Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)
Mu kiganiro Nyakubahwa Perezida Paul Kagame yagiranye n’abanyamakuru bo mu Rwanda no mu mahanga ndetse na bamwe mu rubyiruko rukunze kugaragara ku mbuga nkoranyambaga rutanga ibitekerezo,yavuze ko urubyiruko rukwiriye kwitanga uko bikwiriye kugira ngo igihugu gitere imbere ndetse ko rudakwiriye kurindira ko barubwiriza gukora ibyiza.
Muri iki kiganiro kibanziriza isabukuru y’imyaka 25 u Rwanda rumaze rwibohoye,perezida Kagame yavuze ko urubyiruko rugomba kugira ishyaka ryo kuzuza (…)
Mu masaha y’ijoro ryo kuri uyu wa Mbere rishyira kuwa Kabiri, abantu bataramenyekana bateye urwunge rw’amashuri rwa Rwisirabo ruherereye mu murenge wa Karangazi mu karere ka Nyagatare, biba ibikoresho birimo mudasobwa banica umuzamu usanzwe arinda umutekano kuri icyo kigo
Aya makuru yemejwe na Mbabazi Modeste, Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rushinzwe ubugenzacyaha RIB, mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru Ukwezi dukesha iyi nkuru. Yavuze ko abateye iki kigo batamenyekanye ndetse ko amakuru (…)
yanditswe na Naomi Irakoze Mugaragu
Abaturage bo mu kagari k’Umunini mu murenge wa Kansi mu karere ka Gisagara basuye urwibutso rwa Kabuye ruherereye mu murenge wa Ndora muri aka karere, bavuga ko gusura inzibutso za Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, bifasha kurwanya ipfobya rya Jenoside ndetse no kwimakaza ubumwe n’ubwiyunge kuko bahigira amateka ajyanye n’uburyo Jenoside yateguwemo igashyirwa no mubikorwa. Mu gihe tukiri mu minsi 100 yo kwibuka ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe (…)
Bimwe mu bituma abakorewe ihohoterwa babihisha biterwa nuko bakuze batazi uko umuntu yivugira mu gihe akorewe igikorwa kitamunyuze. Ibi bifatwa nk’ibisanzwe. Biravugwa n’abana bimbuye mu mu matsinda (clubs) atandukanye mu mashuri. Babifashwamo n’umushinga Speak out uterwa inkunga na UKaid ibinyujije muri DFID. Action Aid Rwanda, ku bufatanye n’umuryango w‘aba guide na FVA, nibo bashyira mu bikorwa uwo mushinga ubigisha kudaceceka, ibyo bise “ wiceceka rwanya ihohoterwa rikorerwa abana (…)
Leta y’u Rwanda ibinyujije muri Minisiteri y’Ubuzima ku bufatanye bw’umuryango Imbuto Foundation n’abandi bafatanyabikorwa bashyizeho ubukangurambaga bwiswe ‘Baho Neza’, buzamara imyaka itatu hagamijwe guhangana n’ibibazo byugarije umuryango nyarwanda birimo n’ubwiyongere bw’abaturage.
Intego nyamukuru ya Baho Neza ni ukwegereza ubuvuzi abaturage, guhindura imyumvire y’abaturage mu bijyanye no kwitegura kugira umuryango.
Muri ubu bukangurambaga kandi Abanyarwanda bashishikarizwa (…)
Umuryango umwe wo mu gihugu cya Indoneziya, babyaye umwana wabo wa 2 bamwita « Google » bagamije kumwifuriza kuzaba umuyobozi ukomeye n’ikirangirire muri iyi si.
Ni umugabo witwa Andi Cahya Saputra n’umugore we Ella Karin, ku mezi arindwi umwana wabo akiri mu nda bashakishije amazina bazamwita bemeranwa ko bagomba kwibanda ku mazina afitanye isana n’ikoranabuhanga. Bagerageje amazina arimo "Windows, iPhone, Microsoft et iOS" ariko birangira bahisemo izina rya “Google” barisobanura nka (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo
Minisitiri w’Abakozi n’Umurimo muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, Nasser Bin Thani Juma Al Hamli, kuri uyu wa Kane, yasuye Urwibutso rwa Kigali ruri ku Gisozi aho yunamiye inzirakarengane ibihumbi 259 ziruruhukiyemo.
Minisitiri Juma Al Hamli yasuye urwibutso mu gitondo cyo kuri uyu wa 27 Kamena 2019, ari kumwe n’itsinda baturukanye muri UAE.
Yanaherekejwe n’abayobozi ku ruhande rw’u Rwanda barimo Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Abakozi ba Leta (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo
Abantu bagera kuri 16 bapfirye mu mubyigano wabaye kuri sitade muri Madagascar ubwo bari mu birori by’umunsi w’Ubwigenge kuri uyu wa gatatu.
Nta makuru menshi aratangazwa, gusa abategetsi baremeza ko ibi byabaye ubwo abantu bageragezaga kuva muri sitade akarasisi karangiye maze polisi igafunga imiryango.
Abantu babarirwa muri mirongo bakomerekeye aha kuri sitade y’i Antananarivo mu murwa mukuru.
Mu kwezi kwa cyenda umwaka ushize, ikivunge kinini cy’abantu (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo
Ministeri y’ubuzima mu Rwanda iravuga ko ikeneye akayabo gasaga miliyoni 12 z’amadolari kugira ngo ikomeze gukumirira kure icyorezo cya Ebola kiri muri Congo.
Ibi byatangarijwe mu ngengo y’imari yamurikiwe abaterankunga barimo imiryango ifasha mu rwego rw’ubuzima ndetse n’ishami ry’umuryango w’abibumbye.
Ishami rya Loni ryita ku buzima ryo rivuga ko U Rwanda rugomba gukomeza kuryamira amajanja mu gihe cyose Ebola itaracika mu bihugu bituranye.
Iyi ndwara ya (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo
Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame, kuri uyu wa Kane batangiye uruzinduko rw’iminsi ibiri muri Botswana, ku butumire bwa Perezida Mokgweetsi Eric Keabetswe Masisi.
Ni uruzinduko rugamije gushimangira umubano w’ibihugu byombi. Aba bakuru b’ibihugu baherukaga guhura muri Mutarama uyu mwaka, ubwo bombi bari bitabiriye inama mpuzamahanga yiga ku bukungu, World Economic Forum, i Davos mu Busuwisi.
Ni uruzinduko agiye kugira nyuma yo gusoza urundi (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.























