Saturday . 21 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Trump arasaba ibihugu kumufasha kurinda inzira ya Strait of Hormuz

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ibihugu bitandukanye gufasha kurinda inzira y’ingenzi y’amato ya peteroli izwi nka Strait of Hormuz mu gihe amakimbirane akomeje hagati ya Iran, Israel ndetse na USA. Iyi nzira kandi inyuramo hafi 20% by’amavuta n’ingufu bikoreshwa ku isi, bigatuma iba ingenzi cyane mu bucuruzi mpuzamahanga.
Trump yavuze ko Amerika yamaze kuvugana n’ibihugu birindwi hagamijwe gushyiraho ubufatanye bwo kurinda amato no kongera gufungura iyi (…)

Musanze: Minisitiri Gatabazi yasanze ikibazo cy'abana bagwingira gikomeje kwiyongera
Musanze: Minisitiri Gatabazi yasanze ikibazo cy’abana bagwingira gikomeje kwiyongera

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ubwo hatangizwaga icyumweru cyahariwe ibikorwa byo gukumira no kurwanya igwingira mu bana byagaragaye ko abana bagwingiye biyongeye cyane kuko bavuye kuri 37% bakagera kuri 45% mu karere ka Musanze, ibintu byanenzwe na Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Hon. Jean Marie Gatabazi.
Ni kuri uyu wa Mbere tariki ya 14 Werurwe 2022, mu Ntara y’Amajyaruguru by’umwihariko mu karere ka Musanze, ku kigo nderabuzima cya Musanze ubwo hatangizwaga igikorwa cyahariwe (…)

424 Shares 4 Comments
Gen. Kainerugaba yagarutse i Kigali kugarura umubano w'u Rwanda na Uganda
Gen. Kainerugaba yagarutse i Kigali kugarura umubano w’u Rwanda na Uganda

Mutungirehe Samuel
Muri iki gitondo cyo ku wa Mbere, tariki ya 14 Werurwe 2022, Umugaba w’Ingabo za Uganda zirwanira ku Butaka, akaba n’Umuhungu wa Perezida Museveni, Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba, ygarutse i Kigali mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi rwe rwihariye rugamije kugarura mu buryo umubano mwiza hagati y’u Rwanda na Uganda.
Uyu mugabo yaherukaga mu Rwanda mu kwezi gushize, tariki ya 22 Gashyantare 2022, avuga ko aje kuzahura umubano hagati y’ibihugu byombi, wari umaze hafi imyaka 3 (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Umuganga w'Umupasitoro yaciye agahigo ku Isi ko kuvura amatwi atumva
Umuganga w’Umupasitoro yaciye agahigo ku Isi ko kuvura amatwi atumva

Mashudu Tshifularo, Umwalimu muri Kaminuza ya Pretoria muri Afurika y’Epfo, yaciye agahigo ku Is ko kuvura amatwi yapfuye agakira akumva.
Ni ubuhanga yagezeho akoresheje ikoranabuhanga ryo gusimbuza utugufwa duro cyane tuba hagati mu gutwi, igikorwa yakoze kuva mu 2019, "Innovative 3D technology".
Uyu mugabo ufite n’impano y’Ubupasitoro, yavuze ko bakoresheje ikinyabutabire kitwa titanium, gituma igikorwa kihuta kandi hakabagwa agace gato.
Tshifularo avuka ahitwa Venda muri Limpopo, (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze: Abanyeshuri 872 basoje amasomo muri Ines-Ruhengeri basabwe guhanga imirimo bakoresheje ubumenyi bahawe
Musanze: Abanyeshuri 872 basoje amasomo muri Ines-Ruhengeri basabwe guhanga imirimo bakoresheje ubumenyi bahawe

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ku nshuro ya 13 ishuri rikuru rya Kaminuza ya Ines-Ruhengeri ryahaye impamyabumenyi abanyeshuri basaga 872 barangije mu mashami atandukanye, bakaba basabwe kujya kwihangira imirimo kuko bahawe ibishoboka byose bizabafasha guhanga udushya no guhangana ku isoko ry’umurimo.
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 11 Werurwe 2022 nibwo Ines Ruhengeri yahaye impamyabumenyi abanyeshuri 872 bose bize mu mashami atandukanye, ni umuhango wabaye imbona nkubone kubera ko (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze: Gitifu wa Kimonyi yiyemeje kurandura "Amavunja" akaba amateka mu mwaka umwe
Musanze: Gitifu wa Kimonyi yiyemeje kurandura "Amavunja" akaba amateka mu mwaka umwe

Yanditswe na Alice Umugiraneza
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kimonyi mu Karre ka Musanze, Mukasano Gaudance, yatangaje ko yihaye intego yo kurandura ikiswe "Amavunja" mu murenge we akaba amateka muri uyu mwaka, abinyujije mu gitondo k’isuku agiye gufatanyamo n’abaturage.
Yabitangaje ubwo hatangizwaga icyumweru cyahiriwe isuku mu Ntara y’Amajyaruguru, abatuye mu Murenge wa Kimonyi, nabo biyemeza guhindura imyumvire ku bijyanye no kwirinda indwara ziterwa n’umwanda, bagaca (…)

424 Shares 4 Comments
North Korea yagerageje uburyo bushya bwo kurasa misile zambukiranya imigabane – Amerika
North Korea yagerageje uburyo bushya bwo kurasa misile zambukiranya imigabane – Amerika

Leta ya Amerika ivuga ko Korea ya Ruguru iherutse kugerageza uburyo bushya bwo kurasa misile zambukiranya imigabane, mu byo bise "guhembera intambara gukomeye".
Pyongyang yo ivuga ko tariki 26 Gashyantare(2) na 3 Werurwe yagerageje ibikorwa byo guteza imbere ubutasi ku byogajuru. Ariko Washington ivuga ko iryo gerageza ryari ibikorwa bishobora kuba bibanziriza iraswa nyirizina rya misile zigera kure cyane.
Bene izi misile zishobora kugera no muri Amerika kuko hafi zishobora kuraswa ari (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Dr. Karekezi, Umunyarwandakazi rukumbi ubaga ubwonko yahembwe nk'umugore w'intangarugero
Dr. Karekezi, Umunyarwandakazi rukumbi ubaga ubwonko yahembwe nk’umugore w’intangarugero

Umunyarwandakazi w’inzobere mu kuvura no kubaga ubwonko, Dr Claire Karekezi, yabaye umwe mu bagore umunani begukanye ibihembo byitwa ‘‘Forbes Woman Africa Award’, bisanzwe bihabwa abagore bo muri Afurika babaye intangarugero mu bikorwa bitandukanye.
Igitangazamakuru gikomeye cyo muri Amerika, Forbes, Ishami rya Forbes Woman Africa, ryibanda ku bagore bo muri Afurika risanzwe ritanga ibi bihembo binyuze mu muhango ritegura uzwi nka ‘Forbes Woman Africa Summit’.
Ni ihembo bigamije (…)

424 Shares 4 Comments
Amajyaruguru: Imvura idasanzwe yangije ibikorwa remezo birimo amashuri
Amajyaruguru: Imvura idasanzwe yangije ibikorwa remezo birimo amashuri

Yanditswe na Ndayambaje Jean Calude
Henshi mu gihugu by’umwihariko mu Ntara y’Amajyaruguru, mu turere dutandukanye imvura idasanzwe ivanze n’umuyaga mwinshi yangirije ibikorwa remezo birimo n’amashuri aho ibisenge byagurutse.
Ni imvura yaramutse kuri uyu wa Kabiri tariki ya 9 Werurwe 2022, ivanze n’inkuba n’umuyaga yasenye bimwe mu bikorwa remezo byinshi birimo amashuri, n’ibindi bikorwa bitandukanye by’abaturage.
Umunyamakuru wa mamaurwagasabo aho yabashije kugera yasanze bimwe mu (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Kicukiro yatangije gahunda "Nderera u Rwanda" igiye guca burundu imirire mibi mu bana
Kicukiro yatangije gahunda "Nderera u Rwanda" igiye guca burundu imirire mibi mu bana

Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga w’umwari n’umutegarugori, mu karere ka Kicukiro baboneyeho umwanya wo gutangiza ku mugaragaro gahunda yiswe “Nderere u Rwanda”, igiye gufasha akarere n’igihugu muri rusange kurandura imirire mibi mu bana, uhereye kubo mu ngo zitishoboye.
Gahunda ya Nderere u Rwanda ni uburyo ababyeyi bo mu murenge wa Kanombe mu karere ka Kicukiro bashyizeho, aho ababyeyi bishoboye bajya mu ngo zitishoboye bakareba abana bafite ibibazo (…)

424 Shares 4 Comments
Kicukiro: Bagaragaje ibyashyirwamo imbaraga mu kugeza umugore aho yifuza kugera
Kicukiro: Bagaragaje ibyashyirwamo imbaraga mu kugeza umugore aho yifuza kugera

Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Mu gihe u Rwanda rwifatanyanyaga n’Isi kwizihiza umunsi Mpuzamahanga w’umugore, “International Woman Day 2022”, mu karere ka Kicukiro basanze hari ibigikwiye gushyirwamo imbaraga mu kugira ngo umugore agere aho yifuza kugera, haba mu kwiteza imbere no kuzamura imyumvire mu kumva ko umugore nawe ashoboye nka musaza we.
Ibirori byo kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’umugore, ku rwego rw’akarere ka Kicukiro byabereye ku biro by’umurenge wa Kanombe, ahateraniye (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru