Saturday . 21 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Trump arasaba ibihugu kumufasha kurinda inzira ya Strait of Hormuz

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ibihugu bitandukanye gufasha kurinda inzira y’ingenzi y’amato ya peteroli izwi nka Strait of Hormuz mu gihe amakimbirane akomeje hagati ya Iran, Israel ndetse na USA. Iyi nzira kandi inyuramo hafi 20% by’amavuta n’ingufu bikoreshwa ku isi, bigatuma iba ingenzi cyane mu bucuruzi mpuzamahanga.
Trump yavuze ko Amerika yamaze kuvugana n’ibihugu birindwi hagamijwe gushyiraho ubufatanye bwo kurinda amato no kongera gufungura iyi (…)

Rubavu: Nyiramatama urara ku muhanda n'abana be aratabaza buri wese kuko bagiye kwicwa n'inzara
Rubavu: Nyiramatama urara ku muhanda n’abana be aratabaza buri wese kuko bagiye kwicwa n’inzara

Yanditswe na Mutesi Scovia
Nyiramatama Joseline ni umugore w’abana batatu, avuga ko mbere yo kujya kwibera ku muhanda yahoze atuye mu mudugudu wa Kitarima [nibyo yabashije kwibuka] mu murenge wa Gisenyi mu karere ka Rubavu, avuga ko we n’abana be barara ku muhanda aho bageze kuko yananiwe kwishyura inzu babamo, ikibabaje ni uko iyo atabonye umugiraneza ubakora mu ntoki inzara irushaho kubazonga.
Uyu mubyeyi ubona ko akiri muto, kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 19 Mutarama 2022 aganira (…)

424 Shares 4 Comments
Rubavu: Hari abarangura ibicuruzwa muri Congo DRC binubira gusoreshwa kabiri ku biciruzwa byitiriwe Forode
Rubavu: Hari abarangura ibicuruzwa muri Congo DRC binubira gusoreshwa kabiri ku biciruzwa byitiriwe Forode

MUTUNGIREHE Samuel
Bamwe mu bacuruzi batunzwe no kurangura imari z’ibintu bitandukanye bitari ibiribwa muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo, DRC, barataka ko hari akarengane bajya bahura nako iyo ibicuruzwa muri icyo gihugu babihejeje mu Rwanda bakabibonera umuguzi batinze, iyo uwo muguzi abifatanwa atashye bikitwa Forode kandi uwabigejeje mu gihugu yabicishije ku mupaka mu buryo bwemewe n’amategeko ndetse yanabisoreye.
Abaganiriye n’Umunyamakuru wa Mamaurwagasabo kuri uyu wa (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Burera: Kwangirika kw'isoko rya Gahunga bidindiza iterambere ry'ubucuruzi
Burera: Kwangirika kw’isoko rya Gahunga bidindiza iterambere ry’ubucuruzi

Yanditswe na Alice Umugiraneza
Abakorera n’abarema isoko rya Gahunga riherereye mu murenga wa Gahunga mu karere ka Burera baravuga ko kwangirika kw’iryo soko bigira ingaruka ku bucuruzi bwabo, bakaba basaba inzego bireba kurisana cyane ko badasiba gutanga imisoro n’amahoro ku barikoreramo.
Hari abacuruzi babwiye Mamaurwagasabo ko kuba iri soko ridakoze bigira ingaruka mu mikorere yabo.
Isoko rya Gahunga ibibazo by’ingutu abacuruzi bavuga rifite birimo imireko y’amazi ishaje isuka amazi (…)

424 Shares 4 Comments
Ngororero: Mu mudugudu wa Gatomvu imyaka ibaye 5 Abasigajwe inyuma n'amateka baba mu kizima kandi insinga z'amashanyarazi zibaca hejuru
Ngororero: Mu mudugudu wa Gatomvu imyaka ibaye 5 Abasigajwe inyuma n’amateka baba mu kizima kandi insinga z’amashanyarazi zibaca hejuru

Yanditswe na Alice Umugiraneza
Mu karere ka Ngororero mu murenge wa Muhanda ho mu kagari ka Bugarura hari imiryango y’Abasigajwe inyuma n’amateka yatujwe hamwe mu mudugudu wa Gitomvu, bavuga ko imyaka ibaye itanu nta muriro w’amashanyarazi bafite kandi insinga z’umuriro zibanyura hejuru, ziwujyana mu baturanyi babo, bakibaza icyo bazira ngo nabo bave mu mwijima w’ijoro.
Bamwe muri bo babwiye umunyamakuru wa Mamaurwagasabo ko kuba badahabwa umuriro w’amashyanyarazi kandi ingo baturanye (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze: Inzara iravuza ubuhuha ku ishuri ribanza rya Gahondogo, mu bana 1000 harya abagera kuri 300
Musanze: Inzara iravuza ubuhuha ku ishuri ribanza rya Gahondogo, mu bana 1000 harya abagera kuri 300

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abenshi mu banyeshuri bo ku ishuri ribanza rya Gahondogo barataka inzara kubera ko bagenzi babo bajya kurya ifunguro rya saa sita bo ntibagaburirwe kuko ababyeyi babo batishyuye amafaranga 200Rwf yo kurya ya buri munsi, mu gihe abyeyi bamwe bavuga ko batahorana amafaranga ya buri munsi yo guha umwana kugira ngo arire ku ishuri, muri gahunda ya "School Feeding" kandi hari n’ushobora kuba afite abana barenga 3 biga kuri icyo kigo.
Hari ku isaha ya saa (…)

424 Shares 4 Comments
Ethiopia yasabye OMS gukora iperereza ku muyobozi wayo Dr. Tedros
Ethiopia yasabye OMS gukora iperereza ku muyobozi wayo Dr. Tedros

Guverinoma ya Ethiopia yasabye Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima, OMS, gukora iperereza ku muyobozi waryo, Dr Tedros Adhanom Ghebreyesus, ku makuru yatangaje bita ko ayobya n’imyitwarire idahwitse mu ntambara igishyamiranyije Ethiopia n’Intara yayo Tigray.
Uyu Dr. Tedros Adhanom Ghebreyesus nawe ubwe akomoka mu ntara ya Tigray akaba yarahoze ari Minisitiri w’Ubuzima muri Guverinoma ya Ethiopia mbere yuko ajya kuyobora ishami rya OMS.
Guberinona ya Ethiopia iyobowe na Dr. (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Burera: Icyumba cy'umukobwa cyahinduye ubuzima mu myigire ku bana b'abakobwa
Burera: Icyumba cy’umukobwa cyahinduye ubuzima mu myigire ku bana b’abakobwa

Yanditswe na Alice Umugiraneza
Mu karere ka Burera mu ishuri ryisumbuye, Urwunge rw’amashuri, GS Rugarama, abakobwa biga mu mashiri abanza n’ayisumbuye bavuga ko icyumba cy’umukobwa cyabashyiriweho cyahinduye imyigire yabo ugereranije no mu gihe cyashize aho umukobwa yabaga yagiye mu mihango atunguwe abandi babimubonaho bikaba byaba intandaro yo kuva mu ishuri nkuko byemezwa na basaza babo.
Bamwe mu bakobwa biga muri G.S Rugarama biganjemo abo mu mashuri abanza babwiye Mamaurwagasabo ko (…)

424 Shares 4 Comments
MINALOC yihaye iminsi 10 yo gukangurira abagera kuri miliyoni 1.2 gufata Doze ya Kabiri y'urukingo rwa COVID-19
MINALOC yihaye iminsi 10 yo gukangurira abagera kuri miliyoni 1.2 gufata Doze ya Kabiri y’urukingo rwa COVID-19

MUTUNGIREHE Samuel
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu, ubuyobozi bw’intara z’igihugu n’Umujyi wa Kigali bagiye guhurira mu bukangurambaga bwo gushishikariza abaturage baheruka gufata urukingo rwa mbere kwihutira gufata urwa Kabiri, ni mu gihe habarurwa abagera kuri miliyoni imwe n’ibihumbi hafi Magana 200 bagejeje igihe cyo gufata urukingo rwa Kabiri bityo bakazabona n’uko bafata urushimangira ku gihe.
Ni gahunda ireba abamaze iminsi 28 bahawe doze ya mbere batarabona iya kabiri, barimo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Uganda igiye kumena Doze 400.000 za Moderna zarengeje igihe
Uganda igiye kumena Doze 400.000 za Moderna zarengeje igihe

Minisitiri w’Ubuzima muri Uganda, Dr. Jane Ruth Aceng, yatangaje ko igihugu kiguye kumena doze ibihumbi 400 by’inkingo za COVID-19 zo mu bwoko bwa Moderna zikorwa n’Ubuhinde nyuma yuko zidakoreshejwe zikarenza igihe zagenewe.
Dr. Acenga yavuze ko bari bafite doze ibihumbi 500 za Moderna ariko hakoreshwa gusa ibihumbi 100 izindi zikaba zarataye igihe mu bubiko.
Yasobanuye ko kugira ngo zirinde guts igihe byatewe n’ubukangurambaga bwakozwe bwo gusaba abantu kwikingiza covid-19 ariko benshi (…)

424 Shares 4 Comments
OMS yemeje imiti ibiri yakifashisha mu kuvura abarembejwe na COVID-19
OMS yemeje imiti ibiri yakifashisha mu kuvura abarembejwe na COVID-19

Ishami ry’Umuryangi w’Abibumbye ryita ku Buzima, OMS, ryemeje imiti ibiri, ari yo Baricitinib ifatanywa na Corticosteroids, ko yakifashishwa mu kuvura abarembejwe na COVID-19.
Iyi Baricitinib yari isanzwe ikoreshwa mu kuvura za rubagumpande zikunze gufata abageze mu za bukuru, mu gihe izi Corticosteroids ari imisemburo ikorwa mu nganda ubundi ikorwa n’imvubura ebyiri ziba hejuru y’impyiko, izwiho kugabanya ububyimbe n’uburibwe.
Uwo muti uvanze ugabanya ubukana bwo guhumeka nabi kandi nta (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru