Tuesday . 26 May 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)

Nyabihu: Baratabariza umusaza watijwe igisa n'inzu kigiye kumugwaho
Nyabihu: Baratabariza umusaza watijwe igisa n’inzu kigiye kumugwaho

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu karere ka Nyabihu mu Murenge wa Kabatwa mu kagari ka Gihorwe, umuduguduwa Rushubi, hari umusaza witwa Kanyantaro Nicodem w’imyaka 85 uba mu gisa n’nzu yatijwe nayo igiye kugwaho nihatagira igikorwa mu maguru mashya.
Umunyamakuru wa mamaurwagasabo yageze aho uyu musaza acumbitse, mu gikoni yatijwe n’umuturanyi we.
Kanyantaro yamubwiye ko abonye aho gukinga umusaya ndetse akabona n’icyo kurya yashima Imana, ndetse yavuze ko ikibazo cye abayobozi (…)

424 Shares 4 Comments
Urubyiruko rurimo kwandura virusi itera SIDA kuruta abakuze
Urubyiruko rurimo kwandura virusi itera SIDA kuruta abakuze

Yanditswe na Habimana Bonaventure
Ubushakashatsi bw’ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima bugaragaza ko Urubyiruko rw’u Rwanda ruri hagati y’imyaka 15 na 24 ari rwo rwandura virusi itera SIDA kuruta abakuze.
Ibi byagarutsweho kuri uyu wa Kane tariki ya 1 Ukwakira 2022 mu Karere ka Huye ubwo hizihizwaga umunsi Mpuzamahanga wo kurwanya SIDA.
Umuyobozi Mukuru wungirije wa RBC, Noella Bigirimana, yavuze ko igihugu gihagaze neza mu kurwanya Virusi itera SIDA ariko ngo haracyari imbogamizi mu (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze: Hari icyo abagabo biyemeje mu kurwanya igwingira mu muryango
Musanze: Hari icyo abagabo biyemeje mu kurwanya igwingira mu muryango

Bamwe mu bagabo bo mu murenge wa Kimonyi mu karere ka Musanze biyemeje gufata iya mbere mu kuboneza urubyaro nk’ibifasha umuryango kurwanya imirire mibi n’igwingira mu bana.
Babitangaje kuri uyu wa Kabiri ubwo abatuye mu murenge wa Kimonyi babyukiraga mu gikorwa cy’igitondo cy’isuku n’umutekano, biri mu marushanwa yateguwe na polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’Intara y’Amajyaruguru, hagamijwe guca igwingira mu bana.
Bavuga ko basanga uruhare rwabo ari ingenzi mu kurwanya igwingira mu bana (…)

424 Shares 4 Comments
Hari icyo MIGEPROF ikeneye ku itangazamakuru mu kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina
Hari icyo MIGEPROF ikeneye ku itangazamakuru mu kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina

Yanditswe na Habimana Bonaventure
Minisiteri y’Uburinganire n’iterambere ry’Umuryango yasabye abakora umwuga w’itangazamakuru kuba umusingi wo gukumira ihohoterwa rishingiye ku gitsina rikorerwa abagore n’abagabo.
Byagarutsweho n’Umunyamabanga uhoraho muri iyi Minisiteri, BATAMURIZA Mireille, kuri uyu wa kabiri tariki 29 Ugushyingo 2022 ubwo abanyamakuru batandukanye bagiranaga ibiganiro n’abayobozi bahagariye iyi minisitere.
Ni mu gihe kandi kuri ubu kandi Isi yose ikomeje iminsi 16 (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ngororero: Abaturage bayobewe amaherezo y'uruganda rw'imyumbati bubakiwe
Ngororero: Abaturage bayobewe amaherezo y’uruganda rw’imyumbati bubakiwe

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abaturage bo mu karere ka Ngorerero barasaba ko uruganda bubakiwe ruzatunganya umusaruro w’imyumbati rutangira gukora.
Ni uruganda rwatangiye kubakwa mu mwaka wa 2011 mu murenge wa Muhororo, biteganyijwe ko imirimo yo kurwubaka yari kurangirana n’umwaka wa 2012.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu murenge wa Muhororo ahubatswe uru ruganda rumaze imyaka irenga 10 ntawe uzi niba ruzakora cyangwa rutazakora. (…)

424 Shares 4 Comments
Amajyaruguru: Dr. Kayitesi yanenze abayobozi badatanga serivisi nziza
Amajyaruguru: Dr. Kayitesi yanenze abayobozi badatanga serivisi nziza

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Umukuru w’Urwego rw’Imiyoborere, RGB, Dr. Usata Kayitesi yanenze abayobozi badakora neza ibiri mu nshingano zabo kandi bakaguma mu kazi.
Yabibanengeye Mu nama nyunguranabitekerezo y’ihuriro ry’abafatanyabikorwa mu iterambere (JADF) mu turere tugize iyi ntara y’Amajyaruguru.
Yagize ati: "Ugasanga umuntu ashinzwe nk’uburezi mu murenge yubatse amashuri agasenyuka mu gihe kitageze no ku mezi abiri, uwo muntu ntakurikiranywe kandi noneho agahama mu kazi; (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze: Urugaga rw'Abagore muri RPF Inkotanyi bashimiye Perezida Kagame baremera abatishoboye
Musanze: Urugaga rw’Abagore muri RPF Inkotanyi bashimiye Perezida Kagame baremera abatishoboye

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abagore bagize Urugaga rushamikiye ku Muryango RPF inkotanyi barashimira Perezida Paul Kagame wabakuye mu bwigunge mu iterambere rw’Igihugu, ubu bakaba bafata ibyemezo mu rugo.
Aba bagore babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo.rw kuri iki Cyumweru, tariki ya 27 Ugushingo 2022, ubwo bari bamaze gukora siporo bateguye ubwabo, bitegura kwizihiza isabukuru y’imyaka 35 umuryango wa RPF inkotanyi umaze ushinzwe.
Bavuga mu myaka yo hambere bari (…)

424 Shares 4 Comments
Leta yabonye amakuru azifashishwa mu kurokora ubuzima bw'urubyiruko
Leta yabonye amakuru azifashishwa mu kurokora ubuzima bw’urubyiruko

Yanditswe na Samuel Mutungirehe
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko yabonye amakuru ashingiye ku bushakashatsi azatuma urubyiruko rwongererwa ubumenyi mu kwirinda bishyira ubuzima bwabo mu kaga birimo imyitwarire mibi, ibiyobyabwenge n’ibisindisha.
Amakuru bashingiyeho yatangajwe mu bushakashatsi butatu bw’Umushinga Barame Project bwakozwe n’Ikigo cy’Iterambere cy’Ububiligi, Enabel, mu Gushyingo 2020 mu turere 7 ari natwo uwo mushinga usanzwe ukoreramo, wita ku myororokere mu rubyiruko. (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Imbere ya Perezida w'Urukiko rw'Ikirenga, Mhayimana yihannye umucamanza
Imbere ya Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Mhayimana yihannye umucamanza

Ubwo yageraga imbere y’Inteko iburanisha iyobowe na Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Dr. Nteziryayo Faustina, Umunyamategeko Mhayimana Isaïe yihannye umucamanza Dr. Muyoboke Aime amaze kumuha amahirwe akinangira.
Byari ku isaha ya saa tatu n’indi minota mike ubwo Me Mhayimana n’abamwunganira be babiri bageraga imbere y’inteko iburanisha, mu Rukiko rw’Ikirenga, mu rubanza rw’akarengane aburanamo n’Urugaga rw’Abavoka mu Rwanda.
Nyuma yuko ababurana bamaze kwitaba inteko, bagiye gutangira (…)

424 Shares 4 Comments
Bamwe mu bahinzi b'ibirayi baracyasiragizwa ku nguzayo
Bamwe mu bahinzi b’ibirayi baracyasiragizwa ku nguzayo

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Igihingwa cy’ibirayi ni kimwe mu gifitiye abanyarwanda benshi akamaro kuko mu buhinzi cyihariye 11.9 % ku musaruro mbumbe uva mu bihingwa byitwa ngandurarugo.
Miliyari zirenga 53 zose zavuye mu gihingwa cy’ibirayi, ariko kugeza ubu usanga bamwe mu bahinzi bagifite imbogamizi zijyanye no kwaka inguzanyo muri Bank, zibashyiraho amaniza.
Aba bahinzi babigarutseho ubwo basozaga icyumweru cyahariwe kwita ku buhinzi bw’ibirayi mu nsanganyamatsiko igira (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru