Friday . 20 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Trump arasaba ibihugu kumufasha kurinda inzira ya Strait of Hormuz

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ibihugu bitandukanye gufasha kurinda inzira y’ingenzi y’amato ya peteroli izwi nka Strait of Hormuz mu gihe amakimbirane akomeje hagati ya Iran, Israel ndetse na USA. Iyi nzira kandi inyuramo hafi 20% by’amavuta n’ingufu bikoreshwa ku isi, bigatuma iba ingenzi cyane mu bucuruzi mpuzamahanga.
Trump yavuze ko Amerika yamaze kuvugana n’ibihugu birindwi hagamijwe gushyiraho ubufatanye bwo kurinda amato no kongera gufungura iyi (…)

Perezida wa Haiti Jovenel yiciwe mu rugo
Perezida wa Haiti Jovenel yiciwe mu rugo

Mutungirehe Samuel
Perezida Jovenel Moise wayoboraga Haiti kuva mu 2016 yiciwe iwe mu rugo arashwe.
Urupfu rw’uyu mukuru w’igihugu wari ukiri muto ku myaka 58 rwemejwe na Minisitiri w’Intebe w’agateganyo mu itangazo yashyize hanze muri iki gihugu.
Iryo tangazo rikomeza rivuga ko umugore we yakomerekejwe n’isasu ariko ubu ari kwitabwaho mu buryo bwose bushoboka.
Indi nkuru y’Umukuru w’Igihugu yaherukaga kumvikana ni iy’uwahoze ari Perezida wa Idriss Déby Itno Itno, tariki ay 20 Mata (…)

424 Shares 4 Comments
Mu Bwongereza bagiye gusezerera kwambara agapfukamunwa no guhana intera kubera COVID-19
Mu Bwongereza bagiye gusezerera kwambara agapfukamunwa no guhana intera kubera COVID-19

Mutungirehe Samuel
Guverinoma y’Ubwongereza yatangaje ko guhera tariki ya 19 Nyakanga 2021 ntawuzaba ategetswe kwambara agapfukamunwa cyangwa guhana intera na mugenzi we byari bitegetswe mu rwego rwo kwirinda gukwirakwiza virusi ya corona isa n’iyigaruriye isi.
Ni gahunda Minisitiri w’Intebe Bolis Johnson yaraye atangaje ko igamije koroshya ingamba zo kwirinda COVID-19.
Boris yavuze ko nubwo bizagenda gutyo bitavuze ko COVI-19 mu Bwongereza yahashize ku bw’ibyo buri wese afite (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Abivuriza kuri mituweli 44% ni bo bamaze kwishyura umwaka wa 2021/2022
Abivuriza kuri mituweli 44% ni bo bamaze kwishyura umwaka wa 2021/2022

Mutungirehe Samuel
Ikigo k’igihigu Cy’Ubwiteganyirize RSSB, cyatangaje ko 44% by’abanyamuryango ba mituweli ari bo bamaze gutanga umusanzu w’umwaka wa 2021/2022.
Umubare munini w’Abanyarwanda ni uw’abivuza bakoresheje ubwisungane mu kwivuza bwa mituweli bakaba buri mwaka basabwa kwishyura umusanzu ihuye n’umubare w’abagize umuryango.
Gusa kuva umwaka ushize RSSB yemereye abanyamuryango ba mituweli ko usibye kuba wemererwa kwivuza ari uko hishyuwe imisanzu yose y’abagize umuryango (…)

424 Shares 4 Comments
Ubushakashatsi: Kuvanga inkingo za covid-19 byatanga ubwirinzi bw'umubiri kurushaho
Ubushakashatsi: Kuvanga inkingo za covid-19 byatanga ubwirinzi bw’umubiri kurushaho

Mu gihe ibihugu bitari bike hu isi bigihangayikishijwe no kubona inkingo za coronavirus nibura zakingira 60% by’abafurage babyo, Ubushakashatsi bwagaragaje ko kuvanga inkingo zitandukanye muri buri doze imwe igiye guterwa umuntu byarushaho gutanga ubwirinzi bw’umubiri kuri virusi kurusha uko waterwa doze y’urukingo rumwe.
Ni Ubushakashatsi bwiswe Com-Cov, bw’Abongereza bwagaragaje iyo nkuru nshya, mu gihe urukingo rwabo rwa AstraZeneca rutari kuvugwaho rumwe mu gukingira Covid-19. (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Kurwanya no gutsinda Covid-19 ni imwe mu nzira yo gukomeza ibikorwa byo Kwibohora-Kagame
Kurwanya no gutsinda Covid-19 ni imwe mu nzira yo gukomeza ibikorwa byo Kwibohora-Kagame

Mutungirehe Samuel
Perezida Kagame Paul yatangaje ko ibikorwa byo kwibohora muri iyi minsi bigomba kujyana no kurwanya no gutsinda icyorezo cya COVID-19 cyugarije isi n’u Rwanda rurimo.
Yabitangarije Abanyarwanda kuri uyu munsi tariki ya 4 Nyakanga 2021, u Rwanda rwizihiza isabukuru y’imyaka 27 rwibohoye ingoma y’igitugu n’ivangura rishingiye ku moko ryagejeje u Rwanda kuri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, umunsi uhuzwa n’isabukuru y’Ubwigenge u Rwanda rwabonye mu 1962.
Perezida (…)

424 Shares 4 Comments
Mu kiyaga cya Muhazi amafi arenga toni 100 yapfuye
Mu kiyaga cya Muhazi amafi arenga toni 100 yapfuye

Mu Karere ka Rwamagana mu mirenge ya Musha na Munyiginya ifite n’igice cy’amazi y’ikiyaga cya Muhazi haravugwa impfu z’amafi yororerwa muri kareremba asaga toni 100 bitewe n’ihindagurika ry’amazi.
Ubusanzwe mu kiyaga cya Muhazi hari abororeramo amafi mu buryo bwa kijyambere ku buryo bayakurikirana umunsi ku wundi, bamwe mu baturage bafite ibyanya mu kiyaga cya Muhazi ni bo bagezweho n’iki kibazo, abo ni Munyangeyo Themistocles na Roger Shaw.
Aba bombi mu byanya byabo habarurwa amafi (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Nyuma yo kutageza amazi ku baturage nta bisobanuro birangiye Umuyobozi Mukuru wa WASAC yirukanywe
Nyuma yo kutageza amazi ku baturage nta bisobanuro birangiye Umuyobozi Mukuru wa WASAC yirukanywe

Mutungirehe Samuel
Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yatangaje ko, mu izina rya Perezida wa Repubulika Paul Kagame, Dusenge Alfred Byigero wari Umuyobozi Mukuru w’Ikigo gishinzwe Amazi, Isuku n’Isukura (WASAC) yirukanywe kuri iyo mirimo.
Itangazo rimwirukana ryasohotse mu biri bya Minisitiri w’Intebe kuri uyu wa Kane, tariki ya Mbere Nyakanga 2021 ku mugoroba.
Minisitiri w’Intebe yateganyije ko uwari yungirije uyu muyobozi, Gisèle Umuhumuza yagizwe Umuyobozi w’agateganyo w’iki (…)

424 Shares 4 Comments
Icyabohoye u Rwanda ni igitekerezo-Min Gatabazi
Icyabohoye u Rwanda ni igitekerezo-Min Gatabazi

Mutungirehe Samuel
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu yasobanuye ko asanga icyabohoye u Rwanda ari igitekerezo, kibumbatiye mu ngengabitekerezo yo guhuza Abanyarwanda.
Buri tariki nk’iyi, 01 Nyakanga buri mwaka, u Rwanda rwizihiza umunsi w’Ubwigenge nubwo ibirori byo kuwizihiza bihurizwa hamwe n’umunsi ngarukamwaka wo Kwibohora, aho Ingabo zahoze ari iza RPA zabohoye igihugu ku ngoma y’igitugu n’amacakubiri yagejeje u Rwanda muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Mu myumvire ya (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Minisitiri w'Intebe w'u Rwanda yitabiriye ibirori by'Isabukuru y'Ubwigenge bw'u Burundi
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda yitabiriye ibirori by’Isabukuru y’Ubwigenge bw’u Burundi

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr Ngirente Edouard, yageze mu Burundi aho yahagarariye u Rwanda mu birori byo kwizihiza Isabukuru y’imyaka 59 ishize u Burundi bubonye Ubwigenge.
Kuri uyu wa 1 Nyakanga 2021, Abarundi n’inshuto zabo bizihije Ibirori ngarukamwaka byo kwizihiza Umunsi Mukuru w’Ubwigenge mu Burundi, bibera ku Gicumbi cy’Intwari Igikomangoma Louis Rwagasore ufatwa nk’intwari yaharaniye Ubwigenge bw’Abarundi.
Ni umuhango wabaye uhurije hamwe Abategetsi bakuru mu Burundi (…)

424 Shares 4 Comments
Umukambwe ukuze kuruta abandi ku isi yavuze ibanga ryatumye aramba kuri uyumubumbe
Umukambwe ukuze kuruta abandi ku isi yavuze ibanga ryatumye aramba kuri uyumubumbe

MUTUNGIREHE SAMUEL
Umukambwe w’imyaka 112 n’iminsi 326, Emilio Flores Marquez, kugeza ubu ni we uri gufatwa nk’ukuze kuruta abandi ku isi, yatangaje ibanga ryamufashije kurwamba nawe yasigiwe n’ababyeyi be.
Uyu mukambwe yavutse mu 1908 ahitwa Puerto Rico, Umujyi Mukuru wa San Juan ho muri Leta ya Calorina muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.
Marquez uherutse kwandikwa mu gitabo cy’abaciye uduhigo ku isi, Guiness de Record ku wa Gatatu ushize, tariki ya 29 Kamena 2021, yagize ati "Data (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru