Wednesday . 27 May 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)

Minisitiri Gatabazi yakomoje ku bafite imyitwarire ishobora gutera indi Guma mu Rugo
Minisitiri Gatabazi yakomoje ku bafite imyitwarire ishobora gutera indi Guma mu Rugo

Mutungirehe Samuel
Minisitiri Gatabazi yaciye amarenga ko igihe bigaragaye ko abantu batubahirije Guma mu Rugo uko yari yitezwe kugabanya ubwandu mu bantu, abarwaye bakavurirwa aho bari kugeza bakize muri iyo minsi, bidakuyeho ko yakongerwa.
Yabitangaje kuri uyu wa Kane mu kiganiro yatumiwemo kuri Radio 10 asobanura uko abaturage bari kwitwara cyane cyane abari mu Mujyi wa Kigali no mu turere twashyizwemuri Gahunda ya Guma mu Rugo.
Ati “Umuntu ku giti cye yakoze iki muri iyi minsi 10, (…)

424 Shares 4 Comments
Ingabo z'u Rwanda zatangiye gucana umuriro ku nyeshyamba za Mozambique, 30 bamaze kuhagwa
Ingabo z’u Rwanda zatangiye gucana umuriro ku nyeshyamba za Mozambique, 30 bamaze kuhagwa

Ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambique zatangiye urugamba rwo kwigizayo inyeshyamba ziteza umutekano muke mu Ntara ya of Cabo Delgado, mu gihe n’Ingabo z’Umuryango w’​Ubukungu bw’Ibihugu byo muri Afurika y’Amajyepfo (SADC) zikomeje kugera muri icyo Gihugu.
Biravugwa ko mu mirwano yabaye ku wa Kabiri, Ingabo z’u Rwanda zahase umuriro inyeshyamba zigakwira imishwaro zihungira ku mupaka ugabanya Mozambique na Tanzania, zimaze kuraswamo abagera kuri 30 n’abandi barakomereka.
Ingabo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Perezida Goita bari bamutambyeho igitambo habura gato
Perezida Goita bari bamutambyeho igitambo habura gato

Mutungirehe Samuel
Abantu babiri bari bivuganye Perezida wa Mali, Col. Assimi Goita ubwo yari mu muhango wo gutamba igitambo mu musigiti habura gato ngo bamutambe mu kimbo k’intama.
Byabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri ubwo Col. Assimi Goïta uri ku butegetsi nka Perezida w’inzibacyuho, yari mu masengesho y’idini ya Islam ajyanye n’umunsi wa Aïd al-Adha, (Umunsi w’igitambo) nibwo yatewe na bariya bantu ku Musigiti Mukuru w’i Bamako.
JeuneAfrique ivuga ko nyuma y’isengesho, ubwo (…)

424 Shares 4 Comments
Abanyeshuri 106 mu bihumbi 195 batangiye ibizamini barwaye COVID-19
Abanyeshuri 106 mu bihumbi 195 batangiye ibizamini barwaye COVID-19

Minisiteri y’Uburezi, yatangaje ko mu banyeshuri basaga ibihumbi 195 batangiye ibizamini bya leta bisoza amashuri y’icyiciro rusange n’ayisumbuye harimo abagera ku 106 barwaye icyorezo cya Covid-19 gusa bashyiriweho uburyo bwo gufashwa nabo barakora.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 20 Nyakanga 2021 abanyeshuri barenga ibihumbi 195 mu gihugu hose batangiye ibizamini bya leta. Barimo ibihumbi 122 bo mu cyiciro rusange mu gihe abarangiza umwaka wa gatandatu ari ibihumbi bisaga (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ingabo za Tigray zateye ahari iza Ethiopia bakozanyaho
Ingabo za Tigray zateye ahari iza Ethiopia bakozanyaho

Ingabo z’Ishyaka rya TPLF riyoboye Intara ya Tigray zateye Akarere ka Afar zihangana n’izaho zashyigikiye izo bamaze amezi agera ku munani bahanganye za Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia, Abiy Ahmed.
Ikinyamakuru Reuters cyanditse ko iyo mirwano yatangiye ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize, ikaba yagejeje kuri uyu wa Mbere ikiba.
Umuvugizi wa Afar yavuze ko ingabo za Ethiopia zigiye kuza kubashyigikira bagasubiza inyuma iza TPLF.
Ati “Ubu [ingabo za Ethiopia] ziri mu nzira ziza kandi (…)

424 Shares 4 Comments
[AMAFOTO] Kigali gutanga ibiryo bigoboka abaturage n'abarwaye COVID-19 ntibirengagijwe
[AMAFOTO] Kigali gutanga ibiryo bigoboka abaturage n’abarwaye COVID-19 ntibirengagijwe

Ku munsi wa kabiri wo guha ibiribwa abaturage basanzwe batunzwe n’akazi ka buri munsi I Kigali byakozwe mu mirenge itandukanye y’uturere tugize Umujyi wa Kigali, abayobozi mu nzego z’ibanzw bareba uburyo binozwa, ibiribwa bigezwa ku baturage mu ngo hirindwa kubisanga ku kagari mu rwego rwo kurushaho kwirinda gukwirakwiza virusi ya corona.
Mu karere ka Nyarugenge kuri uyu wa mbere ukaba n’umunsi wa kabiri babitanga bakurikijeho abo mu mirenge itari yahawe ibyo kurya ku cyumweru.
Akarere (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
CP Kabera yasabye abategereje Umwami Yesu kwirinda COVID-19 atazasanga yarabahitanye
CP Kabera yasabye abategereje Umwami Yesu kwirinda COVID-19 atazasanga yarabahitanye

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda CP John Bosco Kabera yasabye abanyamatorero bizera ko bategereje Umwami Yesu Kirisito kuba bihanganye bakamutegereza birinda kwandura cyangwa kwanduza abandi icyorezo cya COVID-19 uwo bategereje akazasanga ari bazima kitarabahitanye.
Yabitangaje kuri uyu wa Gatandatu ubwo yatangazaga uko abaturage by’umwihariko abatuye mu Mujyi wa Kigali n’utundi turere 8 twashyizwe muri Guma mu rugo guhera tariki ya 17 kugeza 26 Nyakanga 2021 mu rwego two kugabanya (…)

424 Shares 4 Comments
Hagiye kuganirwa uko igiciro cyo kwipimisha cyagabanuka
Hagiye kuganirwa uko igiciro cyo kwipimisha cyagabanuka

Mutungirehe Samuel
Mu gihe hamaze iminsi humvikana amajwi y’abaturage batamambira Leta ko igiciro cyo kwipimisha coronavirus ari kinini kandi iki cyorezo cyarahungabanyije ubukungu bwabo.
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ubu inzego zishinzwe ubuzima zifatanyije n’abafatanyabikorwa, barimo kuganira ku giciro iyi serivisi izajya ikorerwaho kuko igiciro gishya kizemezwa kigomba gutangira gukurikizwa mu byumweru bibiri biri imbere.
Minisiteri y’Ubuzima, yavuze ko nyuma yo kuganirwaho (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Kigali: Hagiye gupimwa 15% by'abatuye buri mudugudu
Kigali: Hagiye gupimwa 15% by’abatuye buri mudugudu

Mutungirehe Samuel
Ministering y’Ubuzima n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima bafatanyije m’umujyi wa Kigali bagiye gupima COVID-19 abaturage bo mu midugudu hagapimwa 15% bya buri mudugudu.
Ni gahunda MINISANTE ivuga ko izatangirana n’iyi Guma Mu Rugo igiye gutangira tariki ya 17 Nyakanga 2021.
Ku rwego rw’Umurenge, igikorwa kizakurikiranwa n’Ubuyobozi bw’Umurenge bufatanyije n’ubuyobozi bw’ikigo nderabuzima.
Ku rwego rw’Akagari n’Umudugudu gikorwa kizakurkiranwa n’Abayobozi b’Akagari.
Ku (…)

424 Shares 4 Comments
Umubyeyi yemeye kujugunya hasi umwana we aho guhira mu nzu
Umubyeyi yemeye kujugunya hasi umwana we aho guhira mu nzu

Mutungirehe Samuel
Umugore wo muri Afurika y’Epfo Naledi Manyoni yafunze umwuka yemera kujugunya umwana we hasi muri ubwo yari hejuru mu nyubako ndende yarimo gushya itwitswe n’abigaragambya kubera Jacob Zuma.
Ni ikemezo uyu mubyeyi yafashe nk’uko yabitangaje mu buhamya yatanze, amujugunyira abantu atazi, wenda bashoboraga no kuba ari bo batwitse uwo muturirwa, ariko byose abikora agira ngo adashyana n’umwana we akamubona amupfiraho nyarama wenda ageze hasi atapfa akazarokoka.
Ni mu (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru