Friday . 20 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Trump arasaba ibihugu kumufasha kurinda inzira ya Strait of Hormuz

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ibihugu bitandukanye gufasha kurinda inzira y’ingenzi y’amato ya peteroli izwi nka Strait of Hormuz mu gihe amakimbirane akomeje hagati ya Iran, Israel ndetse na USA. Iyi nzira kandi inyuramo hafi 20% by’amavuta n’ingufu bikoreshwa ku isi, bigatuma iba ingenzi cyane mu bucuruzi mpuzamahanga.
Trump yavuze ko Amerika yamaze kuvugana n’ibihugu birindwi hagamijwe gushyiraho ubufatanye bwo kurinda amato no kongera gufungura iyi (…)

Dr. Nsanzabaganwa yiyemeje kugira uruhare mu kugarura amahoro n'umutekano mu bice by'Afurika
Dr. Nsanzabaganwa yiyemeje kugira uruhare mu kugarura amahoro n’umutekano mu bice by’Afurika

Dr. Nsanzabaganwa Monique uherutse gutorerwa umwanya w’Umunyamabanga Mukuru wungirihe w’akanama k’Umuryango w’Afurika Yunze Ubumwe (AU) yatangaje ko mu nshingano nshya afite agiye ugira uruhare mu kugarura umutekano n’amahoro mu bice bimwe na bimwe by’Afurika wabayemo muke.
Yabitangaje kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 10 Gashyantare 2021, ubwo yari agarutse i Kigali mu Rwanda, akaboneraho umwanya wo gutangaza byinshi u nshingano ze, bijyanye n’imicungire y’urwego rwa komisiyo y’imicungire (…)

424 Shares 4 Comments
Gasabo ku isonga mu gutanga ipimo by'umwuka ku bari kuvurirwa COVID-19 mu ngo
Gasabo ku isonga mu gutanga ipimo by’umwuka ku bari kuvurirwa COVID-19 mu ngo

Gasabo mu Mujyi wa Kigali kabimburiye utundi mu guha abajyanama b’ubuzima ibipimo bazifahisha mu kumenya ingano y’umwuka urwariye COVID-19 mu rugo asigaranye, bikaba byafasha umujyanama umukurikirana kwihutira gutabaza muganga bityo umurwayi agatabarwa byihuse, akaba yanagezwa kwa muganga atarazahazwa no kubura umwuka.
Ni ibikoresho 73 byitwa Pulse oximeter, byatwaye arenga miliyoni 2.2 y’u Rwanda, bipima ingano y’umwuka umurwayi wa covid-19 cyanwa undi wese afite mu kubasha guhumeka, (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
U Rwanda rwahawe izindi Robots mu rugamba rwo guhangana na Coronavirusi
U Rwanda rwahawe izindi Robots mu rugamba rwo guhangana na Coronavirusi

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe iterambere (UNDP) ryashyikirije Leta y’u Rwanda robo (robots) eshatu zizifashishwa n’inzego z’ubuzima mu rugamba rwo guhangana n’icyorezo cya COVID-19.
Ni robo zashyikirijwe ibitaro bya Nyarugenge, kuri ubu byagizwe Ikigo k’Ikitegererezo mu kwita ku barembejwe na Coronavirusi, bakeneye ubufasha bwisumbuye.
Izo Robots ngo zizifashishwa mu gusukura ahantu hahurira abantu benshi nko ku bitaro, ku masoko, ku bibuga by’indege no ku mipaka, hagamijwe (…)

424 Shares 4 Comments
Kwiyuka ibyatsi, kurya indimu nyinshi ngo urarwanya COVID-19 ni ukwiyahura-Dr. Nsanzimana
Kwiyuka ibyatsi, kurya indimu nyinshi ngo urarwanya COVID-19 ni ukwiyahura-Dr. Nsanzimana

Ni kenshi muri ibi bihe by’icyorezo cya Coronavirusi uzumva icyoba ari kinshi mu bantu, buri wese yikanga niba ibimenyetso yiyumviseho ari ibya Coronavirusi, ukabona hari abihutira gushyira mu bikorwa ibyo bumvanye abandi ko kwihata indimu nyinshi no kwiyuka inturusu za mayideni byica idukoko twa corona twita "Syndrome Respiratoire Aguie Severe" (SRAS).
Umuyobozi Mukuru w’Ikigo k’Igihugu cy’Ubuzima RBC, Dr. Nsanzimana Sabin, yagiriye inama abantu, cyane cyane abo ajya abona mu Mujyi (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Perezida Kagame yahishuye icyatumaga atagishyigikira iby'umupira w'amaguru mu Rwanda
Perezida Kagame yahishuye icyatumaga atagishyigikira iby’umupira w’amaguru mu Rwanda

Perezida Kagame Paul yatangarije abakinnyi b’Ikipe y’Igihugu Amavubi ikintu cyatumaga akatikagaragara agira icyo avuga ku mupira w’amaguru mu Rwanda, by’umwihariko ku ikipe y’igihugu Amavubi.
Yabitangaje kuri iki cyumweru ubwo yahuraga n’abakinnyi n’abatoza n’abandi bagize itsinda rimaze iminsi mu marushanwa y’igikombe cy’Afurika CHAN 2020.
Perezida Kagame yavuze ko mu byatumye amaze igihe atakivuga cyangwa ngo ashyigikire iby’umupira w’amaguru mu Rwanda birimo impamvu zituruka ku (…)

424 Shares 4 Comments
Tanzania bari mu rujijo nyuma yo gupfusha abantu babiri baruka amaraso
Tanzania bari mu rujijo nyuma yo gupfusha abantu babiri baruka amaraso

Nubwo muri Leta Zunze Ubumwe bwa Tanzaniya bakunze kumvikana nk’abadahangayikishijwe n’icyorezo cyugarije isi cya Coronavirusi, kuri ubu noneho muri iki gihugu bari mu rujijo n’umuhangayiko kubera indwara itaramenyekana yadutse mu ntara ya Mbeya iherereye mu majyepfo y’icyo gihugu, aho kugeza ubu imaze guhitana abantu 10 bafashwe baruka amaraso.
Ni indwara Tanzania itarabonera izina ikaba yagaragaye mu majyepfo y’igihugu kandi iri kwandura ku muvuduko uri hejuru, bakaba bikanga ko (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Dr. Nsanzabaganwa yegukanye umwanya w'Umuyobozi wungirije wa komisiyo y'ubumwe bw'Afurika
Dr. Nsanzabaganwa yegukanye umwanya w’Umuyobozi wungirije wa komisiyo y’ubumwe bw’Afurika

Dr. Monique Nsanzabaganwa usanzwe ari Visi Guverineri wa Banki Nkuru y’u Rwanda, yatorewe kuba Umuyobozi wungirije wa Komisiyo y’Umuryango w’Ubumwe bw’Afurika (AU), aho agiye gufatanya na Moussa Faki Mahamat na we wongeye gutorerwa kuyobora iyo Komisiyo.
Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane y’u Rwanda yatangaje ko Dr. Nsanzabaganwa yatowe ku majwi 42 muri 55 y’abahagarariye ibihugu bigize Umuryango w’Ubumwe bw’Afurika.
Guveinoma y’u Rwanda yagaragaje ko yishimiye kuba Dr. (…)

424 Shares 4 Comments
Nyabugogo umukobwa arakekwaho kwica ateye icyuma mu mutima umusore bararanye
Nyabugogo umukobwa arakekwaho kwica ateye icyuma mu mutima umusore bararanye

Mu kagari ka Nyabugogo mu murenge wa Kigali wo mu karere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali haravugwa urupfu rw’umusore witwa Simpunga Innocent w’imyaka 34 bivugwa ko yishwe na Kwizera francine amuteye icyuma mu gatuza gihinguka mu mutima.
Ni urupfu rwamenyekanye i saa sita z’ijoro ryo ku wa 4 rishyira ku wa 5, mu mudugudu wa Kiruhura muri Nyabugogo nk’uko Umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Kigali yabyemereye Mamaurwagasabo.
Yavuze ko uwo mukobwa w’imyaka 27 yafashwe ajyanwa kuri (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Umujyi wa Kigali watangiye gupima coronavirusi mu byiciro bitanga serivisi zitandukanye
Umujyi wa Kigali watangiye gupima coronavirusi mu byiciro bitanga serivisi zitandukanye

Mu gihe habura iminsi mike ngo abatuye mu Mujyi wa Kigali bave muri Guma mu Rugo, hagiye gutangira gupimwa ibyiciro bitandukanye by’abatanga serivisi birimo abacuruzi, abamotari n’abatwara imodoka rusange na bamwe mu bari bamaze iminsi bakora imirimo itarahagaritswe mu gihe abandi bari mu rugo.
Ni gahunda yateguwe n’Umujyi wa Kigali ufatanyije n’Ikigo k’Igihugu cy’Ubuzima, RBC, mu rwego rwo gusuzuma uko ubwandu bwa Covid-19 buhagaze mu Mujyi wa Kigali.
Gahunda yo gupima ibyiciro (…)

424 Shares 4 Comments
Ntigurirwa uri gukekwaho kwivugana umugore we yafashwe n'abaturage
Ntigurirwa uri gukekwaho kwivugana umugore we yafashwe n’abaturage

Ntigurirwa Daniel uri gukekwaho kwivugna umugore we akoresheje isuka mu ijoro ryo ku wa gatatu rishyira kuri uyu wa kane yafashwe n’abaturahe nyuma yuko bamenye amahano yakoze agashaka no gukurikizaho kwica umwana we w’umukobwa.
Uyu Ntigurirwa wo mu murenge wa Kayenzi mu kagali ka Kayenzi twabagejejeho inkuru y’uko akekwaho kwivugana umugore we agatoroka, akaburirwa irengero ariko inzego z’ibanze na polisi bagakomeza kumushakisha bafatanyije n’abaturage.
Yafashwe n’abaturage bo mu (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru