Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu gihe Umuryango RPF inkotanyi witegura kwizihiza Yubire y’imyaka 35 umaze ubayeho, abanyamuryango bayo bakomeje gukora ibikorwa by’urukundo bitandukanye birimo gufashanya ndetse no kuremera abatishoboye.
Nyuma yo kurahiza urubyiruko rusaga 140 rwiga mu ishuri rikuru rya Muhabura Integrated polytechnic college(MIPC) rwiyemeje kuba abanyamuryango bashya, habayeho umuhango wo gufasha abaturage batoranyijwe bo mu cyiciro cya mbere cy’ubudehe kugira ngo (…)
Umusirikare w’u Rwanda yagaragaye mu biganiro byahuje Umutwe w’Inyeshyamba wa M23 n’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo, FARDC.
Ni umusirikate ubarizwa mu mutwe w’ingabo z’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba uzwi nka EACRF.
Yagaragaye mu mpuzankano ya RDF iriho ikirango cya EACRF yari yaherekeje Komanda w’uyu mutwe, Lieutenant General Jeff Nyagah muri ibi biganiro byabereye mu gace ka Kibumba gahana imbibi.
Abandi bari muri ibi biganiro barimo Colonel Nzenze Imani uyobora (…)
Yanditswe na Ndayambaje Claude
Hari abaturage bo mu karere ka Burera mu Murenge wa Kagogo basaba umuriro w’amashanyarazi bakava ku myotsi y’agatadowa.
Ni abatuye mu kagari ka Kayenzi umudugudu wa Nyarubuye bavuga ko bamaze imyaka ibiri babeshywe amashanyarazi kugeza ubu.
Umwe muri bo witwa Yohana Maguru yagize ati: "Turasaba ko baduha amashanyarazi tukareka kujya ducana udutodowa, iyo bwije biratubangamira kuba twagenda, ubwo udafite agatoroshi ntiyabasha kugenda bwije kandi bamaze (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubugenzuzi bw’Ubuziranenge, Ihiganwa mu bucuruzi no kurengera Umuguzi (RICA) kiraburira abacuruzi b’inyongeramusaruro bataramenya uburyo bwo kubika neza imiti bakoresha mu buhinzi ko ishobora guhitana ubuzima bwabo.
Ibi byagarutsweho mu nama bakomeje kugirana n’abacuruzi b’inyongeramusaruro, abagoronome b’imirenge ndetse n’abahinzi mu bukangurambaga bakomeje gukorera hirya no hino mu turere tw’u Rwanda.
Umukozi w’ikigo (…)
Yanditswe na Alice Umugiraneza
Nyiramajyambere Rachel w’imyaka 70, utuye Mu karere ka Musanze Murenge wa Muko atangaza ko abayeho mu buzima bubi bitewe n’icyiciro cy’ubudehe yashyizwemo gituma adafashwa ngo asaze neza Kandi atishoboye.
Uwo mukecuru uherereye mu kagari ka Kivugiza mu mudugudu wa Karwabigwi avuga ko asanzwe akora muri VUP, kandi bimusaba urugendo rurerure kugirango agere aho akora.
Avuga kandi ko abana n’umwana ufite ubumuga nawe akorana urwo rugendo rwose kuko atabona (…)
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane Perezida wa Sena y’u Rwanda, Dr. Iyamuremye Augustin atanze ibaruwa y’ubwegure bwe ku mwanya yariho ndetse no ku mirimo y’umusenateri.
Mu ibaruwa y’ubwegure bwe, Hon. Dr. Iyamuremye yatangaje ko yeguye kubera impamvu z’uburwayi akaba akeneye gufata umwanya wo gukomeza kwivuza bitabangamiye inshingano ashinzwe.
Yagize ati “ Mboneyeho kongera gushima Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, icyizere ntagereranwa atahwemye kungaragariza. Namwe ba nyakubahwa (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Urubyiruko rwo mu karere ka Burera ku mupaka uhuza u Rwanda na Uganda baravuga ko basabwa amafaranga 5000 ya buri munsi ku bashaka kujya gukora hakurya bayabura bakirirwa bikinira urusimbi.
Umunyamakuru wa Mamaurwagasabo yasanze uru rubyiruko rugandagaje mu nyubako y’isiko ryo ku mupaka wa Burera ridakorerwamo rukina urusimbi.
Mu gahinda kenshi, aba basore bavuga ko kwishora muri urwo rugomo babiterwa nuko bangirwa kwambuka umupaka bajya Kisoro muri (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Umujyanama wa Perezida Kagame mu by’umutekano, Gen James Kabarebe, yibukije urubyiruko kuba umusemburo w’Indangagaciro zatumye Ingabo za RPF zigera ku ntsinzi yo kubora Igihugu, aho basabwe kwihangana ku kigero cyabo.
Rwari urubyiruko rwitabiriye amahugurwa ya ba rwiyemezamirimo baturutse mu gihugu hose bagera kuri 450, yateguwe na Minisiteri y’urubyiruko n’umuco n’abandi bafatanyabikorwa agamije kubongerera ubumenyi n’ubushobozi kugira ngo barusheho (…)
Yanditswe na Umugiraneza Alice
Ingo zo mu karere ka Musanze zifite abantu bafite ubumuga zasabwe kubagaragaza, bibutswa ko nabo bafite uburenganzira bwo kubaho ntibahezwe mu iterambere.
Ni ubutumwa bwatanzwe n’Umujyanama wa Komite Nyobozi y’akarere ka Musanze, Mukanyandwi Pelagie ubwo yifafatanyaga n’abantu bafite ubumuga, nk’intumwa ya karere.
Hari mu muhango wo hizihizwa umunsi ngaruka mwaka w’abantu bafite ubumuga uba 03 Ukuboza. Kuri iyi nshuri yari ku nsanganyamatsiko igira iti: (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Gakenke, mu Murenge wa Mugunga barasaba guhabwa ingurane kubera imyaka yabo yangijwe n’imvubu, ariko kugeza ubu bakaba bakomeje gusiragizwa.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yari ageze muri aka karere, bagaragaza ko hari imvubu yagaragaye mu mugenzi wa Mukungwa mu mezi ashyize kugeza ubu ikaba ikomeje kwangiriza imyaka yabo.
Umwe muri aba baturage witwa Mukaruhunga Vestine yavuze ko yahatakarije (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.





















