Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ibihugu bitandukanye gufasha kurinda inzira y’ingenzi y’amato ya peteroli izwi nka Strait of Hormuz mu gihe amakimbirane akomeje hagati ya Iran, Israel ndetse na USA. Iyi nzira kandi inyuramo hafi 20% by’amavuta n’ingufu bikoreshwa ku isi, bigatuma iba ingenzi cyane mu bucuruzi mpuzamahanga.
Trump yavuze ko Amerika yamaze kuvugana n’ibihugu birindwi hagamijwe gushyiraho ubufatanye bwo kurinda amato no kongera gufungura iyi (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Amakuru aturuka mu ikipe y’igihugu ya Guinée nkuko babitangaje mbere yo guhaguruka i Kigali ni uko ikipe yerekeje muri Cameroun idafite batanu mu bari bayigize barimo staff n’abakinnyi kubera ko barwaye icyorezo cya COVID-19.
Ikipe ya Guinée, Syli National, yari imaze iminsi mu Rwanda aho bakinaga imikino ya gicuti, mbere yuko yerekeza Cameroun mu gikombe cy’Afurika cy’Ibihugu, AFCON2021, cyangwa CAN 2021, kizatangira ejo tariki ya 9 Mutarama 2022. (…)
Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia, Dr. Abiy Ahmed yatanze imbabazi rusange ku bantu batandukanye barimo n’abayobozi b’inyeshyamba zo muri Tigray bigometse ku butegetsi bwe.
Ni imbabazi ziswe zitwa izo kuri Noheri y’abo mu idini ry’Aborutodogisi, Orthodox.
Leta ya Ethiopia ivuga ko izarekura abatavuga rumwe na yo benshi bakomeye, mu kwerekana ubushake bwo kugarura amahoro muri iki gihugu gifute amateka ko kitigeze gikoronizwa na ba Gashakabuhake bazonze umugabane w’Afurika.
Mu ijambo ryo (…)
Yanditswe na Alice Umugiraneza
Nzamutumamazi Godance wo mu karere ka Ngororero, umurenge wa Muhanda avuga ko nyuma yo kurwara covid19 mu gihe cy’iminsi 28 akagera aho yambikwa isaha byamufashije cyane kwirinda gukwirakwiza icyorezo cya covid19.
Mu buhamya yahaye Mamaurwagasabo ko yabwiwe ko afite virusi ya Corona biramutungura.
Yagize ati "Njya gufata umwanzuro wo kujya kwisuzumisha nari maze igihe nkuyemo inda nkumva nta maraso mfite, nibwo nagiye kwa muganga gushaka ibinini (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Gakenke, mu murenge wa Rusasa barasaba Leta kubaha amazi meza kuko bamaze igihe kirenga amezi abiri bavoma amazi yo mu bizenga, bavuga ko bibaviramo no kurwara indwara zituruka ku mazi mabi.
Babitangarije umunyamakuru wa Mamaurwagasabo ubwo yageraga muri uyu murenge mu kagari ka Murambi mu mudugudu wa Buharabuye agasanga bamwe barimo kuvoma mu mu migende yo mu kabande abandi bavoma mu bizenga bitemba, ibintu bishobora (…)
Ibyemezo bya Minisitiri w’Intebe byasohotse ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 7 Mutarama 2022, byemereye moto n’amagare gukomeza gukora gutwara abagenzi ariko bishyirirwaho amabwiriza ko utwaye n’utwawe bagomba kuba barikingije Covid-19.
Ubusanzwe ibyemezo by’inama y’Abaminisitiri cyangwa izindi nzego zibishinzwe zari zimaze igihe zemerera abamotari n’abashoferi b’amagare gukomeza gukora bubahiriza izindi ngamba za covid-19 bidasabye ko abagenzi bagomba kuba barikingije.
Iri (…)
Ikigo cy’igihugu cy’iterambere RDB, cyafunze utubari na hotel zirimo Chez-Lando muri Kigali nyuma yo gusanga zarenze ku mabwiriza yo kwirinda icyorezo cya Covid-19.
RDB yavuze ko utubari na Hotel uko ari 18 byafunzwe hagati y’ukwezi kumwe n’amezi 3 kubera kurenga ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19 n’ubwo iki kigo kitatangaje amabwiriza barenzeho.
Buri kigo kandi cyanaciwe amande y’amafaranga bitewe n’ikosa ndetse n’igihe cyafungiwe.
Hashize iminsi mike iki kigo gitangaje amabwiriza (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu karere ka Gakenke, mu murenge wa Rusasa Akagali ka Murambi , umudugudu wa Buharabuye umugore witwa Uwamariya Florance arakekwaho kujya mu rutoki rw’umuturanyi we witwa Karamuka Jean Baptiste insina zose akazimarira hasi bigakura imitima abaturage.
Aya makimbirane ahanini bivugwa ko ashingiye ku kuba uyu mugore afite ubworozi bw’inkoko zajyaga gutora zikaraha igitaka ku nsina z’uwo batikanyije imirima, Karamuka, bikamubangamira ahagora amwiyama no mu (…)
Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Umuryango w’Ubukungu bw’ibihugu byo mu Burengerazuba bw’Afurika, ECOWAS, wasabye agatsiko k’abasirikare kayoboye igihugu kinyamuryango Mali gukoresha amatora mu kwezi gutaha, Gashyantare, 2022, uko byaba bimeze kose mu gihe ko gasaba guhabwa imyaka 5 y’inzibacyuho yo gutegura amatora.
Uyu mwanzuro ECOWAS iwufashe nyuma yo kohereza muri Mali umuhuza, Goodluck Jonathan, wahoze ayobora Nigeria, mbere gato y’Inama y’Abakuru b’ibihugu by’uyu muryango (…)
Ikigo cy’igihugu gushinzwe kwita ku Bidukikije REMA, cyatangaje ko umwuka wo mu karere ka Rubavu utameze neza ariko ntaho bihuriye n’ibimenyetso birimo gutangwa n’ikirunga cya Nyiragongo giherereye muri Repubulika Iharanira Demikarasi ya Congo.
Nyuma y’uko Ikigo gishinzwe kugenzura ibirunga (Volcanological Observatory of Goma) gitangaje amakuru y’uko ikirunga cya Nyiragongo gikomeje kugaragaza ibimenyetso by’uko gishobora kongera kuruka, Ikigo cy’Igihugu cyo Kubungabunga Ibidukikije (REMA) (…)
Yanditswe na Alice Umugiraneza
Abana bo ku muhanda bazwi nka mayibobo mu mujyi wa Musanze bavuga ko kuba bari mu buzima bw’ubuzererezi ahanini ababyeyi babo babigiramo uruhare, bigatuma nabo bashaka indi mibereho bakayoboka iy’u muhanda. Ababyeyi nabo bavuga ko abana bababananiye.
Abana b’inzererezi babwiye mamaurwagasabo.rw ko nabo ubuzima babayemo butabashimishije ariko kubera imiryango baturukamo itabaha umutuzo bahitamo kuva mu miryango bakajya kwishakira ubundi buzima, bakisanga (…)
Gisagara: Imirasire n’umuriro w’amashanyarazi bihabwa abifite
17 September 2025, by Valens Nzabonimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.




















