Saturday . 21 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Trump arasaba ibihugu kumufasha kurinda inzira ya Strait of Hormuz

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ibihugu bitandukanye gufasha kurinda inzira y’ingenzi y’amato ya peteroli izwi nka Strait of Hormuz mu gihe amakimbirane akomeje hagati ya Iran, Israel ndetse na USA. Iyi nzira kandi inyuramo hafi 20% by’amavuta n’ingufu bikoreshwa ku isi, bigatuma iba ingenzi cyane mu bucuruzi mpuzamahanga.
Trump yavuze ko Amerika yamaze kuvugana n’ibihugu birindwi hagamijwe gushyiraho ubufatanye bwo kurinda amato no kongera gufungura iyi (…)

Leta yaboneye imyanzuro ibibazo by'abamotari nyuma y'imyigaragambyo
Leta yaboneye imyanzuro ibibazo by’abamotari nyuma y’imyigaragambyo

Mu minsi ishize nibwo mu Mujyi wa Kigali hagaragaye ukwivumbura kwa bamwe mu bamotari bavugaga ko barambiwe ibyemezo bibafatirwa, birimo n’ikibazo cya mubazi zashyirwaga kuri moto zabo zikabara igiciro umumotari abona ku rugendo ariko hakagira n’andi mafaranga ajya mu mufuka w’uwabahaye izo mubazi, bakinubira ko bagabana amafaranga n’umuntu utaragize uruhare mu gishoro cyaguze moto cyangwa ngo abafashe mu kwishyura imisoro n’ibindi bibazwa umumotari.
Muri uko gutabaza inzego zibishinzwe, (…)

424 Shares 4 Comments
Burera: Umurenge wabeshye umuturage kumuha isakaro none inzu igiye kumugwaho ataribonye, abayobozi ntacyo bashaka kubivugaho
Burera: Umurenge wabeshye umuturage kumuha isakaro none inzu igiye kumugwaho ataribonye, abayobozi ntacyo bashaka kubivugaho

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu mudugudu wa Gikora, mu murenge wa Kinoni akarere ka Burera hari umuryango wa Nyamvura Esperance ubayeho mu buzima bwa mbarubukeye, kubera imvura ibanyagira buri munsi, avuga ko ubuyobozi bwamusabye gushinga inzu bumwemerera isakaro ry’amabati none ibiti by’igisenge byamusaziye hejuru akiyategereje.
Ubwo Umunyamakuru wa mamaurwagasabo yageraga muri uyu mudugudu yasanze umuryango wa Nyamvura Esperance, ubayeho my buzima bugoye cyane ko uri mu kiciro (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Uruzinduko rwa Perezida Kagame muri Mauritania rwaguye ibyerekezo bya RwandAir
Uruzinduko rwa Perezida Kagame muri Mauritania rwaguye ibyerekezo bya RwandAir

U Rwanda na Mauritania byashyize umukono ku masezerano y’ubwikorezi bwo mu kirere, yemerera Sosiyete RwandAir gutangira ingendo zijya n’iziva muri Mauritania.
Ni amasezerano avuye mu biganiro Perezida Kagame yagiranye na Perezida wa Mauritania Mohamed Ould Cheikh Mohamed Ahmed Ould Ghazouani, mu ruzinduko rw’iminsi ibiri yasoje kuri uyu wa Kane taliki ya 24 Gashyantare 2022.
Uretse kuba ingendo zizajya zikorwa hagati y’ibihugu byombi, amasezerano yasinywe yemerera Sisosiyete ya RwandAir (…)

424 Shares 4 Comments
Rubavu: Abaturage babangamiwe n'imyotsi n'umunuko biva mu nganda zikorera mu ngo
Rubavu: Abaturage babangamiwe n’imyotsi n’umunuko biva mu nganda zikorera mu ngo

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Hari abaturage bo mu murenge wa Rubavu mu karere ka Rubavu, bavuga ko babangamiwe n’imyotsi iva mu ruganda rukora ikinyobwa cyitwa umwenya ruzwi nka "HORA Group LT", barataka ko ibangiririza amabati agahinduka umukara bikiyongeraho iva mu rundi rukora imigati narwo bituranye.
Babitangarije Umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri uyu murenge wa Rubavu, mu Kagari ka Buhaza, umudugudu wa Murambi aho izo nganda zubatse mu ngo z’abaturage. Bavuga (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Perezida Kagame na Macky Sall babonanye n'abahanzi bakomeye
Perezida Kagame na Macky Sall babonanye n’abahanzi bakomeye

Perezida Paul Kagame yitabiriye ubutumire bwa Mugenzi we Macky Sall wa Senegal mu gutaha Stade yitiriwe Abdoulaye Wade wahoze ayobora icyo gihugu. Ni mu birori byabaye kuri uyu wa Gatatu, aho abakuru b’ibihugu byombi bahuye n’abahanzi barimo Fall Ipupa umwe mu bitabiriye uyu muhango n’abandi bakomeye ku mugabane w’Afurika.
Nkuko inkuru tuyikesha ibiro by’Umukuru w’Igihugu byatangaje ko iki gikorwa cyo guhura n’aba bahanzi cyabaye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 23Gashyantare 2022 nyuma gato (…)

424 Shares 4 Comments
Perezida Kagame yihanganishije umuryango wa Dr Paul Farmer
Perezida Kagame yihanganishije umuryango wa Dr Paul Farmer

Yanditswe na Jean claude Ndayambaje
Umukuru w’Igihugu Cy’u Rwanda Paul Kagame yababajwe n’urupfu rwa Dr Paul Farmer washinze Kaminuza ya Butaro witabye Imana tariki ya 21 Gashyantare 2022.
Dr Paul Farmer watabarutse afite imyaka 62 y’amavuko Kuko yavutse mu 1959 ,akaba ndetse yaragize uruhare rukomeye mu bikorwa byinshi byo guteza imbere inzego z’ubuzima mu bihugu bitandukanye n’u Rwanda ririmo arinaho yarari kugeza ubu .
Niwe wafashe iyambere mu gushinga Kaminuza y’ibijyanye (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Burera: Hari abaturage bakirarana n'amatungo mu nzu
Burera: Hari abaturage bakirarana n’amatungo mu nzu

Amajyaruguru- Bamwe mu baturage bo mu Kagari ka Nkumba, umudugudu wa Kabaguma Umurenge wa Kinoni mu karere ka Burera bahamirije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ko bakirarana n’amatungo mu nzu zabo kuko aho batuye hari ikibazo cy’ubujura bw’amatungo bukabije.
Aba baturage bavuga ko bafata nk’icyumba kimwe mu nzu bararamo bakakigenera amatungo aho kuyaraza hanze aho baba batinya ko abajura baza kuyiba cyane ko baba batizeye umutekano wayo matungo.
Munyarugendo ni izina tumuhaye Kubera ko (…)

424 Shares 4 Comments
HVP Gatagara/Gikondo yasabye Kicukiro kubongerera ibyumba by'amashuri kubera ubwinshi bw'abana bafite ubumuga bwo mutwe
HVP Gatagara/Gikondo yasabye Kicukiro kubongerera ibyumba by’amashuri kubera ubwinshi bw’abana bafite ubumuga bwo mutwe

Yanditswe na Samuel Mutungirehe
Mu gihe Guverinoma y’u Rwanda ishyize imbere Politiki y’Uburezi kuri Bose, ikigo cyita ku bana bafite ubumuga bwo mu mutwe cya HVP Gatagara Ishami rya Gikondo, cyagaragarije umufatanyabikorwa wacyo, ari we akarere ka Kicukiro, ikibazo cy’ibyumba bike by’amashuri ku burezi bwihariye batanga ku bana bafite ubumuga bwo mu mutwe, iyo basoje ikiciro kimwe babura ibyumba by’amashuri bakomerezamo ikindi kiciro, bigatuma bamwe basezererwa bagasubira mu ngo bikaba (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
BUGESERA: Umunyarwandakazi wabyaranye n'impunzi aratabaza
BUGESERA: Umunyarwandakazi wabyaranye n’impunzi aratabaza

Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Mu mpera z’umwaka wa 2019 Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR) ku bufatanye na Guverinoma y’u Rwanda ni bwo batangiye kwakira impunzi zavuye muri Libiya ubwo zari mu nzira zerekeza i Burayi gushakayo imibereho ziturutse muri bimwe mu bihugu bigize ihembe rya Afurika birimo Eritireya, Somaliya na Djibouti. Icyo gihe zahise zijya gutuzwa mu nkambi yihariye ya Gashora mu karere ka Bugesera mu gihe zitegereje ibindi bihugu bizakira dore ko (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze: Urubyiruko mu mashuri rwasabye ko ibiganiro kuri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 no kurwanya ruswa byajya bitangwa kenshi
Musanze: Urubyiruko mu mashuri rwasabye ko ibiganiro kuri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 no kurwanya ruswa byajya bitangwa kenshi

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abadepite basuye urubyiruko rw’abanyeshuri mu bigo bibiri byo mu karere ka Musanze, babasobanurira uburyo Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yateguwe ndetse ishyirwa mu bikorwa bityo baboneraho gusaba Urubyiruko kutifatanya n’abantu bacyibona mu ndorerwamo z’amacakubiri ahubwo bakimakaza gahunda ya Ndi Umunyarwanda.
Ni ibiganiro byateguwe n’ihuriro ry’abagize Inteko ishinga Amategeko rikumira Jenoside ihakana n’ipfobya rya Jenoside yakorewe Abatutsi (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru