Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)
Iki ni igitekerezo cya Ibrahima Kane washinze akaba n’umuyobozi w’Ikigo Gaynako gikora ibijyanye n’itumanaho n’imenyekanishabikorwa hakoreshejwe ikoranabuhanga.
Perezida w’u Rwanda ukunzwe na bose kandi utajenjeka na mba ntanavugirwemo, ubu niwe uri ku ruhembe. Kuri ubu urubyiruko rwose rwa Afurika niwe rwirahira, ku bw’umurava wo ku rwego rwo hejuru mu gukora impinduka mu gihugu cye no mu nzego za Afurika n’iz’akarere.
Ku mugabane utari ufite inkingi iwugaragaza, Perezida Kagame (…)
Perezida Paul Kagame kuri uyu wa 15 Nyakanga 2019 yashyizeho abahagarariye u Rwanda mu bihugu 15 by’amahanga, bagizwe n’amasura mashya n’abasanzwe muri izi nshingano bahinduriwe ibihugu.
Mu bagizwe ba ambasaderi harimo Maj. Gen. Charles Karamba wari Umugaba w’Ingabo zirwanira mu Kirere wagizwe ambasaderi muri Tanzania, asimbuye Eugene Segore Kayihura wimuriwe muri Afurika y’Epfo. Vincent Karega wari ambasaderi muri Afurika y’Epfo we yimuriwe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo. (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo
Ikigo LEAF Rwanda binyuze ku cyo gishamikiyeho cyo muri Amerika L.E.A.F. Pharmaceuticals LLC, cyasinye amasezerano agihesha gutangira gukora umuti uvura kanseri uzwi nka LEAF-1404, uzakorwa hakurikijwe amabwiriza mpuzamahanga, ‘Current Good Manufacturing Practices’ (cGMP).
Aya masezerano yasinywe hamwe n’ikigo Contract Manufacturing Organization (CMO) cyo muri Amerika, gifite ubunararibonye mu gufasha ibigo n’inganda mu gukora imiti.
Mu itangazo ryashyizwe (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo
Hodan Nalayeh we yari yariyemeje gutangaza urundi ruhande rwa Somalia, ubwiza bwayo n’abaturage bayo, mu gihe amakuru menshi kuri Somalia agaruka ku ntambara, ibikorwa by’iterabwoba n’inzara.
Intego ye yo kuvuga ibyiza yabereye Abanyasomaliya benshi urugero mu muhate wo kunga no gushaka kubaka igihugu cyabo cyashegeshwe n’intambara z’imbere mu gihugu.
Iyicwa rye ku wa gatanu ushize rwashegeshe imitima y’abamuzi, abatamuzi nabo baboneraho kumumenya.
Hodan (…)
Ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo bwamenyesheje ko bwa mbere habonetse umurwayi ufite Ebola mu mujyi wa Goma utuwe n’abantu barenga miliyoni. Uyu mujyi uhana imbibi n’umujyi wa Gisenyi mu burengerazuba bw’u Rwanda.
Minisiteri y’ubuzima yamenyesheje ko hari umupasitoro wasuzumwe bagasanga afite iyi ndwara ubwo yari ageze i Goma ejo ku cyumweru aje n’imodoka itwara abagenzi. Iyi minisiteri ariko ivuga ko ibyago ko iyi ndwara iza gukwirakwira muri uyu mujyi biri ku kigero cyo (…)
Umugore witwa Candide w’imyaka 47 usanzwe atuye mu murenge wa Nyamirambo, Akagari ka Gasharu, umugudugu wa Kagunga, yafatanywe udupfunyika tune( boulets) tw’urumogi yari yafungiye mu irindazi ryari muri bimwe yari agemuriye umuhungu abereye Nyirasenge witwa Fabrice.
Amakuru uvuga ko gufata uriya uvugwaho gukora biriya byakozwe ku bufatanye bw’Urwego rw’igihugu rw’imfungwa n’abagororwa hamwe na Police y’u Rwanda.
Umuvugizi w’urwego rw’igihugu rw’imfungwa n’abagororwa SSP Hillary Sengabo (…)
Ubuyobozi bw’Umurenge wa Sake buvuga ko icyumba ntangamakuru ari igisubizo ku itekinika kuko ibibera hasi mu midugudu biba bizwi n’abaturage bose.
Ibibazo byose bigaragara mu mudugudu bishyirwa mu cyumba ntangamakuru kugira ngo abaturage bafatanye kubishakira igisubizo Icyumba ntangamakuru ni umwihariko w’Umurenge wa Sake, mu Karere ka Ngoma mu Ntara y’Iburasirazuba.
Icyumba ntangamakuru kije cyunganira icyumba cy’imihigo cyari gisanzwe mu tugari, imirenge n’uturere bigize Intara (…)
Magingo aya, Kigali Arena, Stade ifite ubushobozi bwo kwakira imikino yose y’intoki, ibitaramo n’inama yamaze kuzura mu bice hafi ya byose, aho ubu ishobora gutangira gukoreshwa.
Kigali Arena ni inyubako ya mbere nini y’imikino yo mu nzu mu Karere ka Afurika y’Uburasirazuba ndetse iri mu icumi za mbere muri Afurika yose.
Yubatswe mu buryo bumeze kimwe na Dakar Arena iherereye mu Mujyi mushya uri kubakwa muri Sénégal, Diamniadio, nayo yubatswe na Summa, Sosiyete y’Abanya-Turikiya yanakoze (…)
Inzobere mu by’ubuvuzi n’abashyiraho ingamba muri politiki z’ubuvuzi n’abafatanyabikorwa babo bagera kuri 250 baturutse mu bihugu birenga 70 ku Isi bateraniye i Kigali mu Rwanda mu nama igamije kureba uburyo ibihugu by’Afurika byarushaho kwitegura guhangana n’indwara n’ibiza bitunguranye birimo n’icyorezo cya Ebola.
Afungura ku mugaragaro iyo nama y’iminsi ibiri, Minisitiri w’Ubuzima Dr. Gashumba Diane yavuze ko iyo nama bazayiganiriramo uko ibihugu byarushaho kwitegura mu buryo bwo (…)
By Eva Joly
The “green wave” recorded during the European elections on 26 May should give Europe momentum. It is now time we oppose our determination to build a social, democratic and ecological Europe, against the withdrawal desires of nationalists and Eurosceptics, or the temptations of the status quo offered by Conservatives and Liberals.
The strong mobilisation of young people for the climate gives me particular hope for the future. In France and Germany, the Greens were the (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.























