Tuesday . 26 May 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)

Musanze: Ibiraro bitajyanye n'igihe bikomeje guhitana ubuzima bw'abaturage
Musanze: Ibiraro bitajyanye n’igihe bikomeje guhitana ubuzima bw’abaturage

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Nyuma yo guhora bataka basaba kubakirwa no gusanirwa ibiraro byacitse, ikiraro cyo mu mudugudu wa Ruvumu cyahitanye umuturage.
Ni ikiraro kiri ku mugezi wa Rwebeya, mu kagari ka Cyabagarura mu murenge wa Musanze mu karere ka Musanze, kikaba kimwe mu byo abaturage bahoraga basaba ko giteje inkeke.
Umuturage wahitanywe n’icyo kiraro ni Ndahimana Callixte bakunze kwita ’Mugoyi’, w’imyaka 38 y’amavuko waguye mu kiraro giherereye mu mudugudu wa Ruvumu (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze: Ikibazo cy'abana b'inzererezi mu mugi gikomeje gufata indi ntera
Musanze: Ikibazo cy’abana b’inzererezi mu mugi gikomeje gufata indi ntera

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Iyo winjiye mu Mujyi wa Musanze, mubyo amaso yawe akwakiriza birimo n’abana b’inzerezi bazwi nka (Marine) bafite hagati y’imyaka 7 na 15.
Usanga barimo kunywa ibiyobyabwenge ku manywa y’ihangu. Mu gihe leta y’u Rwanda ikomeje gukora ubukangurambaga bwo kurerera abana bose mu miryango.
Bamwe mubo umunyamakuru wa mamaurwagasabo yasanze muri gare ya Musanze bari bafite inzoga, izi zizwi nk’’ikorano mu icupa barimo kuyinywa, gusa ntibyakunze ko bagira (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze: Icyanya cyahariwe inganda cyahindutse urwuri
Musanze: Icyanya cyahariwe inganda cyahindutse urwuri

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu gihe bamwe mu baturage batuye mu karere ka Musanze bibaza igihe inganda zikorera hagati mu ngo z’abaturage zizimukira aho zagenewe, icyanya zahariwe cyahindutse urwuri rw’inka z’aborozi.
Kugeza ubu agace kahariwe inganda mu karere ka Musanze mu Murenge wa Kimonyi, harimo uruganda rumwe rukumbi mu gihe ahandi hose hahinduwe inzuri z’ubworozi bw’inka.
Ni mu gihe kandi muri aka karere ugisanga hari inganda ziganjemo izitunganya umusaruro ukomoka ku (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Burera: Abasheshakanguhe bakora muri VUP bamaze amezi arenga 3 badahembwa none barataka inzara
Burera: Abasheshakanguhe bakora muri VUP bamaze amezi arenga 3 badahembwa none barataka inzara

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abageze mu zabukuru bo mu karere ka Burera mu murenge Cyanika bakora imirimo muri VUP barataka inzara nyuma yo kumara amezi 3 badahembwa.
Babitangarije umunyamakuru wa Mamaurwagasabo ubwo yageraga mu murenge wa Cyanika, mu kagari ka Kabyiniro, basaba kwishyurwa amafaranga bakoreye kubera ko bavuga ko bugarijwe n’ikibazo cy’inzara cyane ko babona batazarya neza iminsi mikuru isoza mwaka.
Nzabonimpa Tharicise ni umwe muri bo, yagize ati: "Turashonje, (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze: Abagore bo muri FPR Inkotanyi biyemeje kuba umusemburo w'imibereho myiza muri bagenzi babo
Musanze: Abagore bo muri FPR Inkotanyi biyemeje kuba umusemburo w’imibereho myiza muri bagenzi babo

Yanditswe na Alice Umugiraneza
Abagore bagize Urugaga rushamikiye ku Muryango RPF Inkotanyi bo mu kagari ka Kigombe mu Murenge wa Muhoza ho mu karere ka Musanze, bavuga ko nk’abagore batojwe kugira indangagaciro na kirazira bagomba kuba umusemburo w’imibereho myiza muri bagenzi babo.
Babigarutseho mu bikirwa byo kwitegura kwizihiza isabukuru y’imyaka 35 umuryango RPF Inkotanyi umaze uvutse, aho hateguye ibikorwa bitandukanye birimo gufasha abatishoboye, gutanga ingemwe z’imbuto, gutanga (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Burera: Hari abaturage bakijya kuvoma amazi muri Uganda
Burera: Hari abaturage bakijya kuvoma amazi muri Uganda

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu karere ka Burera hari abaturage bakenera amazi bakayabura bikaba ngombwa ko bajya kuyavoma muri Uganda.
Ni bamwe mu batuye mu murenge wa Kagogo mu kagari ka Kayenzi mu mudugudu wa Rukoro, basanzwe batunzwe by’amaburakindi n’amazi atari meza y’ikiyaga cya Cyahafi cyo mu baturanyi.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri uyu murenge wa Kagogo, bagasaba ko bakegerezwa amazi meza, bakaruhuka kujya kuvoma muri Uganda.
Umwe (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze: Abagore baravuga imyato FPR Inkotanyi yabakuye mu bwigunge
Musanze: Abagore baravuga imyato FPR Inkotanyi yabakuye mu bwigunge

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu bagore bo mu karere ka Musanze, bagize urugaga rushamikiye ku muryango RPF Inkotanyi baravuga ko uyu muryango utaravuka bari baragwingiye mu bwonko, bakandamizwa, ntagaciro bafite none ubu barakataje mu iterambere bakisha ubuyobozi bwiza burangajwe imbere na Nyakubahwa Paul Kagame.
Babitangaje mu gihe Umuryango wa RPF Inkotanyi ukomeje gukora ibikorwa bitandukanye bitegura kwizihiza Yubire y’imyaka 35 umaze uvutse, aho bagenda baremera (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Hibutswe abahitanywe n'ibitero by'Umutwe w'iterabwoba wa Rusesabagina
Hibutswe abahitanywe n’ibitero by’Umutwe w’iterabwoba wa Rusesabagina

Yanditswe na Scovia Mutesi
Imiryango y’ababuze ababo ndetse n’abarokotse ibitero by’umutwe w’iterabwoba wa MRCD-FLN wahoze uyobowe na Paul Rusesabagina n’Umuvugizi wawo Nsabimana Callixte ’Sankara’ mu myaka ya 2018 na 2019 ndetse na 2022.
Ni abaguye my bitero byagabwe n’uyu mutwe mu bice by’Amajyepfo ashyira mu Burasirazuba bw’u Rwanda hakagwamo abantu 9, abandi benshi barakomereka ndetse n’imitungo ikangizwa.
Umuhango wo kubibuka wabereye hagati mu ishyamba rya Nyungwe, ahabereye ibi (…)

424 Shares 4 Comments
Uburenganzira bw'umugore mu gufata ibyemezo mu rugo bizagabanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina
Uburenganzira bw’umugore mu gufata ibyemezo mu rugo bizagabanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu gihe u Rwanda rukomeje guhangana n’ihohoterwa rikorerwa abagore n’abakobwa mu miryango, imiryango ya sosiyete sivile isanga hakenewe uruhare rwa buri wese mu kubaka ihame ry’uburinganire n’iterambere ry’umuryango.
Ibi ni bimwe mu byaganiriweho mu mahugurwa yateguwe n’Ikigo cy’ubuzima n’uburenganzira (HDI) yabereye mu karere ka Musanze, ku nsanganyamatsiko igira iti "Uburyo bwakoreshwa igihe amakimbirane yabonetse ashingiye ku ihohoterwa ndetse (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru