Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)
Mu gihe habura iminsi mike ngo abatuye mu Mujyi wa Kigali bave muri Guma mu Rugo, hagiye gutangira gupimwa ibyiciro bitandukanye by’abatanga serivisi birimo abacuruzi, abamotari n’abatwara imodoka rusange na bamwe mu bari bamaze iminsi bakora imirimo itarahagaritswe mu gihe abandi bari mu rugo.
Ni gahunda yateguwe n’Umujyi wa Kigali ufatanyije n’Ikigo k’Igihugu cy’Ubuzima, RBC, mu rwego rwo gusuzuma uko ubwandu bwa Covid-19 buhagaze mu Mujyi wa Kigali.
Gahunda yo gupima ibyiciro (…)
Ntigurirwa Daniel uri gukekwaho kwivugna umugore we akoresheje isuka mu ijoro ryo ku wa gatatu rishyira kuri uyu wa kane yafashwe n’abaturahe nyuma yuko bamenye amahano yakoze agashaka no gukurikizaho kwica umwana we w’umukobwa.
Uyu Ntigurirwa wo mu murenge wa Kayenzi mu kagali ka Kayenzi twabagejejeho inkuru y’uko akekwaho kwivugana umugore we agatoroka, akaburirwa irengero ariko inzego z’ibanze na polisi bagakomeza kumushakisha bafatanyije n’abaturage.
Yafashwe n’abaturage bo mu (…)
Mu karere ka Kamonyi mu murenge wa Kayenzi mu kagari ka Kayonza haravugwa urupfu rw’umugore witwa Uwimana Florence (38), bivugwa ko yishwe atemeshejwe isuka mu mutwe n’umugabo we Ntigurirwa Daniel (42).
Urupfu rw’uyu mubyeyi rwamenyekanye mu ijoro ryo kuri uyu wa 3 rishyira ku wa 4 i saa munani z’ijoro nyuma y’uko umukobwa wabo w’imyaka 17 yari yumvise nyina ajya gukingurira se atashye muri iryo joro, akumva ikintu kituye hasi yajya kureba agasanga ni se wishe nyina nawe amwirukankana (…)
Madamu Jeannette Kagame yakanguriye buri muntu kwipimisha indwara za kanseri, abamara impungenge ko usanze ayirwaye yitabwaho itaramurenga agakokeza kubaho no kwiteza imbere.
Yabitangaje uri uyu wa kane, tariki ya 4 Gashyantare 2021, mu ijambo yatangaje mu kwihiziza umunsi mpuzamahanga wo kurwanya kanseri.
Jeannette Kagame yavuze ko ari byiza gukomeza gukangurira no kwigisha abantu kubaho ubuzima buzira umuze, bahora bisuzumisha kugira ngo bamenye uko bahagaze bityo mu gihe basanze (…)
Perezida Kagame yagiriye inama nyayo Amerika uko yakorana n’Afurika aho gushaka kuyigenera uko ibaho
Perezida Paul Kagame yanenze bimwe mu bihugu birimo n’ibyateye imbere bigerageza kugerageza gufatira imyanzuro no guha icyerekezo Abanyafurika, aho kubabona nk’abafatanyabikorwa na bo bafite icyerekezo cy’ibyo bifuza kandi bibabereye bifuza kugeraho.
Yabitangaje mu kiganiro yagiranye na Herbert Raymond McMaster, uzwi nka (HR McMaster), kuri uyu wa Gatatu tariki ya 3 Mutarama 2021, cyibanze ku nsanganyamatsiko igira iti: “U Rwanda n’Umuryango w’Ubumwe bw’Afurika: Icyizere cyo kongera (…)
Umuyobozi wa Polisi yo mu gihugu cya Tanzania mu Mujyi wa Dar es salaam, Lazaro Mambo Sasa, yatanaje ko guhera ubu kizira kikaziririzwa ko hagira ukora siporo cyangwa se indi myiyerekano iyo ari yo yose mu minsi yo gusenga kuko bibangamira cyangwa bikazitira abajya gusenga bigakurizamo gutuma bakererwa.
Mambo Sasa yavuze ko iminsi yo gusenga igiye kujya iziririzwa muri Dar Es Salaam ari ku wa Gatanu Abayisilamu basengaho, ku wa Gatandatu Abadivantisiti basengaho no ku wa mungu cyangwa se (…)
Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Kabiri yemeje ko ingamba zose zisanzweho mu gihugu zirimo na gahunda ya Guma mu rugo mu Mujyi wa Kigali zikomeza gukurikizwa kuva tariki ya 3 kugeza ku wa 7 Gashyantare 2021.
Guhera tariki ya 8 Gashyantare 2021 abari mu Mujyi wa Kigali bazajya bava mu muhanda guhera saa 7h00 ingendo zitangire saa 4h00, amashuri yose hiyongereyeho na Kaminuza bizakomeza gufunga.
Ingendo zihuza Umujyi wa Kigali n’intara kimwe n’izihuza uturere zirabujijwe kerete (…)
Umugiraneza Alice
Mu karere ka Gakenke, mu murenge wa Nemba, akagali ka Mucaca hari abaturage bijujutiranabayobozi babo ko batabaha amabati agenewe abahuye n’ibiza, ngo ahubwo ari guhabwa abatarahuye n’ibiza.
Bamwe mu baturage bahuye nibiza bavuga ko umwaka washize wa 2020 bahuye n’ibiza ntibahwabwe inkunga ibagenewe, igahabwa abatarahuye ni biza kubera icyo bita indonke n’inda nini ya bamwe mu bayobozi.
Umwe mu baganiriye na Mamaurwagasabo utashatse ko amazina ye atangazwa ku mpamvu (…)
Perezida Paul Kagame yatangaje ko icyorezo cya Coronavirus cyerekanye ko Abanyarwanda bose bashoboye kuba intwari, ashingiye ku mbaraga bashyize mu kugihashya kuva kigeze mu Rwanda.
Yabitangaje kuri uyu wa Mbere tariki ya 1 Gashyantare 2021, umunsi u Rwanda rwizihirizaho umunsi w’Intwari ku nshuro ya 27, hazirikanwa ibikorwa byaziranze ngo u Rwanda n’Abanyarwanda babeho mu mahoro n’ubwisanzure.
Mu butumwa yanyujije ku rukutwa rwa Twitter, Kagame yavuze ko umuco w’ubutwari wagaragajwe (…)
Ikipe y’u Rwanda Amavubi isezerewe n’Inzovu za Guinea ku gutego 1-0 mu kiciro cya 1/4 mu marushanwa ari kubera muri Cameron.
Umukino wahuje U Rwanda na Guinea i Limbe muri Cameron, watangiye ugaragaramo amakosa menshi ku mpande zombi no guhabwa amakarita atukura, aho ku munota wa 60’ umuzamu w’Amavubi Kwizera Olivier yahawe ikarita y’Umutuku ava mu izamu mu buryo Abanyarwanda benshi batunguwemo.
Iyi karita yaje ikurikira iyahawe umukinnyi wa Guinea nawe ku ikosa yari akireye umukinnyi (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.





















