Friday . 20 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Trump arasaba ibihugu kumufasha kurinda inzira ya Strait of Hormuz

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ibihugu bitandukanye gufasha kurinda inzira y’ingenzi y’amato ya peteroli izwi nka Strait of Hormuz mu gihe amakimbirane akomeje hagati ya Iran, Israel ndetse na USA. Iyi nzira kandi inyuramo hafi 20% by’amavuta n’ingufu bikoreshwa ku isi, bigatuma iba ingenzi cyane mu bucuruzi mpuzamahanga.
Trump yavuze ko Amerika yamaze kuvugana n’ibihugu birindwi hagamijwe gushyiraho ubufatanye bwo kurinda amato no kongera gufungura iyi (…)

Perezida Ndayishimiye jiyemeje gutokor agatotsi mu mubano w'u Burundo n'u Rwanda
Perezida Ndayishimiye jiyemeje gutokor agatotsi mu mubano w’u Burundo n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Gen. Evariste Ndayishimiye yatangaje ko nubwo umubano w’igihugu cye n’u Rwanda urimo agatotsi hari byinshi birimo gukorwa kugira ngo wongere ubashe kumera neza, agaragaza ko afite ikizero ko mu minsi ya vuba ibibazo biwubangamiye bizaba bimaze kuvanwa mu nzira.
Yabitangaje kuri iki Cyumweru Tariki 24 Mutarama 2021 ubwo hatorwaga Umunyamabanga Mukuru wamusimbuye mu ishyaka riri ku butegetsi CNDD-FDD.
Perezida Ndayishimiye yavuze ko umubano w’u Burundi n’ibihugu (…)

424 Shares 4 Comments
U Rwanda rwabasha kwita ku ndembe 500 za COVID-19 icyarimwe
U Rwanda rwabasha kwita ku ndembe 500 za COVID-19 icyarimwe

Mutungirehe Samuel
Minisitiri w’Ubuzima Dr. Ngamije Daniel yatangaje ko kugeza ubu u Rwanda rufite ubushibozi bwo kwakira no kwita ku ndembe za COVID-19 zikeneye kwitabwaho byihariye hakurikijwe ibitanda bihari mu bitaro n’ibigo byagenewe kwakira abarembejwe nayo.
Minisitiri yabitanagaje mu kiganiro cyaciye kuri radio na television by’igihugu, kuri iki cyumweru tariki ya 24 Mutarama 2021hagarukwa ku buryo ingamba zo kwirinda covid-19 ziri kubahirizwa cyane muri iyi minsi umujyi wa Kigali (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ubutumwa bwa Perezida Kagame ku Mavubi agiye gukina na Maroc saa 18h00
Ubutumwa bwa Perezida Kagame ku Mavubi agiye gukina na Maroc saa 18h00

Minisitiri wa Siporo, Munyangaju Aurore Mimosa, yaganiriye n’abakinnyi b’Amavubi bari muri Cameroun kuri uyu wa Gatanu, abagezaho ubutumwa bwa Perezida Paul Kagame bubifuriza intsinzi.
Ikipe y’Igihugu ifite umukino wa kabiri wo mu Itsinda C rya CHAN 2020, kuri uyu wa Gatanu, aho ikina na Maroc guhera saa Kumi n’Ebyiri.
Hifashishijwe ikoranabuhanga ry’amashusho, Minisitiri wa Siporo, Munyangaju Aurore Mimosa, yaganiriye n’abakinnyi mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, abagezaho ubutumwa bwa (…)

424 Shares 4 Comments
U Rwanda rwatumije inkingo miliyoni zo gukingira ikiciro cya mbere
U Rwanda rwatumije inkingo miliyoni zo gukingira ikiciro cya mbere

U Rwanda rwatumije inkingo miliyoni 1 za COVID-19 zizahabwa ikiciro cya mbere cy’abakozi bakora akazi nk’ako kwa muganga no mu nzego z’umutekano, kabashyira mu byago byo kwandura byihuse n’abari mu za bukuru hejuru y’imyaka 65 y’amavuko kimwe n’abafite indwara zikomeye zigabanya ubudahangarwa bw’umubiri.
Byatangajwe n’Umuyobozi Mukuru w’Ikigo k’Igihugu cy’Ubuzima RBC, Dr. Nsanziman Sabin, asobanura na gahunda igihugu giteganya mu gukingira abaturarwanda.
Ni inkingo zo mu kiciro (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ubushinwa bwafatiye ibihano abategetsi b'Amerika bakoranaga na Trump
Ubushinwa bwafatiye ibihano abategetsi b’Amerika bakoranaga na Trump

Ubutegetsi bw’Ubushinwa bwafatiye ibihano abategetsi bahoze muri leta ya Trump, nyuma y’umwuka utari mwiza waranze impande zombi kuva Trump wabaye Perezida wa 45 w’Amerika akimara kwinjira mu Ngoro ya Perezida White House.
Ibihano Ubushinwa bwafatiye abahoze mu butegetsi bwa Trumpa ibihano byatangajwe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’iki gihugu, Wang Yi, nyuma y’iminota mike Joe Biden arahiriye kuba perezida wa 46 w’Amerika ku mugoroba wo ku wa 20 Mutarama 2021.
Mu baza imbere ni (…)

424 Shares 4 Comments
Dr. Biruta yashyikirije Perezida Félix Tshisekedi ubutumwa bwa Perezida Kagame
Dr. Biruta yashyikirije Perezida Félix Tshisekedi ubutumwa bwa Perezida Kagame

Perezida Félix Tshisekedi yakiriye mu biro bye [Palais de la Nation] Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Dr Vincent Biruta, mu Mujyi wa Kinshasa, wamushyikirije ubutumwa bwa Perezida Kagame.
Minisitiri Dr Biruta ari mu ruzinduko rw’akazi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yarutangiye kuri uyu wa Kabiri tariki 19 Mutarama 2021.
Ibiro by’Umukuru w’Igihugu muri RDC byatangaje ku rukuta rwa Twitter ko “Umuyobozi wa dipolomasi y’u Rwanda yatwaye ubutumwa (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Minisiteri y'Ubuzima yaburiye ko Coronavirusi yandurira no mu mwuka
Minisiteri y’Ubuzima yaburiye ko Coronavirusi yandurira no mu mwuka

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda iraburira Abanyarwanda kwitwararika ku cyorezo cya COVID-19 byagaragaye ko cyandura mu buryo butandukanye burimo n’umwuka.
Ni mu gihe uburyo bwakunze kuvugwa ko iki cyorezo cyanduramo ari amatembabuzi y’ukirwaye yanduza utakirwaye igihe baganiriye cyane cyane nta bwirinzi bw’agapfukamunwa.
Umuvugizi w’ikigo cy’igihugu cy’Ubuzima (RBC) Julien Mahoro Niyingabira mu kiganiro yagiranye na Radio y’Igihugu tariki ya 20 Mutarama 2021 yavuze ko ubushakashatsi (…)

424 Shares 4 Comments
Wa Muti ugabanya ubukana ku bazahajwe na COVID-19 wageze mu Rwanda
Wa Muti ugabanya ubukana ku bazahajwe na COVID-19 wageze mu Rwanda

Minisiteri y’Ubuzima, MINISANTE, yatangaje ko yakiriye umuti witwa "Favipiravir" worohereza abazahajwe n’icyorezo cya COVID-19 umaze ibyumeru bitageze kuri bitatu wemejwe ko ufasha mu kwita ku barembejwe n’iki cyorezo.
Iby’uyu muti byaherukaga gutangazwa na Minisitiri w’Ubuzima Dr. Ngamije Daniel, ku wa mbere tariki ya 18 Mutarama 2021 ko u Rwanda rwawutumije ukaba ugiye gutangira guhabwa abarembejwe na covid-19.
Dr Hirwa Innocent, Umwalimu muri Kaminuza y’u Rwanda nawe yemeza ko uyu (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Perezida Kagame yitabiriye Inama y'Impuguke ziga ku iterambere rya Afurika
Perezida Kagame yitabiriye Inama y’Impuguke ziga ku iterambere rya Afurika

Perezida Kagame yitabiriye Inama yiga ku iterambere rya Afurika yahurije hamwe abanyeshuri, abarimu, n’abandi bakozi bo muri Kaminuza ya Harvard, mu Ishami ry’Ubukungu.
Iyi nama yateguwe na Kaminuza ya Harvard yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yiswe ‘Africa Rising Seminar’. Yateranye hifashishijwe ikoranabuhanga ry’amashusho rizwi nka ‘Video Conference’, kuri uyu wa Kabiri tariki 19 Mutarama 2021.
Ibiro by’Umukuru w’Igihugu, Village Urugwiro byatangaje ku rukuta rwa Twitter ko (…)

424 Shares 4 Comments
Umunsi wa mbere wa Guma mu Rugo benshi babyiganaga basubira ku ivuko
Umunsi wa mbere wa Guma mu Rugo benshi babyiganaga basubira ku ivuko

Urwego Ngenzuramikorere, RURA, Polisi ndetse n’izindi nzego zitandukanye, kuri uyu wa Kabiri bazindukiye mu bikorwa byo gufasha abaturage batunguwe n’icyemezo cya Guma mu Rugo bari mu Mujyi wa Kigali kandi bagombaga kujya mu bindi bice bitandukanye by’Umujyi wa Kigali no hanze yawo abandi badashoboye gukomeza kuwugumamo bakabera umuzigo leta ibatunga ntacyo bakora.
Amabwiriza mashya yashyizweho kuri uyu wa 18 Mutarama n’Inama y’Abaminisitiri yateranye hifashishijwe ikoranabuhanga, (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru