Saturday . 21 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Trump arasaba ibihugu kumufasha kurinda inzira ya Strait of Hormuz

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ibihugu bitandukanye gufasha kurinda inzira y’ingenzi y’amato ya peteroli izwi nka Strait of Hormuz mu gihe amakimbirane akomeje hagati ya Iran, Israel ndetse na USA. Iyi nzira kandi inyuramo hafi 20% by’amavuta n’ingufu bikoreshwa ku isi, bigatuma iba ingenzi cyane mu bucuruzi mpuzamahanga.
Trump yavuze ko Amerika yamaze kuvugana n’ibihugu birindwi hagamijwe gushyiraho ubufatanye bwo kurinda amato no kongera gufungura iyi (…)

Musanze: Hadutse abagore n'abakobwa bashikuza abantu ibyabo ku mugoroba
Musanze: Hadutse abagore n’abakobwa bashikuza abantu ibyabo ku mugoroba

Yanditswe na Alice Umugiraneza
Mu mirenge imwe n’imwe igize akarere ka Musanze hari abaturage batewe impungenge n’abagore na bakobwa barimo kwitwikira ijoro bakambura abantu utwabo, icyo bise "Gutera Kaci", mu gihe bitari bimenyerewe ko abagore n’abakobwa bagaragara muri izo ngeso mbi z’ubujura. Abaturage barasaba inzego z’ibanze n’iz’umutekano kubikurikiranira hafi bitarafata indi ntera.
Bamwe mu baganiye na Mamaurwagasabo, bagaragaza impungenge batewe n’abo bagore n’abakobwa bari (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze: Kwimakaza ihamwe ry'uburinganire rishingiye ku bwumvikane byazanye amahoro mu ngo
Musanze: Kwimakaza ihamwe ry’uburinganire rishingiye ku bwumvikane byazanye amahoro mu ngo

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu karere ka Musanze, umurenge wa Kinigi, hari bamwe mu baturage bavuga ko bamaze kwimakaza ihame ry’uburinganire mu miryango yabo, cyane ko basigaye bafatanya mu mishinga y’urugo itagiharirwa umugore cyangwa umugabo gusa.
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 8 Werurwe 2022, u Rwanda rwifatanyije n’isi yose muri rusange mu kwizihiza umunsi mpuzamahanga ngarukamwaka wahariwe umugore, ku nsanganyamatsiko igira iti "Uburinganire n’ubwuzuzanye mu mihindagurikire (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Indwara zifite aho zihuriye na "Stress" zariyongereye muri Guma mu Rugo-RBC
Indwara zifite aho zihuriye na "Stress" zariyongereye muri Guma mu Rugo-RBC

Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Umuyobozi w’ishami ry’Ubuzima bwo mu mutwe, Dr.Yvonne Kayiteshonga yatangaje ko mu bugenzuzi bakoze ku ngaruka za COVID-19 mu bijyanye n’ubuzima bwo mu mutwe mu Banyarwanda, basanze indwara zifite aho zihuriye na Stress, iyi ifatwa nk’umunanira w’ubwonko kubera ibyo umuntu asabwa adafitiye ubushobozi, zariyongereye muri Guma mu Rugo.
Yabitangaje kuri uyu wa Mbere tariki ya 7 Werurwe 2022, mu kiganiro iri shami ryahaye abanyamakuru, hagarukwa ku bijyanye (…)

424 Shares 4 Comments
Nyabihu: Abatuye Kabatwa barembejwe n'inzoka zo mu nda, bamaze imyaka 5 nta mazi meza abageraho
Nyabihu: Abatuye Kabatwa barembejwe n’inzoka zo mu nda, bamaze imyaka 5 nta mazi meza abageraho

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
amwe mu baturage bo mu murenge wa Kabatwa mu karere ka Nyabihu barataka ko bahangayikishijwe no kuba bamaze imyaka 5 batagira amazi meza, bikaba biri kubatera kurwara indwara ziganjemo inzoka zo mu nda.
Ubwo umunyamakuru wa mamaurwagasabo yageraga muri uyu murenge wa Kabatwa, yasanze ahari utuzu tw’amazi rusange twarafunzwe, nta mazi aheruka kuhagera. Umunyamakuru yakirijwe n’uruhuri rw’ibibazo by’abaturage, bamutuma, batakambira leta ko yabaha amazi (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Dr. Bihira yireguye ku bamureze ko yabatekeye umutwe akihesha ibyabo
Dr. Bihira yireguye ku bamureze ko yabatekeye umutwe akihesha ibyabo

Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Kuri uyu wa kabiri, tariki ya mbere Werurwe 20222 ni bwo ku rukiko rw’Ibanze rwa Gasabo haburaniye umugabo w’umuhanga mu by’ubukungu, Dr. Bihira Canisius, warezwe n’ubushinjacyaha ko hari abantu batari bake yakoreye icyaha cyo kwihesha ikintu cy’undi ukoresheje uburinganya, binyuze mu kubashishikariza kugura imigabane mu mushinga AFADE binyuze mu bikorwa byawo birimo n’ikimina yise Kanani Project, afatanyije n’umugore we, none abayiguze kababa baritabaje (…)

424 Shares 4 Comments
Nyabihu: Umuryango umaze imyaka 20 unyagirwa uratabaza Perezida Kagame
Nyabihu: Umuryango umaze imyaka 20 unyagirwa uratabaza Perezida Kagame

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ntabanganyimana Beatrice n’abana be bane n’umugabo we ubona ko yasaritswe n’inzoga, baratabaza Perezida wa Repubulika Paul Kagame ko mu myaka 20 ishize babayeho banyagirwa bitwa ko baryamye mu nzu, aho bacumbitse mu karere ka Nyabihu, umurenge wa Kabatwa, Akagari ka Gihorwe mu mudugudu wa Kaminuza.
Uyu muryango ubarizwa mu cyiciro cya Mbere cy’ubudehe, uvuga ko iyo nzu babamo itagira icyumba nayo ari uwayibatije ngo bayikingemo, inzozi zo kuzabona (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Gatabazi yasabye Meya Mutabazi gushaka uburyo ahageze amazi atazongera kuhabura
Gatabazi yasabye Meya Mutabazi gushaka uburyo ahageze amazi atazongera kuhabura

Ubwo Minisitiri w’’Ubutegetsi bw’Igihugu, Gatabazi Jean Marie Vainney yaganiraga n’abaturage bo mu karere ka Bugesera, by’umwihariko abatuye mu murenge wa Ntarama, bamutuye ibibazo bitandukanye birimo n’ikibazo cy’uduce twagejejwemo amazi meza ariko bugacya abaturage bakayaburira irengero bakaba barasubiye kuvoma ibiroha mu biyaga n’imigezi.
Ni ikibazo cyagarutsweho n’abaturage batari bake bo mu kagari ka Kibungo, Cyugaro n’utundi tugari tugize Umurenge wa Ntarama ukora ku gishanga kirimo (…)

424 Shares 4 Comments
Umunyeshuri yagejeje ikibazo kuri Minisitiri Gatabazi cy'uburyo biga imyuga nta bitabo
Umunyeshuri yagejeje ikibazo kuri Minisitiri Gatabazi cy’uburyo biga imyuga nta bitabo

Mutungirehe Samuel
Umunyeshuri wo ku kigo cy’amashuri y’imyuga cya Nelson Mandela TVT School yagejeje ikibazo kuri Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Gatabazi Jean Marie Vianney, cyo kutagira ibitabo byo gusoma, byunganira amasomo abarimu babigisha muri gahunda y’uburezi bw’imyuga n’ubumenyingiro.
Ni ikibazo Uwase Emmeline yagejeje kuri Minisitiri Gatabazo ubwo yakiraga ibibazo by’abatuye mu murenge wa Ntarama, bigaruka ku mibereho y’abaturage n’iterambere.
Uyu munyeshuri nawe (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Urubyiruko rwiga mu yisumbuye rugiye kurushanwa mu biganiro mpaka binyuze kuri televiziyo
Urubyiruko rwiga mu yisumbuye rugiye kurushanwa mu biganiro mpaka binyuze kuri televiziyo

Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Umuryango ukora mu by’uburezi binyuze mu gukoresha ibiganiro mpaka mu banyeshuri, iDebate, ugiye gutangiza amarushanwa y’ibiganiro mpaka kuri televiziyo azajya afasha kwigisha abanyeshuri bo mu mashuri yisumbiye kumenya kujya impaka mu ruhame mu rurimo rw’icyongereza.
Abahuzabikorwa b’uyu muryango, bavuga ko muri gahunda bihaye uyu mwaka, yo guteza imbere uburezi binyuze mu biganiro mpaka, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 4 Werurwe 2022 batangiza gahunda nshya (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze: Ababyeyi bafite impungenge z'ibiraro abana bambukiraho bagiye ku ishuri byashaje ntibyongere gusanwa
Musanze: Ababyeyi bafite impungenge z’ibiraro abana bambukiraho bagiye ku ishuri byashaje ntibyongere gusanwa

Bamwe mu babyeyi bo mu murenge wa Musanze na Cyuve bafite abana biga baravuga ko batewe impungenge n’ibiraro abana babo bambukiraho iyo bagiye ku ishuri kuko byamaze kwangirika ariko bikaba bitarongera gusanwa, bikaba byazagwamo abana babo bakahaburira ubuzima.
Aba babyeyi n’abandi bakoresha ibi biraro bihuza umurenge wa Musanze na Cyuve babitangarije Umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga kuri ibi biraro byamaze gusaza nkuko bigaragara mu mafoto, abana babyambukiraho igitondo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru