Saturday . 21 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Trump arasaba ibihugu kumufasha kurinda inzira ya Strait of Hormuz

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ibihugu bitandukanye gufasha kurinda inzira y’ingenzi y’amato ya peteroli izwi nka Strait of Hormuz mu gihe amakimbirane akomeje hagati ya Iran, Israel ndetse na USA. Iyi nzira kandi inyuramo hafi 20% by’amavuta n’ingufu bikoreshwa ku isi, bigatuma iba ingenzi cyane mu bucuruzi mpuzamahanga.
Trump yavuze ko Amerika yamaze kuvugana n’ibihugu birindwi hagamijwe gushyiraho ubufatanye bwo kurinda amato no kongera gufungura iyi (…)

Gakenke: Abasigaye mu manegeka bararira barara badasinziriye muri ibi bihe by'imvura
Gakenke: Abasigaye mu manegeka bararira barara badasinziriye muri ibi bihe by’imvura

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu baturage bagituye mu manegeka nyuma yuko bagenzi babo bimuwe bararira ayo kwarika kubera impungenge z’umuteka w’ubuzima bwabo bitewe n’ibihe by’imvura bigeze, bavuga ko iramutse yiyongeye yazabasiga iheruheru cyangwa bakahasiga ubuzima.
Ubwo Umunyamakuru wa mamaurwagasabo yageraga muri uyu murenge wa Gakenke, akagari ka Buheta abasigaye mu manegeka abandi bamaze kwimurwa bavuze ko bafite ubwoba kuko ibihe by’imvura iremereye bigeze, bagasaba (…)

424 Shares 4 Comments
Gakenke: Basigaye barembera mu rugo kubera Poste de Santa ya Buheta yafunze
Gakenke: Basigaye barembera mu rugo kubera Poste de Santa ya Buheta yafunze

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abaturage bo mu karere Ka Gakenke , umurenge wa Gakenke mu Kagari ka Buheta bahangayikishijwe n’Ivuriro Rito rya Buheta, (Poste de Sante Buheta) bivurizagaho rimaze amezi arenga atatu rifunze imiryango, abaryivurizagaho bakaba basigaye barembera mu ngo kandi bafite mituweli.
Bamwe mu baturage bagiranye ikiganiro kirambuye na Mamaurwagasabo bavuga basigaye barembera mu rugo kubera ko kugira ngo bivuze basigaye bakora urugendo rurerure bagiye kwivuriza (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
[AMAFOTO] Kigali: Abaturage barikoma urusengero Bethlehem rwabafungiye inzira nyabagendwa
[AMAFOTO] Kigali: Abaturage barikoma urusengero Bethlehem rwabafungiye inzira nyabagendwa

Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Abaturage bo mu mudugudu wa Juru akagari ka Nyanza mu murenge wa Gatenga ho mu karere ka Kicukiro barataka ko urusengero rwa Bethlehem Evangelical Church in Rwanda, baturanye rwabafungiye inzira nyabagendwa bakaba basigaye banyura mu nzira zigoranye, bashobora guhuriramo n’ibyago byo kugwa muri ruhurura cyangwa bakanigwa n’amabandi mu ijoro umuntu akaba yahasiga ubuzima.
Ubwo umunyamakuru wa Mamaurwagasabo yageraga ahitwa mu "Gakoki", aho abo baturage (…)

424 Shares 4 Comments
Burera: Ubuzima bw'abarobyi mu Kiyaga cya Burera buri mu kaga kuko bakora nta bwirinzi cyangwa ubwishingizi
Burera: Ubuzima bw’abarobyi mu Kiyaga cya Burera buri mu kaga kuko bakora nta bwirinzi cyangwa ubwishingizi

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu barobyi bakorera mu Kiyaga cya Burera baratangaza ko bafite impungenge ku buzima bwabo kuko abakoresha babo batabishyurira ubwishingizi cyangwa ngo babahe ibikoresho by’ubwirinzi ku mpanuka bashobora guhura nazo mu mazi bagasaba Leta ko yabafasha gukura ubuzima bwabo mu kaga.
Ubwo Umunyamakuru wa mamaurwagasabo yageraga ku kiyaga cya Burera, ku ruhande rw’Umurenge wa Rugarama yasanze hari abarobyi bagfite impungenge mu kazi bakora mu kiyaga (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Perezida Kagame yashenguwe n'abayobozi barebereye inyamanswa zirya inka zo mu Gishwati zigera ku nyana 50
Perezida Kagame yashenguwe n’abayobozi barebereye inyamanswa zirya inka zo mu Gishwati zigera ku nyana 50

Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Perezida Kagame yababajwe kandi anenga abayobozi badakemurarira ku gihe ibibazo by’abaturage, ahereye ku rugero rw’ikibazo cy’aborozi bo ku ishyamba rya Gishwati bamaze imyaka ibiri bataka ko hari inyamanswa yica inka z’abo ariko abayobozi bakicecekera ntibagire icyo bagikoraho kugeza ubwo aborozi ubwabo ari bo batangiye gutakira kumbuga nkoranyambaga (Social Media).
Yabitangaje kuri uyu wa Kabiri mu ijambo yavuze ubwo yari amaze kwakira indahiro (…)

424 Shares 4 Comments
Amajyaruguru: Impuruza ku basaza bageze mu bazabukuru barazwa izamu ry'ijoro, bamwe bakahasiga ubuzima
Amajyaruguru: Impuruza ku basaza bageze mu bazabukuru barazwa izamu ry’ijoro, bamwe bakahasiga ubuzima

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu ntara y’Amajyaruguru mu turere turimo Musanze , Gicumbi na Burera haracyagaragara abasaza bageze mu myaka y’izabukuru n’abasheshe akanguhe bisanga mu mirimo kuri bo imeze nk’amaburakindi, ijyanye no kurarira amaduka, mu gihe bakagombye kuba baruhuka imbeho ya n’ijoro. Bavuga ko ako kazi karimo ingaruka mbi, usibye kuba yahitanwa na bene ngango baje gusahura hari n’abajya bahasiga ubuzima bitewe n’imbeho ibafatanya n’izabukuru.
Urugero twafashe ni (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Kigali: Umusore akurikiranyweho gutuka umunyamakuru nyuma yo kwanga kumutumira mu kiganiro
Kigali: Umusore akurikiranyweho gutuka umunyamakuru nyuma yo kwanga kumutumira mu kiganiro

Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Ku Rukiko rw’Ibanze rwa Gasabo hatangiye kumvwa urubanza rw’umusore uzwi nka Iraguha Prudence ukurikiranyweho gutukira mu ruhame umunyamakuru Madamu Scovia Mutesi, nyuma yuko uregwa asabye umunyamakuru kumutumira ku kiganiro undi akanga.
Ni urubanza rufite nomero RP01155/2021/TBGSBON rwari ruteganyije kuburanishwa saa 08h30’ tariki ya 08/02/2022 ariko ruza gusubikwa kuko uwunganira Iraguha Prudence mu mategeko atabonetse mu rukiko.
Umushinjacyaha yabwiye (…)

424 Shares 4 Comments
Haratekerezwa Jeto z'ikoranabuhanga ku bacuruzi bakoresha imipaka y'u Rwanda na Congo DRC
Haratekerezwa Jeto z’ikoranabuhanga ku bacuruzi bakoresha imipaka y’u Rwanda na Congo DRC

Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Mu gihe usanga abakorera ubucuruzi bwambukiranya imipaka y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, DRC, bagisaba ibihugu byombi ko byagarura uburyo bwahozeho bwo kwambuka umupaka hakoreshejwe udupapuro tuzwi nka Jeto (Jeton), ku ruhande rw’u Rwanda rutangaza ko nta kibazo rubifiteho ariko ibihugu byombi birimo gutekereza uburyo burambye bwo gukoreshwa Jetons ziri mu ikoranabuhanga.
Kuva icyorezo cya COVID-19 cyagera mu Rwanda na Congo, DRC, (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Sénégal: Ibyishimo kuri perezida Macky Sall nyuma yaho ikipe y'Igihugu itwaye igikombe cya Afurika CAN
Sénégal: Ibyishimo kuri perezida Macky Sall nyuma yaho ikipe y’Igihugu itwaye igikombe cya Afurika CAN

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Amarangamutima kuri Perezida wa Sénégal Macky Sall yamurenzee atanga ikiruhuko mu gihugu hose cyo kwishimira igikombe cya Afurika batwaye ku nshuro yabo ya Mbere.
Mu ijoro ryashyize tariki ya 6 Gashyantare 2022, nibwo ikipe y’igihugu ya Senegal yatwaye igikombe isezereye ikipe ya Misiri bakunze kwita Le Pharaoh, umukino wabereye kuri Stade yitwa Olembe mu mujyi wa Cameroon. Byatumye Perezida Sall wari bugirire uruzinduko mu birwa bya Comores arusubika (…)

424 Shares 4 Comments
Miss Rwanda yitabiriwe n'umukobwa ufite Ubumuga bwo Kutavuga
Miss Rwanda yitabiriwe n’umukobwa ufite Ubumuga bwo Kutavuga

Mu gihe byari bimenyerewe, bisa nk’Ihame ko abakobwa bajya guhatanira kuba Nyampinga w’Igihugu ari uba yibonaho ubwiza, yiyumvamo ubuhanga ndetse yitwara nk’uko umuco nyarwanda usaba umwali, kuri iyi nshuro mu ijonjora ry’ibanze ryo gushaka abazahagararira Intara y’Amajyepfo mu Irushanwa rya Nyampinga w’u Rwanda mu 2022, mu baryitabiriye hagaragayemo umukobwa witwa Uwimana Jeannette ufite ubumuga bwo kutavuga.
Ni umwe mu bakobwa 47 bitabiriye iri jonjora ryo gushakisha abahagararira (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru