Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ibihugu bitandukanye gufasha kurinda inzira y’ingenzi y’amato ya peteroli izwi nka Strait of Hormuz mu gihe amakimbirane akomeje hagati ya Iran, Israel ndetse na USA. Iyi nzira kandi inyuramo hafi 20% by’amavuta n’ingufu bikoreshwa ku isi, bigatuma iba ingenzi cyane mu bucuruzi mpuzamahanga.
Trump yavuze ko Amerika yamaze kuvugana n’ibihugu birindwi hagamijwe gushyiraho ubufatanye bwo kurinda amato no kongera gufungura iyi (…)
Ndayambaje Jean Claude
Mu bukangurambaga bukomeje gukorwa hirya no hino mu gihugu bwo gusubiza abana mu ishuri, abana bamwe bavuga ko bata ishuri biturutse ku bibazo byugarije imiryango yabo hakiyongeraho n’amakimbirane aba ari hagati y’ababyeyi babo.
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 28 Gashyantare 2022 abayobozi mu nzego zitandukanye bo mu karere ka Musanze, barimo n’inzego z’umutekano bazindukiye mu gikorwa cy’ukangurambaga bwo kugarura abana mu ishuri, igikorwa cyabereye mu mbuga (…)
Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 1 Werurwe 2022, mu rukiko rw’Ibanze rwa Gasabo, hasubukuwe urubanza nomero RP01155/2021/TBGSBON, umunyamakuru Mutesi Scovia aregamo Iraguha Prudence, icyaha cyo kumutukira mu ruhame.
Ubushinjacyaha bwongeye gusoma ibimenyetso bwashingiyeho burega Iraguha Prudence, bugaragaza amagambo yavugiye ku rubuga nkoranyambaga rwa WhatsApp muri group abo bombi bahuriyemo kugeza ubu n’abandi rujyanye n’ikiganiro gica kuri televiziyo Flash umunyamakuru ajya akora. (…)
Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Gatabazi Jean Marie Vianney, yatangaje ko harimo gutegurwa uburyo bwo kwandika imiryango yose iri mu gihugu, ikandikwa mu buryo bw’ikoranabuhanga, icyo bise "Social Registry", aho amakuru yose y’imibereho y’abagize umuryango azaba aboneka bitaruhanyije.
Yabikomoje mu kiganiro kigufi yagiranye n’abanyamakuru, ubwo yari amaze kwakira ibibazo n’ibyifuzo by’abaturage bo mu karere ka Bugesera, mu murenge wa Ntarama, mu nama (…)
Umuhungu wa Perezida Museveni, akaba n’Umugaba w’Ingabo zirwanira ku butaka za Uganda, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, yavuze ko my minsi mike agaruka i Kigali kongera kuganira na Perezida Kagame, mu kureba ahakiri ibibazo mu kugarura byanyanyo umubano w’ibihugu byombi.
Uyu mugabo ukunze gukoresha cyane urubuga nkoranyambaga rwa Twitter, yanditse ko nyuma y’uko yari aherutse gusura u Rwanda akaganira na Perezida Kagame akunze kwita ‘Uncle’ (Nyirarume cyangwa Sewabo), yatangaje ko mu minsi (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abacururiza n’abarema isoko rya Cyinkware riherereye mu murenge wa Nkotsi mu karere ka Musanze baratangaza ko iri soko nta bwiherero buzima rigifite kuko ubwari buhari bushaje ahubwo busigaye buteza umwanda, bakifuza ko bakubakirwa ubundi bwiherero.
Iri ni isoko riremwamo n’abaturuka mu turere tune, ari two Musanze ryubatsemo, Gakenke, Nyabihu na Muhanga. Abaricururizamo ndetse n’abarihahiramo iyo bashatse kwikiranura n’umubiri usanga bajya gutira (…)
Umunsi mpuzamico (Intercultural day ) wateguwe na Kaminuza ya Ines- Ruhengeri wizihijwe kuri uyu wa Gatanu tariki ya 25 Gashyantare 2022 wari uhuje abanyeshuri barenga 137 baturuka mu bihugu 17 nibo bagaraje imico yabo binyuze mu mbyino n’indyo aho habayeho gusabana mu rwego rwo guhuza abanyeshuri bakiyumvanamo aho gutinyana.
"Ubumenyi bushingiye ku muco niyo ndangagaciro z’umuntu nyamuntu" nkuko byagarutsweho n’abanyeshuri bagaragaje imico itandukanye binyuze mu mbyino n’indyo (…)
Ntibyari bisanzwe ariko inzozi zabaye impamo, Uwimana Jeannette, ufite ubumuga bwo kutumva no kutavuga yaje mu bakobwa 20 bagiye mu mwiherero wa Nyampinga w’u Rwanda, Miss Rwanda 2022.
Ni nyuma yo guhantana muri 70 banyuze imbere y’akanama nkemurampaka ka Miss Rwanda 2022, mu gutaramo cyabereye i Gikondo muri Expo Ground ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 26 Gashyantare 2020.
Cyitabiriwe n’ibihumbi by’Abanyarwanda barimo ababyeyi, inshuti, abavandimwe n’abafana b’abakobwa (…)
Yanditswe na Samuel Mutungirehe
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’igihugu Gatabazi Jean Marie Vianney, yasabye abayobozi bose mu nzego z’igihugu kujya bategura neza Umuganda Rusange, abaturage bakitabira umuganda bazi icyo baje gukora, bazanye ibikoresho bijyanye n’icyo bagiye gukora Kandi bakagira uruhare mu kugena igikorwa n’aho kizabera biturutse mu nama y’umudugudu batuyemo.
Yabitangaje kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 26 Gashyantare 2022, ubwo ku rwego rw’igihugu hasubukurwaga Umuganda (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Igisirikare cy’u Rwanda (RDF) cyakiriye abasirikare bato basoje amasomo bari bamazemo umwaka umwe bitoza bya kinyamwuga.
Kuri uyu wa Gatanu Tariki ya 25 Gashyantare 2022 mu kigo cya Gisirikare cya Nasho, nibwo hasojwe amasomo yari amaze hafi umwaka, abasirikare bayasoje bakaba barahawe ubumenyi bwose boshoboka bwo kuba bakwinjira mu Ngabo z’u Rwanda.
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen. Jean Bosco Kazura wayoboye uyu muhango yahaye ikaze (…)
Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Bamwe mu baturage bakoresha umuhanda uva iruhande rwa Gale ya Nyanza ya Kicukiro ugana Karembure mu murenge wa Gahanga bahora bibaza niba mu igenamigambi igihugu cyangw Umujyi wa Kigali ukora mu kubaka ibikorwaremezo by’imihanda barabibagiwe kuko usibye kuzabatwara ubuzoma uhora ubasenyera bitewe n’amazi menshi ayunyuramo aturuka kuri Kaburimbo akaruhukira mu ngo z’abaturage zimwe zikisanga hasi.
Akagari ka Karembure ni kamwe mu duce tw’umurenge wa Gahanga (…)
Mu irushanwa ryo kwibuka padiri Kayumba ikipe ya UTB niyo yegukanye byinshi
11 February 2019, by MUTESI ScoviaNST2: Ubukungu bw’u Rwanda buzazamuka ku 9.3% buri mwaka
9 September 2024
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.




![Harimo gutegurwa uburyo imiryango yose ishyirwa mu ikoranabuhanga, [Social Registry]](IMG/logo/img_20220226_112434_659.jpg?1646061759)

















