Friday . 20 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Trump arasaba ibihugu kumufasha kurinda inzira ya Strait of Hormuz

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ibihugu bitandukanye gufasha kurinda inzira y’ingenzi y’amato ya peteroli izwi nka Strait of Hormuz mu gihe amakimbirane akomeje hagati ya Iran, Israel ndetse na USA. Iyi nzira kandi inyuramo hafi 20% by’amavuta n’ingufu bikoreshwa ku isi, bigatuma iba ingenzi cyane mu bucuruzi mpuzamahanga.
Trump yavuze ko Amerika yamaze kuvugana n’ibihugu birindwi hagamijwe gushyiraho ubufatanye bwo kurinda amato no kongera gufungura iyi (…)

Burera: Barasaba guhabwa amashanyarazi bakava ku gatadowa
Burera: Barasaba guhabwa amashanyarazi bakava ku gatadowa

Yanditswe na Ndayambaje Claude
Hari abaturage bo mu karere ka Burera mu Murenge wa Kagogo basaba umuriro w’amashanyarazi bakava ku myotsi y’agatadowa.
Ni abatuye mu kagari ka Kayenzi umudugudu wa Nyarubuye bavuga ko bamaze imyaka ibiri babeshywe amashanyarazi kugeza ubu.
Umwe muri bo witwa Yohana Maguru yagize ati: "Turasaba ko baduha amashanyarazi tukareka kujya ducana udutodowa, iyo bwije biratubangamira kuba twagenda, ubwo udafite agatoroshi ntiyabasha kugenda bwije kandi bamaze (…)

424 Shares 4 Comments
Ubuzima bw'abacuruza inyongeramusaruro buri mu kaga
Ubuzima bw’abacuruza inyongeramusaruro buri mu kaga

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubugenzuzi bw’Ubuziranenge, Ihiganwa mu bucuruzi no kurengera Umuguzi (RICA) kiraburira abacuruzi b’inyongeramusaruro bataramenya uburyo bwo kubika neza imiti bakoresha mu buhinzi ko ishobora guhitana ubuzima bwabo.
Ibi byagarutsweho mu nama bakomeje kugirana n’abacuruzi b’inyongeramusaruro, abagoronome b’imirenge ndetse n’abahinzi mu bukangurambaga bakomeje gukorera hirya no hino mu turere tw’u Rwanda.
Umukozi w’ikigo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze: Umukecuru w'imyaka 70 ashaje nabi kubera icyiciro cy'ubudehe
Musanze: Umukecuru w’imyaka 70 ashaje nabi kubera icyiciro cy’ubudehe

Yanditswe na Alice Umugiraneza
Nyiramajyambere Rachel w’imyaka 70, utuye Mu karere ka Musanze Murenge wa Muko atangaza ko abayeho mu buzima bubi bitewe n’icyiciro cy’ubudehe yashyizwemo gituma adafashwa ngo asaze neza Kandi atishoboye.
Uwo mukecuru uherereye mu kagari ka Kivugiza mu mudugudu wa Karwabigwi avuga ko asanzwe akora muri VUP, kandi bimusaba urugendo rurerure kugirango agere aho akora.
Avuga kandi ko abana n’umwana ufite ubumuga nawe akorana urwo rugendo rwose kuko atabona (…)

424 Shares 4 Comments
Perezida wa Sena amaze kwegura
Perezida wa Sena amaze kwegura

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane Perezida wa Sena y’u Rwanda, Dr. Iyamuremye Augustin atanze ibaruwa y’ubwegure bwe ku mwanya yariho ndetse no ku mirimo y’umusenateri.
Mu ibaruwa y’ubwegure bwe, Hon. Dr. Iyamuremye yatangaje ko yeguye kubera impamvu z’uburwayi akaba akeneye gufata umwanya wo gukomeza kwivuza bitabangamiye inshingano ashinzwe.
Yagize ati “ Mboneyeho kongera gushima Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, icyizere ntagereranwa atahwemye kungaragariza. Namwe ba nyakubahwa (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Burera: Urubyiruko runanizwa gukora rukigira mu rusimbi
Burera: Urubyiruko runanizwa gukora rukigira mu rusimbi

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Urubyiruko rwo mu karere ka Burera ku mupaka uhuza u Rwanda na Uganda baravuga ko basabwa amafaranga 5000 ya buri munsi ku bashaka kujya gukora hakurya bayabura bakirirwa bikinira urusimbi.
Umunyamakuru wa Mamaurwagasabo yasanze uru rubyiruko rugandagaje mu nyubako y’isiko ryo ku mupaka wa Burera ridakorerwamo rukina urusimbi.
Mu gahinda kenshi, aba basore bavuga ko kwishora muri urwo rugomo babiterwa nuko bangirwa kwambuka umupaka bajya Kisoro muri (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze: Urubyiruko rwibukijwe uburyo urugamba rwo kubohora Igihugu rwagenze
Musanze: Urubyiruko rwibukijwe uburyo urugamba rwo kubohora Igihugu rwagenze

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Umujyanama wa Perezida Kagame mu by’umutekano, Gen James Kabarebe, yibukije urubyiruko kuba umusemburo w’Indangagaciro zatumye Ingabo za RPF zigera ku ntsinzi yo kubora Igihugu, aho basabwe kwihangana ku kigero cyabo.
Rwari urubyiruko rwitabiriye amahugurwa ya ba rwiyemezamirimo baturutse mu gihugu hose bagera kuri 450, yateguwe na Minisiteri y’urubyiruko n’umuco n’abandi bafatanyabikorwa agamije kubongerera ubumenyi n’ubushobozi kugira ngo barusheho (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze: Imiryango ibitse abafite ubumuga yasabwe ku bagaragaza
Musanze: Imiryango ibitse abafite ubumuga yasabwe ku bagaragaza

Yanditswe na Umugiraneza Alice
Ingo zo mu karere ka Musanze zifite abantu bafite ubumuga zasabwe kubagaragaza, bibutswa ko nabo bafite uburenganzira bwo kubaho ntibahezwe mu iterambere.
Ni ubutumwa bwatanzwe n’Umujyanama wa Komite Nyobozi y’akarere ka Musanze, Mukanyandwi Pelagie ubwo yifafatanyaga n’abantu bafite ubumuga, nk’intumwa ya karere.
Hari mu muhango wo hizihizwa umunsi ngaruka mwaka w’abantu bafite ubumuga uba 03 Ukuboza. Kuri iyi nshuri yari ku nsanganyamatsiko igira iti: (…)

424 Shares 4 Comments
Gakenke: Abonewe n'Imvubu bakomeje gusiragizwa mu guhabwa ingurane
Gakenke: Abonewe n’Imvubu bakomeje gusiragizwa mu guhabwa ingurane

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Gakenke, mu Murenge wa Mugunga barasaba guhabwa ingurane kubera imyaka yabo yangijwe n’imvubu, ariko kugeza ubu bakaba bakomeje gusiragizwa.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yari ageze muri aka karere, bagaragaza ko hari imvubu yagaragaye mu mugenzi wa Mukungwa mu mezi ashyize kugeza ubu ikaba ikomeje kwangiriza imyaka yabo.
Umwe muri aba baturage witwa Mukaruhunga Vestine yavuze ko yahatakarije (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Nyabihu: Baratabariza umusaza watijwe igisa n'inzu kigiye kumugwaho
Nyabihu: Baratabariza umusaza watijwe igisa n’inzu kigiye kumugwaho

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu karere ka Nyabihu mu Murenge wa Kabatwa mu kagari ka Gihorwe, umuduguduwa Rushubi, hari umusaza witwa Kanyantaro Nicodem w’imyaka 85 uba mu gisa n’nzu yatijwe nayo igiye kugwaho nihatagira igikorwa mu maguru mashya.
Umunyamakuru wa mamaurwagasabo yageze aho uyu musaza acumbitse, mu gikoni yatijwe n’umuturanyi we.
Kanyantaro yamubwiye ko abonye aho gukinga umusaya ndetse akabona n’icyo kurya yashima Imana, ndetse yavuze ko ikibazo cye abayobozi (…)

424 Shares 4 Comments
Urubyiruko rurimo kwandura virusi itera SIDA kuruta abakuze
Urubyiruko rurimo kwandura virusi itera SIDA kuruta abakuze

Yanditswe na Habimana Bonaventure
Ubushakashatsi bw’ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima bugaragaza ko Urubyiruko rw’u Rwanda ruri hagati y’imyaka 15 na 24 ari rwo rwandura virusi itera SIDA kuruta abakuze.
Ibi byagarutsweho kuri uyu wa Kane tariki ya 1 Ukwakira 2022 mu Karere ka Huye ubwo hizihizwaga umunsi Mpuzamahanga wo kurwanya SIDA.
Umuyobozi Mukuru wungirije wa RBC, Noella Bigirimana, yavuze ko igihugu gihagaze neza mu kurwanya Virusi itera SIDA ariko ngo haracyari imbogamizi mu (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru