Wednesday . 27 May 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)

Abanyamulenge barokotse ubwicanyi bwo mu Gatumba mu 2004 basaba ubutabera
Abanyamulenge barokotse ubwicanyi bwo mu Gatumba mu 2004 basaba ubutabera

Imiryango y’Abanyamulenge barokotse ubwicanyi bwo mu Gatumba mu gihugu cy’Uburundi irasaba umuryango w’abibumbye ndetse n’ibihugu by’akarere guta muri yombi abakekwaho ubwicanyi bakorewe mu myaka 15 ishize.
Abarokotse ubu bwicanyi bavuga ko bamaze igihe basaba ubutabera ariko kugeza ubu ubutabera bw’Uburundi bukaba nta muntu n’umwe mu baregwa bwari bwata muri yombi.
Bavuga ko ubutabera butinze kuboneka nyuma y’imyaka myinshi babusaba. Uyu munsi ku wa kabiri, amagana y’Abanyamulenge bari (…)

424 Shares 4 Comments
The European Union & FEMNET urge for greater commitment to gender equality and women's rights in Africa
The European Union & FEMNET urge for greater commitment to gender equality and women’s rights in Africa

European Union in partnership with the African women’s development and communications network FEMNET have urged African governments to strengthen collective capacities that will ensure increased gender equality and women’s rights in Africa.

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ibyo abanyarwanda bagomba kwishimira ku munsi w'umuganura 'Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente
Ibyo abanyarwanda bagomba kwishimira ku munsi w’umuganura ’Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente

Minisitiri w’Intebe, Dr Ngirente Edouard, yavuze ko mu gihe hizihizwa Umuganura, ari umunsi ukomeye ku Banyarwanda ngo bishimire ibyiza bagezeho, ariko banafate ingamba zo kunoza ibitaragenze neza.
Kuri uyu wa Gatanu, Minisitiri w’Intebe, Dr Ngirente yifatanyije n’Abanyarwanda mu kwizihiza Umunsi mukuru w’Umuganura, wabereye kuri Stade y’Akarere ka Nyanza mu Ntara y’Amajyepfo.
Yavuze ko Umuganura ari umunsi ngarukamwaka ukomeye mu mateka y’u Rwanda, bikagaragarira mu kwishimira umusaruro (…)

424 Shares 4 Comments
Ku mupaka Gisenyi – Goma: Gupima Ebola byakajije umurego
Ku mupaka Gisenyi – Goma: Gupima Ebola byakajije umurego

Ku mupaka uri hagati y’imijyi ya Gisenyi mu Rwanda na Goma muri Kongo kwambuka byakomeje, gusuzuma Ebola byakajijwe kurushaho.
Ejo kuwa kane humvikanye inkuru mu bitangazamakuru ivuga ko umupaka wafunzwe mu gihe kigera ku masaha umunani guhera mu gitondo, bihagarika ubuzima n’imibereho y’abantu ibihumbi bawunyuraho ku mpande zombi.
BBC dukesha iyi nkuru, ivuga ko umwe mu bakozi bashinzwe uyu mupaka avuga ko ku munsi unyurwaho n’abantu bari hagati ya 55,000 na 60,000.
Ubwoba ni bwose ko (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
RDB yavuze ku mpinduka zimaze kugaragara nyuma y'imyaka ibiri ibiciro byo gusura ingagi bikubwe kabiri
RDB yavuze ku mpinduka zimaze kugaragara nyuma y’imyaka ibiri ibiciro byo gusura ingagi bikubwe kabiri

By Imfuraya Pierre Romeo
Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu cy’Iterambere, RDB, Clare Akamanzi, yavuze ko nyuma y’imyaka ibiri ibiciro byo gusura ingagi bikubwe kabiri, amafaranga yinjira mu bukerarugendo avuye mu gusura ingagi yiyongereye, nubwo imibare y’abantu bazisura bo bagabanyutse.
Yabigarutseho kuri uyu wa Kane mu kiganiro n’itangazamakuru, nyuma y’itahwa rya Singita Kwitonda Lodge and Kataza House, imwe mu nyubako yitezweho kuzajya yakira ba mukerarugendo bo ku rwego rwo (…)

424 Shares 4 Comments
Umugore w'uwo Ebola iheruka kwica i Goma nawe bayimusanzemo
Umugore w’uwo Ebola iheruka kwica i Goma nawe bayimusanzemo

By Imfurayabo Pierre Romeo
Umuntu wa kane bamusuzumye basanga afite virus ya Ebola mu mujyi wa Goma mu burasirazuba bwa Repubilika ya Demokarasi ya Congo.
Iki cyorezo kimaze guhitana abantu barenga 1800 kuva cyakwaduka mu kwezi kwa munani umwaka ushize mu burasirazuba bwa Kongo mu Ntara ya Kivu ya ruguru.
Uyu muntu wa kane, ni umugore w’umugabo wishwe n’iyi ndwara kuwa gatatu w’iki cyumweru.
Umwana wabo umwe nawe muri iki cyumweru bamusanzemo indwara ya Ebola. Yari uwa gatatu. (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Minisitiri Dr Gashumba : Ntawafunze umupaka ariko turasaba abaturage kutajya ahari Ebola
Minisitiri Dr Gashumba : Ntawafunze umupaka ariko turasaba abaturage kutajya ahari Ebola

by Scovia Mutesi Nyuma y’uko humvikanye amakuru ko umupaka w’uRwanda na Congo uhuza Goma na Rubavu ufunze, ibinyamakuru byo mu Rwanda na mpuzamahanga byanditse ko umupaka wafunzwe, bavugaga ko byemejwe na Nduhungirehe Olivier umunyabanga wa Leta muri minisiteri y’ububanyi n’amahanga.
Mu kiganiro n’ abanyamakuru kuri uyu mugoroba kuva ku isaha ya sakumi yo kuwa 1 Kanama 2019 minisiteri y’ubuzima ihakanye ko nta mupaka wafunzwe ahubwo icyabaye ari ukuganiriza abaturage bigatuma batinda (…)

424 Shares 4 Comments
Umupaka wa Gisenyi – Goma uhuza u Rwanda na Congo wafunguwe nyuma yuko humvikanye amakuru yuko wafunzwe kubera Ebola
Umupaka wa Gisenyi – Goma uhuza u Rwanda na Congo wafunguwe nyuma yuko humvikanye amakuru yuko wafunzwe kubera Ebola

Yanditswe na: Imfurayabo Pierre Romeo
Umupaka uhuza umujyi wa Gisenyi n’uwa Goma muri Kongo wafunguwe ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kane nyuma y’uko wari wafunzwe kuva mu gitondo nk’uko umunyamakuru uri ku mupaka abyemeza.
Abaturage bakora imirimo inyuranye hagati ya Goma na Gisenyi kuva mu gitondo cya none bari bangiwe kwambuka nk’uko babivuga, babwiye BBC dukesha iyi nkuru impungenge z’imibereho yabo ku gufungwa k’uyu mupaka.
Hari ubwoba bw’ikwirakwira ry’indwara ya Ebola imaze (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Kumya 19 y'amavuko yakatiwe imyaka 55 y'igifungo nyuma yo guhamwa n'icyaha cy'ubujura cyaguyemo umuntu umwe
Kumya 19 y’amavuko yakatiwe imyaka 55 y’igifungo nyuma yo guhamwa n’icyaha cy’ubujura cyaguyemo umuntu umwe

Yanditswe na: Imfurayabo Pierre Romeo
Umuhanzi w’ukiri muto ukomoka muri Leta zunze ubumwe z’Ameriak Tay-K yakatiwe igifungo cy’imyaka 55 mu buroko nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kwiba no kwica.
Uyu mu raperi (Rapper) akaba yarahamwe nicyi cyaha nyuma y’ubujura yagaragayemo bwanasize uwo yaragiye kwiba yitabye Imana.
Uyu musore w’imyaka 19 akaba ubundi yarakatiwe imyaka 30 y’ubwicanyi hakiyongeraho 13 y’ubujura ariko hanongerwaho 12 yuko ari ubujura bwakoresheje intwaro. Usibye iki (…)

424 Shares 4 Comments
Imiterere y'uburyo ibigo bimwe bya Leta bizimurirwa mu mijyi yunganira Kigali no mu turere
Imiterere y’uburyo ibigo bimwe bya Leta bizimurirwa mu mijyi yunganira Kigali no mu turere

By Imfurayabo Pierre Romeo
Inama y’abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Mbere iyobowe na Perezida Paul Kagame, yemeje iyimurwa ry’ibigo bimwe na bimwe bya Leta byakoreraga mu mujyi wa Kigali, bikajya mu mijyi yunganira Kigali n’uturere dutandukanye.
Mu mujyi wa Huye hoherejwe Ikigo gishinzwe Iterambere ry’ubuhinzi n’ubworozi (RAB), Inama y’Igihugu y’amashuri makuru na za Kaminuza (HEC) n’ishami ry’ubushakashatsi mu Kigo cy’Igihugu cy’Ubushakashatsi n’Iterambere mu byerekeye inganda (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru