Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)
Abahanga mu by’imiterere ya muntu bakusanyije ibitekerezo bashyira hanze ingingo zihurirwaho na benshi zitandukanya umugore w’umuhanga n’umugore w’umunyabwenge.
Mbabwire ko hagendewe ku bisobanuro bigenekereje ubuhanga bushingira akenshi ku bumenyi bwo mu ishuri, ku gushyira imibare mu bikorwa byose, cyangwa mu mahugurwa yo mu buryo butandukanye.
Naho ubwenge bwo bushingira akenshi ku bunararibonye, ku kureba kure, ku burere no ku kwigengesera.
Umugore w’umuhanga : Ibimuranga : (…)
Perezida mushya wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa yamaze gushyira hanze abazab
a bagize guverinoma nshya, nyuma y’iminsi mike arahiye.
Uyu muperezida yagaragaje intambwe iganje yo kubahiriza ihame ry’uburinganire akora ibyo abamubanjirije batigeze bakora. Iyi guverinoma nshya yavuye ku baminisiteri 36 abagira 28.
Perezida Ramaphosa yavuze ko impamvu yo kugabanya umubare w’abaminisitiri no kunganisha umubare w’abagore n’abagabo ari ukugira ngo yubahirize ihame ry’uburinganire, (…)
BY HABIMANA Jean Claude
From 28th May to 30th 2019, Kigali-Rwanda has received 40 professional journalists from eight countries from Africa to discuss issues related to Sexual and Reproductive Health and Rights (SRHR) but also with the aim of increasing awareness on issues women and girls are still facing across the continent.
The tree days of training is organized by The African Women’s Development and Communication Network (FEMNET) by means of ongoing missions on building capacity (…)
Yanditswe na Olive MUKAHIRWA
Ibyumba byo gukoreramo akazi bikonje ku buryo bukabije bishobora kudafasha abagore gukora akazi neza. Ni ibigaragazwa n’abashakashatsi bo muri Amerika bafatanyije n’abo mu Budage.
Aba bashakashatsi bifashishije isuzuma ry’imibare n’ururimi, abagore babajijwe batanze ibisubizo bizima ni abakoreye mu byumba bishyushye. Mu gihe abagabo bakoreye mu bushyuhe bo batanze ibisubizo bipfuye ku bwinshi. Bahereye kuri urwo rugero, aba bashakashatsi banditse mu gitabo (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo
Abaturage batuye mu murenge wa Rukumbeli mu karere ka Ngoma, bagaragaza impinduka za Biogaz mu buzima bwabo nyuma yuko aho batuye mu mudugudu w’icyitegererezo kubona inkwi bitari biboroheye.
Umudugudu w’icyitegererezo wa Rukumbeli
Bamwe mu batuye muri uyu mudugudu bavuga ko abana babo bavaga kwishuri bakajya gutashya inkwi zo guteka kandi baribunasubire kwishuli, bityo hakaba n’igihe abana basibye ishuli kuko bagiye gutashya kure hakaba n’igihe inkwi (…)
U Rwanda ni igihugu cyikuye mu kuzimu kutagira ukundi kuzimu munsi yako-Honorable Gasamagera Wellars
By Imfurayabo Pierre Romeo Ibi yabivugiye mu muhango wo kwibuka abatutsi bazize jenoside yakorewe abatutsi bo mu mu murenge wa Kanyinya akagari ka Nzove, ubusanzwe ngo hagize amateka yihariye mu gihe cya Jenoside.
Kuri icyi cyumweru tariki 19 Gicuransi, nibwo Umurenge wa Kanyinya ufatanyije n’akarere ka Nyarugenge wibutse abatutsi bazize Jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994 baguye mu Nzove.
Mu Nzove ahabereye umuhango wo kwibuka abatutsi bazize Jenoside yakorewe abatutsi muri Mata (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo @mamaurwagasabo.rw
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Ngoma bafite ubuhamya bw’iterambere bakesha amatsinda yo kubitsa no kugurizanya nyuma y’ubukangurambaga bwakozwe n’umushinga Gikuriro.
Amatsinda yo kubitsa no kugurizanya azwi nka SILC (Saving and internal leanding community) ni bumwe mu buryo abanyarwanda batuye mu ntara zitandukanye bari kwifashisha muri ino minsi, mu rwego rwo kwiteza imbere mu gihe batabashije kujya ku ma banki kwaka inguzanyo. Ibi cyane (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo @mamaurwagasabo.rw
Mu murenge wa Musha mu karere ka Rwamagana ahakunze guparika amakamyo, hubatswe ubwiherero rusange buri gufasha benshi mu bashoferi ndetse n’abagenzi. Ahazwi nka Kadasumbwa, ku muhanda uva mu Ntara y’Iburasirazuba (Kigali-Kayonza) hari hamaze igihe hakoreshwa n’abashoferi batwara ibikamyo byikorera imizigo, ahanini biva mu bihugu bya Kenya na Tanzaniya, ukunze gusanga ariho baparika bakahafatira akaruhuko k’igihe gito rimwe na rimwe (…)
By Scovia Mutesi
Kuri uyu wa mbere tariki 13 Gicurasi mu kiganiro n’itangazamakuru , Ikigo gishinzwe kugenzura imirimo imwe n’imwe ifitiye igihugu akamaro (RURA) n’ikigo gishinzwe amazi, isuku n’isukura basobanuye ibijyanye n’ibiciro bishya by’amazi, ngo byashyizweho hitawe kuri buri kiciro Umunyarwanda abarizwamo mu gukoresha amazi.
Ubuyobozi bw’Ikigo ngenzuramikorere mu Rwanda (RURA), Minisiteri y’Ibikorwa Remezo ndetse n’ikigo cy’amazi n’isukura (WASAC), basobanuye uburyo izamurwa (…)
Mu majyaruguru ya Burkina Faso, abantu bitwaje intwaro binjiye mu kiriziya y’ahitwa Dablo kuri iki cyumweru basanga abantu bari mu misa bicamo batandatu barimo na padiri.
Abategetsi muri iki gihugu bavuga ko aba bantu bateye kuri iyo kiriziya bari hagati ya 20 na 30, bahise banatwika iyi kiriziya.
Ousmane Zongo utegeka agace ka Dablo avuga ko abantu bagize ubwoba bwinshi babona kiriziya iri gushya n’aba bateye bari gusahura ikigo cy’ubuvuzi gihari.
Kuva 2016 muri iki gihugu ibitero (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.























