Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)
Perezida Kagame yitabiriye Inama yiga ku iterambere rya Afurika yahurije hamwe abanyeshuri, abarimu, n’abandi bakozi bo muri Kaminuza ya Harvard, mu Ishami ry’Ubukungu.
Iyi nama yateguwe na Kaminuza ya Harvard yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yiswe ‘Africa Rising Seminar’. Yateranye hifashishijwe ikoranabuhanga ry’amashusho rizwi nka ‘Video Conference’, kuri uyu wa Kabiri tariki 19 Mutarama 2021.
Ibiro by’Umukuru w’Igihugu, Village Urugwiro byatangaje ku rukuta rwa Twitter ko (…)
Urwego Ngenzuramikorere, RURA, Polisi ndetse n’izindi nzego zitandukanye, kuri uyu wa Kabiri bazindukiye mu bikorwa byo gufasha abaturage batunguwe n’icyemezo cya Guma mu Rugo bari mu Mujyi wa Kigali kandi bagombaga kujya mu bindi bice bitandukanye by’Umujyi wa Kigali no hanze yawo abandi badashoboye gukomeza kuwugumamo bakabera umuzigo leta ibatunga ntacyo bakora.
Amabwiriza mashya yashyizweho kuri uyu wa 18 Mutarama n’Inama y’Abaminisitiri yateranye hifashishijwe ikoranabuhanga, (…)
Abayobozi b’inzego z’ibanze n’abaturage bo mu Murenge wa Gashora mu Karere ka Bugesera, barashinja Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’uwo murenge witwa Khadafi Aimable kubakubita no kubasebereza imbere y’abaturage abatuka.
Aba bayobozi banze ko amazina yabo atangazwa, babwiye TV1 ko babangamiwe cyane n’uburyo uyu Munyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Gashora abafata.
Bamushinja kutabaha agaciro no kubafata nk’aho ntacyo bamaze no kubatukira imbere y’abaturage ku buryo bifuza ko yagirwa (…)
Umukino wa mbere w’u Rwanda muri CHAN 2021, wahuje Amavubi n’Imisambi ya Uganda, Uganda Cranes, warangiye nta kipe itsinze indi (0-0).
Umukino wabereye kuri Stade de la Réunification i Douala muri Cameroon ahari kubera iri rushanwa.
Mu gice cya kabiri, byageze ku munota wa 66, Rachid Kalisa agira imvune ikomeye asimburwa na Eric Nsabimana. Undi mukinnyi wavuyemo ni Danny Usengimana na Djabel, basimbuye Muhadjir na Iradukunda.
Uyu mukino wo mu itsinda C wabanjirijwe n’uwahuje Maroc (…)
MUTUNGIREHE SAMUEL
Mu gihe u Rwanda n’isi muri rusange bahangayikishijwe n’ubukana icyorezo cya covid-19 kiri gufata, ibihugu bikomeye byo bikaba byaratangiye gukingira abaturage, indi nkuru nziza ni uko ku isi hashize ibyumweru bitagera kuri bitatu habonetse umuti uvura iki cyorezo mu buryo bwo kugabanya ubukana bwacyo mu mubiri w’umuntu, Minisitiri w’ubuzima akaba yatangaje ko ku wa gatatu tariki ya 20 Mutarama 2021 uzaba wageze no mu Rwanda.
Ni inkuru yatangajwe na Minisitiri (…)
Umujyi wa Kigali washyizwe muri Guma mu Rugo nyuma.y’isesengura ry’Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa mbere tariki ya 18 Mutarama 2021 i Kigali iyobowe na Perezida Paul Kagame.
Minisiteri y’Uburezi imaze gutangaza ko isubitse amashuri kuva ku y’Inshuke kugeza ku yisumbuye, ay’imyuga n’Ubumenyingiro akorera mu ifasi y’Umujyi wa Kigali afunzwe kuva ku wa mbere tariki ya 18 Mutarama 2021.
Bitangajwe kuri uyu mugoroba wo ku cyumweru tariki ya 17 Mutarama 2021, mu itangazo iyi Minisiteri yagejeje ku banyamakuru rigaragaza impinduka mu gihe hari hitezwe itangira ry’amashuri ku byiciro byari bisigaye.
Iri tangazo rivuga ko amashuri yo mu mujyi wa Kigali yari asanzwe (…)
Alice Umugiraneza
Ubuhinzi bwa Karoti bwateje imbere bamwe mu baturage Mukarere ka Musanze umurenge wa Busogo bituma biteza imbere, ubu bakaba bameze neza babikesha umusaruro wa Karoti babona.
Bamwe mubaturage baganiriye na Mamaurwagasabo bakora umwuga w’ubuhinzi ndetse n’ubucuruzi bwa karoti barishimira imibereho bafite badategereza akimuhana.
Nzibonera Ethien ni umuhinzi wabigize umwuga. yagize yti"njyewe ubuhinzi bwa Karoti mbumazemo imyaka10 bwanteje imbere ku buryo bugaraga kuko (…)
Minisiteri y’Ubuzima yategetse ibitaro byose bya Leta ko guhera kuri uyu wa Gatandatu tariki 16 Mutarama 2021 byajya bivura abarwayi ba COVID-19 hagendewe ku bwishingizi bafite ubwo aribwo bwose ndetse n’abafite mituweli.
Hashize amezi agera kuri 11 Leta ariyo yishingira abarwayi ba COVID-19 mu bintu bitandukanye haba mu kubishyurira, gufatwa ibipimo ndetse no kubitaho mu gihe baba bari gukurikiranwa n’abaganga mu bitaro cyane nk’akarembeye mu bigo byabugenewe.
Kuri uyu wa gatandatu (…)
Komisiyo y’Amatora muri Uganda, yemeje ko Yoweli Kaguta Museveni ariwe watowe ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu n’amajwi 58,64% mu gihe uwo bari bahanganye Bobi Wine yagize 34,83%.
Museveni agiye kuyobora manda ye gatandatu, izatuma yuzuza imyaka 40 ku butegetsi.
Yoweli Kaguta Museveni agiye kuyobora mand ya gatandatu ayobora Uganda, kuko yagiye ku butegetsi mu 1986 igihe Bobi wine yari afite imyaka 3 y’amavuko.
Nyuma yo gutangaza ibyavuye mu matora ku buryo bwa cumi ari nabwo bwa nyuma, (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















