Wednesday . 27 May 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)

Uyu mwaka uzarangira dukingiye 30%by'abatuye igihugu-Dr. Mpunga
Uyu mwaka uzarangira dukingiye 30%by’abatuye igihugu-Dr. Mpunga

Mutungirehe Samuel
U Rwanda rwihaye gahunda yo kwihutisha ibikorwa byo gutanga inkingo za COVID-19 ku baturage benshi bashoboka, ku buryo uyu mwaka wa 2021 uzarangira hakingiwe abagera kuri 30% by’abatuye igihugu na 90% by’abatuye Umujyi wa Kigali.
Byatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta ushinzwe ubuvuzi bw’ibanze, Dr. Mpunga Tharcisse kuri uyu wa Gatandatu asobanura gahunda igihugu gifite mu gukingira icyorezo cya COVID-19.
Yagize ati "Ku nkingo turimo kubona haciye mu buryo (…)

424 Shares 4 Comments
Perezida Kagame yashimiye ikigo BioNTech kigiye gukorera inkingo zirimo n'iza COVID19 mu Rwanda
Perezida Kagame yashimiye ikigo BioNTech kigiye gukorera inkingo zirimo n’iza COVID19 mu Rwanda

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yashimiye Ikigo BioNTech cyemeye gukorera inkingo za mRNA mu Rwanda no muri Senegal.
Yabitangajrije I Berlin mu Budage mu nama yatumijwe na Fondasiyo ya kENUP aho Umuyobozi Mukuru wa BioNTech Uğur Şahin, yaganiriye na Perezida Kagame, Perezida wa Senegal Macky Sall na Perezida wa Komisiyo y’Ubumwe bw’Ibihugu by’u Burayi Ursula von Der Leyen, kugira ngo bumvikane ku nzira iganisha ku gukorera inkingo muri Afurika bihereye mu Bihugu bibiri, u (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
HVP Gatagara/Gikondo yagaragaje imbogamizi z'abana barangije kwiga ikiciro kibanza babura aho bakomereza
HVP Gatagara/Gikondo yagaragaje imbogamizi z’abana barangije kwiga ikiciro kibanza babura aho bakomereza

MUTUNGIREHE Samuel
Umuyobozi Mukuru w’Ikigo gifasha abana bafite ubumuga cya HVP Gatagara, ishami riri mu karere ka Kicukiro mu Murenge wa Gikondo, Nteziryayo Jean Pierre, yatangaje ko bafite imbogamizi ikomeye y’aho bazimurira abana barangije ikiciro cy’uburezi batanga ku bana bafite ubumuga bwo mu mutwe.
Yabitangaje kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 27 Kamena 2021, mu nama yahuje abafatanyabikorwa b’iki kigo barebera hamwe ibimaze gukorwa mu mushinga w’imyaka itatu HVP Gatagara/Gikondo (…)

424 Shares 4 Comments
Umwana w'imyaka 15 ahohoterwa n'umwarimu yitwaje ubukene bw'umubyeyi we
Umwana w’imyaka 15 ahohoterwa n’umwarimu yitwaje ubukene bw’umubyeyi we

Bigenda byumvikana hirya no hino ko hari bamwe mu barimu basambanya abana bigisha bitwaje amanota bazabaha (nk’igikangisho cyangwa ibishukisho).
Umwe mu bana twaganiriye twise “Umwiza”, yiga mu mwaka wa kabiri w’amashuri yisumbuye.
Arerwa na nyina gusa kuko se yabasize cyera akajya mu karere ka Nyagatare agashaka undi mugore.
Umwiza mu ijwi ryuzuye ikiniga yagize ati “Mama nta bushobozi bwo kumfasha afite buhagije kugira ngo mbone ibikoresho by’ishyuri n’amafaranga dusabwa yo kurya (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Perezida Kagame yitabiriye inama mu Budage y'ibihugu 20 bikize na Afurika
Perezida Kagame yitabiriye inama mu Budage y’ibihugu 20 bikize na Afurika

Perezida Kagame witabiriye Inama y’Ishoramari ihuza ibihugu 20 bikize ku Isi n’ibihugu byo ku Mugabane wa Afurika, iri kubera i Berlin mu Budage.
Muri iyo nama Perezida Kagame yahahuriye na mugenzi we wa Sénégal, Macky Sall.
Abakuru b’ibihugu byombi bahuye kuri uyu wa 26 Kanama 2021, aho bitabiriye iyi nama izwi nka G20 Compact with Africa (CwA), yahurije hamwe abayobozi b’ibihugu bya Afurika, ibigize G20, abashoramari, abacuruzi n’abandi bafatanyabikorwa.
Ibiro by’Umukuru w’Igihugu, (…)

424 Shares 4 Comments
Umuhanzi Nsengiyumva uzwi nka GISUPUSUPU yafunguwe
Umuhanzi Nsengiyumva uzwi nka GISUPUSUPU yafunguwe

Nsengiyumva François, wamenyekanye mu muziki nyarwanda nka Gisupusupu, yari amaze iminsi afungiye muri Gereza ya Rwamagana yarekuwe.
Mu kwezi kwa Kamena uyu mwaka Gisupusupu yatawe muri yombi akurikiranyweho gukoresha imyaka imirimo yo mu rugo (kumugira umukozi) umwana utaruzuza imyaka y’ubukure ndetse kuri ibyo hakaniyongeraho kumusambanya akanamwanduza indwara zandurira mu myanya ndangagitsina.
Amizero dukesha iyi nkuru yanditse ko Urukiko rwisumbuye rwa Nyagatare rwavuze ko (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Mu minsi mike guhabwa simukadi nshya birahinduka
Mu minsi mike guhabwa simukadi nshya birahinduka

Urwego ngenzuramikorere RURA rwatangaje ko guhera tariki ya mbere Nzeri uyu mwaka uburyo bwo kugura no kwiyandikishaho simukadi nshya ya sosiyete y’itumanaho mu zikorera mu Rwanda bihinduka.
RURA yavuze ko simukadi nshya zizajya zitazongera gutangwa n’abazwi nk’aba-Agent bacuruza serivisi z’ibigo by’itumanaho ahubwo zizajya zitangirwa ahantu habugenewe.
Byasobanuwe ko bigamije guca uburiganya bwakorwaga na benshi muri bo bitewe n’icyuho kiri mu mitangire ya simukadi.
Ubusanzwe (…)

424 Shares 4 Comments
Abatuye Kigali imyanda yo mu ngo igiye kujya ibabera imari ishyushye
Abatuye Kigali imyanda yo mu ngo igiye kujya ibabera imari ishyushye

Mutungirehe Samuel
Minisitiri w’Ibidukikije Dr. Mujawayezu Jeanne d’Arc yatangaje ko mu minsi iri imbere ibishingwe byo mu ngo byaberaga umwansa abatuye Kigali bigiye guhinduka imari ishyushye yo kwinjiza amafaranga.
Yabitangaje kuri uyu wa kabiri asobanura uko gucunga imyanda yo mu ngo bizarushaho kurwanya ihumana ry’ikirere.
Ni ibizakorwa mu mushinga w’imyaka itatu iri imbere, uzajya ukusanya, ugatunga ndetse ukanabyaza umusaruro imyanda iva mu ngo zo mu Mujyi wa Kigali.
Yagize ati (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Leta y'u Rwanda yemeye kwakira impunzi ziva Afghanistan zijya Amerika
Leta y’u Rwanda yemeye kwakira impunzi ziva Afghanistan zijya Amerika

Leta y’u Rwanda yemeye kwakira impunzi ziva Afghanistan mu gihe gito mbere yuko zikomereza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Byatangajwe n’Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, wabwiye Taarifa ati “U Rwanda rwemeye mu buryo bw’ibanze icyifuzo cya Guverinoma ya Leta Zunze Ubumwe Amerika.”
Gusa ibisobanuro birambuye ngo bizatangwa mu gihe kiri imbere uko impande zombi zizagira ibyo zumvikanaho.
Inyandiko z’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Mpunzi, UNHCR, zigaragaza (…)

424 Shares 4 Comments
Ingo 99% zamaze gushyirwa mu byiciro by'Ubudehe bishya
Ingo 99% zamaze gushyirwa mu byiciro by’Ubudehe bishya

Mutungirehe Samuel
Ikigo k’igihugu gishinzwe kwihutisha iterambere ry’uturere LODA cyatangaje ko cyarangije gushyira ingo mu byiciro by’Ubudehw bishya, ku kigero cya 99%.
Byatangajwe n’Umuyobozi Mukuru w’Iki Kigo, Nyinawagaga Claudine kuri uyu wa Mbere yariki ya 23 Kanama 2021.
Yagize ati "Ibyiciro by’Ubudehe bishya byararangiye, dufite Ingo 99% ziri mu byiciro by’Ubudehe. Ubwo iyo 1% ni nk’ingo nshya ziba zavutse cyangwa uwacikanwe kandi na we haba hari uburyo bwo kwegera akagari (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru