Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ibihugu bitandukanye gufasha kurinda inzira y’ingenzi y’amato ya peteroli izwi nka Strait of Hormuz mu gihe amakimbirane akomeje hagati ya Iran, Israel ndetse na USA. Iyi nzira kandi inyuramo hafi 20% by’amavuta n’ingufu bikoreshwa ku isi, bigatuma iba ingenzi cyane mu bucuruzi mpuzamahanga.
Trump yavuze ko Amerika yamaze kuvugana n’ibihugu birindwi hagamijwe gushyiraho ubufatanye bwo kurinda amato no kongera gufungura iyi (…)
Yanditswe na Umugiraneza Alice
Mu karere ka Musanze umurenge wa Muhoza haragaragara umwanda mu marestora atandukanye aho abagana ayo marestora bavuga ko babangamiwe n’umwanda uri ku bikoresho nk’amasahane ndetse nahatunganyirizwa ibyo kurya, bamwe bakabona biterwa nuko usanga bafite aba kiriye benshi kandi abakozi ari bake nabyo.
Bamwe mu bagana ayo marestora babwiye umunyakuru wa Mamaurwagasabo ko batewe impungenge n’umwanda ugaragara hamwe na hamwe mu marestora, ko bahkura inzoka zo (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abakorera mu kirombe cya Kazuba gihereye mu mudugudu wa Kazuba, Akagari ka Rugeshi gicukurwamo igitaka kivamo amatafari barasaba akarere ko kabashyiriraho amakoperative kuko bakorera mu kavuyo kubera ko nta buryo buhamye bafite.
Babitangarije Umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu murenge wa Mukamira arinaho iki kirombe giherereye .
Benshi muri aba baturage biganjemo abafamu batubwiye ko bitwa "indushyi " kuko bavuga 90% y’abakoreramo (…)
Yanditswe na Alice Umugiraneza
Abakorera ubucuruzi mu isoko rya Biziba riherereye mu karere ka Gakenke barataka igihombo batewe n’iyimurwa ry’iryo soko, bavuga ko byabagizeho ingaruka nyinshi bakaba basaba inzego bireba kubafasha isoko rigasubira aho ryahoze.
Bamwe mu bacuruzi bakorera mu isoko rya Biziba ryimuriwe rijyanwa mu isatere ya Gatonde, mu mpera z’umwaka washize wa 2021, ubu umiryango yarafunzwe hatangiye kumeramo ibyatsi, babwiye umunyamakuru ko iyimurwa ry’isoko ryatumye (…)
Yanditswe na Alice Umugiraneza
Mu karere ka Ngororero aborozi barashishikarizwa kubaka ingombe mu gukomeza kwicungira umutekano mu gihe inyamanswa zari zirimo kwinjira mu nzuri zikica inyana.
Inzuri zikora kuri parike ya Gishwati-Mukura mu karere ka Ngororero ziri mu mirenge ya Kavumu, Muhanda na Sovu harabarurwa inyana zigera kuri 17 zariwe n’inyamanswa, muri zo 7 zaravuwe zirakira 10 zirapfa.
Bamwe mu borozi baganiye na mamaurwagasabo bavuga ko kubaka ingombe, aho inyana zirara, (…)
Mu gihe Guverinoma ishaka guhindura Umujyi wa Kigali ukaba umugi ukeye kandi w’Ubucuruzi bufite isuku, mu karere ka kicukiro ho birasa n’aho ingingo imwe muri zo bigoye kuzayikozaho imitwe y’intoki; uti iyihe, kubera iki?
Aha ni ho usanga abacuruzi, bamwe abahoze mu buzunguzayi vuba aha bagashyirwa mu masoko y’imbuto n’imboga, kuri ubu barataye ayo masoko basubira mu buzunguzayi mu muhanda no ku mabaraza y’inzu z’uburuzi, bikagira ingaruka ku basigaye muri bene ayo masoko, bikarushaho (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu bangavu bo mu karere ka Musanze bavuga hari igihe bisanga bakoze imibonano mpuzabitsina bagatwara inda bitewe no kudasobanukirwa ibijyante n’ubuzima bw’imyororokere, bagasaba ko bahabwa inyigisho kenshi gashoboka kugira ngo babashe kubisobanukirwa no kwirinda amakuru atari yo abagusha mu bushukanyi.
Ni mu gihe Leta y’u Rwanda ikomeje guhangana n’ikibazo cy’abangavu batwara inda imburagihe, ndetse u Rwanda rukaba rwarashyize ingufu mu guhana (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu bacururiza mu isoko rya Kijyambere ryitwa "Goico" rya Musanze baravuga ko batazi gukoresha ibyuma byagenewe kuzimya inkongi z’umuriro (Kizimyamwoto), bagasaba ko bahugurwa byimbitse ku buryo bashobora kuzimya inkongi mu gihe zobaye batagombere gutegereza izindi nzego.
Izi mbogamizi bazigaragarije itangazamakuru ryari kumwe n’itsinda ry’abasenateri muri komisiyo y’ububanyi n’amahanga,ubutwererane n’umutekano riyobowe na Hon.Mukakarangwa (…)
Musanze: Ababyeyi barerera kuri E.E.R batanze amafaranga yo kugaburira abana ku ishuri none ntibarya
Yanditswe na Umugiraneza Alice
Ababyeyi barerera ku Ishuri ribanza rya E.E.R riherereye mu karere ka Musanze umurenge wa Muhoza, bavuga ko bibaza impamvu batswe amafaranga yo ku gaburira abana ku ishuri mu gihebwe cya mbere ariko bakaba batungurwa no kubona abana babo baza kurya mu rugo bakaba basaba inzego bireba ko hakorwa ubugenzuzi n’icukumbura bagasubizwa amafaranga yabo batanze kuko adakoreshwa icyo bayatangiye.
Abaganiye n’umunyamakuru bavuze ko ibyi birimo gutera abana mbogamizi (…)
Mu rugendo rwo gushakisha umukobwa uhiga abandi mu bwiza, umuco n’ubwenge, ntibyari byoroshye mu bahataniye guhagararira Umujyi wa Kigali, aho abakobwa 29 ari bo bahawe PASS mu rugendo rwo gushaka uzasimbura Miss Ingabire Grace ufite ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda mu 2021.
Ni abakobwa babonetse nyuma y’akazi katoroshye kakozwe n’abagize Akanama Nkemurampaka ka Miss Rwanda 2022, ahasuzumwe imishinga, ubwiza n’umuco w’abagera kuri 117.
Abakobwa 29 batoranyijwe mu Mujyi wa Kigali kuri uyu (…)
Mu rugendo rwo kwinjira mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba EAC, igihugu cya Republika Iharanira Demokarasi ya Congo DRC, gisigaje intambwe imwe, nyuma y’aho inama y’abaminisitiri muri ako karere yemereye icyo gihugu kuba umunyamuryango.
Ni nyuma y’ibiganiro BBC yavuze ko bitari byoroshye, byaberrye i Nairoi muri Kenya byahuje Abaminisitiri b’Ububanyi n’Amahanga muri ako karere.
Igihugu cya Congo DRC kibonwa nk’isoko rikomeye ku karere kubera umutungo kamere mwinshi wiyongeraho (…)
Mu irushanwa ryo kwibuka padiri Kayumba ikipe ya UTB niyo yegukanye byinshi
11 February 2019, by MUTESI ScoviaNST2: Ubukungu bw’u Rwanda buzazamuka ku 9.3% buri mwaka
9 September 2024
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















