Friday . 20 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Trump arasaba ibihugu kumufasha kurinda inzira ya Strait of Hormuz

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ibihugu bitandukanye gufasha kurinda inzira y’ingenzi y’amato ya peteroli izwi nka Strait of Hormuz mu gihe amakimbirane akomeje hagati ya Iran, Israel ndetse na USA. Iyi nzira kandi inyuramo hafi 20% by’amavuta n’ingufu bikoreshwa ku isi, bigatuma iba ingenzi cyane mu bucuruzi mpuzamahanga.
Trump yavuze ko Amerika yamaze kuvugana n’ibihugu birindwi hagamijwe gushyiraho ubufatanye bwo kurinda amato no kongera gufungura iyi (…)

Hasobanuwe icyatumye hafatwa izindi ngamba NSHYA IGITARAGANYA mu kwirinda COVID-19
Hasobanuwe icyatumye hafatwa izindi ngamba NSHYA IGITARAGANYA mu kwirinda COVID-19

MUTUNGIREHE SAMUEL
Nyuma yo gusohora ingamba nshya zigiye kugenderwaho muri ibi byumweru bibiri mu turere tumwe na tumwe n’Umujyi wa Kigali hakaba n’izindi zireba uturere dusigaye, Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente Edouard yatangaje ko abantu bakwiye kumva uburemere bw’icyorezo cya Coronavirusi, inzego zose zikabigiramo uruhare.
Byatangajwe mu kiganiro cya Minisitiri w’Intebe cyamuhuje n’itangazamakuru n’abandi bayobozi muri Guverinoma na Polisi y’u Rwanda, cyabaye kuri uyu wa Kabiri (…)

424 Shares 4 Comments
Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente asohoye andi mabwiriza MASHYA, afunga amashuri abakozi bategekwa gukorera mu ngo
Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente asohoye andi mabwiriza MASHYA, afunga amashuri abakozi bategekwa gukorera mu ngo

MUTUNGIREHE SAMUEL
Aya mabwiriza asohowe nyuma yuko hari hataruzura ibyumweru bibiri Inama y’Abaminisitiri iyobowe na Perezida Kagame yafashe ingamba zishyiraho Guma mu Karere ari nayo Abanyarwanda barimo kubahiriza.
Aya mabwiriza MASHYA yashyizweho kuri uyu wa Kabiri, azatangira gushyira mu bikorwa guhera tariki ya Mbere Nyakanga 2021 amare ibyumweru bibiri.
Ingamba nshya za mbere ni izireba Umujyi waKigali n’uturere Umunani ari two Burera, Gicumbi, Kamonyi, Musanze, Nyagatare, (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Perezida Kagame yakiriye ba ambasaderi bane bamushyikirije impapuro zo guhagararira ibihugu byabo mu Rwanda
Perezida Kagame yakiriye ba ambasaderi bane bamushyikirije impapuro zo guhagararira ibihugu byabo mu Rwanda

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yakiriye impapuro zemerera ba ambasaderi bane bashya, bagiye guhagararira ibihugu byabo mu Rwanda, n’indi ufite ikiciro I Kigali; batangaje ko biyemeje ubufatanye mu kunoza umubano w’impande zombi no guteza imbere imishinga y’iterambere.
Aba bambasaderi uko ari bane bakiriwe n’Umukuru w’Igihugu muri Village Urugwiro kuri uyu wa Mbere, tariki ya 28 Kamena 2021.
Muri bo umwe, Amir Mohammad Khan wa Pakistan ni we uzaba afite icyicaro mu Mujyi (…)

424 Shares 4 Comments
Hari abantu bafashwe bagiye gusura abarwariye COVID-19 mu ngo
Hari abantu bafashwe bagiye gusura abarwariye COVID-19 mu ngo

Mutungirehe Samuel
Mu gihe Abanyarwanda bose bari muri gahunda ya Guma mu Karere mu rwego rwo kugabanya umuvuduko w’ubwiyongere bw’icyorezo cya Coronavirusi buri kugaragara muri iyi minsi, Polisi y’u Rwanda yatangaje ko biri kugaragara ko abantu bamwe bari kwica nkana amabwiriza yatanzwe ku buryo mu minsi ine ishie abagera ku bihumbi 35 bafashwe barenze kuri ayo mabwiriza, barimo n’abafashwe bagiye gusura abarwariye COVID-19 mu ngo.
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, CP John Bosco Kabera (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Perezida Kagame ari i Goma muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo
Perezida Kagame ari i Goma muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo

Perezida Kagame nawe yatangiye uruzinduko rw’umunsi umwe muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo.
Ku mupaka yakiriwe na mugenzi we Félix Tshisekedi nk’uko nawe yari yamwakiriye ku mupaka wa La Corniche i Rubavu aho basuye ingaruka zatewe n’imitingito yakurikiye iruka ry’Ikirunga cya Nyiragongo.

424 Shares 4 Comments
Ingingo ndangizampaka zatuma Rurangirwa Louis umutorera kuyobora FERWAFA
Ingingo ndangizampaka zatuma Rurangirwa Louis umutorera kuyobora FERWAFA

Rurangirwa Louis, Umugabo ufitiwe ikizere n’ubunararibonye mu mupira w’amaguru mu Rwanda akaba ari n’Umukandida ku mwanya wo kuyobora Ferwafa (Perezida wa FERWAFA) mu matora azaba ejo ku wa 27/06/2021.
Ingingo ndangizampaka ngiye kukwereka ziragufasha gushyigikira iterambere rya ruhago mu Rwanda niba wifuza uzayobora FERWAFA akayigeza aheza mu bufatanye bw’abanyamuryango, ukurikije imigabo n’imigambi y’umukandida Rurangirwa Louis na gahuna yihaye mu myaka ine iri imbere, 2021-2025 (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Perezida Kagame yakiriye mugenzi we Tshisekedi i Rubavu [Amafoto]
Perezida Kagame yakiriye mugenzi we Tshisekedi i Rubavu [Amafoto]

MUTUNGIREHE SAMUEL
Perezida Kagame yakiriye mugenzi we wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo DRC, Félix Tshisekedi, mu karere ka Rubavu mu kuganira no kureba ibyangijwe n’ingaruka z’umutingito wakurikiye iruka ry’ikirunga cya Nyiragongo kigateza imitingito.
Ni uruzinduko rw’umunsi umwe Perezida Tshisekedi yagiriye mu Rwanda, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 25 Kamena 2021.
Abakuru b’ibihugu byombi bahuriye ku mupaka munini wa La Corniche, bakaba bari kuzenguruka Umujyi wa Rubavu. (…)

424 Shares 4 Comments
Perezida Samia Suluhu yemereye abakobwa babyaye bakiri kwiga gukomeza amasomo
Perezida Samia Suluhu yemereye abakobwa babyaye bakiri kwiga gukomeza amasomo

Leta ya Tanzania yatangaje ko noneho abakobwa babyaye bari mu kigero cy’imyaka yo kuba bari mu ishuri bashobora kongera gusubira mu ishuri guhera mu mwaka utaha wa 2022.
Mu 2017, uwari Perezida wa Tanzania John Magufuli yaramaganwe kubera amagambo yavuze ko abakobwa batewe inda n’ababyaye mu gihe ari abanyeshuri badakwiye kwemererwa gusubira ku ishuri.
BBC yatangaje ko icyo gihe yari arimo akomoza ku ngamba ubundi yashyizweho mu mwaka wa 2002.
Mu 2018, banki y’isi yahagaritse inguzanyo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
RBC yahamagaje abafite imyaka kuva kuri 60 batarahabwa urukingo n'abahawe rumwe
RBC yahamagaje abafite imyaka kuva kuri 60 batarahabwa urukingo n’abahawe rumwe

Ikigo k’igihigu cy’Ubuzima RBC cyahamagaje abantu bose bafite imyaka kuva kuri 60 batarahabwa na rimwe urukingo n’abahawe doze ya mbere ya AstraZeneca ngo baruhabwe.
Ni itangaza yasohoye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 23 Kamena 2021 rihamagarira abari muri icyo kicuro ngo bahabwe urukingo nk’abantu bari mu bugarijwe n’icyorezo cya COVID-19.
RBC yavuze ko bagomba kujya ku bitaro by’uturere two mu Mujyi wa Kigali ngo bahabwe urukingo.

424 Shares 4 Comments
Perezida Kagame yazamuye Colonel Muhizi amugira Brigadier General
Perezida Kagame yazamuye Colonel Muhizi amugira Brigadier General

Nkuko abyemererwa n’Itegeko Nshinga, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, Paul Kagame, yazamuye mu Ntera Colonel Muhizi Pascal amuha ipeti rya Brigadier General mu Ngabo z’u Rwanda.
Brigadier General Muhizi Pascal yari asanzwe ari Umuyobozi w’Ingabo mu turere twa Rubavu, Nyabihu na Rutsiro. Mu bihe bitandukanye yakunze kugaragara mu biganiro bigamije kubungabunga amahoro n’umutekano muri utwo turere, aho yaganirizaga abaturage kenshi.
Ipeti (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru