Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ibihugu bitandukanye gufasha kurinda inzira y’ingenzi y’amato ya peteroli izwi nka Strait of Hormuz mu gihe amakimbirane akomeje hagati ya Iran, Israel ndetse na USA. Iyi nzira kandi inyuramo hafi 20% by’amavuta n’ingufu bikoreshwa ku isi, bigatuma iba ingenzi cyane mu bucuruzi mpuzamahanga.
Trump yavuze ko Amerika yamaze kuvugana n’ibihugu birindwi hagamijwe gushyiraho ubufatanye bwo kurinda amato no kongera gufungura iyi (…)
Yanditswe na Mutesi Scovia
Nyiramatama Joseline ni umugore w’abana batatu, avuga ko mbere yo kujya kwibera ku muhanda yahoze atuye mu mudugudu wa Kitarima [nibyo yabashije kwibuka] mu murenge wa Gisenyi mu karere ka Rubavu, avuga ko we n’abana be barara ku muhanda aho bageze kuko yananiwe kwishyura inzu babamo, ikibabaje ni uko iyo atabonye umugiraneza ubakora mu ntoki inzara irushaho kubazonga.
Uyu mubyeyi ubona ko akiri muto, kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 19 Mutarama 2022 aganira (…)
MUTUNGIREHE Samuel
Bamwe mu bacuruzi batunzwe no kurangura imari z’ibintu bitandukanye bitari ibiribwa muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo, DRC, barataka ko hari akarengane bajya bahura nako iyo ibicuruzwa muri icyo gihugu babihejeje mu Rwanda bakabibonera umuguzi batinze, iyo uwo muguzi abifatanwa atashye bikitwa Forode kandi uwabigejeje mu gihugu yabicishije ku mupaka mu buryo bwemewe n’amategeko ndetse yanabisoreye.
Abaganiriye n’Umunyamakuru wa Mamaurwagasabo kuri uyu wa (…)
Yanditswe na Alice Umugiraneza
Abakorera n’abarema isoko rya Gahunga riherereye mu murenga wa Gahunga mu karere ka Burera baravuga ko kwangirika kw’iryo soko bigira ingaruka ku bucuruzi bwabo, bakaba basaba inzego bireba kurisana cyane ko badasiba gutanga imisoro n’amahoro ku barikoreramo.
Hari abacuruzi babwiye Mamaurwagasabo ko kuba iri soko ridakoze bigira ingaruka mu mikorere yabo.
Isoko rya Gahunga ibibazo by’ingutu abacuruzi bavuga rifite birimo imireko y’amazi ishaje isuka amazi (…)
Yanditswe na Alice Umugiraneza
Mu karere ka Ngororero mu murenge wa Muhanda ho mu kagari ka Bugarura hari imiryango y’Abasigajwe inyuma n’amateka yatujwe hamwe mu mudugudu wa Gitomvu, bavuga ko imyaka ibaye itanu nta muriro w’amashanyarazi bafite kandi insinga z’umuriro zibanyura hejuru, ziwujyana mu baturanyi babo, bakibaza icyo bazira ngo nabo bave mu mwijima w’ijoro.
Bamwe muri bo babwiye umunyamakuru wa Mamaurwagasabo ko kuba badahabwa umuriro w’amashyanyarazi kandi ingo baturanye (…)
Musanze: Inzara iravuza ubuhuha ku ishuri ribanza rya Gahondogo, mu bana 1000 harya abagera kuri 300
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abenshi mu banyeshuri bo ku ishuri ribanza rya Gahondogo barataka inzara kubera ko bagenzi babo bajya kurya ifunguro rya saa sita bo ntibagaburirwe kuko ababyeyi babo batishyuye amafaranga 200Rwf yo kurya ya buri munsi, mu gihe abyeyi bamwe bavuga ko batahorana amafaranga ya buri munsi yo guha umwana kugira ngo arire ku ishuri, muri gahunda ya "School Feeding" kandi hari n’ushobora kuba afite abana barenga 3 biga kuri icyo kigo.
Hari ku isaha ya saa (…)
Guverinoma ya Ethiopia yasabye Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima, OMS, gukora iperereza ku muyobozi waryo, Dr Tedros Adhanom Ghebreyesus, ku makuru yatangaje bita ko ayobya n’imyitwarire idahwitse mu ntambara igishyamiranyije Ethiopia n’Intara yayo Tigray.
Uyu Dr. Tedros Adhanom Ghebreyesus nawe ubwe akomoka mu ntara ya Tigray akaba yarahoze ari Minisitiri w’Ubuzima muri Guverinoma ya Ethiopia mbere yuko ajya kuyobora ishami rya OMS.
Guberinona ya Ethiopia iyobowe na Dr. (…)
Yanditswe na Alice Umugiraneza
Mu karere ka Burera mu ishuri ryisumbuye, Urwunge rw’amashuri, GS Rugarama, abakobwa biga mu mashiri abanza n’ayisumbuye bavuga ko icyumba cy’umukobwa cyabashyiriweho cyahinduye imyigire yabo ugereranije no mu gihe cyashize aho umukobwa yabaga yagiye mu mihango atunguwe abandi babimubonaho bikaba byaba intandaro yo kuva mu ishuri nkuko byemezwa na basaza babo.
Bamwe mu bakobwa biga muri G.S Rugarama biganjemo abo mu mashuri abanza babwiye Mamaurwagasabo ko (…)
MUTUNGIREHE Samuel
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu, ubuyobozi bw’intara z’igihugu n’Umujyi wa Kigali bagiye guhurira mu bukangurambaga bwo gushishikariza abaturage baheruka gufata urukingo rwa mbere kwihutira gufata urwa Kabiri, ni mu gihe habarurwa abagera kuri miliyoni imwe n’ibihumbi hafi Magana 200 bagejeje igihe cyo gufata urukingo rwa Kabiri bityo bakazabona n’uko bafata urushimangira ku gihe.
Ni gahunda ireba abamaze iminsi 28 bahawe doze ya mbere batarabona iya kabiri, barimo (…)
Minisitiri w’Ubuzima muri Uganda, Dr. Jane Ruth Aceng, yatangaje ko igihugu kiguye kumena doze ibihumbi 400 by’inkingo za COVID-19 zo mu bwoko bwa Moderna zikorwa n’Ubuhinde nyuma yuko zidakoreshejwe zikarenza igihe zagenewe.
Dr. Acenga yavuze ko bari bafite doze ibihumbi 500 za Moderna ariko hakoreshwa gusa ibihumbi 100 izindi zikaba zarataye igihe mu bubiko.
Yasobanuye ko kugira ngo zirinde guts igihe byatewe n’ubukangurambaga bwakozwe bwo gusaba abantu kwikingiza covid-19 ariko benshi (…)
Ishami ry’Umuryangi w’Abibumbye ryita ku Buzima, OMS, ryemeje imiti ibiri, ari yo Baricitinib ifatanywa na Corticosteroids, ko yakifashishwa mu kuvura abarembejwe na COVID-19.
Iyi Baricitinib yari isanzwe ikoreshwa mu kuvura za rubagumpande zikunze gufata abageze mu za bukuru, mu gihe izi Corticosteroids ari imisemburo ikorwa mu nganda ubundi ikorwa n’imvubura ebyiri ziba hejuru y’impyiko, izwiho kugabanya ububyimbe n’uburibwe.
Uwo muti uvanze ugabanya ubukana bwo guhumeka nabi kandi nta (…)
Mu irushanwa ryo kwibuka padiri Kayumba ikipe ya UTB niyo yegukanye byinshi
11 February 2019, by MUTESI ScoviaNST2: Ubukungu bw’u Rwanda buzazamuka ku 9.3% buri mwaka
9 September 2024
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















