Friday . 20 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Trump arasaba ibihugu kumufasha kurinda inzira ya Strait of Hormuz

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ibihugu bitandukanye gufasha kurinda inzira y’ingenzi y’amato ya peteroli izwi nka Strait of Hormuz mu gihe amakimbirane akomeje hagati ya Iran, Israel ndetse na USA. Iyi nzira kandi inyuramo hafi 20% by’amavuta n’ingufu bikoreshwa ku isi, bigatuma iba ingenzi cyane mu bucuruzi mpuzamahanga.
Trump yavuze ko Amerika yamaze kuvugana n’ibihugu birindwi hagamijwe gushyiraho ubufatanye bwo kurinda amato no kongera gufungura iyi (…)

Polisi yihanangirije abateshutse ku ngamba zirimo Guma mu Rugo kubera intsinzi y'Amavubi
Polisi yihanangirije abateshutse ku ngamba zirimo Guma mu Rugo kubera intsinzi y’Amavubi

Mu ijoro ryakeye, nyuma y’uko Ikipe y’Igihugu y’umupira w’amaguru “Amavubi” ibonye intsinzi ku mukino wayihuje n’Ikipe y’Igihugu ya Togo, hari Abanyarwanda batuye mu bice bitandukanye by’Umujyi wa Kigali barenze ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19 arimo Guma mu rugo, basohoka mu ngo zabo bajya kubyina mu mihanda.
Nyuma y’intsinzi ibintu byahinduye isura mu bice bitandukanye by’Umujyi wa Kigali uri muri gahunda ya Guma Mu Rugo, abenshi biganjemo urubyiruko bayoboka imihanda baririmba insinzi, (…)

424 Shares 4 Comments
Intsinzi y'Amavubi yibagije Abanyarwanda bamwe icyorezo cya COVID-19
Intsinzi y’Amavubi yibagije Abanyarwanda bamwe icyorezo cya COVID-19

Ntawashidikanya ko Abanyarwanda bose aho bari haba mu rwababyaye no ku isi hose baraye bamwenyura ku ntsinzi bongeye guhabwa n’Amavubi araye atsinze Togo 3-2 akazamura u Rwanda muri 1/4 mu marushanwa ya CHAN 2021 ari kubera muri Cameroun.
Ubutumwa bukomeje gucicikana ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye burerekana Abanyarwanda bari mu migi itandukanye, haba i Kigali, Rubavu n’ahandi, bari kuva mu ngo bakirara mu mihanda babyina intsinzi Amavubi ahesheje u Rwanda nyamara ku rundi ruhande (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Amavubi atsinze 3-2 Togo azamura u Rwanda muri 1/4 muri CHAN 2021
Amavubi atsinze 3-2 Togo azamura u Rwanda muri 1/4 muri CHAN 2021

Igitego cya Sugira Erneste winjiye asimbuye gitumye u Rwanda ruzamuka muri Kimwe cya kane rutsinze Togo 3-2.
Yendoutie Richard Nane ku munota wa 36 yatsinze igitego cya Togo kishyurwa na Niyonzima Olivier Seif ku munota wa 45.
Yendoutie Richard Nane wa Togo ku munota wa 58 yongeye kurunguruka izamu rya Kwizera biba 2-1. Bidatinze Jacques Tuyisenge n’umutwe widunda arishyura ku munota wa 61 biba 2-2.
Sugira Erneste udakunda gutenguha Amavubi n’Abanyarwanda yunyuguje ba myugariro ba (…)

424 Shares 4 Comments
Prof Thomas Kigabo yasezeweho bwa nyuma, agahinda kari kose ku muryango n'ababanye nawe
Prof Thomas Kigabo yasezeweho bwa nyuma, agahinda kari kose ku muryango n’ababanye nawe

Byari amarira n’abahinda igihe Abavandimwe, inshuti n’abazi neza Prof. Thomas Kigabo Rusuhuzwa bamusezeyeho bwa nyuma bongera kugaruka ku butwari, umurava, kwitangira abandi n’urukundo yakundaga igihugu cye byaranze ubuzima bwe kuva mu mabyiruka kugeza mu minsi ye ya nyuma.
Wari umunsi w’agahinda kahuriranye n’akandi dore ko mu ijoro ryo ku wa Mbere aribwo hamenyekanye indi nkuru y’incamugongo y’uko Murumuna wa Dr Kigabo nawe yitabye Imana aguye muri Australie.
Umuhango wo gusezera no (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Abayobozi b'Inzego z'Ibanze bagiye gukomeza manda yabo kubera COVID-19
Abayobozi b’Inzego z’Ibanze bagiye gukomeza manda yabo kubera COVID-19

MUTUNGIREHE Samuel
Mu gihe u Rwanda rwiteguraga kwinjira mu matora y’Abayobozi b’inzego z’ibanze, amaze iminsi yimurwakubera ubukana icyorezo cya Coronavirusi kigezeho mu gihugu, kuri uyu wa kabiri, 26 Mutarama 2021, Sena yemeje itegeko ryemerera abayobozi bazo barangije manda gukomezakuyoborakugeza ubwo inzitizi ntarengwa z’amatora zizaba zarangiye.
Inteko Rusange ya Sena yatoye itegeko ngenga rihindura itegeko ngenga n° 001/2019.ol ryo ku wa 29/07/2019 rigenga amatora, bityo abayobozi (…)

424 Shares 4 Comments
Abakuru b'Ibihugu bya EAC bagiye guterana batore usimbura Mfumukeko
Abakuru b’Ibihugu bya EAC bagiye guterana batore usimbura Mfumukeko

Abakuru b’ibihugu bigize Umuryango w’Afurika y’Iburasirazuba (EAC) u Rwanda ruherereyemo bamenyeshejwe mu nyandiko ko hari Inama yabo iteganyijwe tariki 27, Gashyantare, 2021.
Iyi nama izabimburirwa n’izaba tariki 25, Gashyantare, 2021 izahuza ba Minisitiri b’ububanyi n’amahanga, biga ku ngingo yerekeye itorwa ry’Umunyamabanga mukuru uzasimbura Mfumukeko urimo gusoza manda ye.
Umunyamabanga Mukuru wa EAC Bwana Liberat Mfumukeko yagize ati: “ Nshingiye ku biganiro nagiranye n’Abagize (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Urubanza ruregwamo Sankara na Rusesabagina rwimuriwe mu Cyumba cy'Urukiko rw'Ikirenga i Kigali
Urubanza ruregwamo Sankara na Rusesabagina rwimuriwe mu Cyumba cy’Urukiko rw’Ikirenga i Kigali

Urugereko rwihariye rw’Urukiko Rukuru ruburanisha Ibyaha Mpuzamahanga n’Ibyambukiranya Imipaka ruherereye mu karere ka Nyanza mu Majyepfo y’u Rwanda rwanzuye ko urubanza ruregwamo Paul Rsesabagina wari Perezida w’Impuzashyaka MRCD hamwe na Nsabimana Callixte wiyise "Sankara" ndetse na Capt Herman Nsengimana bahoze ari abavugizi b’umutwe w’inyeshyamba za FLN hamwe na bagenzi babo 17 rwimurirwa mu cyumba cy’urukiko rw’ikirenga ruherere mu mujyi wa Kigali.
Inteko iburanisha urubanza uru (…)

424 Shares 4 Comments
Umuvandimwe wa Prof. Thomas Kigabo nawe yitabye Imana
Umuvandimwe wa Prof. Thomas Kigabo nawe yitabye Imana

Umuvandimwe wa Prof. Thomas Kibago uherutse kwitaba Imana azize icyorezo cya Coronavirus nawe yaguye muri Australie aho yabanaga n’umuryango we.
Amakuru y’urupfu rw’uyu muvandimwe wa Dr Kigabo witwa Gicondo Sophany yamenyekanye ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki 25 Mutarama 2021. Yazize uburwayi.
Gicondo wari ufite imyaka 55 y’amavuko, yari amaze umwaka umwe muri Australie aho yari yaragiye gutura we n’umugore we n’abana.
Abo mu muryango we babwiye IGIHE dukesha iyi nkuru ko (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Nyabihu: COVID-19 yatumye abagore batagihura ngo bakore imishinga yo kuzamura imibereho y'ingo
Nyabihu: COVID-19 yatumye abagore batagihura ngo bakore imishinga yo kuzamura imibereho y’ingo

Umugiraneza Alice
Mukarere ka Nyabihu umurenge wa Mukamira akagali ka Rurengeri abagore barinubira ingaruka batewe na covid19 mu iterambere ryabo mu rwego rw’imishinga mito mito irimo kurwanya imirire mibi,ubuhinzi bw’imboga,ubukorikori nibindi.
Nyiramukamirwa Francaise n’umwe mu bagize itsinda ryitwa mwana shisha.
Yagize Ati"mbere ya covid19 abagore twarahuraga rimwe mu kwezi tukiga gutekera abana indyo yuzuye,tukiga no kugaburira abana neza noneho buri cy’umweru tukongera tugahura (…)

424 Shares 4 Comments
Kagame yagaragarije isi ibyo u Rwanda rwakoze mu kwita ku bagizweho ingaruka na COVID-19
Kagame yagaragarije isi ibyo u Rwanda rwakoze mu kwita ku bagizweho ingaruka na COVID-19

Perezida Kagame Paul yagaragaje uko icyorezo cya COVID-19 cyahungabanyije ubukungu bw’abatuye isi by’umwihariko ku Rwanda, asobanurira isi uko igihugu ayoboye cyabyifasemo mu kwita ku batishoboye barimo abagore n’urubyiruko.
Yabitangaje mu butumwa yatanze kuri uyu wa Mbere, tariki ya 25 Mutarama 202, ubwo hafungurwaga inama yiswe "Davos Agenda 2021" yateguwe n’Ihuriro Mpuzamahanga ry’Ubukungu, WEF yabaye hifashishijwe ikoranabuhanga.
Iyi nama yitabiriwe n’abahanga mu bya siyansi, (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru