Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ibihugu bitandukanye gufasha kurinda inzira y’ingenzi y’amato ya peteroli izwi nka Strait of Hormuz mu gihe amakimbirane akomeje hagati ya Iran, Israel ndetse na USA. Iyi nzira kandi inyuramo hafi 20% by’amavuta n’ingufu bikoreshwa ku isi, bigatuma iba ingenzi cyane mu bucuruzi mpuzamahanga.
Trump yavuze ko Amerika yamaze kuvugana n’ibihugu birindwi hagamijwe gushyiraho ubufatanye bwo kurinda amato no kongera gufungura iyi (…)
Gakenke: Abangavu basanga kudasobanurirwa ubuzima bw’imyororokere bibaviramo gutwara inda imburagihe
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu bakobwa bakiri bato, abangavu, bo mu karere ka Gakenke batangaza ko kudasobanurirwa neza ubuzima bw’imyororokere bituma bamwe muri bo bishora mu ngeso mbi zirimo no gukora imibonano mpuzabitsina bigatuma batwara inda zitateganyijwe.
N’ubwo imiryango itandukanye yagiye ishyira ingufu zijyanye no kurengera ubuzima bw’umwana w’umukobwa harimo gusobanukirwa imihindagurikire y’umubiri kuva mu bwana kurenga ubwangavu, kugeza ubu hari bamwe mu (…)
Perezida Kagame yazamuye mu ntera ba ofisiye bakuru 109 ba Polisi y’u Rwanda. Ni umwanzuro wafatiwe mu Nama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatatu, tariki 26 Mutarama 2022.
Muri iyo nama kandi ni naho hemerejwe Iteka rya Minisitiri rizamura mu ntera ba Suzofisiye n’abapolisi bato ba Polisi y’u Rwanda 4483
Abakuwe ku ipeti rya Chief Superintendent of Police (CSP) bajya ku rya Assistant Commissioner of Police(ACP) ni bane. Ni CSP Sam Bugingo, CSP Aloys Munana Burora, CSP Rutagarama (…)
Yanditswe na Alice Umugiraneza
Mu karere ka Musanze umurenge wa Musanze akagari ka Cyabagaru, mu mudugudu wa Kabaya hatuye umuryango ugizwe n’umugore Ndayisaba Diane n’umugabo we Niyibizi Innocent bamaze amezi agera ku 8 bibera muri nyakatsi nyuma yo gushakana nk’umugore n’umugabo mu gihe cy’umwaka, bavugako bagiye mu nzu yikode nyuma bikabananira bagahitamo kwibera muri nyakatsi nubwo bahuriro n’ingaruka nyinshi.
Inzu ndayisaba na Niyibizi babamo nk’umugore n’umugabo babamo ihambirijwe (…)
Yanditswe na Alice Umugiraneza
Imvura idasanzwe yaguye mu ijoro ryo kuwa 22 bishyira kuwa 23 Mutarama yatumye umugezi wa mu kungwa wuzura usandarira mu mirima yo kibaya cya Mukungwa gihuza akarere ka Ngororero na Gakenke, irengera hegitari 44 z’umuceri wari ugeze igihe cy’isarurwa.bahinzibakaba basaba inzego bireba kubagoboka.
Bamwe mu bahinzi bavuganye na mamaurwagasabo bagaragaje ko leta yabagoboka muri ibi bihe biteguraga gukora ku ifaranga bakaha bakomwe mu nkokora n’ibiza. (…)
Yanditswe na Alice Umugiraneza
Mu dusanteri tumwe na tumwe tw’ubucurizi two muri karere ka Burera hagenda hagaragara abana b’inzererezi bakorerwa ariko abenshi muri bo bakorerwa ihohoterwa ribabaza umubiri nko gukubitwa, guhutazwa n’ibindi bikozwe n’abaturage batandukanye kuko baba nta kirengera bafite aho gukora ibishoboka ngo abo bana basubire mu ngo no mu ishuri.
Ubwo umunyamakuru yageraga mu gasantere ka Gahunga yabonye abana basanzwe baje bashotora abana b’inzererwezi bibera ku (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu gihe u Rwanda rukataje mu iterambere mu cyerekezo 2050 , mu karere ka Musanze hakomeje kuzamurwa inyubako zitandukanye ariko zimwe zubatswe mu kajagari, bikavugwa ko hari bamwe mu bayobozi b’inzego z’ibanze babigiramo uruhare.
Akarere ka Musanze ni kamwe mu turere twunganira umujyi wa Kigali, gusa iyo ugeze mu nkengero z’uyu mugi usanga hazamurwa inyubako zimwe na zimwe zubatse mu kajagari hirya no hino ,mu gihe bamwe mu bayobozi batungwa agatoki mu (…)
Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Ababyeyi bakora ubucuruzi bwambukiranya umupaka muto wa Rubavu, uzwi nka Petite Barriere, uhuza u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo ku gice cya Goma, baribaza impamvu iyo batashye batemererwa kwinjirana icyo baza kugaburira abana babo, bakavuga ko utahanye akantu kose ko kurya ku mupaka w’u Rwanda bakamwambura kandi batari bubone uko baca mu masoko ya Rubavu kuko buba bwije bigatuma bashobora kuburara.
Bamwe mu baganiriye na (…)
Amakuru yashyize aba impamo, Umuhungu wa Perezida Yoweli Kaguta Museveni, akaba n’Umugaba w’ingabo zirwanira ku Butaka, Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba yageze i Kigali mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu mu ruzinduko rw’umunsi umwe aho byitezwe ko aza kuganira na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame.
Byakomeje kuvugwa ko amushyikiriza ubutumwa bwa se Museveni. Ni ubutumwa benshi badashidikanya ko bujyanye no kuzahura umubano hagati y’ibihugu byombi utakimeze neza kuva mu myaka 3 (…)
Umuhungu wa Perezida Yoweli Kaguta Museveni, akaba n’Umugaba w’Ingabo zirwanira ku butaka, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, agiye kuza mu Rwanda, biravugwa ko azaba aje kubonana na Perezida Paul Kagame.
Ni inkuru irimo gucicikana muri Uganda no ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’iminsi mike gusa Lt Muhoozi atangaje ko Perezida Kagame ari Marume we kandi abamurwanya bagomba kwitonda.
Icyi gihe yagize ati “Afande Kagame Paul ni Marume. Abo mamurwanya bararwanya umuryango wanjye. Bose bagomba kuba (…)
Yandutswe Umugiraneza Alice
Abacuruza inyongeramusaruro mu karere ka Musanze bavuga ko gukoresha ikoranabuhanga bahawe rya MOPA birimo kubagora, bikabahombya bakaba basaba inzego bireba kubategurira amahugurwa bakagira ubumenyi buhagije kuri ryo.
MOPA ni uburyo bw’ikoranabuhanga (systeme) bumaze igihe buhawe aabacuruza inyongeramusaruro nyuman yuko hagaragayemo kunyereza no gukoresha nabi inyongeramusaruro bigatuma umuhinzi agerwaho n’inyongeramusaruro imburagihe, itakimufashije icyo (…)
Mu irushanwa ryo kwibuka padiri Kayumba ikipe ya UTB niyo yegukanye byinshi
11 February 2019, by MUTESI ScoviaNST2: Ubukungu bw’u Rwanda buzazamuka ku 9.3% buri mwaka
9 September 2024
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















