Friday . 20 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Trump arasaba ibihugu kumufasha kurinda inzira ya Strait of Hormuz

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ibihugu bitandukanye gufasha kurinda inzira y’ingenzi y’amato ya peteroli izwi nka Strait of Hormuz mu gihe amakimbirane akomeje hagati ya Iran, Israel ndetse na USA. Iyi nzira kandi inyuramo hafi 20% by’amavuta n’ingufu bikoreshwa ku isi, bigatuma iba ingenzi cyane mu bucuruzi mpuzamahanga.
Trump yavuze ko Amerika yamaze kuvugana n’ibihugu birindwi hagamijwe gushyiraho ubufatanye bwo kurinda amato no kongera gufungura iyi (…)

Perezida Goita bari bamutambyeho igitambo habura gato
Perezida Goita bari bamutambyeho igitambo habura gato

Mutungirehe Samuel
Abantu babiri bari bivuganye Perezida wa Mali, Col. Assimi Goita ubwo yari mu muhango wo gutamba igitambo mu musigiti habura gato ngo bamutambe mu kimbo k’intama.
Byabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri ubwo Col. Assimi Goïta uri ku butegetsi nka Perezida w’inzibacyuho, yari mu masengesho y’idini ya Islam ajyanye n’umunsi wa Aïd al-Adha, (Umunsi w’igitambo) nibwo yatewe na bariya bantu ku Musigiti Mukuru w’i Bamako.
JeuneAfrique ivuga ko nyuma y’isengesho, ubwo (…)

424 Shares 4 Comments
Abanyeshuri 106 mu bihumbi 195 batangiye ibizamini barwaye COVID-19
Abanyeshuri 106 mu bihumbi 195 batangiye ibizamini barwaye COVID-19

Minisiteri y’Uburezi, yatangaje ko mu banyeshuri basaga ibihumbi 195 batangiye ibizamini bya leta bisoza amashuri y’icyiciro rusange n’ayisumbuye harimo abagera ku 106 barwaye icyorezo cya Covid-19 gusa bashyiriweho uburyo bwo gufashwa nabo barakora.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 20 Nyakanga 2021 abanyeshuri barenga ibihumbi 195 mu gihugu hose batangiye ibizamini bya leta. Barimo ibihumbi 122 bo mu cyiciro rusange mu gihe abarangiza umwaka wa gatandatu ari ibihumbi bisaga (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ingabo za Tigray zateye ahari iza Ethiopia bakozanyaho
Ingabo za Tigray zateye ahari iza Ethiopia bakozanyaho

Ingabo z’Ishyaka rya TPLF riyoboye Intara ya Tigray zateye Akarere ka Afar zihangana n’izaho zashyigikiye izo bamaze amezi agera ku munani bahanganye za Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia, Abiy Ahmed.
Ikinyamakuru Reuters cyanditse ko iyo mirwano yatangiye ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize, ikaba yagejeje kuri uyu wa Mbere ikiba.
Umuvugizi wa Afar yavuze ko ingabo za Ethiopia zigiye kuza kubashyigikira bagasubiza inyuma iza TPLF.
Ati “Ubu [ingabo za Ethiopia] ziri mu nzira ziza kandi (…)

424 Shares 4 Comments
[AMAFOTO] Kigali gutanga ibiryo bigoboka abaturage n'abarwaye COVID-19 ntibirengagijwe
[AMAFOTO] Kigali gutanga ibiryo bigoboka abaturage n’abarwaye COVID-19 ntibirengagijwe

Ku munsi wa kabiri wo guha ibiribwa abaturage basanzwe batunzwe n’akazi ka buri munsi I Kigali byakozwe mu mirenge itandukanye y’uturere tugize Umujyi wa Kigali, abayobozi mu nzego z’ibanzw bareba uburyo binozwa, ibiribwa bigezwa ku baturage mu ngo hirindwa kubisanga ku kagari mu rwego rwo kurushaho kwirinda gukwirakwiza virusi ya corona.
Mu karere ka Nyarugenge kuri uyu wa mbere ukaba n’umunsi wa kabiri babitanga bakurikijeho abo mu mirenge itari yahawe ibyo kurya ku cyumweru.
Akarere (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
CP Kabera yasabye abategereje Umwami Yesu kwirinda COVID-19 atazasanga yarabahitanye
CP Kabera yasabye abategereje Umwami Yesu kwirinda COVID-19 atazasanga yarabahitanye

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda CP John Bosco Kabera yasabye abanyamatorero bizera ko bategereje Umwami Yesu Kirisito kuba bihanganye bakamutegereza birinda kwandura cyangwa kwanduza abandi icyorezo cya COVID-19 uwo bategereje akazasanga ari bazima kitarabahitanye.
Yabitangaje kuri uyu wa Gatandatu ubwo yatangazaga uko abaturage by’umwihariko abatuye mu Mujyi wa Kigali n’utundi turere 8 twashyizwe muri Guma mu rugo guhera tariki ya 17 kugeza 26 Nyakanga 2021 mu rwego two kugabanya (…)

424 Shares 4 Comments
Hagiye kuganirwa uko igiciro cyo kwipimisha cyagabanuka
Hagiye kuganirwa uko igiciro cyo kwipimisha cyagabanuka

Mutungirehe Samuel
Mu gihe hamaze iminsi humvikana amajwi y’abaturage batamambira Leta ko igiciro cyo kwipimisha coronavirus ari kinini kandi iki cyorezo cyarahungabanyije ubukungu bwabo.
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ubu inzego zishinzwe ubuzima zifatanyije n’abafatanyabikorwa, barimo kuganira ku giciro iyi serivisi izajya ikorerwaho kuko igiciro gishya kizemezwa kigomba gutangira gukurikizwa mu byumweru bibiri biri imbere.
Minisiteri y’Ubuzima, yavuze ko nyuma yo kuganirwaho (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Kigali: Hagiye gupimwa 15% by'abatuye buri mudugudu
Kigali: Hagiye gupimwa 15% by’abatuye buri mudugudu

Mutungirehe Samuel
Ministering y’Ubuzima n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima bafatanyije m’umujyi wa Kigali bagiye gupima COVID-19 abaturage bo mu midugudu hagapimwa 15% bya buri mudugudu.
Ni gahunda MINISANTE ivuga ko izatangirana n’iyi Guma Mu Rugo igiye gutangira tariki ya 17 Nyakanga 2021.
Ku rwego rw’Umurenge, igikorwa kizakurikiranwa n’Ubuyobozi bw’Umurenge bufatanyije n’ubuyobozi bw’ikigo nderabuzima.
Ku rwego rw’Akagari n’Umudugudu gikorwa kizakurkiranwa n’Abayobozi b’Akagari.
Ku (…)

424 Shares 4 Comments
Umubyeyi yemeye kujugunya hasi umwana we aho guhira mu nzu
Umubyeyi yemeye kujugunya hasi umwana we aho guhira mu nzu

Mutungirehe Samuel
Umugore wo muri Afurika y’Epfo Naledi Manyoni yafunze umwuka yemera kujugunya umwana we hasi muri ubwo yari hejuru mu nyubako ndende yarimo gushya itwitswe n’abigaragambya kubera Jacob Zuma.
Ni ikemezo uyu mubyeyi yafashe nk’uko yabitangaje mu buhamya yatanze, amujugunyira abantu atazi, wenda bashoboraga no kuba ari bo batwitse uwo muturirwa, ariko byose abikora agira ngo adashyana n’umwana we akamubona amupfiraho nyarama wenda ageze hasi atapfa akazarokoka.
Ni mu (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
MINALOC yijeje kugaburira abatuye Kigali batunzwe n'amahaho y'umunsi
MINALOC yijeje kugaburira abatuye Kigali batunzwe n’amahaho y’umunsi

Mutungirehe Samuel
Minisiteri w’Ubugetsi bw’Igihugu Gatabazi Jean Marie Vianney yatangaje ko nta mpungenge abatuye muri Kigali bakwiye kugira ku buryo bazahabo mu bijyanye n’ibiribwa, by’umwihaiko abasanzwe batunzwe n’akazi ka buri munsi bakuraho icyo bararira kimwe n’abo mu yindi migi y’uturere twashyizwe muri Guma mu rugo.
Ikemezo cyo gushyiraho Guma mu Rugo izamara iminsi 10 cyaturutse ku bwiyongere bw’abandura n’abahitanwa n’icyorezo cya Cornavirusi buri kugaragara muri aya mezi (…)

424 Shares 4 Comments
Hashyizweho Minisiteri nshya igiye kwimakaza Ubumwe bw'Abanyarwanda,
Hashyizweho Minisiteri nshya igiye kwimakaza Ubumwe bw’Abanyarwanda,

Mutungireh Samuel
Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatatu, tariki 14 Nyakanga 2021, iyobowe na Perezida Paul Kagame, yashyizeho Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu.
Ni minisiteri nshya ije nyamara raporo z’Ubushakashasi ku Bumwe n’Ubwiyunge mu Banyarwanda zihora zigaragaza ko buri ku gipimo kiza, aho iheruka ya 2020 yagaragaje ko bugeze kuri 94.7%.
Ni minisiteri izaba ifite inshingano zo kwimakaza ubumwe bw’Abanyarwanda, kubungabunga umurage (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru