Tuesday . 26 May 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)

Musanze: Abanyamuryango ba RPF Inkotanyi na RAB baremeye abaturage
Musanze: Abanyamuryango ba RPF Inkotanyi na RAB baremeye abaturage

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abanyamuryango ba RPF Inkotanyi bo mu Murenge wa Kinigi, mu kagari ka Nyonirima ku bufatanye na RAB baremeye abaturage mu rwego rwo gukomeza kwizihiza isabukuru y’imyaka 35 umuryango umaze uvutse.
Bamwe mu baremewe bavuze ko iki gikorwa cyabashimishije ndetse bemeza ko ibyo bahawe bigiye kubafasha guhangana n’imirire mibi mu bana.
Ibyo bahawe birimo imbuto y’ibirayi ndetse n’inkoko zo korora.
Umwe muri aba baturage witwa Ahobantegeye Godance (…)

424 Shares 4 Comments
Gakenke: Isuku ikomeje kuba hafi ya ntayo mu mabagiro
Gakenke: Isuku ikomeje kuba hafi ya ntayo mu mabagiro

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu duce tumwe na tumwe two mu karere ka Gakenke hakomeje kugaragaramo umwanda ukabije mu mabagiro amwe namwe ku buryo usanga hari abo kugira isuku aho bakorera bisa n’ibitabareba.
Ubwo umunyamakuru wa mamaurwagasabo yageraga mu murenge wa Cyabingo ahakorera ibagiro riherereye mu kagari ka Mutanda mu mudugudu wa Kanyamukenke mu gasantere ka Nyirantama yasanze umwanda wuzuye muri iri bagiro.
Bamwe mu baturage bakunze kugura akaboga muri iri bagiro (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze-Rwaza: Basigaranye amavomo ya baringa
Musanze-Rwaza: Basigaranye amavomo ya baringa

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abaturage bo mu karere ka Musanze, umurenge wa Rwaza, Akagari ka Nturo baravuga bahangayikishijwe n’ikibazo cy’amavomo rusange bahawe atagikora, yabaye baringa mu midugudu.
Ubwo umunyamakuru wa Mamaurwagasabo yageraga muri uyu murenge, bamubwiye ko basaba ko hagira igikorwa kugira ngo abana bajye babona hafi amazi bakaraba bagiye ku ishuri badakoze ingendo ndende bagiye kuvoma aho amazi y’isoko ari mu mibande.
Umwe muri aba baturage witwa (…)

424 Shares 4 Comments
Burera: Ubucukuzi bw'amabuye y'agaciro buri gusenya inzu z'abaturage bakabura kirengera
Burera: Ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro buri gusenya inzu z’abaturage bakabura kirengera

Abaturiye site y’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro iherereye mu Murenge wa Kagogo, Akarere ka Burera baravuga ko bahangayikishijwe n’urutambi ruturitswa rugasenya inzu zabo ntibanishyurwe.
Ni site ikora ku tugari 3 aritwo Kiringa, Nyamabuye ndetse na Kayenzi, ikaba nyirizina iri muri Nyarubuye, icukurwamo na kompanyi yitwa New Bugarama Mining (NBM).
Ubwo umunyamakuru wa Mamaurwagasabo yageraga muri uyu murenge wa Kagogo yakirijwe ubusabe bw’abaturage basaba ko bajya bahabwa ingurane mu gihe (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze: Bamaze imyaka irenga 20 babuzwa kuvugurura inzu zabo
Musanze: Bamaze imyaka irenga 20 babuzwa kuvugurura inzu zabo

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu Karere ka Musanze hari abaturage bavuga ko bamaze imyaka irenga 20 mu rungabangabo nyuma yo kubuzwa kuvugurura inzu zabo zabasaziyeho.
Ni abaturage bo mu murenge wa Muhoza, Akagari ka Mpenge, mu mudugudu wa Gikwege.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga aho batuye mu mujyi wa Musanze, basaba ko bakurwa mu rujijo bakabarirwa ingurane bakimuka cyangwa bakemererwa kubaka cyane ko barimo gusigara mu iterambere.
Umwe muri aba (…)

424 Shares 4 Comments
Inshuti ikomeye ya Perezida Kagame yitabye Imana
Inshuti ikomeye ya Perezida Kagame yitabye Imana

Nyiramandwa Rachel, Umucyecuru wakundaga cyane Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yitabye Imana mu ijoro rishyira kuri uyu wa Gatanu taliki ya 30 Ukuboza 2022, azize uburwayi.
Yari atuye mu Karere ka Nyamagabe, akaba ari mu bakuru bagaragaje uburyo Perezida Kagame yahaye icyerekezo gikwiye u Rwanda.
Mukecuru Nyiramanwa atabarutse afite imyaka 110 y’amavuko ariko no mu gihe cy’izabukuru yakunze kugaragara ahantu Perezida Kagame yabaga yagiriye uruzinduko no kwiyamamaza muri (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Rulindo: Barinubira gucururiza mu kimoteri gifatanye n'ubwiherero
Rulindo: Barinubira gucururiza mu kimoteri gifatanye n’ubwiherero

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abacururiza mu isoko ryo mu Murenge wa Base mu karere ka Rulindo baravuga ko barambiwe gucuririza mu kimoteri gifatanye n’ubwiherero.
Aba bacuruzi babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri iri soko risakaje amashitingi, aho basaba ko bavanywa muri iki kimoteri bagashyirwa ahantu hadashyira ubuzima bwabo mu kaga.
Umwe muri aba bacuruzi witwa Mukabilasa Agnes yagize ati: "Twakoreraga mu isoko ryiza mbere badukuramo batubwira ko (…)

424 Shares 4 Comments
Minisitiri Dr. Bizimana yasabye urubyiruko ibintu bitatu mu gusakaza amahoro n'urukundo
Minisitiri Dr. Bizimana yasabye urubyiruko ibintu bitatu mu gusakaza amahoro n’urukundo

Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, MINUBUMWE, Dr. Bizimana Jean Damasecene, yasabye urubyiruko rwibumbiye mu muryango uharanira gusakaza amahoro n’urukundo mu mashuri yisumbuye, Peace and Love Proclamers (PLP), kwita ku bintu bitatu nk’ishingiro ryabafasha kugera ku ntego zo kubaka u Rwanda rwifuzwa.
Yabibasabye ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu, ubwo uyu muryango wizihizaga isabukuru y’imyaka 15 umaze ukora ibikorwa (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Gakenke: Babura uko bageza umusaruro ku Isoko bitewe n'umuhanda Biziba-Ruhanga wangiritse
Gakenke: Babura uko bageza umusaruro ku Isoko bitewe n’umuhanda Biziba-Ruhanga wangiritse

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu baturage bakoresha umuhanda uva mu santeri ya Biziba mu Murenge wa Janja, ukanyura mu Bigabiro ukagera i Ruhanga mu Murenge wa Busengo, baravuga ko batakibona uko bageza umusaruro wabo ku isoko bitewe nuko uyu muhanda wangiritse cyane.
Ni umuhanda Biziba – Ruhanga, ureshya na kilometre Km 7.8 ukaba uri muri gahunda y’imihanda ireshya na km 69 iri kubakwa ku nkunga ya Banki y’Isi (World Bank) mu buryo bw’igitaka gitsindagiye hirya no hino mu (…)

424 Shares 4 Comments
Hari ababyeyi bifuza ko muri Smart phones hashyirwamo uburyo bwarinda abana kugera ku makuru atabagenewe
Hari ababyeyi bifuza ko muri Smart phones hashyirwamo uburyo bwarinda abana kugera ku makuru atabagenewe

Yanditswe na MUTUNGIREHE Samuel
Mu gihe Leta y’u Rwanda ishishikajwe no kuzamura umubare w’abaturage bafite ikoranabuhanga ryo muri telefone ngendanwa, hari ababyeyi bamwe basaba ko hashakwa uburyo bushyirwa muri za mudasoba na telefone za Smart Phones bubuza abana gufungura amashusho atabagenewe, azwi nk’ay’urukozasoni yiganje ku mbuga nkoranyambaga “(social media).
Kugeza ubu Abanyarwanda bangana na 82% bafite telefoni zigendanwa muri bo abangana na 30% bakaba bafite izikoresha (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru