara yo (…)

424 Shares 4 Comments
Inyeshamba za RED-Tabara zatsembeye Perezida Ndayishimiye ko zitashyira intwaro hasi
Inyeshamba za RED-Tabara zatsembeye Perezida Ndayishimiye ko zitashyira intwaro hasi

Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Nyuma yuko abakuru b’ibihugu bitanu byo mu Muryango w’Afurika y’Iburasirazuba bafatiye icyemezo ko imitwe yitwaje intwaro iri mu mashyamba yo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo ishyira intwaro hasi igataha iwabo, yakanga bakayicanaho umuriro. Perezida w’u Burundi Gen. Ndayishimiye Evariste yahise asaba umutwe wa RED-Tabara gushyira intwaro hasi ibintu bitaraba nabi, ndetse ababwira amagambo akomeye arimo ibitutsi n’ibindi.
RED (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Danmark nayo irashaka koherereza u Rwanda abimukira
Danmark nayo irashaka koherereza u Rwanda abimukira

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 20 Mata 2022, nibwo hasakaye amakuru aturutse mu bitangazamakuru byo ku mugabane w’Ubuurayi ko igihugu cya Danmark nacyo kiri mu biganiro na Leta y’u Rwanda ngo babakirire abimukira n’abashaka ubuhunzi bari muri icyo gihugu mu buryo butemewe n’amategeko mu gihe bagishakisha ibyangombwa byo kwakirarwa.
Ikinyamakuru Reuters cyanditse ko Minisitiri muri Danmark ushinzwe abinjira no kubashyira mu buzima busanzwe, Mattias Tesfaye Tesfaye, yavuze ko (…)

424 Shares 4 Comments
Ibitero by'uburusiya byahitanye 7 hakomereka 11 mu Mujyi wa Lviv
Ibitero by’uburusiya byahitanye 7 hakomereka 11 mu Mujyi wa Lviv

Intambara Uburusiya bwashoje kuri Ukraine buyiziza gushaka kujya mu Muryango w’Ubutabazi wa NATO, ufatwa nk’umwanzi ukomeye w’iki gihugu, imaze kugwamo abatari bake ndetse amamiliyoni y’abaturage ba Ukraine yahunze igihugu cyabo abandi bari kugwa mu mirwano kuko babuze aho banyura bahunga ibitero bikomeye by’Uburusiya biri kwisuka ku migi itandukanye.
Kuri uyu wa Mbere byatangajwe ko abantu 7 baguye mu bitero bikomeye abandi 11 barakomereka bikomeye ubwo Uburusiya bwarasaga ibisasu ku (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Barindwi basize ubuzima mu gitero Uburusiya bwagabye ku biro bya Guverinoma
Barindwi basize ubuzima mu gitero Uburusiya bwagabye ku biro bya Guverinoma

Harabarurwa abantu barindwi basize ubuzima mu gitero ingabo z’Uburusiya zagabye ku nyubako ya Guverinoma iri mu mujyi wa Mykolaiv uherereye mu Majyepfo ya Ukraine.
Perezida wa Ukraine, Volodmyr Zelensky, yahise avuga ko usibye abo bahasize ubuzima hari n’abandi barenga 20 bakomeretse.
Ni igisasu cyo mu bwoko bwa Rocket cyaje gisekura inyubako ya Guverinoma ku isaha ya saa 6h00 ku isaha ngengamasaha GMT, hari ku isaha ya saa 9h00 aho muri Ukraine.
BBC yanditse ko abayobozi n’abatabazi (…)

424 Shares 4 Comments
Ibisasu by'Uburusiya biri guhitana ubuzima bw'abana
Ibisasu by’Uburusiya biri guhitana ubuzima bw’abana

Mu minsi igeze kuri 31 Uburusiya bugabye ibitero kuri Ukraine buyiziza gushaka kwinjira mu Muryango w’Ubutabazi wa NATO, abaturage ba Ukraine batari bake bamaze kuhasiga ubuzima, abagera muri miliyoni 3 bo bahunze igihugu, my bamaze kuhasiga ubuzima harimo n’abana batorohewe n’iyi ntambara.
Mu mujyi wa Chernihiv ho abana bari mu bageramiwe n’ibisasu Uburusiya buri gusuka ku nyubako zitandukanye za Ukraine muri gahunda yo guca intege igisirikare gishaka kurwana ku busugire bw’igihugu. (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
CHINA: Indege yamanutse bucumu hatikirira ubuzima bw'abagenzi 132
CHINA: Indege yamanutse bucumu hatikirira ubuzima bw’abagenzi 132

Indege yo mu bwoko bwa Boing 737 yari irimo abagenzi 133 yahanutse mu butumburuke bw’ibilometero birenge 30 isandara hasi iraturika. Amakuru ababaje avuga ko kugeza ubu nta kizere ko hari uwayirokotse.
Ni insanganya yabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 21 Werurwe 2022, amafoto yamaze kujya ahagaragara arerekana indege yaguye ahantu hasa n’ahari urutoki mu Misozi ituriye Umujyi wa Wuzhou.
Perezida w’u Bushinwa Xi Jinping yategetse abatabazi kuhagera vuba na bwangu bakareba (…)

424 Shares 4 Comments
Uburusiya buri gutera muri Ukraine ibisasu bifite umuvuduko ukubye inshuro 10 uw'ijwi
Uburusiya buri gutera muri Ukraine ibisasu bifite umuvuduko ukubye inshuro 10 uw’ijwi

Leta y’Uburusiya ikomeje gusenya ibikorwa remezo ku butaka bwa Ukraine, kugeza aho irimo gukoresha ibitwaro biremereye, byo mu bwoko ba Misile zambukiranya umugabane, "Misile hypersonic, zifite umuvuduko ukubye inshuro 10 uw’ijwi.
Ni ibisasu byitwa Kinzihal bigenda kuri km 2000 birimo guturuka mu birindiro bya Crimea, agace k’Uburusiya yashimuse Ukraine mu myaka 5 ishize amahanga n’Umuryango w’Abibumbye barebera ntibagire icyo babikoraho.
Minisitiri w’Ingabo z’Uburusiya, Major General (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Perezida w'Inteko ishinga amategeko ya Uganda yitabye Imana
Perezida w’Inteko ishinga amategeko ya Uganda yitabye Imana

Umuvigizi akaba na Perezida w’Inteko Ishinga amategeko ya Uganda, Jacob Oulanyah yitabye Imana.
Yari Perezida wa 11 wa Uganda wasimbuye umugore Rebecca Kadaga.
Ni inkuru mbi kandi yashegeshe na Perezida Yoweli Kaguta Museveni uherutse kumushyira kuri uwo mwanya.
Oulanyah yatangiye kuyobora Inteko ishinga amategeko ya Uganda mu mwaka wa 2021.
Yaguye mu bitaro by’i Seatle muri Leta zunze ubumwe z’Amerika mu ijoro ryacyeye aho yarimo kwivuza.
Uwari umwungirije witwa Anita Annet Among (…)

424 Shares 4 Comments
Perezida w'u Burundi yakiriye Cardinal Kambanda
Perezida w’u Burundi yakiriye Cardinal Kambanda

Kuri uyu wa Kane Perezida w’u Burundi, Gen. Ndayishimiye Evariste yakiriye mu biro bye Antoine Cardinal Kambanda, Umushumba wa Arkidiyosezi ya Kigali, uri mu ruzinduko mu Burundi.
Ni mu ruzinduko Cardinal Kambanda arimo mu Gitega yitabiriye inama y’Ishyirahamwe ry’Inama z’Abepiskopi bo mu Rwanda no mu Burundi (ACOREB).
Cardinal Kambanda yari kumwe na Musenyeri Philippe Rukamba, Perezida w’Inama y’Abepiskopi Gatolika mu Rwanda hamwe na bagenzi be babiri bo mu Burundi. Perezida (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru