Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)
Gachagua, wirukanwe ku mwanya wa visi perezida mu 2024 binyuze mu rubanza rwo kumweguza, yavuze ko igico cy’abapolisi bataye umurongo bateye mu rusengero rwo mu mujyi wa Othaya, mu ntara ya Nyeri kari rwagati mu gihugu, bakoresheje amasasu n’imyuka iryana mu maso.
Nta gihamya atanze, yashinje uwahoze ari inshuti ye akaba ari na Perezida wa Kenya William Ruto, kuba ari we wategetse igabwa ry’icyo gitero.
Ruto nta cyo yari yatangaza ariko Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Kipchumba (…)
Umugaba mukuru w’ingabo za Uganda yatangaje ko amabwiriza mashya ingabo zahawe ari ukuzana Bobi Wine - umunyapolitike utavuga rumwe n’ubutegetsi uri mu bwihisho - “ari muzima cyangwa apfuye”.
Mu butumwa bwinshi yashyize ku rubuga X, Gen Muhoozi Kainerugaba, umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, yavuze ko igikorwa cya mbere yakorera Bobi Wine nibamufata ari ukumukorera iyicarubozo rikomeye ryo kumuca udusabo tw’intangangabo.
Robert Ssentamu, uzwi nka Bobi Wine, ni we wari uwo guhangana (…)
Taiwan yatangaje ko iri gukurikiranira hafi impinduka yise “zidasanzwe” mu buyobozi bw’ingabo z’u Bushinwa, nyuma y’uko jenerali wo ku rwego rwo hejuru cyane atangiye gukorwaho iperereza. Minisitiri w’ingabo kuri uyu wa Mbere yemeje ko Taiwan itazigera igabanya kugira amakenga kuko urwego rw’iterabwoba ry’ubushinwa rikiri hejuru.
Ku wa Gatandatu, u Bushinwa bwatangaje ko Zhang Youxia, usanzwe ari uwa kabiri mu buyobozi bukuru bw’ingabo ku ruhande rwa Perezida Xi Jinping, akaba (…)
Mu nama nyungurana bitekerezo y’Akarere ka Musanze n’Abafatanyabikorwa hakusanyijwe amafaranga asaga Miliyoni 64 yo guhangana n’ibibazo bicyigarije imibereho myiza y’Abaturage (Human Security issues)
Mu bitabiriye iyi nama itangira umwaka wa 2026 abatuye n’abikorera (PSF) bo mu mujyi wa Musanze biyemeje ko bagomba kugira uruhare mu iterambere ry’abaturage ndetse bafatanya na Leta mu kwita ku bikorwa remezo birimo n’imihanda. Umuyobozi w’Akarere ka Musanze Nsengimana Claudien yashimye (…)
Umunsi ngarukamwaka wahariwe umuco, ku basirikari 109 biga mu Ishuri Rikuru rya Gisirikari riherereye i Nyakinama mu Karere ka Musanze, baherekejwe n’imiryango yabo basabanye mu mico y’ibihugu byabo irimo indirimbo n’ibyino, basangira ibiribwa n’ibinyobwa. Ni ibirori byabaye kuri uyu wa Gatanu tariki 23 Mutarama 2026, aho byitabiriwe n’abasirikare bo ku rwego rwa Ofisiye 109 biga muri iri shuri,
Muri ubwo busabane bujyanye no kumurika imico y’Ibihugu byabo aba basirikare kandi bagiye (…)
Intumwa z’uburusiya, Ukraine na Leta Zunze Ubumwe za Amerika zerekeje i Abu Dhabi uyu munsi, aho biteganyijwe ko habera ibiganiro bya mbere by’impande eshatu kuva Uburusiya bwatangira intambara yeruye muri Ukraine muri Gashyantare 2022.
Ibi bibaye nyuma y’uko Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin n’intumwa za Donald Trump bagiranye ibiganiro i Moscou, Kremlin ivuga ko byari “ingirakamaro” ariko kandi “byavuzwe mu kuri kudaciye ku ruhande”.
Ejo hashize mu nama y’Isi yiga ku bukungu (World (…)
Ni bamwe mu batuye mu kagari ka Rwanza, umurenge wa Save mu karere ka Gisagara, bataka ikibazo cy’inzara batewe n’ibiza by’izuba n’urubura byangirije imyaka yabo, bituma bataha amara masa, nyamara muri ibi bihe ubundi barabaga bejeje.
umwe muri aba baturage, avuga ko urubura ryabagiriye nabi cyane. Ati: “Irubura rwaraje rwararika imyaka yacu yose nanyuma haza izuba riraka koko ibisigaye biruma. Ubu turi mu nzara ikomeye, kandi no mu gihe gitaha bizatugiraho ingaruka kuko kubona imbuto (…)
Abaturage batandukanye bo mu karere ka Nyagatare baganiriye na Mamaurwagasabo.rw bagaruka kw’igenamigambi ryakozwe nabi hubakwa hangari ariko zikaba ziri gusaza ntacyo zikoreshejwe.
Abenshi bagaruka ku kuba ibi bikorwa birimo kwangirika gusa bitafite ubikurikirana.
Uwitwa Ukwizagira Jean Pierre yagize ati ‘’nubwo zihari intego yazo ntabwo ariyo barikuzikoresha kuko zaje bagira ngo abaturage bazihunikemo ariko nzagusanga n’uwateguye umushimga yagombaga no gusanga abagnerwa bikorwa (…)
Perezida wa Leta zunze Ubumwe z’Amerika, Donald Trump yatangaje ko igihugu ayobora kiri gusuzuma uburyo bwo kugirana amasezerano ku bijyanye n’ahazaza ha Greenland, nyuma y’ibiganiro yagiranye n’umunyamabanga wa NATO anatangaza ko yahagaritse imisoro yari yateganyijwe gushyirwa ku bicuruzwa biva mu bihugu umunani by’i Burayi, anahakana ko Amerika yakoresha ingufu za gisirikare mu kwigarurira icyo kirwa.
Ibisobanuro birambuye kuri ayo masezerano biracyari bike, ariko amakuru aturuka mu (…)
Abaturage bo mu murenge wa Rwinkwavu mu karere ka Kayonza bagaruka ku kibazo bamaranye imyaka icumi nyuma yo gukora mu mushinga wateraga ibiti bya JOTOROFA bakarangiza ariko umushinga ntubishyurE ubu imyaka ikaba ibaye icumi batarishyurwa.
Uwitwa MUKANTABARA Florantine yagize ati "Twakoreye umushinga bita gitorofa Rwanda Bio use nyuma uwo mshinga baje kuwuhagarika ariko tumaze amezi abiri n’igice birangira bataduhembye ariko umuyobozi wacu atubwira ko amafaranga cyacu yari ku karere, ku (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















